Kuri uyu wa gatandatu mu nama y’Ishyaka CNDD-FDD rya Perezida w’Uburundi Petero Nkurunziza hafatiwemo umwanzuro uvuga ko Perezida Nkuruziza abaye Umuyobozi w’Ikirenge w’iri shyaka ndetse nta n’undi wamusimbura uzabaho kuko bose ariwe ubaruta.
Iki cyemezo cyafatiwe mu nama yahuje abayobozi bakuru b’iri shyaka kuwa gatanu no kuwa gatandatu I Buye mu Ntara ya Ngozi aho Perezida Nkurunziza avuka. Nk’uko tubikesha inkuru ya Jeune Afrique, ivuga ko ku umugoroba wo kuri uyu wa gatandatu AFP (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ishyaka CNDD-FDD rya Perezida Nkurunziza ryamugize Umuyobozi waryo w’Ikirenga uzavanwaho n’urupfu gusa
12 March 2018, by Ubwanditsi -
Karangwa yabaye Meya wa Gicumbi iminsi 6 gusa! Ese koko ni Kaboneka wamweguje igitaraganya? (Video)
5 March 2020, by UbwanditsiKarangwa Sewase niwe wabaye Meya igihe gito kuva utu turere tuzi twabaho kuko yayoboye akarere ka Gicumbi iminsi 6 gusa. Nyuma y’igihe yari mwe mu bagize nyanama y’Akarere, nyobozi yareguye bagenzi be bamutorera kuba ayoboye inzibacyuho ariko nyuma y’iminsi 6 gusa aregura.
-
Reba Video Intumwa Gitwaza ari kwirukana abari ibyegera bye bashakaga gusibanganya burundu itorero rya Zion Temple ndetse ashyiraho na Komite Nshya(VIDEO+AMAFOTO)
18 May 2017, by Martin MunezeroUmuyobozi mukuru wa Authentic Word Ministries na Zion Temple Celebration Center Intumwa ( Apostle ) Dr. Paul Gitwaza yirukanye k’umugaragaro Bishop Dieudone Vuningoma , Bishop Bienvenue Kukimunu , Bishop Claude Okitembo Djessa , Pasiteri Kamanzi Patrick na Bishop Richard Muya , abashinja gushaka gusibanganya Zion Temple.
Ibi Intumwa Gitwaza yabitangarije ku cyicaro cy’Itorero Zion Temple i Ngoma ( mu Gatenga ) , aho yarayoboye amateraniro asanzwe yo ku cyumweru , abwira abakristu bose (…) -
Abanyarwanda bakuriweho Viza ku berekeza mu bihugu 22 bikurikira-URUTONDE
24 August 2017, by Martin MunezeroNyuma yuko u Rwanda rwiyemeje guha ikaze abanyamahanga bashaka kuruzamo bakabakuriraho visa abandi bakoroherezwa kujya bayisaba baramaze kugera mu gihugu, ubu noneho n’Abanyarwanda bakuriweho visa mu bihugu 22 byo ku migabane itandukanye y’Isi, hakaba n’ibindi bisaga 27 byoroheje imigenderanire n’Abanyarwanda bakazajya basaba visa baramaze kubigeramo.
Tariki ya 1 Mutarama 2013 nibwo Guverinoma y’u Rwanda yafashwe icyemezo cy’uko abanyafurika baje mu Rwanda bazajya bahabwa visa bakihagera, (…) -
Kongera ibyo kurya bigenewa impunzi za Kiziba ntibiri hafi aha
22 February 2018, by UbwanditsiIshami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) rirahamagarira impunzi z’abanyekongo zigaragambije mu nkambi ya Kiziba kugarura ituze no kugaragaza ikibazo kizugarije mu nzira z’ibiganiro .
Mu itangazo washyize ahagaragara kuri uyu wa Gatatu, tariki 22 Gashyantare 2018 uyu muryango wavuze ko utewe impungenge n’amakuru ko iyi myigaragambyo ishingiye ku kwinubira ibyo kurya bigenerwa impunzi yabayemo ibikorwa by’urugomo utasobanuye.
Uyu muryango wasabye impunzi kubaha amategeko (…) -
Cassien Ntamuhanga, wareganwaga na Kizito Mihigo, yatorotse Gereza
31 October 2017, by Nsanzimana ErnestAmakuru yemezwa n’ , Urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa aravuga ko Cassien Ntamuhanga, umwe mu bareganwaga na Kizito Mihigo bagahamwa n’ibyaha bikomeye mu Rwanda ari muri batatu batorotse Gereza ya Nyanza (Mpanga) mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Ukwakira
Abatorotse ni Ntamuhanga Cassien mwene Nyirajanja Raphaie na Nyirabahashyi. akomoka mu karere ka Nyarugenge Umurenge Muhima Akagari Kabeza
Sibomana Kirenge mwene Subwumwe na Nyiramiheto ukomoka mu kagali Birushya Umurenge Nyamyuba (…) -
Umuhungu wa Gen. Maj Ntawunguka Pacifique uyobora FDLR yashimiye Leta y’u Rwanda yamurihiye kaminuza
19 December 2019, by Dusingizimana RemyUmuhungu wa Gen Maj Pacifique Ntawunguka uzwi ku mazina nka Omega uyobora FDLR witwa Mukiza Willy Maurice yashimiye Leta y’u Rwanda yamufashije we n’abavandimwe be ititaye kuri se ushaka guhungabanya umutekano w’igihugu.
-
Bamporiki yasabye intore nshya zo muri UNILAK kutaba “Intore zipfubye”
20 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ intorero ry’ igihugu Edouard Bamporiki yahaye impanuro intore z’ intagamburuzamumihigo za UNILAK azisaba kutaba intore zipfubye kuko ngo intore ipfubye irutwa n’ umuntu utaratojwe.
Hari kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Ukwakira 2017 , mu muhango wo kwinjiza intore mu zindi, bivuze kwakira abanyeshuri bashya binjiye muri Kaminuza ya UNILAK. Aba banyeshuri bagera kuri 700 bari bamaze icyumweru batozwa.
Bamporiki yavuze ko kuva itorero ryatangira abamaze gutozwa bagera hafi kuri (…) -
Tariki 14 Nyakanga: Menya ibyaranze iyi tariki mu mateka harimo kuba isobanuye byinshi ku ibohorwa ry’ u Rwanda
14 July 2017, by Renzaho FerdinandTariki 14 Nyakanga 1994- Urugamba rwo kubohora igihugu rwanditse amateka akomeye cyane mu ngabo zahoze ari iza FPR- Inkotanyi n’Abanyarwanda muri rusange kuko rwabaye imbarutso yo kwibohora. Kuri iyi tariki izi ngabo zabohoye Ruhengeli bigereranwa no gutsinda umugabo umusanze iwe mu rugo.
Turi tariki 14 Nyakanga, ni umunsi w’195. Iminsi 170 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Ku itariki ya 14 Nyakanga 1994 Ab’i Kigali na Butare babyinaga intsinzi, ab’i Byumba bari mu mudendezo. (…) -
Major Sankara wigambaga gufata ishyamba rya Nyungwe yamaze kugezwa mu Rwanda
30 April 2019, by Dusingizimana RemyUmuvugizi w’umutwe wa FLN,ushamikiye kuri MRCD ya Rusesabagina,Nsabimana Callixte wiyitaga Majoro Sankara wakunze kumvikana ku maradiyo mpuzamahanga no kuri youtube yigamba gufata ishyamba rya Nyungwe,yamaze kugezwa mu Rwanda aho kuri ubu ari mu maboko ya RIB.
Umuryango.rw