Ndatimana Mustafa wakomerekeye ku rugamba rwo kubohora igihugu, avuga ko yataye amashuri aho yigaga mu wa gatandatu w’amashuri yisumbuye yinjira igisirikare.
Imyaka 23 irashize FPR - inkotanyi ihagaritse jenosode yakorerwaga abatutsi ikabohora u Rwanda, kugira ngo bigerweho byasabye ubwitange bwa bamwe mu bari bakiri bato, bemeye gusiga ibyabo n’ubuzima bwabo, kugira ngo bagarure amahoro no kwisanzura mu Banyarwanda.
Benshi basize ubuzima mu rugamba rwo kwibohora, abandi baba ibimuga (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ndatimana wamugariye ku rugamba yavuze ukuntu yataye ishuri ajya kubohora u Rwanda
4 July 2017, by Nsanzimana Ernest -
Nyanza: Umugabo bivugwa ko ari umusirikare yatemewe mu rugo rw’abandi azira guheheta
20 January 2020, by Dusingizimana RemyMu mudugudu wa Kigarama, Akagari ka Nyanza Umurenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza haravugwa inkuru y’umugabo bivugwa ko ari umusirikari watemewe mu rugo rw’abandi ashinjwa kujya gusambanya umugore w’undi mugabo.
-
Inkuru irambuye ku myigaragambyo muri Kenya iri gusatira na Uganda! Ubugambanyi n’ibindi utamenye
24 July 2024, by Ubwanditsi““Dukomeza kujya mbere, tuzarinda igihugu. Dukomeza kujya mbere tuzarinda igihugu. Tuzarinda ubuzima, tuzarinda imitungo yabo. Tuzahagarika abarimbuzi, tuzahagarika abicanyi, tuzahagarika imyigaragambyo kubera ko Kenya ari igihugu cya Demokarasi kandi turifuza igihugu gitekanyo kandi cy’amahoro. Ndetse ibibazo byacu bikemuka hakoreshejwe uburyo bwa demokarasi.
...None mwe abanyakenya murashaka iki? Murashaka ko duhagarika aka kavuyo? Duhagarike iyi ntambara? Duhagarike iyi myigaragambyo (…) -
Icyo dusaba abanyarwanda nibareke gushyira ubuzima bwabo mu kaga bajya ahari icyorezo –Minisitiri Gashumba
2 August 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Dr Diane Gashumba, yasabye abanyarwanda baturiye hafi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abajyayo mu bucuruzi n’ibindi guhagarika kujyayo kuko hari icyorezo cya Ebola.
-
Babili mu bayoboye Minisiteri y’ uburezi bari mu buyobozi bukuru bwa Kaminuza y’ u Rwanda
20 January 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagize Dr Musafili Papias Malimba, Umuyobozi wungirije wa Kaminuza y’ u Rwanda ushinzwe igenamibambi n’ ubutegetsi nk’ uko bigaragara mu itangazo ry’ inama y’ abaminisitiri yateranye tariki 19 Mutarama 2018.
Magingo aya babiri mu babaye ba Minisitiri b’ uburezi mu Rwanda bari mu buyobozi bukuru bwa Kaminuza y’ u Rwanda. Dr Musafili agiye mu buyobozi bukuru bwa Kaminuza y’ u Rwanda asanzeyo Dr Charles Muligande nawe wigeze kuba Minisitiri w’ Uburezi ubu (…) -
Perezida Kagame yasubije abashinje u Rwanda gukoresha Pegasus mu butasi n’impamvu u Rwanda rwemerewe gukora inkingo
5 September 2021, by Dusingizimana RemyKuri iki cyumweru,Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’Abanyarwanda gitambuka ku kigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru RBA kuri iki Cyumweru tariki 05 Nzeri 2021 guhera Saa 11:00.
Perezida Kagame ari gusubiza ibibazo by’abanyamakuru ku ngingo zitandukanye aho yavuze kuri Covid-19,ikoranabuhanga rya Pegasus,Rusesabagina n’ibindi.
Perezida Kagame yabajijwe ku ikoranabuhanga rya Pegasus,ibinyamakuru byo mu burengerazuba bw’isi bwashinja u Rwanda ko rukoresha mu gukora ubutasi ku bantu barimo (…) -
Hatangajwe irengero ry’umusizi Bahati Innocent ukekwaho gukorana n’abanzi b’u Rwanda
16 February 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, (RIB) Dr.Murangira B. Thierry yatangaje ko hagikorwa iperereza ku irengero ry’umusizi Innocent Bahati, umaze umwaka urenga ashakishwa n’abagize umuryango we ndetse n’inshuti ze.
RIB yavuze ko amakuru yizewe ari uko uyu yaba yararengeye muri Uganda.
Dr Murangira B. Thierry yagiranye ikiganiro naTaarifa.rw, avuga ko Bahati bikekwa ko yabuze tariki 07 Gashyantare, 2021 ubwo yari yagiye i Nyanza.
Taliki 09, Gashyantare, 2021 nibwo uwitwa Joseph (…) -
Unity Club Intwararumuri na NURC baratangira ubukangurambaga ku bumwe n’ ubwiyunge mu gihugu hose
12 November 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 12 Ugushyingo 2018, mu mirenge 30 yatoranyijwe mu turere twose tw’ u Rwanda haratangizwa ubukangurambaga ku bumwe n’ ubwiyunge bugamije gukangurira Abanyarwanda kwimakaza no gusigasira ubumwe mu muryango, kwegera abaturage n’abayobozi b’inzego z’ibanze no gufatanya nabo gusesengura ibibazo bibangamiye ubumwe mu muryango.
-
Inama zagufasha kudasiragira mu gihe cyo kugura inzu n’indi mitungo itimukanwa
22 October 2019, by UbwanditsiInshuro nyinshi usanga abantu bakunze kugorwa no kubona aho gutura, inzu zo gukodesha cyangwa ubutaka bwo gukoreraho ibikorwa bitandukanye bitewe no kutamenya aho babariza.
Ikigo cy’Ubucuruzi Multi Design Group Ltd cyashyizemo imbaraga mu gutanga izi serivisi ku bantu bazifuza zerekeranye no kugurisha, gukodesha no gukodeshereza ba nyir’imitungo ndetse no guhuza abagura n’abagurisha inzu n’ibibanza.
-
Gasogi United yatandukanye na Lomami Marcel na Kalisa bayizamuye mu cyiciro cya mbere
16 August 2019, by Martin MunezeroNyuma yo kuzamura ikipe ya Gasogi United mu cyiciro cya mbere ndetse banegukanye igikombe, Lomami Marcel na Kalisa Francois bamaze gutandukana n’iyi kipe.
Umuryango.rw
Inkuru irambuye ku myigaragambyo muri Kenya iri gusatira na Uganda! Ubugambanyi n’ibindi utamenye
Perezida Kagame yasubije abashinje u Rwanda gukoresha Pegasus mu butasi n’impamvu u Rwanda rwemerewe gukora inkingo
Hatangajwe irengero ry’umusizi Bahati Innocent ukekwaho gukorana n’abanzi b’u Rwanda
Inama zagufasha kudasiragira mu gihe cyo kugura inzu n’indi mitungo itimukanwa