IFOTO :INYARWANDA.COM:Amatora yo kuri Murandasi ya Miss Rwanda 2021 yatangiye kuri uyu wa Kabiri tariki 23 Gashyantare 2021 saa sita z’amanywa aho abakobwa 2 ba mbere mu majwi bazahita binjira mu mwiherero.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
MISS RWANDA 2021: Gutorera kuri Murandasi no kuri SMS byatangiye
23 February 2021, by Dusingizimana Remy -
"Ukraine nihabwe ibyo ikeneye byose irangize akazi"-Boris Johnson
9 February 2023, by Dusingizimana RemyUwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza,Boris Johnson yavuze ko iki aricyo gihe kugira ngo Ukraine ihabwe icyo ikeneye cyose kugira ngo itsinze Uburusiya bwayigabyeho ibitero mu mezi 11 ashize.
Bwana Boris Johnson yabivuze nyuma y’aho Perezida wa Ukraine,Zelensky,asuye Ubwongereza akabusaba indege z’intambara yise amababa y’ubwigenge.
Perezida Zelensky yasuye bitunguranye UK ndetse anagirana ibiganiro n’inteko ishinga amategeko aho yavuze ko gutsinda Uburusiya azaba ari intsinzi (…) -
Urutonde rwa bamwe mu bakinnyi b’ibihangage bagiye basezererwa mu marushanwa akomeye nyuma yo gukora amakosa(AMAFOTO)
8 July 2017Mu ijoro ryo ku wa kabiri taliki ya 04 Nyakanga 2017 nibwo umusore Peter Sagan uzwi cyane mu gusiganwa ku magare ndetse watwaye shampiyona y’isi umwaka ushize yirukanywe mu irushanwa rya Tour de France nyuma yo gukora amakosa yo gusunika Mark Cavendish bari bahanganiye gutwara aka gace.
Uretse uyu musore hari abandi bakinnyi bakomeye mu mikino itandukanye birukanywe ikitaraganya mu marushanwa akomeye nyuma yo guterana kw’akanama gashinzwe imyitwarire.
Dore bimwe mu bihangange byasezerewe (…) -
Polisi yasatse urugo rwa Rwigara
30 August 2017, by UbwanditsiKu munsi w’ejo Polisi y’u Rwanda ishami ry’ubugenzacyaha "CID" ryakoze igikorwa cyo gusaka urugo rwa Rwigara,ndetse abagize uyu muryango wa Rwigara bakaba bakomeje kwitaba CID bahatwa ibibazo ku byaha by’inyandiko mpimbano no kunyereza imisoro bakekwaho.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Theos Badege,yatangarije ikinyamakuru Umuryango.rw, ko nta muntu wo mu muryango wa Rwigara ufunzwe nkuko biri kuvugwa,ahubwo icyabayeho ari ugusaka uyu muryango kugira ngo hakomeze hashakishwe ibimenyetso (…) -
Nyagatare: Abagore babiri barashwe n’abasirikare bari kugerageza kwambutsa magendu ku mupaka
26 October 2019, by Dusingizimana RemyAbagore babiri barasiwe mu murenge wa Rwempasha mu karere ka Nyagatare n’abasilikare bari ku burinzi mu ijoro ryakeye nyuma yo kubahagarika bikoreye inzoga zitemewe mu Rwanda bari bakuye muri Uganda, bakanga ahubwo bakagerageza kwiruka.
-
APR FC yashenguwe no gutakaza igikombe cya Shampiyona yatsindiwe I Kigali na Espoir FC
25 May 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC yaraye itwawe igikombe cya shampiyona na Rayon Sports,yatsinzwe na Espoir FC ibitego 2-1, mu mukino w’umunsi wa 29, yakinnye byo kurangiza umuhango.
-
Nyarugenge: Umukobwa yasimbutse ku igorofa rya kane ry’inyubako yo kwa Makuza kubera umusore yakundaga ntabihe agaciro
6 September 2019, by Dusingizimana RemyUmukobwa witwa Hatangimana Scolastique w’imyaka 25 y’amavuko,yasimbutse kuri Etage ya kane yo ku nyubako izwi nko kwa Makuza (Makuza Peace Plaza) mu mujyi rwagati ahagana saa tanu z’amanywa, yikubita hasi gusa ntiyapfa kuko polisi yahise ihagera bahamagaza imbangukiragutabara imujyana kwa muganga.
-
Perezida Kagame yagaragaje ibanga ryatuma Afurika yihuta mu buvumbuzi
26 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda kuri uyu wa 26 Werurwe 2018, yatangiye inama mpuzamahanga ya Siyansi Next Einstein Forum irimo kubera I Kigali avuga ko ubufatanye aribwo bwatuma Isi yihuta mu bijyanye n’ ubuvumbuzi.
Umukuru w’ u Rwanda yavuze ko yavuze ko ibikenewe ngo abantu bagere aho bashaka bihari cyane cyane binyuze mu buhanga buri mu rubyiruko ari narwo musingi wubakiyeho ahazaza ha Afurika.
Yagize ati “Ni ngombwa ko habaho ubufatanye mu bushakashatsi muri siyansi. Ibi nibyo bituma kuvumbura (…) -
Gacinya ari mu mazi abira nyuma yo gufata umwenda muri Company ya Betting umuryango utabizi
4 September 2017Ikipe ya Rayon Sports yatumije inama y’inteko rusange y’igitaraganya nyuma y’aho biri kuvugwa ko umwe mu bayobozi b’inzibacyuho Gacinya Dennis yaba yarafashe umwenda muri imwe muri kompanyi ya Betting ayemerera ko bazayamamariza mu mwaka w’imikino utaha ibintu yakoze ataganiriye n’abayobozi b’Umuryango. Amakuru agera ku Umuryango aravuga ko iyi nama izaba ku italiki ya 17 Nzeri uyu mwaka uretse iki kibazo iziga ku kibazo cy’imishahara cyatangiye kuba ingorabahizi mu gihe na shampiyona (…)
-
Munyenyezi aragezwa imbere y’Urukiko, gusa harimo ibibazo
27 April 2021, by UbwanditsiBeatrice MUNYENYEZI waje yirukanwe muri Amerika akekwaho kugira uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi dosiye ye yamaze kuregerwa urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro akaba azitaba kuburana ifunga n’ifungurwa kuri uyu wa 28 Mata 2021.
Madamu Beatrice MUNYENYEZI woherejwe na Leta Zunze Ubumwe za America ( USA ) kuwa 16 Mata 2021 aho uyu mugore yavuye n’ubundi arangije igihano cy’imyaka 10 y’igifungo yahamijwe n’inkiko zicyo gihugu ahaniwe kubeshya inzego z’abinjira n’abasohoka agahabwa (…)
Umuryango.rw
"Ukraine nihabwe ibyo ikeneye byose irangize akazi"-Boris Johnson