Gwatemala iravuga ko iteganya kwimura ambasade yayo muri Isiraheli ikajya i Yeruzalemu, igakurikira icyemezo cya Donald Trump.
Isiraheli yashimye Gwatemala ku cyemezo cyayo cyo kwimura ambasade ikava i Tel Aviv ikajya i Yeruzalemu. Ibi bikurikiye icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyateje impagarara zikomeye.
Isiraheli yasobanuye Gwatemala nk’ "inshuti nyayo".
Gwatemala ni kimwe mu bihugu icyenda byonyine byatoye bishyigikiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mwamnzuro wa LONI (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Gwatemala ikurikiye Amerika mu kwimurira ambasade yayo i Yeruzalemu
26 December 2017, by Iyamuremye Janvier -
Minisitiri w’Uburezi yahishuye impamvu ebyiri Leta ititeguye guhita ifungura amashuri
15 August 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Uburezi,Dr.Valentine uwamariya yavuze ko impamvu Guverinoma y’u Rwanda ititeguye guhita ifungura amashuri muri iki gihe ari uko imibare y’abandura Coronavirus ikomeje kwiyongera mu Rwanda,asaba abantu bakuru kubahiriza amabwiriza kikarangira burundu.
-
Banki nkuru ya Uganda yaciye intege abasaba ko akayabo kashyizwe mu mva Ssemwaga gakurwamo
5 June 2017, by Nsanzimana ErnestMu minsi ishize muri Uganda habereye ibintu bitamenyerewe aho mu muhango wo gukura ikiriyo y’ umuherwe Ivan Ssemwaga, itsinda ry’ abaherwe bafashe amafaranga rikasasa mu mva ya Nyakwigendera.
Mu mafaranga yashyizwe muri iyo mva harimo n’ amashilingi ya Uganda, aribyo babaje bamwe mu baturage ba Uganda bituma basaba ko ako kayabo kakurwa muri iyo mva.
Banki Nkuru muri icyo gihugu yavuze ko amafaranga ari mu mva ye yamaze kwangirika ku buryo adashobora gukoreshwa.
Mu itangazo ryashyizwe (…) -
‘Icyemezo Afurika y’ Epfo yafashe cyo guhamagara ambasaderi wayo gishingiye ku bihuha’ u Rwanda
12 December 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko icyemezo Afurika y’ Epfo iherutse gufata cyo guhamagaza ambasaderi wayo mu Rwanda gishingiye ku makuru atari ukuri yahawe n’ abarwanya u Rwanda.
-
U Rwanda rwahawe igihembo mpuzamahanga rukesha Drones zigeza amaraso ku barwayi
3 September 2017, by Nsanzimana ErnestAmbasaderi w’ u Rwanda muri Danmark yakiriye igihembo cyagenewe u Rwanda na kampani ikora drones u Rwanda rurimo kwifashisha mukugeza amaraso ku barwayi kwa muganga.
Iki gihembo kizwi nka INDEX AWARD gihambwa umuntu cyangwa sosiyete ya/wahize abandi mu guhanga udushya. Icy’ uyu mwaka (Index award 2017) ya cyatanzwe ku wa Gatanu tariki 1 Nzeli mu mujyi wa Copenhagen muri Denmark.
Mu mpera za 2016 nibwo Leta y’u Rwanda yatangije uburyo bwo gutwara amaraso ku bitaro biherereye mu duce twa (…) -
Dore urutonde rwa ba Miss b’abanyarwandakazi n’abakunzi/abagabo babo[AMAFOTO]
28 April 2018, by Martin MunezeroBa Nyampinga b’abanyarwandakazi mu ngeri zitandukanye, ni kimwe mu byiciro by’abantu b’ibyamamare banakunze kugaruka cyane mu bitangazamakuru. Mu bakobwa bambitswe amakamba atandukanye, hari bamwe bakunda kugaragara cyane ndetse bakagira ishema ryo kugaragaza abasore bihebeye.
Muri iyi nkuru, turagaruka kuri ba Nyampinga batandukanye baba aba za Kaminuza, abahataniye ikamba rya Nyampinga w’igihugu n’abandi batandukanye, bafite abakunzi babo ndetse bakunda no kubigaragaza cyane ku mbuga (…) -
Joseph Kabila wari Perezida wa Kongo ntabwo aziyamamaza
8 August 2018, by Nsanzimana ErnestEmmanuel Ramazani Shadary, niwe mukandida uzahagararira ihuriro ry’ amashyaka ari ku butegetsi muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Kongo (FCC), mu matora ya Perezida ateganyijwe tariki 23 Ukuboza 2018.
-
Burera:Umwana wiga mu mwaka wa mbere w’amashuli Yisumbuye yafatiwe ku ngufu aho barara n’abandi banyeshuli
30 January 2019, by Martin MunezeroAmakuru avuga ko byabaye ku cyumweru tariki 27 Mutarama nijoro ubwo umwana w’umukobwa w’imyaka 12 wiga ku kigo cy’amashuri cya APAPEDUC Bungwe yafashwe ku ngufu asambanywa ari mu cyumba aho n’abandi barara. Gusambanya umwana ubu bihanishwa igifungo cy’imyaka 25 ku wo bihamye.
-
Kamonyi: Umuforomo washinjwe n’umubyeyi ko yamusambanyije ari kubyara yatangaje uko byagenze
23 December 2019, by Dusingizimana RemyUmuforomo witwa Niyigena Pierre, wakoraga mu kigo nderabuzima cya Nyamiyaga uherutse gushinjwa n’umubyeyi yabyazaga akamusambanya, ahamya ko ibyamuvuzweho atari ukuri, ko habayemo uguhimbahimba no gushaka kumuharabika.
-
Muhanga: Abayobozi 10 beguye rimwe
29 September 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa 29 Nzeri 2017 ku biro by’AKarere ka Muhanga habereye inama yasuzumye isuku ndetse n’imyubakire ya kajagari yari imaze iminsi ihavugwa.Iyi nama kandi yanakiriye ubwegure bw’Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge ibiri, ab’utugari batatu, ba land officers n’abashinzwe imibereho myiza y’abaturage.
Abahise begura kubera ibi bibazo by’isuka ndetse n’umwanda uri kugaragara mu mugi wa Muhanga ni;
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Nyamabuye Jean Baptiste Mugunga (…)
Umuryango.rw
Minisitiri w’Uburezi yahishuye impamvu ebyiri Leta ititeguye guhita ifungura amashuri
U Rwanda rwahawe igihembo mpuzamahanga rukesha Drones zigeza amaraso ku barwayi