Ku matariki atandukanye abakuru b’ ibihugu barimo Perezida w’ Ubushinwa Xi Jinping, Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi ndetse na Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi bazagenderera u Rwanda nk’ uko byatangajwe na Minisiteri y’ Ububanyi n’ amahanga y’ u Rwanda kuri uyu wa Gatanu tariki 22 Kamena 2018.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida w’ Ubushinwa uwa Mozambique na Minisitiri w’ Intebe w’ Ubuhinde bategerejwe I Kigali
22 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
APR FC yafatiye ibihano bikarishye Sugira Ernest kubera amakosa 5 imushinja
24 October 2019, by Dusingizimana RemyRutahizamu Sugira Ernest yahagaritswe amezi 2 atagaragara mu ikipe nkuru ya APR FC kubera amakosa 5 ashinjwa aho yagabanyirijwe umushahara ndetse ategekwa gukorera imyitozo mu ishuri ry’umupira w’amaguru rya APR FC.
-
Uwahoze ari gitifu wa Nyaruguru yatawe muri yombi
9 June 2017, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda yataye muri yombi Egide Kayitasire wahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyaruguru, akaza kwegura ku mirimo ye, arimo gukorwaho iperereza ku byaha bibiri.
Ayo makuru yemejwe n’Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Emile Byuma Ntaganda, avuga ko Kayitasire akurikiranyweho ibyaha bibiri birimo icy’itonesha no gukoresha nabi umutungo ufitiye inyungu rubanda.
Yagize ati “Ni byo yatawe muri yombi ku wa Gatatu, akurikiranyweho ibyaha bibiri, icyo (…) -
Amashusho agaragaza uko uwahoze mu ngabo z’u Rwanda yashimutiwe muri Uganda, yasabwe gukorana na RNC arabyanga
11 August 2017, by Iyamuremye JanvierMu nkuru icukumbuye y’ikinyamakuru Chimpreports cyandikirwa mu gihugu cya Uganda yasohotse mu ijoro ryo kuri uyu wa 10 Kanama 2017 isobanura ikanagaragaza uko byagenze kugirango Sgt (Rtd) Rene Rutagungira ashimutirwe muri Uganda; hejuru y’ibyo banavuganye n’impande zose zirebwa n’iki kibazo.
Iki kinyamakuru cyashyize hanze amashusho yafashwe intambwe ku yindi kugirango uyu musirikare w’ipeti rya sgt ariko wavuye mu ngabo afatirwe muri iki gihugu cya Uganda. Chimpreports yashyize hanze (…) -
Paul Kagame yasobanuriye ab’I Karongi intambara itamutera ubwoba
27 July 2017, by Iyamuremye JanvierUmukandida watanzwe n’ ishyaka FPR Inkotanyi ushyigikiwe n’ amashyaka umunani mu mashyaka yemewe mu Rwanda, Paul Kagame yabwiye abatuye akarere ka Karongi mu ntara y’Iburengerazuba ko intambara avugwa ari urugamba rwo gukomeza kubaka igihugu n’ubukungu burambye.
Mbere yo gutangira ijambo, Kagame yabanjirijwe na Guverineri Mureshyankwano umwe mu bashinzwe ibikorwa byo kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi wavuze ko mu byo Akarere ka Rutsiro kishimira muri iki gihe harimo ibikorwaremezo nka (…) -
Angeli Mutabaruka yavuze ko atazakurikirana MissRwanda2021,ngo ntiyizera ibiberamo
24 February 2021, by Martin MunezeroAngelbert Mutabaruka ukorana ikiganiro na KNC, yavuze ko atazakurikirana irushanwa rya Miss Rwanda 2021 kubera ko mu bihe bitandukanye ryavuzwemo ‘amanyanga’.
-
Kagame yafunguye ‘Bisate Lodge’ yubatse mu ishusho y’ibirunga by’u Rwanda-AMAFOTO
1 September 2017, by Iyamuremye JanvierMbere ya saa sita zo kuri uyu wa 01 Nzeri 2017 Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro ‘Bisate Lodge’ iherereye mu majyepfo ya Pariki y’Iburunga mu Majyaruguru y’u Rwanda.
Bisate Lodge ni imwe mu mahoteli ahenze (Luxury hotels) ku rwego rw’Isi. Iri mu ntera y’iminota 20 gusa mu modoka uturutse mu Kinigi, wakirwa n’amazu asakaje ibyatsi afite ishusho y’ibirunga. Iyo hoteli iherereye ahazwi nko muri Bisate; igice cy’icyaro kibisi kiri mu mizi ya Parike y’Igihugu y’Ibirunga mu Murenge wa (…) -
Arsenal igiye kujya yamamaza u Rwanda
23 May 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’ ’Igihugu gitsura Amajyambere (RDB) rwakoze amateka rukorana amasezerano n’ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza,ayo masezerano azatuma iyo kipe yamamaza u Rwanda mu gihe cy’imyaka itatu.
-
Umubyeyi wa Fridaus ushinja Ndimbati kumusindisha akamusambanya yahishuye byinshi kuri iki Kibazo
16 March 2022, by NIYIGABA DC CLEMENTNsabimana Faustin, umubyeyi wa Kabahizi Fridaus ushinja Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati kumusindisha akamusambanya ndetse akanamutera inda yaje kuvukamo Impanga z’Abana babiri beza, yavuze bimwe mubyo benshi bibazagaho kuri iki kibazo.
-
MINALOC yabeshyuje amakuru avuga ko Meya Mupenzi yeguye agatabwa muri yombi
11 October 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubutegetsi bw’ igihugu kuri uyu wa 11 Ukwakira 2017 yatangaje ko amakuru avuga ko umuyobozi w’ akarere ka Nyatagare yeguye agafunga ari ibihuha.
Iyi Minisiteri ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter yagize ati "Amakuru akwirakwizwa ko Mayor Mupenzi George wa Nyagatare yeguye ku mirimo ye cyangwa yafunzwe ni impuha. Ababikwirakwiza barabeshya"
Amakuru akwirakwizwa ko Mayor Mupenzi George wa Nyagatare yeguye ku mirimo ye cyangwa yafunzwe ni impuha. Ababikwirakwiza barabeshya (…)
Umuryango.rw
Umubyeyi wa Fridaus ushinja Ndimbati kumusindisha akamusambanya yahishuye byinshi kuri iki Kibazo