Abanyarwanda benshi batuye mu Bubiligi bakoze urugendo urugendo rugera ku bilometero 10 berekeza ahitwa Tour & Taxis mu Mujyi wa Bruxelles kugira ngo bahe ikaze Perezida Kagame wari witabiriye inama yateguwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yiga ku iterambere izwi nka ‘Journée Européenne du développement’.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abanyarwanda batuye mu Bubiligi bakiranye ubwuzu Perezida Kagame witabiriye inama muri iki gihugu [AMAFOTO]
18 June 2019, by Dusingizimana Remy -
Amafoto Yaciye Ibintu:Vladmir Putin Perezida w’Uburusiya yeretse Trump ko ashoboye akubita abantu 10 muri Karate avunika n’urutoki[AMAFOTO+VIDEO]
18 February 2019, by Martin MunezeroAmafoto yatangaje benshi cyane aho perezida w’igihugu cy’Uburusiya, Vladmir Putin yagaragaye ari gukubitagura abantu bari kwiga karate mu mujyi wa Sochi , bigatungura benshi bamucyekaga ko atakibasha gutera ingumi n’imigeri kubera ikigero arimo cy’Imyaka 66 y’amavuko aho byamuviriyemo no kuvunika urutoki.
-
Abanyeshuri bo muri Lycee de Kigali bigaragambije
3 November 2017, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Ugushyingo 2017 bamwe mu banyeshuri 400 biga baba mu kigo cya Lycee de Kigali bigaragambije babaza ubuyobozi bw’ ikigo impamvu butakibagaburira inyama n’ imigati. Aba banyeshuri banze gusohoka mu cyumba bararamo (Dortoir) bakingira imbere bakoresheje ingufuri biguriye.
Umuyobozi ubashinzwe yageze kuri dortoir agiye kubabaza impamvu banze gusohoka bamubwira ko bashaka kuvugana n’ umuyobozi w’ ikigo ku kibazo cyo kuba basigaye bagaburirwa nabi. (…) -
KCCA yegukanye CECAFA Kagame Cup yari imaze imyaka 13 idataha muri Uganda
21 July 2019, by Dusingizimana RemyNkuko yabigenje mu matsinda,KCCA yasubiriye AZAM FC iyitsinda igitego 1-0 ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup,itwara iki gikombe cyari kimaze imyaka 13 kitagera ku butaka bwa Uganda.
-
Mu mafoto tambagira umujyi wa Ghent aho Perezida Kagame araganirira n’ Abanyarwanda baba mu Bubiligi
10 June 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Kamena 2017, nibwo hateganyijwe igikorwa gihuriza hamwe Abanyarwanda n’ inshuti zabo bakaganira, ni ‘Rwanda Day’ ya mbere igiye kubera mu gihugu cy’ u Bubiligi, irabera mu mujyi wa Kane mwiza muri iki gihugu Ghent mu Cyongereza cyangwa Gand mu Gifaransa.
Uyu mujyi utuwe n’ abasaga ibihumbi 250 uzwiho kuba igicumbi cy’ubucuruzi bw’indabo n’isango kuri ba mukerarugendo baturuka impande zose.
Uyu mujyi utuwe cyane n’abanyemari b’aba ‘Flamand’ amateka (…) -
Ange Kagame yashimiye cyane mu buryo bugiye butandukanye abarimo ababyeyi be,basaza be n’abakobwa bamubaye hafi[AMAFOTO]
30 December 2018, by Martin MunezeroIngabire Ange Kagame, umukobwa wa Perezida Paul Kagame, yashimiye abamubaye hafi mu gihe cy’ubuzima bwe no mu bukwe bwe anizeza Bertrand Ndengeyingoma wamaze kumuhabwa ko urukundo rwabo ruzaba urw’iteka.
-
Ingabire Victoire ngo agiye gusabira imbabazi abarimo na Diane Rwigara
17 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyapolitiki utavugarumwe n’ Ubutegetsi bw’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Ishyaka FDU inking ritemewe n’ amategeko y’ u Rwanda mu mpera z’ icyumweru gishize yafunguwe ku bw’ imbabazi za Perezida wa Repubulika yavuze yiyumvise amaze kumva ko agiye kurekurwa anavuga ko agiye gukomeza politiki idaharanira kujya mu buyobozi ahubwo isaba ubwisanzure bwa politiki.
-
Icyo gihe: Inkotanyi zarogoye ibirori bya Habyalimana byo kwereka amahanga ko yatsinze "Inyenzi"
3 November 2018, by Joseph HakuzwumuremyiMu gitondo cyo ku italiki ya 3/11/1990 Gen Maj Habyalimana Yuvenal yari yateganyije kwakirira i Gatuna ku mupaka w’u Rwanda n’Ubuganda abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda, abagize guverinoma n’abandi bakomeye bose. Ibirori byari mu rwego rwo kubereka ko intambara yarwanaga n’Inkotanyi we yitaga "Inyenzi" yayitsinze ndetse yanarangiye.
-
Nyanza:Umwarimu yapfuye azize inzoga zirengeje urugero
11 February 2019, by Martin MunezeroIfoto:Internet
Byiringiro Michel wari umwarimu rwunge rw’amashuri rwa Kavumu Muslim ruherereye mu murenge wa Busasamana ho muri Nyanza, yitabye Imana azira kugubwa nabi n’inzoga nyinshi yanyoye ku wa gatandatu w’icyumweru gishize.
-
Abagororwa 5 baraye barasiwe muri gereza ya Huye bari bafungiwe ubujura [Yavuguruwe]
24 January 2019, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Mutarama 2019, abagororwa 3 bari bafungiwe ubujura muri gereza ya Huye barashwe barimo kugerageza gutoroka.
Umuryango.rw