Ku mugoroba wo kuri uyu wa 11 Ukuboza nibwo indege yari intwaye Twagirayezu Wenceslas yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i Kanombe ngo aburanishwe ku byaha akekwaho bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Wenceslas Twagirayezu uregwa ibyaha bya jenoside yagejejwe i Kigali
12 December 2018, by Nsanzimana Ernest -
Iperereza ku bwicanyi bwakorewe CSP Hubert Gashagaza (Rtd) na Alexia Mupende rigeze he?
29 April 2019, by Joseph Hakuzwumuremyi, UbwanditsiMu ijoro ryo ku italiki 17 rishyira 18/9/2018 nibwo umurambo wa CSP Hubert Gashagaza (Rtd) wabonetse mu murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo ahaparikaga ibikamyo by’abashinwa bakora umuhanda.
-
P.Kagame yakuyeho urujijo kubibaza aho afite urugo hagati ya Rwamagana na Kayonza
23 July 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame umukandida wa FPR-Inkotanyi yavuze ko adatuye mu Karere ka Rwamagana cyangwa Kayonza twombi two mu Ntara y’Iburasirazuba ahubwo ko atuye ku mupaka wa Rwamagana na Kayonza.
Yabitangarije abaturage batuye Akarere ka Rwamagana, ubwo yahakoreraga igikorwa cyo kwiyamamaza kuri iki Cyumweru tariki 23 Nyakanga 2017.
Paul Kagame yatangiye ijambo rye akuraho urujijo kubibaza aho atuye mu ntara y’iburasirazuba. Agira ati “Reka nkiranure impaka ku buryo bworoshye, njyewe ntuye ku (…) -
U Burundi butisubiyeho bushobora kuvanwa muri EAC
6 December 2018, by Nsanzimana ErnestIgihugu cy’ u Burundi gishobora kuvanwa mu Umuryango w’ ibihugu byo muri Afurika y’ Iburasirazuba EAC nibikomeza kugaragara ko kiri kudindiza imishinga ihuriweho n’ ibihugu no kutitabira inama z’ uyu muryango.
-
"Iyo abantu batabonye ubutabera bamwe barabwiha" Minisitiri Busingye
9 May 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Ubutabera; akaba n’Intumwa ya Leta, Johnston Busingye yabwiye icyiciro cya gatanu cy’Abofisiye bakuru ba Polisi 30 biga mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda riri mu karere ka Musanze ibijyanye n’Ubuyobozi mu bya Gipolisi no guhosha amakimbirane ko ubutabera kuri bose ari inkingi ya mwamba y’amahoro, umutekano n’iterambere birambye.
Ibi yabibabwiriye mu kiganiro yagiranye na bo kuri Minisiteri y’Ubutabera mu rugendo shuri bahagiriye ku wa mbere tariki 8 z’uku Kwezi. Kuri (…) -
NI GUTE WAHANGANA N’IBIBAZO URIMO? – Rev./Ev. Eustache Nibintije
15 May 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Ingendo za Perezida Kagame mu bihugu bya Francophonie zivuze iki?
13 April 2022, by Joseph IradukundaPerezida Kagame yasoje uruzinduko rwe yagiriraga muri Congo Brazaville yatangiye ku wa Mbere w’iki Cyumweru tariki ya 11 mata 2022.
-
Watch Emirates FA Cup on StarTimes - Top clubs chasing a Wembley date
16 July 2020, by UbwanditsiBy Peter Auf der Heyde
This weekend football fans will enjoy the Semi Finals of the Emirates FA CUP. Arsenal vs Manchester City match will be on 18 July 2020 at 20:45 CAT on ST World Football Manchester United vs Chelsea match is on 19 July 2020 at 19:00 CAT on ST World Football.
Classic, Smart, Unique, Super, and Max bouquet subscribers will be stuck on their chairs watching the battle of wembley enjoying the best players FA CUP semi-finals can offer.
If you are not subscribed pay (…) -
Abari bakuriye gereza ya Nyarugenge barakekwaho kwiba umwongereza uhafungiye
16 March 2021, by Dusingizimana RemyInyandiko y’urukiko ivuga ko uwari ukuriye gereza ya Nyarugenge iri i Mageregere muri Kigali n’umwungirije, bafunzwe baregwa kwiba umwe mu bayifungiyemo ufite ubwenegihugu bw’Ubwongereza.
-
Inzu Perezida Habyalimana yabagamo igiye kuba igizwe ingoro ndangamurage y’umuziki w’u Rwanda
15 July 2019, by Martin MunezeroKu nshuro ya mbere mu Rwanda hagiye gutangizwa ingoro ndangamurage y’umuziki w’u Rwanda mu rwego rwo kubika amateka yawo .
Umuryango.rw
Ingendo za Perezida Kagame mu bihugu bya Francophonie zivuze iki?
Watch Emirates FA Cup on StarTimes - Top clubs chasing a Wembley date