Polisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe wo mu muhanda yavuze ko imodoka yo mu bwoko bwa Land Cruser yaraye itaye umuhanda ikagonga abantu 7 umwe akitaba Imana.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Imodoka yavaga mu mugi yerekeza Nyabugogo yataye umuhanda igonga abantu 7 Shoferi wayo aburirwa irengero
11 January 2019, by Martin Munezero -
Perezida Kagame yashimye ubutwari bwa mugenzi we Macron ugiye kuza mu Rwanda
26 May 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane nibwo Perezida w’Ubufaransa,Emmanuel Macron aragera i Kigali mu rugendo rw’amateka rugamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi wazahaye kubera iki gihugu cy’i Burayi cyagiye cyanga kwemera uruhare rwacyo muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Barafinda yavuze impamvu adaherekezwa n’ umugore we iyo agiye gutanga ibyangombwa kuri NEC
25 June 2017, by Nsanzimana ErnestBarafinda Ssekikubo Fred ni umugabo wubatse ufite abana 10, akaba n’ umwe muri batandatu batanze kandidatire zabo ku mwanya w’ umukuru w’ igihugu. Yatangaje impamvu inshuro zose yagaragaye kuri komisiyo y’ amatora adaherekejwe anavuga ukuntu umugore we amufasha mu rugendo rwo gutanga kandidatire
Inshuro zose Barafinda yagaragaye kuri komisiyo y’ igihugu y’ amatora (NEC) yabaga ari wenyine bitandukanye n’ abandi bakandida. Abandi bakandida bajyaga kuri komisiyo y’ igihugu y’ amatora gutanga (…) -
Karongi : Inka yari yibwe yasanzwe iziritse ku buriri bwo mu cyumba cya Mbarushimana ukekwaho kuyiba
4 November 2019, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Mbarushimana Francois utuye mu Mudugudu wa Tariro, Akagali ka Muhororo mu Murenge wa Murambi, mu Karere ka Karongi yemereye abaturage ko ari umujura nyuma yo kumufatana inka yari yabuze iziritse mu cyumba araramo.
-
Hasohotse ikoranabuhaga rishya ryifashishwa mu gupima Covid-19
16 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROIkigo gishinzwe ubugenzuzi bw’imiti n’ibiribwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FDA), cyemeje ikoreshwa ry’akuma k’ikoranabuhanga kazajya kifashishwa mu gupima Covid-19, binyuze mu mwuka umuntu ahumeka .
-
Aline Gahongayire yavuze ko atari ku rwego rw’Itangazamakuru ryo mu Rwanda,Ese abanyamakuru b’igitangazamakuru yashyize mu majwi babyakiriye bate?Aho ntiyaba yiyubikiye Ingasire?
26 April 2019, by Martin MunezeroKu mbuga nkoranyambaga zitandukanye hakwirakwijwe amashusho agaragaza Aline Gahongayire arimo gutanga ubuhamya bw’ubuzima bwe ndetse nuko yatandukanye n’umugabo we akabazwa niba azongera kurongorwa aho yanavuze ko atigeze abivugira kuri Radiyo zo mu Rwanda kuko atari ku rwego rwazo.
-
Rubavu: Abaturage barifuza ko ubuyobozi buhagarika kubabuza kugurisha ibyo batunze ngo birwaneho mu bihe bibi bya COVID-19
20 April 2020, by Dusingizimana RemyBamwe mu baturage batuye mu karere ka Rubavu ntibavuga rumwe n’ubuyobozi bwabo bwanze ko bagurisha ibyo batunze kugira ngo birwaneho muri ibi bihe bibi bya COVID-19,aho bavuga ko umutungo w’umuntu ariwo umugoboka igihe bibaye ngombwa.
-
Ntabwo nifuza umpa icyo ndarira ahubwo nifuza umpa uburyo bwo kwiha icyo ndarira-Kagame
1 August 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame yiyamamarije mu Murenge wa Rutare ku mpinga y’umusozi ku kibuga cy’umupira cya Rambura mu karere ka Gicumbi, yavuze ko atemera abantu babaza abanyarwanda icyo barariye, ngo mu Rwanda ibyo ntibigikora
Muri aka karere ahakomereje ibikorwa bye byo kwiyamamaza. Yakiranywe urukundo rwinshi n’abaturage bari bamutegereje kuva mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 1 Kanama 2017.
Yagize ati “Ntabwo twagera kure tutari kumwe, kandi tutagendera kuri politike nziza (…) -
Batatu mubifuzaga kuba abadepite muri 2013, ubu ni ba Minisitiri undi ni Guverineri
14 May 2017, by Nsanzimana ErnestMu gihe mu Rwanda hitegurwa amatora y’ umukuru w’ igihugu azakurikirwa n’ amatora y’ abadepite mu nteko ishinga amategeko, batatu mu bifuzaga kuba abadepite mu matora yabaye muri 2013 magingo aya babaye ba Minisitiri undi umwe yabaye guverineri.
Mu mwaka wa 2013 nibwo mu Rwanda haheruka kuba amatora y’ abagize inteko ishinga amategeko (Abadepite).
Iyo urebye ku rutonde rw’ agateganyo rw’ abakandika bifuzaga kwiyamamariza umwanya w’ ubudepite mu nteko ishinga amategeko ubonamo batatu (…) -
Iyi niyo mpamvu yatumye u Rwanda ruhindura amabara y’ inzira z’ abanyamaguru muri kaburimbo
23 November 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihugu hose inzira zigenewe abanyamaguru mu mihanda ya kaburimbo zirimo guhindurirwa amarange zikagirwa umutuku n’ umweru mu gihe zari umukara n’ umweru.
Umuryango.rw
Hasohotse ikoranabuhaga rishya ryifashishwa mu gupima Covid-19
Rubavu: Abaturage barifuza ko ubuyobozi buhagarika kubabuza kugurisha ibyo batunze ngo birwaneho mu bihe bibi bya COVID-19