Ubuyobozi bwa Rwanda Insipiration Backup , kompanyi itegura irushanwa rya Miss Rwanda kuva 2014 batangaje ibyavuguruwe mu irushanwa rya Miss Rwanda.
Ni mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa Gatatu aho Prince Kid yavuze ko kwiyandikisha ku mukobwa ushaka guhatana bizatangira tariki ya 14 Ukuboza 2017.Yavuze ko tariki 13 Mutarama 2018 aribwo hazatangira amajonjora yo guhitamo abakobwa bazahagararira intara n’umujyi wa Kigali. Yakomeje avuga ko buri Ntara izahagararirwa n’abakobwa 30 (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Miss Rwanda 2018: Ururimi rw’ Ikinyarwanda rwahawe agaciro
13 December 2017, by Iyamuremye Janvier -
Mu mezi ane u Rwanda rwahombye miliyari 5 kubera uburenge
10 November 2017, by Nsanzimana ErnestKuva mu kwezi kwa Gatanu kwa 2017 kugeza mu kwezi muri Nzeli 2017, u Rwanda rwahombye miliyari 5 bitewe n’ indwara y’ uburenge.
Ubwo iyi ndwara yadukaga mu ntara y’ uburasirazuba inka zo muri iyo ntara zahise zishyirwa mu kato kuburyo nta nka cyangwa ibiyokomokaho byongera kuva muri iyo ntara ngo bigere mu kindi gice cy’ igihugu.
Ibi ngo nibyo byateje u Rwanda igihombo cya miliyoni 10 z’amadorali nk’ uko byatangajwe na Minisitiri w’ ubuhinzi n’ ubworozi Gerardine Mukeshimana.
Yagize (…) -
Kimironko: N’ubwo Uwimbabazi yari yarishinganishije byarangiye yishwe
11 May 2019, by UbwanditsiKu mugoroba wo kuwa wa gatandatu taliki 27/4/2019 nibwo abagenderaniraga umunsi ku wundi na Francine Uwimbabazi wari utuye mu murenge wa Kimironko, Akagali ka Kibagabaga, Umudugudu wa Ramiro batangiye kumubura kuri telefoni ye igendanwa ndetse n’abagiye iwe baramubura batangira kugira impungenge z’icyaba cyamubayeho.
-
Dore urutonde rwa ba Miss b’abanyarwandakazi n’abakunzi/abagabo babo[AMAFOTO]
28 April 2018, by Martin MunezeroBa Nyampinga b’abanyarwandakazi mu ngeri zitandukanye, ni kimwe mu byiciro by’abantu b’ibyamamare banakunze kugaruka cyane mu bitangazamakuru. Mu bakobwa bambitswe amakamba atandukanye, hari bamwe bakunda kugaragara cyane ndetse bakagira ishema ryo kugaragaza abasore bihebeye.
Muri iyi nkuru, turagaruka kuri ba Nyampinga batandukanye baba aba za Kaminuza, abahataniye ikamba rya Nyampinga w’igihugu n’abandi batandukanye, bafite abakunzi babo ndetse bakunda no kubigaragaza cyane ku mbuga (…) -
Karongi: Abahitanywe n’ umusozi waridutse bamaze kuba 12
7 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu murenge wa Rwankuba mu karere ka Karongi habaye ikiza gikomeye aho umusozi waridutse bitewe n’imvura myinshi yaraye igwa. 12 nibo byamaze kumenyekana ko bahitanywe n’ iki kiza 8 bakomeretse gusa imibare ishobora kwiyongera kuko hari abagishakiswa.
Ibi byabaye mu midugudu itandukanye yo mu murenge wa Rwankuba ho mu karere ka Karongi mu ntara y’ iburengerazuba ubwo imvura yaguye mu ijoro ryakeye igatuma umusozi wa Karongi uriduka ku buryo bukomeye ukagwira amazu y’abaturage bamwe muri bo (…) -
Mukura VS yashyize hanze abakinnyi 21 izakoresha mu gikombe cy’Agaciro barimo n’uherutse gusinyira Rayon Sports
12 September 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Mukura VS yamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi 21 izakoresha mu irushanwa ry’Agaciro barimo rutahizamu witwa Samuel Nwosu Chukwudi ukomoka muri Nigeria waherukaga gusinyira Rayon Sports imyaka 2.
-
Green Party yanenze umuyobozi wa RGB inasaba u Rwanda kugura amasasu y’ibipapuro
5 August 2022, by Dusingizimana RemyIshyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda-DGPR) rivuga ko abashinzwe umutekano w’u Rwanda bakwiriye guhagarika kurasa abagizi ba nabi mu cyico ahubwo ko leta y’u Rwanda yagura amasasu akoze mu bipapuro yafasha mu gukomeretsa abakekwaho ibyaha aho kubica.
Dr Habineza uyobora ishyaka Democratic Green Party yabwiye Abanyamakurukuri uyu wa Gatanu tariki 5 Kanama 2022 ko mu byo bari biyemeje nk’ishyaka ubwo biyamamazaga ku mwanya w’Umukuru (…) -
Hari kugeragezwa ubuhinzi bushya mu Rwanda budakeneye ifumbire n’ubutaka
17 November 2020, by Dusingizimana RemyMu rwego rwo gufasha abanyarwanda kwihaza mu biribwa no kugabanya amafaranga bakoresha bahinga,umuryango utegamiye kuri Leta, ARDE /Kubaho ku bufatanye na Tennessee State University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakomeje kureba niba ubuhinzi bukorewe mu mabuye bushoboka.
-
Burundi: UN yakoze urutonde rw’ abayobozi bakuru bakekwaho ibyaha bikomeye
4 September 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere tariki 4 Nzeli inzobere z’ umuryango w’ Abibumbye zasabye urukiko mpuzamahanga mpanabyaha gutangiza ibirego ku byaha birimo ubwicanyi n’ iyicarubozo bikorerwa mu Burundi hagatungwa agatoki abayobozi bakuru b’ iki gihugu.
Izi nzobere zivuga ko zakoze urutonde rw’ abayobozi bakuru bakekwaho ibi byaha, zigaragaza, amazina y’ ukekwaho icyaha, igihe icyaha cyakorewe, n’ uko cyakozwe.
Kiomisiyo y’ Umuryango w’ abibumbye ivuga ko uwagera mu Burundi yabona ibimenyetso by’ uko (…) -
APR FC yasezereye abakinnyi 16 bamwe basamirwa hejuru n’ikipe ya Rayon Sports [URUTONDE]
28 June 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC uyu munsi yakoze ibyo benshi batari biteze yirukana abakinnyi basaga 17 biganjemo amazina akomeye nka Migi,Amran,Kimenyi,Rugwiro,n’abandi nyuma yo kwitwara nabi mu mwaka w’imikino ushize bikababaza abayobozi.
Umuryango.rw
Green Party yanenze umuyobozi wa RGB inasaba u Rwanda kugura amasasu y’ibipapuro