Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC Dr Sabin Nsanzimana yanenze abantu bambara udupfukamunwa mu buryo budakwiriye barimo n’abajya kuvugana n’umuntu bakakamanura kandi icyo kamaze ari ugukumira amacandwe ataruka umuntu avuga kuba yagwa ku bandi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abantu bose baramutse bambaye udupfukamunwa neza Coronavirus yatemberaga muri bo yagabanukaho 80%-Umuyobozi wa RBC
25 April 2020, by Dusingizimana Remy -
Mutobo: Abari Abarwanyi ba FDRL barimo na Coloneri basubijwe mu buzima busanzwe
23 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu kigo cya Mutobo cya Komisiyo y’Igihugu yo Gusezerera no Gusubiza mu Buzima Busanzwe abari Abasirikare (RDRC) giherereye mu Karere ka Musanze, kuri uyu wa kabiri hasezerewe ikiciro cya 72 kigizwe n’abari abarwanyi 39 bahoze mu mitwe yitwaje intwaro mu mashyamba Kongo barimo n’ufite ipeti rya Koloneri.
-
Iby’ ibendera ry’ u Rwanda ryagiye ku kwezi n’ akabuye Amerika yaruhaye
26 September 2018, by Nsanzimana ErnestImwe mu nkuru zitamenyekanye cyane ni uko ubwo Leta zunze ubumwe za Amerika zajyaga ku kwezi zajyanye amabendera y’ ibihugu bitandukanye mu Isi harimo n’ iry’ u Rwanda.
-
Uganda yabujije abaturage bayo kunyura ku mupaka wa Gatuna u Rwanda rwongeye gufungura
11 June 2019, by Dusingizimana RemyAbayobozi ba Uganda bagiriye inama abacuruzi baho kudaca ku mupaka wa Gatuna nyuma yuko ubutegetsi bw’u Rwanda buwufunguye by’agateganyo ku munsi w’ejo ku wa mbere taliki ya 10 Kamena 2019.
-
Nyaruguru: Nyuma y’igihe kinini Gitifu w’Akarere atumvikana na Meya yasezeye ku kazi
23 May 2017, by Nsanzimana ErnestEgide Kayitasire wari umaze imyaka 10 ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyaruguru yanditse asezera kuri uyu mwanya.
Kuri uyu wa mbere, tariki ya 22 Gicurasi 2017 nibwo Egide Kayitasire yashyikirije ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru ibaruwa isezra ku kazi.
Habitegeko François, Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru, yemeje aya makuru avuga ko bakiriye ibaruwa ye isezera ku kazi.
Yagize ati “Nibyo uwo mukozi yandikiye Njyanama y’Akarere ayimenyesha ubwegure bwe (ibaruwa ye isezera (…) -
I Goma hagaragaye umupasiteri urwaye icyorezo cya Ebola
15 July 2019, by Dusingizimana RemyUbutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bwamenyesheje ko bwa mbere habonetse umurwayi ufite Ebola mu mujyi wa Goma utuwe n’abantu barenga miliyoni, ukaba uhana imbibi n’umujyi wa Gisenyi mu burengerazuba bw’u Rwanda.
-
Imyitozo mpuzamahanga yo gusuzuma no kongerera abasirikare ubushobozi igiye kubera mu Rwanda
14 August 2018, by Nsanzimana ErnestMu Karere ka Bugesera I Gako hatangijwe imyitozo ya gisirikari yiswe "Shared Accord 2018", igamije kureba urwego rw’ubunyamwuga mu ngabo zibungabunga amahoro ku isi
-
‘Abashaka u Rwanda barwifuriza ibibi barukurahe se?’ Perezida Kagame
11 December 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ Umugaba w’ Ikirenga nyuma yo kureba ingabo z’ u Rwanda zimaze iminsi zitoza yavuze ko abifuriza u Rwanda ibibi batazibigeraho.
-
Perezida Kagame yashimiye abahanzi n’abanyamakuru barimo n’abakoresha imbuga nkoranyambaga(AMAFOTO)
8 August 2017, by Martin MunezeroPerezida Paul kagame yashimiye abahanzi kimwe n’abandi bose bamubaye hafi n’abagize uruhare mu gutegura ibikorwa byo kwiyamamaza n’aho byabereye hose, nyuma yo kwegukana intsinzi mu matora y’Umukuru w’igihugu, aho yaje ku isonga n’amajwi 98.66%.
Aho yabaga yagiye kwiyamamariza hose, benshi mu bahanzi nyarwanda babaga bahari, indirimbo zifashishwaga mu kwiyamamaza zose zahimbwe n’abahanzi nyarwanda, izo zikaba impamvu nyamukuru zatumye Perezida Kagame abazirikana, abashimira mu ruhame nyuma (…) -
APR FC na AS Kigali zamenye ikipe zizahura mu ijonjora rya mbere ry’imikino ya CAF
9 November 2020, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC yatomboye kuzahura n’ikipe ya Gor Mahia yo mu gihugu cya Kenya mu ijonjora ribanza mu mikino ya CAF Champions League rizakinwa Kuwa 29 Ugushyingo 2020. AS Kigali yo izahura na Orapa United yo muri Botswana.
Umuryango.rw
Abantu bose baramutse bambaye udupfukamunwa neza Coronavirus yatemberaga muri bo yagabanukaho 80%-Umuyobozi wa RBC
Mutobo: Abari Abarwanyi ba FDRL barimo na Coloneri basubijwe mu buzima busanzwe