Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye Abanyarwanda kwirinda kuzarira mu magambo igihe bahawe umwanya wo kugira icyo bavuga bakagabanya za nyakubahwa.
Ubu ni bumwe mu butumwa Perezida Kagame yatanze kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Ukuboza 2017 ubwo yasozaga umushyikirano wa 15.
Muri rusange Perezida Kagame yashimye uburyo umushyikirano wagenze ashima abawitabiriye n’ abawutanzemo ibitekerezo gusa asaba ko umuco wo kuzarira mu magambo wahinduka umuntu akajya atanga igitekerezo arashe ku (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
‘Nyakubahwa twarayivuze, twarayirangije ...ntawe nzarenganya natanyita nyakubahwa’ Perezida Kagame
19 December 2017, by Nsanzimana Ernest -
Ibintu 10 bitangaje ku murenge wa Nkombo [AMAFOTO]
26 August 2017, by Nsanzimana ErnestNkombo ni umwe mu mirenge 416 igize u Rwanda. Uyu murenge ugizwe n’ ikirwa giherereye mu kiyaga cya Kivu mu karere ka Rusizi mu ntara y’ Iburengerazuba. Umuryango wasuye uyu murenge ubakorera urutonde rw’ ibintu 10 bitangaje kuri uyu murenge uyoborwa na Rwango Jean de Dieu.
1. Nta modoka ihaba
Ubu bwato bushobora gutwara abantu 70 n’ imzigo yabo
Muri uyu murenge nta modoka ihaba, abawutuye bavuga ko imodoka rukumbi yageze muri uyu murenge ari iyari itwaye ibikoresho byifashishijwe (…) -
Aline Gahongayire yavuze ko atari ku rwego rw’Itangazamakuru ryo mu Rwanda,Ese abanyamakuru b’igitangazamakuru yashyize mu majwi babyakiriye bate?Aho ntiyaba yiyubikiye Ingasire?
26 April 2019, by Martin MunezeroKu mbuga nkoranyambaga zitandukanye hakwirakwijwe amashusho agaragaza Aline Gahongayire arimo gutanga ubuhamya bw’ubuzima bwe ndetse nuko yatandukanye n’umugabo we akabazwa niba azongera kurongorwa aho yanavuze ko atigeze abivugira kuri Radiyo zo mu Rwanda kuko atari ku rwego rwazo.
-
Taliki 16 Kamena: Mu byaranze uyu munsi mu mateka harimo n’irokorwa ry’abatutsi 2000 barokowe n’Inkotanyi muri Saint Paul
16 June 2017, by Renzaho FerdinandTuri tariki ya 16 Kamena, ni umunsi w’167 mu minsi 365 igize uyu umwaka, iminsi 198 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka
• 1779: Igihugu cya Espagne cyatangaje intambara hagati muri cyo, hatangira igitero cy’ahitwa Gibraltar.
• 1846: Habaye inama yo gutora Papa wa Kiliziya Gatorika, nyuma y’urupfu rwa Papa Gregory XVI wapfuye tariki ya mbere Kanama 1846.
Abakaridinali 50 muri 62 bari bagize icyitwa College of Cardinals bateraniye mu (…) -
Ange Kagame yanenze uburyo abakobwa bitabira irushanwa rya Miss Rwanda bahatirwa kubazwa ibibazo mu Cyongereza nacyo ngo gikocamye
27 January 2019, by Martin MunezeroAnge Kagame yanenze uburyo abakobwa bitabira irushanwa ryo gutora Nyampinga w’u Rwanda bahabwa ibibazo biri mu ndimi z’amahanga batabasha kwisanzuramo kandi bagakoresheje Ikinyarwanda cyangwa abasemuzi bikagenda neza.
-
Idamange yahakanye ibyo ashinjwa byose mu rukiko avuga ko ibyo yavuze yabitewe n’agahinda ka Guma mu rugo
4 March 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane,nibwo Madamu Idamange Iryamugwiza Yvonne yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo aho akurikiranyweho ibyaha birimo guteza imvururu muri rubanda, gukubita no gukomeretsa ku bushake, gutesha agaciro ibimenyetso bya Jenoside no gutanga sheki itazigamiye.
-
APR FC yiyunze n’abakunzi bayo banze kuza kuyishyigikira mu ntangiriro z’igikombe cy’Amahoro
5 June 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC yatangiye neza inzira yo kwiyunga n’abakunzi bayo ba batishimye,kuko banze kuza kuyishyigikira kuri uyu wa Gatatu, mu mukino ubanza wa 1/16 cy’igikombe cy’Amahoro yatsinzemo Rwamagana City ibitego 2-0.
-
Abarundi mu myigaragambyo aho banashinja u Rwanda gushaka kujyana umuco w’abaryamana bahuje ibitsina mu Burundi(AMAFOTO)
5 June 2017, by Martin MunezeroAbaturage bo mu Mujyi wa Bujumbura mu Burundi kuri uyu wa Gatandatu, tariki 03 Kamena bongeye kuramukira mu myigaragambyo yo gushimira bamwe mu bakuru b’ibihugu byo muri EAC bashyigikiye u Burundi mu nama yabo ya 18, ariko bongera gutunga urutoki u Rwanda barushinja gushaka kujyana kuryamana kw’abahuje ibitsina mu Burundi. Issa Désiré MAZIMPAKA, umuyobozi w’ahitwa Mukaza, yavuze ko abaperezida bo muri EAC basanga ibihano u Burayi bwafatiye u Burundi bidakwiriye. Yibukije ko perezida (…)
-
Kazo muri Ngoma: Indwara y’ amayoberane imaze guhitana inka 20
20 May 2017, by Nsanzimana ErnestMu murenge wa Kazo, mu karere ka Ngoma aborozi bo baravuga ko inka zabo zimaze iminsi zibasiwe n’indwara bataramenya ubu imaze guhitana inka 20 mu mezi abiri gusa iyi ndwara imaze igaragaye muri aka gace.
Bavuga ko itungo rifashwe n’iyi indwara rihita ripfa amarabira, bakavuga ko inka ishobora kurara cyangwa ikaramuka ari nzima ariko bakajya kubona bakabona yikubise hasi.
Umwe muri aba borozi witwa Musabye agira ati ” Ujya kubona ukabona inka yituye hasi irapfuye ako kanya igatangira (…) -
Kwinjira kwa Jamaica mu bahatanira kuyobora Commonwealth bivuze iki ku myiteguro yayo mu Rwanda
11 April 2022, by Joseph IradukundaIgihugu cya Jamaica cyatangaje ko Minisitiri wacyo w’ububanyi n’amahanga azahatanira umwanya w’ubunyamabanga bukuru bw’umuryango Commonwealth uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza.
Umuryango.rw
Kwinjira kwa Jamaica mu bahatanira kuyobora Commonwealth bivuze iki ku myiteguro yayo mu Rwanda