Urukiko rw’ubujurire i Kigali rumaze kugumishaho igihano cyo gufunga burundu Liyetona Joel Mutabazi wahoze mu ngabo zirinda umukuru w’igihugu rumuhamije ibyaha birimo gushaka kwica perezida w’u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Urukiko rwagumishijeho igihano cya burundu rwakatiye Lt Mutabazi
22 November 2019, by Dusingizimana Remy -
Umuryango urimo ufite ubumuga bukabije ugiye kujya uhabwa inkunga y’ ingoboka
24 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmuryango urimo ufite ubumuga bukabije ugiye kujya uhabwa inkunga y’ ingoboka
Nyuma y’ uko umwe mu bafite ubumuga avuze ko imiryango ifite umuntu ufite ubumuga bwo mutwe idashyirwa mu bagomba gufashwa kandi iba ifite umuntu igomba kwitaho imyaka yose, LODA yavuze ko guhera umwaka utaha imiryango ifite umuntu ufite ubumuga bukabije izatangira kujya ihabwa inkunga y’ ingoboka.
Hari mu nama ya 4 y’ umuryango w’ itangazamakuru riharanira amahoro Pax Press,aho uyu muryango uba ugaragaza (…) -
Ingabire Victoire yavuze ko adafite ubwoba bwo kongera gufungwa
21 September 2018, by Martin MunezeroIngabire Victoire Umuhoza, umuyobozi w’Ishyaka FDU Inkingi ritemerewe gukorera mu Rwanda, nyuma yo gufungurwa ku bw’imbabazi za Perezida Paul Kagame, yatangaje ko adafite ubwoba bwo kongera gufungwa ndetse ashimangira ko uko yari ameze ubwo yafungwaga ari ko akimeze.
-
‘Mu burezi ntabwo harimo akajagari’ Dr Biruta
27 August 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ibidukikije mu Rwanda akaba na Perezida w’ ishyaka riharanira Imibereho Myiza n’ Iterambere (PSD), Dr Vincent Biruta ntabwo yemeranya n’ abavuga ko mu burezi bw’ u Rwanda harimo akajagari.
-
Umunyeshuri wapfuye abura amezi 3 ngo yitabire ibirori by’abarangije muri Kaminuza y’ u Rwanda inshuti ye yajyanye ikanzu ku gituro cye (Yavuguruwe)
4 November 2018, by Martin MunezeroInshuti ya Nyakwigendera Regis Niyotwagira witabye Imana abura amezi atatu ngo yitabire ibirori bisoza Kaminuza yagiye kumwunamira ishyira ikanzu yambarwa n’ abarangije kaminuza ku gituro cye.
-
Nyina wa Tuyishime yagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi naho Se iramuhitana: Ubuhamya
8 April 2022, by ISHIMWE JANETuyishime Jean avuga ko yashaririwe n’ubuzima nyuma yo kubaho ntakerekezo afite kubera amateka ya Jenocide yakorewe abatutsi muri Mata 1994, avuga ko Se umubyara yishwe n’interahamwe muri Jenocide yakorewe abatutsi mu gihe Nyina umubyara yakatiwe imyaka 30 nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994.
-
Rayon Sports y’abakinnyi 10 yaharuye inzira ishobora kuyigeza ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro
26 June 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports iri mu bihe byiza cyane,yabashije kwivana mu nzara za AS Kigali yayiruhije bigaragara mu mukino ubanza wa ½ cy’igikombe cy’Amahoro 2019,iyitsinda ibitego 2-1 mu mukino wabereye kuri stade ya Kigali.
-
Dr Frank Habineza kwiyamamariza I Huye byajemo ka kidobya
23 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza gahunda ye yo kwiyamamariza mu karere ka Huye yahindutse kubera impamvu nyir’ ubwite yise “akabazo tekiniki”.
Kuri iki Cyumweru tariki 23 Nyakanga 2017 umukandida Dr Frank Habineza byari biteganyijwe ko yiyamamariza mu karere ka Nyaruguru n’ akarere ka Huye twombi two mu ntara y’ Amajyepfo gusa ntabwo yabashije kwimamariza mu karere ka Huye.
Uyu mukandida yatangaje ko impamvu yahinduye (…) -
‘Musigeho kubangamira abimukira’ Perezida Kagame mu Bwongereza
7 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame yasabye abakibangamira abimukira kubihagarika kuko bidakemura iki kibazo yongeraho ko igihugu kimwe kitakwibashisha kurangiza iki kibazo.
-
None Perezida Kagame aratangira kuyobora AU
28 January 2018, by Nsanzimana ErnestKuri iki Cyumweru tariki 28 Mutarama 2018 nibwo Perezida Paul Kagame atangira kuyobora umuryango w’Afurika yunze Ubumwe (AU). Yasabye Abanyafurika gukorera hamwe nk’ uko akunzwe kubisaba Abanyarwadna.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Mutarama 2018, Perezida Kagame yongeye gusaba abayobozi b’ibihugu by’Afurika kurangwa no gukorera hamwe hatitawe ku bibatandukanya kugira ngo bateze ibihugu byabo n’umugabane muri rusane imbere.
Yari yitabiriye inama ya AU igamije ubufatanye hagati y’ibihugu (…)
Umuryango.rw
Nyina wa Tuyishime yagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi naho Se iramuhitana: Ubuhamya