Ikipe ya Patriots yatunguranye yigaranzura REG BBC yari yarayitsinze imikino 3-1 ,irayishyura ndetse iza kuyitsinda uwa 4 wayiheshejemo igikombe cya shampiyona ya Basketball mu Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Patriots yakoze ibitangaza byari bimenyerewe mu makipe akina NBA
22 September 2019, by Dusingizimana Remy -
Bamporiki yongeye kuvuga amagambo akomeye ku Mavubi
19 November 2018, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’Itorero ry’Igihugu, Bamporiki Edouard, yongeye kunenga umusaruro w’Ikipe y’igihugu,Amavubi aho yemeje ko kunganya na Centrafrique bidatangaje kubera imyiteguro yayo.
-
Abarundi mu myigaragambyo aho banashinja u Rwanda gushaka kujyana umuco w’abaryamana bahuje ibitsina mu Burundi(AMAFOTO)
5 June 2017, by Martin MunezeroAbaturage bo mu Mujyi wa Bujumbura mu Burundi kuri uyu wa Gatandatu, tariki 03 Kamena bongeye kuramukira mu myigaragambyo yo gushimira bamwe mu bakuru b’ibihugu byo muri EAC bashyigikiye u Burundi mu nama yabo ya 18, ariko bongera gutunga urutoki u Rwanda barushinja gushaka kujyana kuryamana kw’abahuje ibitsina mu Burundi. Issa Désiré MAZIMPAKA, umuyobozi w’ahitwa Mukaza, yavuze ko abaperezida bo muri EAC basanga ibihano u Burayi bwafatiye u Burundi bidakwiriye. Yibukije ko perezida (…)
-
Perezida Kagame yongeye gutorerwa kuyobora FPR n’amajwi 99.9%
17 December 2017, by Nsanzimana ErnestIshyaka FPR Inkotanyi ryongeye gutora Perezida w’u Rwanda Paul Kagame nk’umukuru waryo.
Akimara gutorwa perezida Kagame yizeje impinduka ku gihugu cy’u Rwanda uko ibihe bizagenda bisimburana.
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatowe ku mpuzandengo ya 99.9 ku ijana.
Visi Prezida bwana Christophe Bazivamo yatowe kuri 97.8 ku ijana naho bwana Francois Ngarambe we ku munyamabanga mukuru w’ishyaka yatowe kuri 97.5 ku ijana.
Ikigaragara cyo ku bategetsi bakuru b’iri shyaka ntibahindutse kuko (…) -
Chelsea FC yahagamye Real Madrid yahabwaga amahirwe
27 April 2021, by Dusingizimana RemyIkipe ya Chelsea yakoze ibyo benshi batatekerezaga mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League wabereye ku kibuga cya Alfredo di Stefano ubwo yahanganyirizaga na Real Madrid igitego 1-1.
-
Gicumbi: Gitifu w’akagari yatawe muri yombi akekwaho kunyereza imfashamikurire y’abana
2 January 2020, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari ka Rwaruyumbu gaherereye mu murenge wa Manyagiro mu karere ka Gicumbi afunzwe akurikiranyweho kunyereza amata ya Inyange yari agenewe abana bato muri gahunda yo kubafasha gukura neza.
-
Ukekwaho kwica Dr Dusabe wari umuganga muri KFH yatawe muri yombi
9 January 2018, by Nsanzimana ErnestAmbasade y’ u Rwanda muri Afurika y’ Epfo yatangaje ko Polisi yo muri Afurika y’Epfo yataye muri yombi umwe mu bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Dr Dusabe Raymond, Umunyarwanda rukumbi wari ufite ubuhanga mu kuvura kanseri ifata imyanya myibarukiro y’umugore.
Mu gitondo cyo kuwa Mbere nibwo umurambo wa Dr Dusabe wari mu biruhuko mu Mujyi wa Cape Town wasanzwe mu nzu yari acumbitsemo, umaze gushenguka bigaragara ko yari amaze igihe yishwe atewe ibyuma.
Ambasaderi w’u Rwanda muri (…) -
Ubunini bwa dosiye busubikishije urubanza rw’abo kwa Rwigara
20 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Ukwakira 2017 Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe umwanzuro wo gusubika urubanza rw’abo mu muryango wa Rwigara; Dianne Rwigara, Anne Uwamahoro Rwigara na Mukangemanyi Rwigara, byimuriwe ku wa 23 Ukwakira 2017.
Ku mugoroba wo kuwa Gatatu nibwo Urukiko rwasoje kuburanisha urubanza ubushinjacyaha bukurikiranyemo ibyaha byo guteza imvururu muri rubanda abo mu muryango wa Nyakwigendera Assinapol Rwigara. Diane Nshimiyimana Rwigara Ubushinjacyaha (…) -
Meya wa Rubavu na gitifu w’ umurenge batawe muri yombi
21 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ akarere ka Rubavu Simanenye Jeremie n’ umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Busanze mu karere ka Nyaruguru batawe muri yombi na polisi y’ u Rwanda bakekwaho kubangamira bamwe mu biyamamariza kuyobora u Rwanda.
ACP Théos Badege amaze kubwira itangazamakuru ko Sinamenye Jérémie avugwaho kwangisha abaturage bamwe mu bakandida.
Badege avuga ko Meya wa Rubavu n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Busanze muri Nyaruguru bagiye babuza abaturage kujya aho bamwe mu (…) -
Urubanza rw’ abo kwa Rwigara: Busingye yasabye abasenateri ba Amerika gukura igitutu ku nkiko z’u Rwanda
2 December 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye, yasabye abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika kureka inkiko z’u Rwanda zigakorera mu bwisanzure mu rubanza rwa Diane Rwigara n’umubyeyi we Mukangemanyi Adeline.
Umuryango.rw