Abadepite bagize Komisiyo Ishinzwe Kugenzura Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) ntibanyuzwe n’ubusobanuro bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuhinzi (RAB),kubera isoko batanze rya miliyari 4.258 Frw, kandi ryari ryarateganyirijwe kuzatwara miliyari 1.968 z’ amafaranga y’ u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
RAB yabuze ibisobanuro imbere ya PAC ku isoko yatubuye rikava kuri miliyari imwe rikaba enye
17 September 2019, by Dusingizimana Remy -
Minisitiri Gashumba yavuze aho urukundo akunda Rayon Sports rwaturutse n’igihe yatangiriye kuyifana
2 September 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima Dr.Diane Gashumba ufana bikomeye ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yishimiye ko iyi kipe yatangiye gufana agifite imyaka 4 yambuye Mukura VS igikombe cyo kwibuka padiri yari imaranye imyaka 39 yose.
-
RURA yasubije abanyarwanda bakekaga ko ibiciro by’ingendo birazamurwa kubera kugabanya abagenzi mu modoka rusange
15 December 2020, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryakeye nibwo Inama y’abaminisitiri yemeje ko Imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange zemerewe gutwara 50% by’umubare w’abantu zemerewe gutwara kandi hakubahirizwa amabwiriza yo kwirinda COVID-19.
-
Minisitiri Uwacu yerekanye uko Paul Kagame yakijije ab’I Rubavu ‘Gushwiragira’
26 July 2017, by Iyamuremye JanvierMinisitiri w’Umuco na Siporo, Uwacu Julienneushinzwe ibikorwa byo kwiyamamaza bya Paul Kagame, yabwiye abatuye akarere ka Rubavu kuzatora Paul Kagame ku mwanya w’umukuru w’Igihugu bashingiye ku kuba yarabakijije gushwiragira.
Ibi yabitangarije mu karere ka Rubavu ahari hateraniye ibihumbi byaje kumva umukandida wa RPF Inkotanyi. Uwacu avuga ko abaturage ba Rubavu bacyerebutse kuburyo basigaye bazi gukirigita ifaranga.Ngo imihanda ikoze neza kuburyo kugenda ari ukunyerera.
Ngo Paul (…) -
Rayon Sports na APR FC zishobora kuzahurira ku mukino wa nyuma wa CECAFA KAGAME CUP
15 July 2019, by Martin MunezeroNubwo byari byitezwe na benshi ko Rayon Sports na APR FC zishobora kuzahurira muri ½ cy’irangiza mu mikino ya CECAFA Kagame Cup,aya makipe ntashobora guhurira ahandi muri iri rushanwa uretse ku mukino wa nyuma gusa.
-
Abantu 6 baraye kuri Komisiyo y’ amatora batakamba ngo kandidatire zabo zakirwe
26 July 2018, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ igihugu y’ amatora yatangaje hari abantu 6 baraye ku biro byayo bayinginga ngo yakire kandidatire zabo mu matora y’ abadepite ateganyijwe muri Nzeli 2018.
-
Prof. Lwakabamba wahawe imirimo mu burezi ku rwego rw’ Afurika
4 February 2018, by Nsanzimana ErnestProf. Silas Lwakabamba wari Umuyobozi wa INATEK wigeze no kuba umuyobozi w’iyari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda akaba na Minisitiri w’Uburezi ndetse n’uw’Ibikorwaremezo, yashyizwe mu rwego Ngishwanama mu by’imyigire mu Kigo gifasha Abanyafurika kwiga muri Kaminuza zikomeye ku Isi, bakoresheje Internet, eLearnAfrica.
‘eLearnAfrica’ ni Ikigo cyatangije uburyo bw’ikoranabuhanga ryorohereza abanyeshuri bo ku rwego rw’amashuri makuru na za Kaminuza muri Afurika gukora ubushakashatsi, kwiga amasomo (…) -
ADEPR: Bishop Rwagasana n’ abo bareganwa bireguye ku cyaha cyo kurigisa miliyari zisaga ebyiri
22 May 2017, by Nsanzimana ErnestUmuvugizi wungirije w’ ihuriro ry’ amatorero ya pentekote mu Rwanda ADEPR Bishop Tom Rwagasana n’ abo bareganwa icyaha cyo kunyereza amafaranga arenga miliyari ebyiri yakusanyijwe mu bakiristo ngo hishyurwe umwenda iryo torero ribereyemo BRD bagejejwe imbere y’ urukiko rwisumbuye rwa Gasabo baburana ku ifungwa n’ ifungurwa.
Bishop Tom Rwagasana ni Umuvugizi wungirije akaba n’ushinzwe ubuzima bw’itorero rya ADEPR, Mutuyemariya Christine ushinzwe ubutegetsi n’imari, Sindayigaya Theophile, (…) -
Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Macron muri Village Urugwiro
27 May 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro mugenzi we Emmanuel Macron wageze i Kigali muri iki gitondo mu rugendo rugamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi wari umaze imyaka irenga 27 utameze neza.
Perezida wa France Emmanuel Macron yahise yerekeza ku rwibutso rwa Kigali aho yunamira abazize jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994.
Ubwo yari agiye guhaguruka mu Bufaransa aza mu Rwanda,Perezida Macron yatanze ubutumwa kuri Twitter,ati: “Mu masaha ari imbere tugiye kwandika ipaji (…) -
Karongi: Abantu 18 bishwe n’ umusozi waridutse bashyinguwe Leta ifata mu mugongo abasigaye
8 May 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 8 Gicurasi 2018 nibwo mu murenge wa Rwankuba mu karere ka Karongi habaye umuhango wo gushyingura abantu 18 bishwe n’ inkangu y’ umusozi waridutse biturutse ku mvura nyinshi yaguye mu gihugu hose ku Cyumweru.
Umuryango.rw