Mu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 25,umuyobozi w’ishami rishinzwe itangazamakuru muri RGB,Gerrard Mbanda yashyize hanze ifoto ya nyakubahwa perezida Kagame imaze imyaka 26,ubwo yaganiraga n’abanyamakuru ba Radio Muhabura ku byerekeye urugamba rwo kubohora u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ifoto y’umunsi: Hashyizwe hanze Ifoto ya perezida Kagame imaze imyaka 26 yose
1 July 2019, by Dusingizimana Remy -
U Rwanda rwakiriye imirambo 2 y’Abanyarwanda biciwe muri Uganda
9 September 2021, by Dusingizimana RemyKu mupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda, inzego z’ubuyobozi mu Rwanda zakiriye imirambo ibiri y’Abanyarwanda biciwe muri Uganda mu bihe bitandukanye.
Abagabo biciwe muri Uganda ni Dusabimana Theoneste w’imyaka 52 y’amavuko wo mu Murenge wa Rubaya wishwe ku itariki 30 Kanama 2021 na Bangirana Paul w’imyaka 47 wo mu Murenge Kaniga wishwe kuwa 2 Nzeri 2021 bose batoraguwe mu Karere ka Kabale muri Uganda bacucuwe n’ibyabo.
Amakuru y’urupfu rwabo yamenyekanye atanzwe na bagenzi babo (…) -
Bikorimana Gerrard yafashije Mukura VS gusezerera APR FC mu gikombe cy’Agaciro
13 September 2019, by Dusingizimana RemyUmunyezamu wahoze muri Rayon Sports Bikorimana Gerrard afashije ikipe ye nshya ya Mukura VS gusezerera APR FC muri ½ cy’imikino y’Agaciro Tournament nyuma yo kunganya ibitego 2-2 hakitabazwa penaliti zahiriye Mukura VS yatsinze 3-2.
-
Perezida Kagame yageze muri Namibia mu ruzinduko rw’ akazi
16 August 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ umuryango w’ Afurika yunze ubumwe Paul Kagame kuri uyu wa 16 Kanama 2018 yageze mu gihugu cya Namibia yakirwa na Hage Geingob
-
Rubavu: Umugore uri mu bavurwa COVID-19 yabyaye umuhungu
17 July 2020, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu cy’ubuzima cyatangaje ko umugore uri kuvurirwa Coronavirus mu kigo cyahariwe kwita ku barwayi ba COVID-19 kiri mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Rugerero, yabyaye umwana w’umuhungu ndetse ubuzima bwe n’ubw’umwana we bumeze neza.
-
Leta y’ u Rwanda igiye gufungira bamwe mu bakora ubuvuzi bukoresha iyakuramyakura
9 June 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubuzima mu Rwanda Minisante yatangaje ko igiye gufungira bamwe mu bakora ubuvuzi budakoresha imiti buzwi nka Reflexology, iyakuramyakura.
Iyi Minisiteri yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki 9 Kamena 2017.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisante ushinzwe ubuvuzi rusange Dr Patrick Ndimubanzi yabwiye abanyamakuru ko hari abakora ubu buvuzi batabifitiye impabumenyi abandi bakabukora nabi.
Uyu muyobozi yavuze ko mu igenzura bakoze basanze (…) -
Urukiko Rukuru rwatesheje agaciro ubujurire bwa Diane Rwigara na nyina rutegeka ko bakomeza gufungwa
21 November 2017, by Nsanzimana ErnestKu gicamunsi cyo kuri uyu wa 21 Ugushyingo, Urukiko Rukuru rwasomye umwanzuro warwo ku bujurire bwa Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Kuwa Kane tariki 16 Ugushyingo 2017, mu iburanisha rishize uruhande rw’abaregwa n’Ubushinjacyaha bumviswe n’Urukiko, Ubushinjacyaha butanga impamvu z’uko ubujurire bwabo ku mwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugege nta shingiro bufite, bugaragaza ko aba baregwa ibyaha bikomeye.
Diane Rwigara washakaga kuba (…) -
Umuzamu wa Rayon Sports yitabye Imana azize urupfu rutunguranye
12 September 2017Umunyezamu Mutuyimana Evariste warindiraga ikipe ya Rayon Sports mu buryo butunguranye aguye iwe mu rugo.
Iyi nkuru y’akababaro yamenyekanye muri iki gitondo yatunguye abantu benshi cyane ko yakoze imyitozo hamwe na bagenzi be ku munsi w’ejo ku wa mbere Taliki ya 11 Nzeri 2017.
Nkuko tubikesha Ruhagoyacu aya makuru yemejwe n’umutoza wungirije muri Rayon Sports Lomami Marcel aho yemeje ko nabo babimenye ubwo bari bagiye gukora imyitozo muri iki gitondo.
Yagize ati" Uyu munsi yafashwe (…) -
Umuyobozi muri Kaminuza y’u Rwada akurikiranyweho gutanga inyungu zidafite ishingiro
26 August 2017, by Iyamuremye JanvierUmuyobozi wungirije ushinzwe Imari n’Ubutegetsi muri Kaminuza y’u Rwanda, Pudence Rubingisa, afunzwe na polisi y’u Rwanda aho akurikiranyweho ibyaha byo gutanga inyungu zidafite ishingiro ku masezerano iyi kaminuza iba yagiranye n’abantu n’ibigo bitandukanye.
IGIHE ducyesha iyi nkuru yanditse ko uyu Rubingisa yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 kanama 2017 akaba ashinjwa gutanga inyungu zidafite ishingiro mu ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano iyi kaminuza igirana n’abantu (…) -
APR FC yiyunze n’abakunzi bayo banze kuza kuyishyigikira mu ntangiriro z’igikombe cy’Amahoro
5 June 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC yatangiye neza inzira yo kwiyunga n’abakunzi bayo ba batishimye,kuko banze kuza kuyishyigikira kuri uyu wa Gatatu, mu mukino ubanza wa 1/16 cy’igikombe cy’Amahoro yatsinzemo Rwamagana City ibitego 2-0.
Umuryango.rw
U Rwanda rwakiriye imirambo 2 y’Abanyarwanda biciwe muri Uganda
Rubavu: Umugore uri mu bavurwa COVID-19 yabyaye umuhungu
Leta y’ u Rwanda igiye gufungira bamwe mu bakora ubuvuzi bukoresha iyakuramyakura