Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel,yatangaje ko abanyarwanda bazajya babanza gusobanurirwa ibijyanye n’urukingo rwa Covid-19 mbere y’uko baruterwa n’abaganga babizobereye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abanyarwanda bazabanza gusobanurirwa ibijyanye n’urukingo rwa Covid-19 mbere y’uko baruterwa
21 February 2021, by Dusingizimana Remy -
Rucagu yemeza ko Perezida Kagame azagira amajwi 99% mu matora ateganyijwe muri uku kwa munani
12 July 2017, by Nsanzimana ErnestRucagu Boniface wambaye ishati y’ umweru, hagati Perezida Kagame na Minisitiri w’ ibikorwaremezo James Musoni
Umuyobozi mukuru w’ itorero ry’ igihugu Boniface Rucagu avuga ko umukandida aha amahirwe yo kuzatorerwa kuyobora u Rwanda ari Paul Kagame akavuga ko abona azagira amajwi 99%.
Ibi Rucagu yabitangaje mu kiganiro kihariye yahaye Umuryango kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Nyakanga 2017, habura umunsi umwe gusa ngo abakandida ku mwanya wa Perezida batangire kwiyamamaza.
Rucagu yavuze (…) -
Dr Habineza yemereye ab’ I Nyamasheke ko azabaha ubwato bubahuza na Rubavu
15 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Dr Frank Habineza uzahagarira ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR yasezeranyije abatuye mu karere ka Nyamasheko ko nibamutora azabaha ubwato bubahuza n’ akarere ka Rubavu banyuze mu kiyaga cya Kivu.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Nyakanga wari umunsi wa Kabiri wo kwiyamamaza ku bakandida batatu bahatanira kuyobora u Rwanda muri manda itaha y’ imyaka irindwi iri imbere.
Dr Frank Habineza yiyamamarije mu (…) -
Mukasakindi w’ imyaka 29 yinjiza arenga miliyoni 4 ku kwezi atazi gusoma no kwandika
26 September 2017, by Nsanzimana ErnestUmugore witwa Niyonsaba Mukasakindi wo mu murenge wa Mbogo akarere ka Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru, uvuga ko yahoze ari umukozi wo mu rugo, akaba atazi gusoma no kwandika avuga ko yinjiza 4 200 000 buri kwezi ayakuye mu bworozi bw’ inkoko.
Mukasakini w’ imyaka 29 afite abana babiri. Avuga ko yavukiye mu muryango ukennye mu karere ka Nyamagabe bikamwicira inzozi zo kuzavamo umucungamari kuko atabashije kwiga. Ngo ntabwo azi gusoma no kwandika nubwo kuri ubu yubatse inzu ihenze, akaba (…) -
Mu gahinda kenshi Dr Byamungu wakoraga muri BRD n’abana be 4 bapfiriye mu mpanuka muri Uganda basezeweho bwa nyuma[AMAFOTO]
12 January 2019, by Martin MunezeroDr Byamungu wari Umuyobozi ushinzwe ishoramari muri Banki y’Igihugu y’Iterambere (BRD) n’abagize umuryango we bagera kuri bane bahitanywe n’impanuka ahitwa Lwengo ku muhanda uva Masaka werekeza Mbarara, mu ijoro ryo ku wa 30 Ukuboza 2018.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa (Motel Urwuli) uherereye mu murenge wa Huye mu Karere ka Huye
25 September 2020, by UbwanditsiUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 01/10/2020 saa sita n’igice z’amanywa (12h30) azateza muri cyamunara umutungo utimukanywa ugizwe n’inzu zirimo Motel Urwuli ya Gasana Gasprad iherereye mu Karere ka Huye, Umurenge wa Huye, Akagali ka Rukira Umudugudu wa Gahenerezo kugira ngo hishyurwe umwenda abereyemo BRD.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri (…) -
Kenya: Umusaza w’imyaka 89 wari ukiri Imanzi yashyingiranwe n’umugore w’imyaka 40
17 January 2023, by Dusingizimana RemyUmusaza w’imyaka 89 uvuga ko yari akiri imanzi yarongoye umukobwa w’imyaka 40 ufite abana batatu yabyaye mbere y’uko babana.
Aba bombi, Johana Maritim Butuk na Alice Jemeli, batuye mu ntara ya Uasin Gishu,muri Kenya,bambikanye impeta tariki 14 uku kwezi kwa mbere.
Aba bombi ngo bakundanye ku munsi wa mbere bakibonana ndetse ngo bashyingiranwe nyuma y’imyaka 20 bakundana.
Ubwo bahuraga bwa mbere muri 2003,Butuk yari afite imyaka 69 mu gihe uyu mugore we,Jemeli yari afite imyaka 20 (…) -
Ibyaranze tariki 19 Kamena harimo ikurwaho ry’ ubucakara muri Amerika
19 June 2017, by Renzaho FerdinandTariki ya 19 Kamena, ni umunsi w’ 170 mu minsi 365 igize uyu mwaka, iminsi 195 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka
1269: Umwami Louis IX w’u Bufaransa, yategetse Abayahudi bose, kwishyira hamwe bagakoranira mu muryango (communauté) umwe hatitawe ku dukarita twabarangaga tuzwi nka yellow badge.
1807: Admiral Dmitry Senyavin yashenye bikomeye ingabo z’ubami bwa Ottoman mu gitero cyabereye ahitwa Athos.
1872: Kongere ya Leta Zunze (…) -
RIB yataye muri yombi umukozi wa IPRC Karongi wamburaga abanyeshuri ababeshya ko afite kaminuza muri USA
30 March 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] bwataye muri yombi uwitwa Munyaneza Silas wari umukozi wa IPRC ushinzwe ireme ry’uburezi,ukekwaho ibyaha 2 birimo uburiganya mu kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya no gukoresha inyandiko mpimbano.
-
“U Rwanda rubona urubyiruko rwarwo nka peteroli na Diyama” Kabarebe
10 December 2017, by Nsanzimana ErnestMiisitiri w’ ingabo Gen. James Kabarebe yaganirije urubyiruko urubyiruko rusaga 5 200 ruri mu ihuriro ngaruka mwaka ry’urubyiruko rwo muri Kiriziya Gaturika, ababwira ko u Rwanda nta wundi mu mutungo rufite uretse urubyiruko n’abaturage barwo muri rusange.
Mu kiganiro yahaye uru rubyiruko rwaturutse muri Diyoseze icyenda, yagarutse ku ruhare rw’urubyiruko mu mateka y’u Rwanda, by’umwihariko uruhare rw’urubyiruko mu gusenya igihugu mu bihe bya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Nubwo kandi ku (…)
Umuryango.rw
Abanyarwanda bazabanza gusobanurirwa ibijyanye n’urukingo rwa Covid-19 mbere y’uko baruterwa
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa (Motel Urwuli) uherereye mu murenge wa Huye mu Karere ka Huye
Kenya: Umusaza w’imyaka 89 wari ukiri Imanzi yashyingiranwe n’umugore w’imyaka 40