Minisitiri w’intebe, Anastase Murekezi uri mu ishyaka rya PSD riraharanira Demukarasi n’ imibereho myiza y’ abaturage rikaba riri mu mashyaka 8 ashyigikiye umukandida watanzwe na RPF Inkotanyi, yasabye Abanyarwanda kuzahundagazaho amajwi kuri Paul Kagame kugirango akomeza abatoze kwesa imihigo.
Mu butumwa Murekezi yanditse ku rukuta rwe rwa Twitter kuri uyu wa 22 Nyakanga 2017, yavuze ko gutora Paul Kagame ari indorerwamo yo gutoza Abanyarwanda kwesa imihigo mu gihe gikwiye.
Murekezi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
PM Murekezi wa PSD yagize icyo atangaza ku kwiyamamaza kwa Paul Kagame
22 July 2017, by Iyamuremye Janvier -
PL yunze mu rya PSD ku ngingo yo kuzashyigikira Paul Kagame mu matora
4 June 2017, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ umunsi umwe gusa ishyaka riharanira Demukarasi n’ imibereho myiza y’ abaturage PSD ritangaje ko umukandida waryo mu matora ya Perezida wa Repubulika ari imbere ari Paul Kagame, mugenzi waryo PL, Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu naryo ryatangaje umukandida waryo ari Paul Kagame.
PL yatangarije uyu mwanzuro muri kongere idasanzwe y’ ishyaka yateranye kuri uyu wa 4 Kamena 2017. Abayoboke ba PL bitabiye iyi kongere bose bashyigikiye umwanzuro wo guhagararirwa na (…) -
Abo kwa Rwigara barasaba kudahezwa mu rubanza rw’abanyamigabane b’uruganda rw’itabi
11 September 2018, by Nsanzimana ErnestAbunganira mu mategeko uruganda rukora itabi rw’umuryango wa Assinapol Rwigara barasaba ko uru ruganda rutahezwa mu rubanza ikigo cy’imisoro kiregamo abanyamigabane barwo.
-
Cristiano Ronaldo yongeye kwandika amateka muri ruhago yahabwa igihembo cy’akayabo
17 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmunyabigwi muri ruhago Cristiano Ronaldo ,nyuma yo gufasha Manchester United gutsinda Norwich City ibitego 3-2 mukino wa Premier League ,Cristiano Ronaldo yemerewe agahimbazamusyi k’ibihumbi 850 by’amapawundi, ni ukuvuga miliyoni zirengaho gato 850 FRW.
-
Minisitiri wariye inyama z’inzovu yahungiye mu Burundi
20 December 2017, by Iyamuremye JanvierMandiitawepi Chimene, wahoze ari Minisitiri w’intara ya Manicaland mu gihe cy’ubutegetsi bwa Robert Mugabe, biravugwa ko yahungiye mu gihugu cy’u Burundi aho ashakishwa kubera ubujuru bw’inyama yakoze.
Uyu mugore ngo yageze mu Burundi mu cyumweru gishize atinya gukurikiranywa kubyo yaba yarakoze mu gihe Mugabe yari akiri perezida atarahirikwa n’igisirikare.Ikinyamakuru The Standard kiti “Yahungiye mu Burundi avuye muri Mozambique atinya ko yafungwa.”
Iki kinyamakuru kiravuga ko imwe mu (…) -
Miss Mutesi Aurore yongeye kuvuga ukwiye kwegukana PGGSS7
21 June 2017, by Iyamuremye JanvierNyampinga w’u Rwanda umwaka wa 2012, Mutesi Aurore yagaragaje ko ashyigikiye umuhanzi Christopher mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star iri kuba ku nshuro ya Karindwi.
Miss Mutesi Aurore, ni umwe mu bakobwa b’ibyamamare badakunda kumvikana mu itangazamakuru bavuga ku by’umuziki n’abahanzi.Uyu mukobwa yavuze byeruye ko Christopher ukunze kwiyita Topher ariwe ukwiye kwegukana iki gikombe muri uyu mwaka.
Uyu mukobwa wiga mu ishami ry’ubwubatsi muri Turukiya, yanditse ku rukuta rwe (…) -
‘Dushobora kugira igihugu cyiza n’ amategeko meza kirimo abantu babi’ Mpayimana
11 November 2018, by Nsanzimana ErnestPhilippe Mpayimana, umunyapolitiki wangiwe gukorera ikiganiro n’ abanyamakuru aho yari yateguye aravuga ko ba nyiri Bar Plus250 batamubereye inyangamugayo nabo bakavuga ko batari bamenye ko ari inama y’ umunyapolitiki izahabera.
-
Imodoka yarimo abantu 7 yaguye mu mugezi wa Base bituma abagera kuri 3 bakomereka cyane
1 September 2019, by Dusingizimana RemyImodoka y’ivatiri yarimo abantu 7 yaguye mu mugezi wa Base uherereye mu karere ka Gakenke mu murenge wa Gashenyi bituma abagera kuri 3 barakomereka cyane.
Ahagana saa 18h00 zo kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 31 Kanama 2019, nibwo iyi modoka yavaga I Musanze yerekeza I Kigali yataye umuhanda igwa mu mugezi wa Base biviramo abantu 3 gukomereka cyane mu gihe abandi 4 batakomeretse cyane bajyanwa mu bitaro bya Nemba I Gakenke.
Nkuko amakuru agera ku umuryango abitangaza,uyu mushoferi yataye (…) -
Minisitiri w’intebe yavuze kuri Dosiye ya Bamporiki n’icyo Leta yiteguye gukora kuri ruswa
18 May 2022, by Joseph IradukundaMu kiganiro n’itangazamakuru ku buzima bw’igihugu, Minisitiri w’Intebe yavuze ko kuba Leta yiyemeza gukurikirana Umuyobozi wo ku rwego rwa minisitiri ari ikimenyetso nta kuka ko nta kujenjekera uwo yagaragayeho bizigera bibaho.
-
Uwakinnye ari ‘Intare y’ ingore’ ngo abantu baramutinya
6 July 2018, by Nsanzimana ErnestAntoinette Uwamahoro benshi bazi ku mazina atandukanye arimo Intare y’Ingore, Mukadata, Umubyeyi Gito Superansiya bitewe n’ amafilime atandukanye yakinnyemo atari umuntu utari mwiza ngo abantu baramutinya ngo ariko yagiye muri filime yarabyiyemeje agomba kwirengera ingaruka
Umuryango.rw
Cristiano Ronaldo yongeye kwandika amateka muri ruhago yahabwa igihembo cy’akayabo
Minisitiri w’intebe yavuze kuri Dosiye ya Bamporiki n’icyo Leta yiteguye gukora kuri ruswa