Urwego ngenzuramikorere(RURA) rwashyizeho ibiciro bishya by’amazi, bizatangira gushyirwa mu bikorwa taliki 01 Gashyantare 2019.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Hashyizweho ibiciro bishya by’amazi
31 January 2019, by Martin Munezero -
Tom Close yatangaje ubwoko bw’umukobwa bakundanye mbere ya Tricia nyuma akamutera n’indobo abitewe n’umugore we(AMAFOTO)
25 May 2017, by Martin MunezeroUmuhanzi Nyarwanda Muyombo Thomas ariko uzwi ku izina rya Tom Close yatangaje umukobwa bakundanye mbere yuko amenyana na Tricia ndetse avuga nuburyo yaragiye gushwana nawe kubera uwo mukobwa w’umuzungukazi avuga ko yitwa Ketty.
Ni mu kiganiro Tom Close yagiranye n’umunyamakuru Phil Peter aho yaciyemo muri make inzira y’urukundo rwe mbere yo kumenyana na Tricia ubu banabyaranye umwana wa mbere ndetse bakaba bitegura no kubyara umwana wa kabiri vuba…nubwo we atifuzaga kuvuga ku by’urukundo (…) -
Iby’ ingenzi mu byaranze tariki 3 Nyakanga
3 July 2017, by Renzaho FerdinandTuri tariki ya 03 Nyakanga, ni umunsi w’184 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 181 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo Muhammed Morsi wari Perezida wa Misiri yahiritse ku butegetsi.
Bimwe mu bintu by’ingenzi byaranze tariki ya 03 Nyakanga mu mateka. 987: Hugh Capet yambitswe ikamba ryo kuba umwami w’ubufransa, aba umwami wa mbere w’ingoma ya Capetien yayoboye ubufransa kugeza ubwo hatangiraga impinduramatwara muri iki gihugu mu 1792.
1608: umugi wa Québec (…) -
Ruhango: Umukecuru w’imyaka 80 yatawe muri yombi kubera amagambo yuzuyemo ingengabitekerezo ya Jenoside yabwiye uwayirokotse
10 April 2020, by Dusingizimana RemyUmukecuru w’imyaka 80 witwa Mukamushumba Sarah utuye mu karere ka Ruhango mu Murenge wa Bweramana yatawe muri yombi azira kubwira amagambo yuzuyemo ingengabitekerezo uwarokotse Jenoside baturanye witwa Afazari Speciose w’imyaka 68.
-
Abaguze UTC ya Rujugiro bati ‘mu bucuruzi iyo washoye neza ntuhomba’
3 November 2017, by Nsanzimana ErnestKigali Investment Company (KIC), yaguze mu cyamunara inzu Union Trading Center yari iya Rujugiro Ayabatwa Tribert yatangaje byinshi kuri iyi nzu birimo no kuba niyo bayimusubiza Rujugiro batahomba.
Ukwezi n’ icyumweru birashize UTC itejwe cyamunara. Iyi nzu yagurishijwe kugira ngo hishyurwe umwenda nyirayo yari abereyemo ikigo cy’ igihugu cy’ imisoro n’ amahoro RRA.
Yagurishijwe nyuma y’ igihe gito ibiciro by’ ubukode ku bibanza byayo by’ ubucuruzi byikubye kane.
Umuvugizi wa KIC (…) -
Nyaruguru: Abantu bitwaje imbunda bateye Nyabimata bica abantu, bakomeretsa Gitifu banatwika imodoka ye n’icumbi yabagamo
20 June 2018, by UbwanditsiImodoka ya Gitifu yahiye iba umuyonga
Muri iri joro ryakeye abantu bitwaje intwaro zirimo n’imbunda bateye mu Murenge wa Nyabimata akagali ka Nyabimata Umudugudu wa Rwerere mu Karere ka Nyaruguru bica abantu babili, bakomeretsa abantu benshi barimo na Gitifu w’uyu murenge Nsengiyumva Vincent barashe ku ijosi ariko by’amahirwe ntiyapfa.
-
Ijambo Julius Malema yavugiye ku kiriyo cya Winnie Mandela ryatumye yitwa igihangage avugwa ibigwi n’ibyiza babona bimurimo
14 April 2018, by Martin MunezeroIjambo Julius Malema yavugiye mu kiriyo cyo gusezera mu cyubahiro nyakwigendera Winnie Mandela I Johannesburg, ahari hakoraniye imbaga y’abantu baturutse imihanda yose, ryakije umuriro hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga bamuvuga ibigwi n’ibyiza babona bimurimo batibagiwe n’ibimukwiye.
-
Ibyihariye wamenya ku baminisitiri b’Intebe batandatu bamaze kuyobora u Rwanda nyuma ya Jenoside
19 April 2023, by Dusingizimana RemyU Rwanda rumaze kuyoborwa na ba Ministiri b’intebe batandatu nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi muri 1994.
Abo ba Minisitiri bagiye bavugwaho bitandukanye ariko uwaruhije kumara igihe kinini kuri uwo mwanya ni Bernard MAKUZA wawumazeho imyaka isaga 10.
Ishyaka rya MDR ryamaze imyaka itarenze 15 riyoboye u Rwanda ariko ryihariye agahigo ko kuba rimaze kugira Abaminisitiri b’Intebe benshi kuva igihugu cyabona ubwigenge.
Grégoire Kayibanda wakomokaga mu ishyaka Parmehutu,niwe wabaye (…) -
Angeli Mutabaruka yavuze ko atazakurikirana MissRwanda2021,ngo ntiyizera ibiberamo
24 February 2021, by Martin MunezeroAngelbert Mutabaruka ukorana ikiganiro na KNC, yavuze ko atazakurikirana irushanwa rya Miss Rwanda 2021 kubera ko mu bihe bitandukanye ryavuzwemo ‘amanyanga’.
-
Gen. Kale Kayihura urukiko rumukurikiranyeho gushushubikana Abanyarwanda
24 August 2018, by Nsanzimana ErnestUrukiko rwa gisirikare rwo mu murwa mukuru Kampala wa Uganda rwashinje Jenerali Kale Kayihura, wahoze ari umukuru wa polisi y’iki gihugu, gufasha mu gucyura impunzi z’Abanyarwanda n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Umuryango.rw
Ruhango: Umukecuru w’imyaka 80 yatawe muri yombi kubera amagambo yuzuyemo ingengabitekerezo ya Jenoside yabwiye uwayirokotse
Ibyihariye wamenya ku baminisitiri b’Intebe batandatu bamaze kuyobora u Rwanda nyuma ya Jenoside