Inama Njyanama y’ akarere ka Gicumbi yateranye kuri wa 1 Kamena 2018 yatoreye Umunyamakuru wa RBA Kamili Athanase kuba Umuyobozi w’ akarere ka Gicumbi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umunyamakuru Kamili Athanase atorewe kuba meya w’ agateganyo w’ akarere ka Gicumbi
1 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
Akarere ka Nyaruguru kabaye aka mbere mu kwesa imihigo mu gihe Rusizi yabaye iya nyuma
30 October 2020, by Dusingizimana RemyKuri Uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukwakira 2020,Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye imihigo y’abayobozi b’Uturere ndetse hanatangazwa uko uturere twitwaye mu kwezi imihigo muri 2019-2020.
-
Kigali: Agahinda k’umukobwa ugiye gukora ubukwe, yazitiwe n’isezerano yagiranye n’umunyarwanda uba i Burayi
26 November 2017, by Iyamuremye JanvierUmunyarwanda wavuye mu Rwanda asabye umukobwa akamara imyaka itanu I Burayi, yatunguwe no kumva ko uwo yasize asezeranye nawe agiye gushyingirwa n’undi musore.
Yitwa Ben Nziza akaba ariyo mazina akoresha kuri Facebook, abara inkuru ye mu bice.Avuga ko kuva avuye mu Rwanda hashize imyaka itanu.Muri iyo myaka itanu yibuka neza ko mu bikorwa yasize akoze ari kumwe n’umukunzi we harimo no kuba barahamije isezerano.
Muri iyo myaka itanu amaze I Burayi mu mujyi wa Brusseles yakomeje gukoboka (…) -
Ubukene ntabwo butubereye, turashaka kubuca burundu- Paul Kagame
26 July 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi yabwiye abaturage ba Nyabihu ko bwaki ikwiye gucika uko byagenda kose. Yanavuze ko ubukene atari ikintu buri wese yakwiratana ahubwo ko bukwiye gucika burundu.
Ibi yabitangaje kuri uyu wa 26 Nyakanga 2017 mu bikorwa byo kwiyamamariza yagiriye mu ntara y’Iburengerazuba. Kuri gahunda y’umunsi, Paul Kagame ariyamamariza mu Karere ka Musanze, ahave ajya Nyabihu hanyuma asoreze Rubavu.
Paul Kagame yatangiye ijambo rye ashimira abaturage kuba baje (…) -
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa RALC yitabye Imana azize uburwayi
20 January 2020, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga w’Inteko Nyarwanda y’Umuco n’Ururimi Dr Vuningoma James yitabye Imana azize uburwayi butatangajwe.
-
Mu mafoto reba urutonde rw’abahanzikazi Nyarwanda 5 bari gukurura cyane igitsina gabo muri uyu mwaka wa 2017(AMAFOTO)
15 June 2017, by Martin Munezero. Abakobwa beza cyane . Abahanzikazi nyarwanda bahiga abandi mu buranga . Abahanzikazi nyarwanda bakunzwe cyane babikesha uburanga
Ikinyamakuru cy’umuryango.rw twababashije kubakusanyiriza zimwe mu mpamvu nyirizina zitandukanye zishobora gutera umuhanzikazi gukundwa no gukurikiranwa cyane kw’ibikorwa byabo.
Mu bintu bishobora gutuma umuntu akwiyumvamo nk’umuhanzikazi, bisaba kuba ufite ijwi riryoheye amatwi kandi rikabasha kuba ryakurura uryumvise. Nyamara n’ubwo bimeze bityo, ngo biba (…) -
REB yandikiye ibigo by’ amashuri kubera amakosa yagaragaye mu gitabo abanyeshuri bigiramo
29 May 2018, by Nsanzimana ErnestIbigo byose by’ amashuri abanza mu Rwanda byahawe ibitabo by’ Ikinyarwanda byo mu mwaka wa kabiri w’ amashuri abanza birimo amakosa y’ imyandikire mu ndirimbo yubahiriza igihugu ndetse n’ amabara yakoreshejwe mu ibendera ry’ igihugu akaba atari umwimerere.
-
Abakozi ba RIB bagiye guhabwa impuzankano ibaranga
7 June 2018Col. Jeannot Ruhunga, Umunyamabanga Mukuru w’ Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha Rwanda Investigation Bureau (RIB), yavuze ko kugeza ubu ikiranga abakozi ba RIB ari ikarita ariko ko bagiye guhabwa umwambaro wihariye uzatuma abakeneye serivisi zabo babasha kubamenya.
-
Leta ya Uganda yemeje ko itazi aho Ben Rutabana ari isaba urukiko ibyumweru 2 byo kumushaka
27 February 2020, by Dusingizimana RemyAbaburanira leta ya Uganda bananiwe kwerekana Ben Rutabana, mu gihe byari byitezwe ko agezwa imbere y’urukiko rukuru rw’igihugu rukorera Mu murwa mukuru Kampala, kuri uyu wa kane.
-
Teta, Olga na mama wabo baguye mu mpanuka y’ I Shyorongi bashyinguwe, Ise asigarana agahinda [AMAFOTO]
29 May 2017, by Nsanzimana ErnestRegis Kamugisha yasigaranye agahinda kenshi nyuma yo gushyingura mu irimbi rya Busanza umugore n’ abana be babiri baguye mu mpanuka yabereye I Shyorongi.
Uyu muryango we waguye mu mpanuka yabaye kuwa gatandatu mu makoni ya Shyorongi. Kamugisha yari asanzwe yararokotse Jenoside wenyine iwabo.
Umugore we Seraphine Candida Itangishaka w’imyaka 33, abana be Orga Gwiza Kamugisha w’imyaka umunani na Ornella Teta Kamugisha waru ugiye kuzuza imyaka 10 ntibarokotse impanuka y’iyi modoka. Bari (…)
Umuryango.rw
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa RALC yitabye Imana azize uburwayi