Umukecuru w’imyaka 80 witwa Mukamushumba Sarah utuye mu karere ka Ruhango mu Murenge wa Bweramana yatawe muri yombi azira kubwira amagambo yuzuyemo ingengabitekerezo uwarokotse Jenoside baturanye witwa Afazari Speciose w’imyaka 68.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ruhango: Umukecuru w’imyaka 80 yatawe muri yombi kubera amagambo yuzuyemo ingengabitekerezo ya Jenoside yabwiye uwayirokotse
10 April 2020, by Dusingizimana Remy -
Abize ‘microbiology’ na ‘food science’ ntibarabonerwa akazi bashobora gukora
1 December 2017, by Nsanzimana ErnestHari bamwe mu banyeshuri barangiza muri amwe mu masomo ya kaminuza n’ amashuri makuru bagera ku isoko ry’ umurimo ntibagire na hamwe bisanga mu myanya y’ akazi ishyirwa ku isoko.
Abo banyeshuri ni abize isomo rya food science, abize isomo rya microbiology, n’ abize land of savey.
Minisitiri w’ Abakozi ba Leta n’ Umurimo yavuze ko Minisiteri ayoboye yagerageje kwandikira inzego zimwe zitanga akazi izisaba ko abanyeshuri barangije muri aya masomo bajya bashyirwa mu bagomba gupiganira (…) -
Teta, Olga na mama wabo baguye mu mpanuka y’ I Shyorongi bashyinguwe, Ise asigarana agahinda [AMAFOTO]
29 May 2017, by Nsanzimana ErnestRegis Kamugisha yasigaranye agahinda kenshi nyuma yo gushyingura mu irimbi rya Busanza umugore n’ abana be babiri baguye mu mpanuka yabereye I Shyorongi.
Uyu muryango we waguye mu mpanuka yabaye kuwa gatandatu mu makoni ya Shyorongi. Kamugisha yari asanzwe yararokotse Jenoside wenyine iwabo.
Umugore we Seraphine Candida Itangishaka w’imyaka 33, abana be Orga Gwiza Kamugisha w’imyaka umunani na Ornella Teta Kamugisha waru ugiye kuzuza imyaka 10 ntibarokotse impanuka y’iyi modoka. Bari (…) -
"Ikirego twaracyakiriye" RIB yavuze ku bujura bw’imyambaro y’Amavubi yibwe mu bubiko bwa FERWAFA
18 January 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTBenshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga by’umwihariko Twitter na Facebook,banenze imyenda y’ikipe y’Igihugu Amavubi, kubera umwambaro wa Kwizera Olivier bigaragara ko hasibwe Rwanda hakuzuzwamo izina ry’uyu muzamu.
-
Karongi: E.S. Ruhanda haravugwa abanyeshuri barenga 10 batwite
8 September 2017, by Nsanzimana ErnestAbanyeshuri barenga 10 bo mu ishuri ryisumbuye rya Ruganda riherereye mu murenge wa Ruganda mu karere ka Karongi baravugwaho kuba batwite.
Aya makuru yemezwa na bamwe mu banyeshuri biga kuri iki kigo ndetse n’ abaganga bo kigo nderabuzima cya Ruganda bavuga ko bamaze gupima abanyeshuri barenga 10 batwite.
Aba banyeshuri bavuga ko uku gutwita gufitanye isano no kuba abayobozi bashinzwe imyitwarire y’ abanyeshuri animateur na animatrice mu mpera z’ icyumweru baba bagiye kwiga.
Iki kigo (…) -
Perezida Kagame na mugenzi we wa Qatar baganiriye banakurikirana isinywa amasezerano atatu
16 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame na Emir wa Qatar Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani bagiranye ibiganiro ku mubano w’ ibihugu byombi banakurikirana umuhango w’ isinywa ry’ amasezerano atatu agamije inyungu z’ ibihugu byombi.
-
Igeragezwa ry’urukingo rwa Ebola rirakomereza mu Rwanda, ese abo rwagiraho ingaruka babaza nde?
14 April 2019, by UbwanditsiKuva ejo taliki 15/4/2019 Minisiteri y’Ubuzima igiye gutanga urukingo rwa Ebola “rVSV-ZEBOV” “ rukiri mu igeragezwa” ku bajyanama b’ubuzima n’abandi bakozi bakira abarwayi mu duce twegereye imipaka ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo (RDC) Minisante ivuga ko dushobora gukwirakwiramo icyorezo cya Ebola kurusha utundi.
-
Minisiteri y’ibikorwaremezo yamaze amatsiko abibaza ku mushinga wo kwagura stade Amahoro
29 January 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ibikorwa remezo yatangaje ko muri uyu mwaka wa 2020 hazavugururwa Stade Amahoro ku buryo bugezweho ndetse yemeje ko hazakenerwa kwimura abakorera hafi y’iyi stade.
-
Perezida Kagame yifurije Abanyarwanda bose umunsi mwiza w’Intwali
1 February 2019, by Martin MunezeroPaul Kagame yashimiye intwari zitangiye u Rwanda, avuga ko ubwitange bwabo buzakomeza kuzirikanwa, kandi ko ari inshingano za buri wese kugira ngo igihugu gikomeze kujya aho Abanyarwanda bifuza.
-
Iby’ ingenzi mu byaranze tariki 3 Nyakanga
3 July 2017, by Renzaho FerdinandTuri tariki ya 03 Nyakanga, ni umunsi w’184 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 181 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo Muhammed Morsi wari Perezida wa Misiri yahiritse ku butegetsi.
Bimwe mu bintu by’ingenzi byaranze tariki ya 03 Nyakanga mu mateka. 987: Hugh Capet yambitswe ikamba ryo kuba umwami w’ubufransa, aba umwami wa mbere w’ingoma ya Capetien yayoboye ubufransa kugeza ubwo hatangiraga impinduramatwara muri iki gihugu mu 1792.
1608: umugi wa Québec (…)
Umuryango.rw
Ruhango: Umukecuru w’imyaka 80 yatawe muri yombi kubera amagambo yuzuyemo ingengabitekerezo ya Jenoside yabwiye uwayirokotse