Perezida Paul Kagame uherutse gutorerwa kongera kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi yabwiye abakorerabushake bo mu Bwogereza bakoraga muri ‘Project Umubano’ ko uyu umushinga usize ipfundo ry’umubano mwiza hagati y’u Rwanda n’u Bwongereza.
Umukuru w’Igihugu yabitangaje ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki 11 Kanama 2017, ubwo hizihizwaga isabukuru y’imyaka 10 hashyizweho umubano wihariye hagati y’abaturage b’Abongereza bo mu ishyaka ry’Abakonserivateri n’Abanyarwanda wiswe “Project (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yavuze ko ‘Umushinga Umubano’ usize Bwongereza n’u Rwanda bafitanye ubushuti bw’agaciro kanini-AMAFOTO+VIDEWO
12 August 2017, by Iyamuremye Janvier -
Perezida Kagame ari kuri Jet Ski mu mazi y’i Kivu i Rubavu-AMAFOTO
8 September 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki ya 09 Nzeri uyu mwaka, Perezida Paul Kagame yongeye gutungura benshi mu Karere ka Rubavu mu mazi y’i Kivu atwaye ‘Jet Ski’.
Ni nyuma y’uko ku wa kane tariki ya 08 Nzeri uyu mwaka nabwo yagaragaye anyonga igare mu mihanda ya Rubavu abaturage bagashika.
Umukuru w’Igihugu ari mu Karere ka Rubavu ahari gufatirwa amashusho y’ikiganiro The Royal Tour gitunganywa na Peter Greenberg, Umunyamakuru wamenyekanye kubera gukora inkuru zishamikiye ku gucukumbura imibereho (…) -
Gicumbi: RIB yakanguriye abaturage gukumira ibyaha by’icuruzwa ry’abantu n’ibiyobyabwenge
14 May 2019, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu cy’ubugenzacyaha,RIB,cyasabye abaturage bagize Umurenge wa Ruvune mu karere ka gicumbi ubufatanye mu gukumira ibyaha by’icuruzwa ry’abantu n’ibiyobyabwenge bitaraba binyuze mu gutangira amakuru ku gihe.
-
Skol na GIZ bari guhugura abakora muri Hotel na Resitora ku mitangire ya serivisi izira amakemwa
22 June 2021, by UbwanditsiGIZ ibinyujije mu mushinga wayo “HANGA AHAZAZA”, ku bufatanye n’uruganda rwa SKOL RUSANZWE RUKORA IBINYOBWA BISEMBUYE N’IBIDASEMBUYE bari mu bikorwa byo gutanga amahugurwa ku batanga serivise mu tubari, restaurants na hoteli, kugira ngo barusheho kunoza neza serivise batanga.
Ibi bikorwa byatangiye mu ukuboza 2020, abahugurwa bahabwa amsomo y’iminsi 2 kandi bagahabwa icyamgomwa kigaragaza ko bahuguw en’ubumenyi bahawe ubwo aribwo.
Giz na skol batangaza ko binyuze muri iyi gahunda ya (…) -
‘Nagize ngo hari undi wabikoze. Ibisubizo nk’ ibyo njye ndabyumva bikandwaza’ Perezida Kagame
28 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakebuye abayobozi b’ u Rwanda birengagiza inshingano zabo bakigira ba ntibindeba abibutsa ko bakwiye gutekereza cyane kurenza abaturage bayoboye mu gushakira ibisubizo ibibazo u Rwanda rufite.
Umukuru w’ igihugu yabivuze ubwo yaganirizaga abayobozi bo mu nzego z’ ibanze bari mu mwiherero wabo kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Werurwe 2018.
Yagize ati “Abayobozi tugomba gutekereza uko dukorera abaturage bacu. Ntabwo abayobozi baberaho kwirebaho. Iyo uri (…) -
SKOL,isoko y’imyidagaduro ku Banyarwanda
30 December 2020, by Dusingizimana RemyUruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa SKOL ruzwiho guha abakiliya barwo ibicuruzwa byujuje ubuziranenge ndetse rugafasha abanywa ibinyobwa byarwo kwishima no kuryoherwa n’ubuzima.
-
Abarundi 2500 bari barahungiye muri Congo binjiye mu Rwanda
7 March 2018, by Nsanzimana ErnestImpunzi z’ Abarundi 2500 bari barahungiye muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Werurwe 2018 binjiye mu Rwanda bavuga ko bahunze umutekano muke.
Minisiteri yo gukumira Ibiza no gucyura impunzi mu Rwanda MIDMAR yatangaje ko izi mpunzi zari zarahungiye mu nkambi ya Kamanyola zinjirire mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi. Leta y’ u Rwanda ifatanyije n’ ishami ry’umuryango w’ abibumbye ryita ku mpunzi UNHCR ishami ry’ u Rwanda bakaba barimo kwakira (…) -
Umunyarwanda yakoze urubuga ruriho ibizamini bya Leta byose
7 September 2017, by Nsanzimana ErnestShyaka James w’ imyaka 23 y’ amavuko yakoze urubuga rwa internet ashyiraho ibizamini bya Leta byose byakozwe ndetse n’ ibizamini by’ uruhushya.
Uyu musore wiga ibijyanye n’ ikoranabuga avuga ko yakoze uru rubuga www.isomo.info kugira ngo afashe abanyeshuri bitegura ibizamini kubona ibizamini byagiye bikorwa mu myaka yabanje bizwi nk’ ibicupuri.
Aganira n’ Umuseke dukesha iyi nkuru yagize ati “Twajyaga mu isomero tugasanga kopi z’ibizamini zirimo ni eshanu, kandi na zo uwinjiye akayiba (…) -
Perezida Kagame yaciye amarenga y’akazi ashobora kuzakora nava ku buyobozi
10 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko yifuza ko abikorera bakwiga gukorana neza n’abakora utuntu duto dushobora kubateza imbere aho yahishuye ko nava ku butegetsi ashobora kwikorera.
-
Minisitiri Mateke arashinjwa kugira uruhare mu gitero cy’iterabwoba cyagabwe mu karere ka Musanze
11 March 2020, by Martin MunezeroDr. Philemon Mateke, Umunyamabanga wa leta ya Uganda muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga Ushinzwe Imibanire n’Akarere, akomeje gushinjwa kugira uruhare mu gitero cy’iterabwoba cyagabwe mu karere ka Musanze mu Kwakira 2019.
Umuryango.rw
Perezida Kagame ari kuri Jet Ski mu mazi y’i Kivu i Rubavu-AMAFOTO
Skol na GIZ bari guhugura abakora muri Hotel na Resitora ku mitangire ya serivisi izira amakemwa