Kuri iki cyumweru nibwo hamenyekanye inkuru y’urupfu rwa Musenyeli Bimenyimana Jean Damascene wari Umushumba wa Diyosezi Gatulika ya Cyangugu wari umaze igihe arembye cyane akaba yaguye muri Kenya aho yari yagiye kwivuriza.
Musenyeli Bimenyimana Jean Damascène yayoboraga Diyosezi avukamo. Yari Umushumba wa Diyosezi ya Cyangugu kuva muri Mutarama 1997.
Umwe mu bakilisitu bo muri iyi Diyosezi wabanaga bya hafi na Nyakwigendera akaba ari nawe waduhaye aya makuru yatangarije Umuryango ko (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Msgr Bimenyimana Jean Damascène wayoboraga Diyosezi ya Cyangugu yaguye muri Kenya
11 March 2018, by Ubwanditsi -
Iterambere ryaraje ingobyi zahekaga abarwayi zisubira guheka abageni
29 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmunyarwanda yagize ati ‘Agahugu katagira umuco karacika’. Burya ntawe ukwiye gusebya umuco w’ undi kuko buri muco ugira ibyiza byawo kandi umuco ni nk’ ikiremwa ugira amabyiruka n’ ubusaza ukanapfa.
Imyaka yanjye irasatira 30, nagize 20 ntarabona umugeni bahetse mu ngobyi. Mu mabyiruka yanjye abageni nabonaga bagenda n’ amaguru bakagenda batihuta nkabona nibyiza. Uwabaga yifite yagendaga n’ imodoka bikaba ikimenyetso cy’ ubukire mu bukwe bwe.
Magingo aya ikiranga ubukwe bw’ umukire (…) -
Impanuka y’ I Shyorongi: Abaturage hari icyo basaba
29 May 2017, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ uko ku wa Gatandatu w’ icyumweru gishize I Shyorongi mu muhanda Kigali – Musanze habereye impanuka ikomeye yahitanye ubuzima bw’ abantu 15, abaturage barasaba ko kuri buri muhanda uca ahantu h’ imanga haterwa ibiti birebire kandi bikabungabungwa.
Imodoka itwara abagenzi ya Coaster yo mu ikompanyi ya Kigali Safaris, yavaga i Musanze yerecyeza mu mujyi wa Kigali, igongana na Toyota Prado maze ihita ita umuhanda igwa munsi yawo ibirinduka ku musozi.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere (…) -
Gitifu arashinjwa gukubita umuturage akajya mu bitaro
27 December 2017, by Iyamuremye JanvierUmubyeyi witwa Uwitonze Devotha utuye mu kagari ka Gasagara umurenge wa Gikonko mu karere ka Gisagara, arwariye mu bitaro bya Gakoma aho avuga ko yakubiswe n’umuyobozi w’umurenge ubwo ngo bari bagiye mu rugo rwe ahagana saa saba z’ijoro bahakeka inzoga z’inkorano.
Umuyobozi w’uyu murenge wa Gikonko we arabihakana akavugako ntaho yahuriye n’uyu mugore,ngo kuko umugabo we yacitse n’ibyo bashakaga bakabibura bagahita bagenda.
Ibi byabaye mu ijoro tariki ya 25 Ukuboza 2017 ubwo inzego (…) -
MINISANTE yasabye Abanyarwanda gukaza ingamba zo kwirinda Ebola
22 September 2022, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yasabye abaturarwanda gukaza ingamba zo kwirinda ko Ebola yagera mu Rwanda harimo kwirinda gukora ingendo zitari ngombwa aho yagaragaye.
Ibi bije nyuma y’aho iyi ndwara igaragaye mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda igahitana umuntu.
Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda, ku wa Kabiri tariki ya 20 Nzeri 2022 yemeje ko icyorezo cya Ebola kirimo gukwirakwira mu Karere ka Mubende, nyuma yo guhitana umusore w’imyaka 24. Aka gace ka Mubende kari mu bilometero 390 uvuye ku mupaka (…) -
Ububiligi bukurikiranyweho gutererana Abatutsi 2000 bari bahungiye muri ETO
3 March 2018, by Nsanzimana ErnestIngabo z’ Ububiligi
Leta y’ Ububiligi n’ abasirikare bayo batatu barimo umwe wamaze kwitaba Imana bararegwa icyaha cyo gutererana abatutsi bagera 2000 bari bahungiye mu ishuri rya ETO Kicukiro muri Mata 1994. Abarega barasaba impozamarira y’ amayero ibihumbi 100 ni ukuvuga akabakaba miliyoni 100 mu mafaranga y’ u Rwanda. Kuri uyu wa Gatanu tariki 2 Werurwe 2018 urukiko rw’ I Bruxelles rwatangiye kumva ubujurire bw’ amanyamategeko batatu bunganira imiryango itatu yarokokeye kuri iryo (…) -
Perezida Kagame na Madamu we batashye umudugudu wa Horezo
4 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umugore we Jeannette Kagame kuri uyu wa 4 Nyakanga 2018 ubwo u Rwanda rwihizaga umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 24 batashye ku mugaragaro umudugudu w’ ikitegererezo wa Horezo mu karere ka Muhanga.
-
Uwahoze ari Meya wa Muhanga yarangije mu ishuri ryigisha guteka [AMAFOTO]
28 May 2017, by Nsanzimana ErnestYvonne Mutakwasuku wahoze ari umuyobozi w’akarere ka Muhangayarangije amasomo yo mu ishuri ry’imbonezamirire mu Karere ka Muhanga.
Mutakwasuku ashishikaiza ababyeyi kwiga gutegura amafunguro mu ngo zabo kuko usibye kumenya guteka neza, kwiga guteka bishobora no guhesha akazi ubyize. Mutakwasuku avuga ko igihe yabayeho atekerwa n’umukozi cyangwa akagura ibyo gukoresha mu rugo rwe, hari ibyo agiye guhindura kandi n’abandi bashobora guhindura.
Yagize ati “hari ibyo nikorera nk’umubyeyi mu (…) -
Uwamariya wakoraga muri UR yatorewe kuyobora akarere ka Huye by’ agateganyo
4 June 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kane Kamena 2018, Inama Njyanama y’Akarere ka Huye yatoye Uwamariya Veneranda kuba Umuyobozi w’ akarere ka Huye nyuma y’ uko mu cyumweru gishize yeguje komite nyobozi y’ akarere.
-
Mu mafoto reba uburanga n’imiterere By’umukobwa ukomoka mu gihugu cya Ethiopia uri mu rukundo na Meddy(AMAFOTO)
15 May 2017, by Martin MunezeroHaravugwa urukundo hagati y’umukobwa wo mugihugu cya Ethiopia, Sosena Aseffa na Ngabo Medart[Meddy], umuhanzi w’umunyaRwanda uba muri leta zunze ubumwe za Amerika. Urukundo rwaba bombi rwatangiye kugaragara ubwo uyu mukobwa yifashishwaga mu mashusho y’indirimbo ya Meddy yise “Burinde Bucya”. Uyu munsi tugiye kubagezaho amwe mu mafoto n’amwe mu mateka y’uyu mukobwa wigaruriye umutima w’umuhanzi Meddy. Sosena Aseffa na Meddy
Sosena Aseffa ni umukobwa ufite inkomoko mu gihugu cya Ethiopia (…)
Umuryango.rw
Msgr Bimenyimana Jean Damascène wayoboraga Diyosezi ya Cyangugu yaguye muri Kenya
MINISANTE yasabye Abanyarwanda gukaza ingamba zo kwirinda Ebola