Nyuma y’igitero cyagabwe muri Siriya, kigabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibihugu bifatanyije (Ubwongereza n’Ubufaransa) ku birindiro bikekwa ko bibitswemo intwaro z’ubumara muri Syria, u Burusiya bwatangaje ko yabashije gushwanyaguriza mu kirere 71 mu 103 byari byatewe.
Kuri uyu wa Gatandatu ahagana saa munani z’ijoro ku isaha yo muri Syria nibwo Amerika, u Bwongereza n’u Bufaransa byagabye ibitero ku kigo kiri mu mujyi wa Damascus ndetse n’ibindi bibiri biri hafi y’uwa Homs. Ibi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Syria yashwanyurije mu kirere ibisasu 71 mu birenga 103 yarashweho
14 April 2018, by Martin Munezero -
Mgr Thadee Ntihinyurwa yaraswe ibigwi [AMAFOTO]
23 September 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’Inama y’Abepesikopi mu Rwanda, Musenyeri Philippe Rukamba yavuze ubutwari n’ ubunyangamugayo bw’ Umushumba Mukuru wa Arikidiyoseze ya Kigali, Thaddée Ntihinyurwa,yizihije isabukuru y’imyaka 75 amaze avutse kuri uyu wa 23 Nzeri 2017.
Ni ibirori byahuriranye no kwizihiza isabukuru y’imyaka 100 y’ubusaseridoti muri iyi Arikidiyosezi byabereye muri Stade Amahoro i Remera, ahari hateraniye imbaga y’abantu babarirwa mu bihumbi 20 bari baje kwizihiza uwo munsi.
Umushumba mukuru wa (…) -
P.Kagame yakiriye indahiro ya Min. Mutimura na Min. Rurangirwa ataha n’ingoro y’ amateka yo guhagarika jenoside
13 December 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda ahagana saa tanu z’amanywa kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Ukuboza 2017 yakiriye indahiro z’ abaminisitiri babiri bashya binjiye muri guverinoma y’ u Rwanda anataha ingoro y’ amateka ya jenoside yakorewe abatutsi.
Iyi bikorwa byombi byabereye ku nteko ishinga amategeko ku Kimihurura ari naho hubatswe ingoro ndangamateka yo guhagarika jenoside yakorewe abatutsi.
Abaminisitiri barahiye ni Dr Eugene Mutimura wagizwe Minisitiri w’ Uburezi asimbuye Dr Musafili Papias na Jean (…) -
Ikigo cy’ urubyiruko cya Karago ntikigira amazi n’ amashanyarazi
14 May 2017, by Nsanzimana ErnestIryo bara ry’ umweru ubona rihinguka munsi y’ ikigo cy’ urubyiruko cya Karago ni amazi y’ ikiyaga cya Karago
Urubyiruko rwo mu murenge wa Karago rubavuga ko rwugarijwe n’ ubwigunge ruterwa n’ uko ikigo cy’ urubyiruko kiri muri uwo murenge uherereye mu karere ka Nyabihu mu ntara y’ Iburengerazuba kitagira umuriro w’ amashyanyarazi ntikinagire amazi meza.
Nubwo bimeze gutya ariko ntibibuza ko icyo kigo gikorerwamo amahugurwa atandukanye, ibintu abategura ayo mahugurwa bavuga ko ari (…) -
Amerika: Umusenateri yabwiye bagenzi be ibigwi bya Perezida Kagame
24 January 2018, by Nsanzimana ErnestSenateri Jim Inhofe wo muri Sena ya Leta zunze Ubumwe za Amerika, yasobanuriye bagenzi be iterambere ry’ u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’ uruhare Perezida Kagame yabigizemo kubwe ngo iryo terambere ni igitangaza’.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 23 Mutarama 2018, ubwo Sena ya Amerika yari iteranye, Senateri Inhofe yafashe umwanya asobanurira abandi basenateri ishusho nyayo ku Rwanda, n’uburyo Perezida Kagame yahisemo inzira itarakekwaga na benshi y’ubwiyunge kugira ngo (…) -
Perezida Kagame yakoze impinduka mu gisirikare cy’ u Rwanda
5 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba mugaba w’Ingabo w’Ikirenga w’ ingabo z’ u Rwanda Paul Kagame yakoze impinduka muri zimwe mu nzego z’ ingabo, aho yohereje Brig Gen Francis Mutiganda, gukorera ku cyicaro gikuru cy’Ingabo z’Igihugu.
-
Perezida Kagame yijeje kongera umushahara w’abaganga n’abakora mu butabera
1 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko batekereza uko abaganga n’abakora mu nzego z’ubutabera bakongererwa umushahara gusa yirinze kuvuga igihe bizakorerwa.
Ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 01 Werurwe 2023,Perezida Kagame yavuze ko igihugu nikibona aho gikura kizongerera umushahara abaganga n’abo mu nzego z’ubutabera nkuko cyabikoze ku barimu.
Ati "Abo bandi nabo hari igihe twigeze kureba ko twagira icyo dukora ngo hagire icyiyongeraho ku buzima bwabo cyangwa icyo bahembwa.Harimo (…) -
“Ntabwo ari njyewe gusa bambitse ubusa …Imana izahora igihe nikigera” Diane Rwigara
20 June 2017, by Nsanzimana ErnestDiane Shimwa Rwigara, umukobwa wa Nyakwigendera Assinapol Rwigara ushaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda yongeye kuvuga ku mafoto yakwirakwiye y’ umuntu w’ igitsina gore wambaye ubusa buriburi, avuga ko abakoze ariya mafoto atari we gusa bambitse ubusa ahubwo babwambitse Abanyarwandakazi bose.
Yabitangarije Abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kamena 2017 ubwo yari amaze gushyikiriza komisiyo y’ igihugu y’ amatora ibyangombwa bye nk’ umuntu ushaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda. (…) -
BNR irimo gutegura itegeko rirengera abagana ibigo by’ imari
21 May 2017, by Nsanzimana ErnestBanki Nkuru y’Igihugu irimo kunonosora itegeko rishya rigena ingingo 7 zirengera uburenganzira bw’abakiriya bagana ibigo by’imari ubusanzwe ryitwa ‘The Client Protection Principles’ rikoreshwa hirya no hino ku Isi.
Byitezwe ko rizarushaho kunoza serivisi zirengera abakiriya b’ibigo by’Imari mu Rwanda, nk’uko bitangazwa n’Ishyirahamwe ry’Ibigo by’Imari Iciriritse mu Rwanda (AMIR –Association of Microfinance Institutions of Rwanda).
Uwizeye Jean Pierre Umuyobozi wungirije ushinzwe gahunda (…) -
Amb KARABARANGA yashyikirije Perezida wa Guinea Bissau impapuro zo guhagararira u Rwanda muri iki gihugu
28 April 2021, by UbwanditsiTaliki ya 27 Mata 2021, Ambasaderi w’u Rwanda mu Bihugu bya Senegal, Guinea Bissau, Mali, Gambie na Cabo Verde, Nyakubahwa Jean Pierre KARABARANGA yashyikirije Nyakubahwa General Umaro Sissoco Embalo, Perezida w’Igihugu cya Guinea Bissau impapuro zimuhesha uburenganzira bwo guhagararira Igihugu cy’u Rwanda muri Guinea Bissau.
Yamugejejeho indamukanyo ya kivandimwe ya mugenzi we w’u Rwanda Nyakubahwa Perezida Paul KAGAME.
Perezida Umaro Sissoco Embalo yasabye ko Ambasaderi KARABARANGA (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yijeje kongera umushahara w’abaganga n’abakora mu butabera