Leta y’U Rwanda yemeranyije n’uyu Bwongereza kwakira impunzi n’abimukira binjiye muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko aho bazafashwa kongera kubaho neza, ababishaka basubire mu bihugu baturukamo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
U Rwanda rugiye kwakira abimukira b’u Bwongereza bose batagira ibyangobwa
14 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
Urubanza rwa wa muyobozi wa Goodrich TV uherutse gukubita umukobwa rwasubitswe kubera internet
17 September 2019, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’ibanze rwa Nyamirambo rwasubitse gusoma urubanza ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ry’umunyemari Francis Habumugisha kubera ibura rya murandasi ndetse n’ibimenyetso bitarajya mu ikoranabuhanga.
-
For Arsenal and Manchester, Europa League is all or nothing
6 April 2021, by UbwanditsiEnglish Premier League clubs Manchester United and Arsenal return to European action among four unmissable quarter-final first-leg clashes exclusively live on StarTimes.
Since 1972, all permanent Manchester United managers have won at least one trophy in their stint with the Reds.
Ole Gunnar Solskjær is fast running out of options if he wants to ensure a continuation of this run in his third season in charge of the club.
Having taken over from Jose Mourinho (who won the Europa League, (…) -
Minisitiri Busingye yasabye Dr Kayumba kureka kwibasira Fiona Muthoni Ntarindwa umurega gushaka kumusambanya ku ngufu
29 March 2021, by Martin MunezeroMinisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston, kuri uyu wa 28 Werurwe 2021 yabujije Dr Christopher Kayumba kureka kwibasira umukobwa umushinja kugerageza kumufata ku ngufu.
-
Press Release - Manchester United announces partnership with StarTimes to offer MUTV in Africa
26 February 2021, by UbwanditsiMillions of Manchester United fans in Africa will gain access to MUTV under an agreement with StarTimes, the continent’s leading digital TV operator. StarTimes will distribute MUTV to subscribers in over 30 countries across sub-Saharan African, representing the biggest agreement of its kind by Manchester United in the region.
Viewers in countries including Nigeria, South Africa, Kenya and Ghana will receive exclusive Manchester United content 24 hours-a-day via StarTimes platforms. MUTV (…) -
Perezida Kagame yatanze icyizere ko kimwe cya kabiri cy’ abatuye isi benda kugerwaho na internet
23 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko internet yenda kugera kuri kimwe cya kabiri cy’ abatuye Isi agaragaza ko umunsi byagezweho azaba ari intambwe nziza.
-
Minisiteri y’ibikorwaremezo yamaze amatsiko abibaza ku mushinga wo kwagura stade Amahoro
29 January 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ibikorwa remezo yatangaje ko muri uyu mwaka wa 2020 hazavugururwa Stade Amahoro ku buryo bugezweho ndetse yemeje ko hazakenerwa kwimura abakorera hafi y’iyi stade.
-
Akarere ka Kamonyi kabonye Meya mushya
17 November 2017, by Nsanzimana ErnestAbajyanama bahagarariye imirenge itandukanye y’akarere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo, wa Gatanu batoreye Kayitesi Alice kuba umuyobozi mushya w’aka karere kari kamaze amezi atanu kayoborwa n’umuyobozi w’agateganyo, nyuma y’uko uwari Meya yari yeguye yotswa igitutu ku bw’amakosa n’imyitwarire mibi yashinjwaga.
Kayitesi Alice w’imyaka 37 y’amavuko, umugore wubatse ufite umugabo n’abana batatu.
Madamu Kayitesi yatowe arusha amajwi menshi abo bari bahanganye.
Kayitesi Alice yari (…) -
Watch UEFA Europa League on StarTimes
17 February 2021, by UbwanditsiThings get serious for Premier League clubs in the Europa League
This week, English Premier League clubs Arsenal and Manchester United clash with Benfica and Real Sociedad in the last 32 of the UEFA Europa League. Tottenham Hotspur face Austrian club Wolfsburger AC in Budapest, while Leicester City travel play against Slavia Prague.
When it comes to footballing pedigree and tradition, Benfica and Arsenal are right up there with the best, and on Thursday they face each other in the first (…) -
Umudipolomate w’Ubwongereza mu Bushinwa yakoze benshi ku mutima kubera ukuntu yatabaye umugore wari ugiye kurohama
17 November 2020, by Dusingizimana RemyNubwo ari umunyacyubahiro,Bwana Stephen Ellison,uherutse koherezwa guhagararira Ubwongereza mu Bushinwa ari gushimwa na benshi kubera ukuntu yatabaye umugore wari mu mazi ari kurohama yabuze umutabara.
Umuryango.rw
U Rwanda rugiye kwakira abimukira b’u Bwongereza bose batagira ibyangobwa