Nyuma y’aho abakobwa batanu basezerewe mu mwiherero wa Miss Rwanda, 15 basigaye bakoze igitaramo cy’imihigo berekana ibyo bifuza kuzageza ku banyarwanda cyitabiriwe na bagenzi babo bacyuye igihe bagaragaje ibyo bagezeho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abakobwa 15 basigaye muri Miss Rwanda bakoze igitaramo cy’imihigo cyitabiriwe na bagenzi babo bacyuye igihe berekana ibyo bifuza kugeza ku banyarwanda[AMAFOTO]
25 January 2019, by Martin Munezero -
Startimes yashyize igorora abakiriya bayo bakunda ruhago ibereka ½ cya FA Cup cyahuje ibihangange
16 July 2020, by Dusingizimana RemyStartimes igorora abakiriya bayo bakunda ruhago kuko izabereka imikino ya ½ cy’igikombe cy’Ubwongereza FA Cup kizahuriramo ibihangange muri iyi weekend nka Arsenal,Manchester United,Chelsea na Manchester City.
-
Itangazo: Hari impinduka ku bashaka kwiga ishuli rya bibiliya muri Nibintije Evangelical Ministries International <NEMI>
10 June 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUbuyobozi bwa NEM burabamenyeshako hari impinduka zabaye mu mikorere bitewe n’imirimo yiyongereye kuribo ndetse no gushaka gutunganya neza inshingano z’umuryango.
-
Amwe mu matungo yo mu ntara y’ iburasirazuba yashyizwe mu kato kubera uburenge
17 May 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubuhinzi n’ ubworozi yashyize ahagaragara itangazo rihagarika ingendo n’ ubucuruzi bw’ amatungo arimo inka, ihene, intama n’ ingurube mu ntara y’ iburasizuba.
Iryo tangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 17 Gicurasi 2017 rivuga ko iyo Minisiteri ifashe iki cyemezo nyuma yo kumenya ko amwe mu matungo yo mu karere ka Gatsibo arwaye indwara y’ uburenge. Guhagarika ingendo n’ ubucuruzi bw’ ayo matungo bigamije kwirinda ikwirakwirzwa ry’ iyo ndwara.
Minisiteri y’ ubuhinzi n’ (…) -
U Rwanda rwashimiye cyane RDC yishe Mudacumura wayoboraga FDLR
19 September 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Nduhungirehe Olivier,yashimiye leta ya Tshisekedi yishe umuyobozi wa FDLR,Lt Gen Mudacumura Sylvestre ndetse yemeza ko ari intambwe ishimishije itewe mu gukomeza guhashya imitwe yitwaje intwaro ikorera mu Burasirazuba bwa RDC.
-
Perezida Kagame aratanga ikiganiro mu nama iteganyijwe kuri uyu munsi yateguwe na Banki y’Isi
20 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROKuri uyu mugoroba tariki ya 20 Mata 2022, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame aritabira ibiganiro ku mpinduramatwara mu bukungu rishingiye ku ikoranabuhanga.
-
Burera: Umwarimu yanize umugore we arangije nawe ariyahura
1 October 2019, by Dusingizimana RemyUmwarimu witwa Jean Bosco Ndoli Hatangimana gigishaga kuri Groupe Scolaire ya Cyapa, yishe Umugore we amunize, kuri uyu wa kabiri taliki ya 01 Ukwakira 2019,arangije nawe ariyahura.
-
Inzu y’imideli ’The Power Fashion Boutique’ ari nayo yambitse abitabiriye Miss Supranational yatangije irushanwa ryo gufasha abanyamideli
16 August 2020, by UbwanditsiAbanyamideli babiri Cyusa Brandon na Cynthia Uwikunda batsindiye amafaranga ibihumbi 400 y’amanyarwanda nyuma yo guhiga abandi 12 bari bahanganye mu irushanwa ryiswe "The Power Pageant" rigamije guteza imbere abakora uyu mwuga.
The Power Fashion Boutique ni imwe mu nzu z’imideli ziri kuzamukana imbaduko mu ruganda rw’imideli mu Rwanda, ugereranyije n’igihe batangiriye. Nyuma y’amezi make batangiye gukora, bambitse abakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Supranational Rwanda 2019 kuva ku (…) -
Kamonyi: Abagizi ba nabi batemye ibitoki 35 by’uwarokotse Jenoside
17 April 2020, by Dusingizimana RemyAbagizi ba nabi bataramenyekana batemye ibitoki by’uwitwa Dany Uwihoreye utuye mu Mudugudu wa Kintama, Akagari ka Kigusa, Umurenge wa Nyarubaka mu Karere ka Kamonyi warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,mu ijoro ryo kuwa 15 Mata 2020.
-
‘Birabujijwe kwirukana umunyeshuri azira ko yatwaye inda’ Minisitiri Nyirasafari
15 June 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Uburinganire n’ Iterambere ry’ umuryango yatangaje ko bibijijwe ko umunyeshuri yirukanwa azizwa ko yatwaye inda ari ku ishuri nyamara ahenshi iyo umunyeshuri atwaye inda ahita yirukanwa hakaba n’ ubwo ahise atakaza uburenganzira bwe bwo kwiga.
Umuryango.rw
Startimes yashyize igorora abakiriya bayo bakunda ruhago ibereka ½ cya FA Cup cyahuje ibihangange
Perezida Kagame aratanga ikiganiro mu nama iteganyijwe kuri uyu munsi yateguwe na Banki y’Isi
Inzu y’imideli ’The Power Fashion Boutique’ ari nayo yambitse abitabiriye Miss Supranational yatangije irushanwa ryo gufasha abanyamideli
Kamonyi: Abagizi ba nabi batemye ibitoki 35 by’uwarokotse Jenoside