Nimwiza Mighan wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2019 ku nshuro ye ya mbere nyuma y’irushanwa rya Miss Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Miss Rwanda Nimwiza Meghan wifuje kongera guhura na Mwiseneza Josiane byarangiye bahuye baranasabana[AMAFOTO]
11 February 2019, by Martin Munezero -
Nsengimana Herman ngo yamenye ko FLN ari umutwe w’iterabwoba ageze mu Rwanda
29 April 2021, by Dusingizimana RemyUrugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya Imipaka rwakomeje kuburanisha urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina wari Perezida w’Impuzamashyaka MRCD, Nsabimana Callixte wiyise Sankara na Nsengimana Herman bahoze ari abavugizi b’Umutwe w’Iterabwoba wa FLN n’abandi barwanyi 18.
-
APR FC yashenguwe no gutakaza igikombe cya Shampiyona yatsindiwe I Kigali na Espoir FC
25 May 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC yaraye itwawe igikombe cya shampiyona na Rayon Sports,yatsinzwe na Espoir FC ibitego 2-1, mu mukino w’umunsi wa 29, yakinnye byo kurangiza umuhango.
-
Rusizi: Abageni bari bamaze iminsi barushinze bahiriye mu nzu umugabo yitangira umugore we utwite ngo adashya
15 December 2021, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Ngabonziza Eric n’Umugore we Icyimanizanye Jeannette bari bamaze iminsi mike bashyingiranwe bahiriye mu nzu bakodeshaga ariko abaturanyi batabara batarapfa bajyanwa kwa muganga.
-
Amanota ya 2017: Abakobwa batsinze kurusha abahungu
9 January 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’Uburezi yatangaje ko mu bizamini bisoza amashuri 2017 mu mashuri abanza abanyeshuri batsinze ari 86% mu gihe abasoje ikiciro rusange cy’amashuri yisumbuye ari 89%
Imibare iragaragaza ko abakobwa batsinze kurusha abahungu kuko mu byiciro byombi (amashuri abanza n’ikiciro rusange cy’ayisumbuye), abakobwa batsinze ku kigero cya 55,5% mu gihe abahungu ari 44,5%.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Mutarama 2018 nibwo Minisiteri y’ uburezi yatangaje umusaruro w’ abanyeshuri bakoze (…) -
Intego ya FPR-Inkotanyi n’ugukora ku nyungu za buri munyarwanda-Perezida Kagame
30 April 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame akaba na Chairman wa FPR-Inkotanyi, avuga ko intego uyu muryango wubakiyeho ari nazo ugenderaho ari ugukora ku nyungu za buri munyarwanda, ariko avuga ko ibi bisaba imyitwarire ntamakemwa kugira ngo intego umuryango wihaye uzigereho.
-
Menya igisobanuro cy’umutako w’igiti cya noheri ( ikirugu ) n’ umuntu wagishyize mu nzu ye bwa mbere
25 December 2017, by Nsanzimana ErnestMu bihugu bitandukanye by’isi abantu baritegura umunsi mukuru w’ivuka rya Yesu ( Noheri ) . Biramenyerewe ko mu minsi nkiyi abantu baba bagura ibiti bihenze bagamije kubitaka mu mazu yabo , mu biro ndetse n’ahandi hose hahurirwa n’abantu benshi ariko kandi hari n’ababa badafite amikoro ahagije bahitamo gushaka aho katema ibiti bya sipure kugirango babyifashishe mu kubaka ikurugu ( Christmas Tree ).
Mu kinyejana cya 16 igiti cya sipure gitoshye cyamenyekanye nk’igiti cya Noheli, (…) -
Abarenga ibihumbi 30 bari baratiwe TIG baburiwe irengero
7 June 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’Ubutabera yabwiye komisiyo ya politike n’imiyoborere myiza muri Sena ko ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro Sena yashyikirije Guverinoma ku birebana n’imanza za Gacaca zitararangizwa, ishyirwa mu bikorwa ry’igihano nsimburagifungo (TIG), n’ikibazo cya dosiye z’imfungwa n’abagororwa. Uhagarariye Minisiteri yavuze ko ubu hari abantu barenga ibihumbi 30 bakatiwe n’inkiko gacaca bagahabwa igihano cy’imirimo nsimburagifungo ariko baraburiwe irengero.
Umunyamabanga uhoraho muri (…) -
Umuturage aratakambira Perezida Kagame ku kibazo cya Kaminuza zafunzwe
7 May 2017, by UbwanditsiMinisitiri w’Uburezi Dr. Papias Musafiri
IGITEKEREZO : UBUTUMWA BUGENEWE NYAKUBAHWA PEREZIDA WA REPUBULIKA Y’U RWANDA PAUL KAGAME.
Muraho Banyamakuru b’ikinyamakuru UMURYANGO.RW
Ndi umusomyi w’ikinyamakuru cyanyu ndetse n’ibindi bitangazamakuru binyuranye byo mu Rwanda no mu mahanga. Ndubatse mfite imyaka 56, mfite abana batatu, umwe muribo yiga muri Kaminuza.
Nkunda uburyo mukunze gufasha abaturage mu kugaragaza ibitagenda neza ndetse n’ibigenda neza mukabitugezaho byose bigamije (…) -
Dubai wubatse inzu zikagwira abantu yari yarahuye na Perezida Kagame
5 April 2023, by Joseph IradukundaKu itariki ya 5 ukuboza 2015 nibwo Nsabimana Jean yahuye na Perezida Paulo Kagame, amubwira umushinga we yari yaratangiye wo kubaka amazu aciriritse kandi yorohereza abanyarwanda gutura neza badahenzwe.
Umuryango.rw
Rusizi: Abageni bari bamaze iminsi barushinze bahiriye mu nzu umugabo yitangira umugore we utwite ngo adashya
Dubai wubatse inzu zikagwira abantu yari yarahuye na Perezida Kagame