Minisitiri w’Umutekano muri Uganda, Elly Tumwine, yabwiye abanyamakuru ko polisi ifite uburenganzira bwo kurasa abigaragambya ikabica igihe bashatse kuyisagarira.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Uganda: Minisitiri Tumwine yemeje ko polisi ifite uburenganzira bwo kurasa abigaragambya
23 November 2020, by Dusingizimana Remy -
PAC yasohoye nabi mu nteko abakozi ba REB kubera ibisubizo byabo byari byuzuyemo amanyanga
12 September 2019, by Dusingizimana RemyKomisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta (PAC), yirukanye nabi mu nteko abakozi babiri bo mu kigo cy’igihugu gishinzwe uburezi,REB, kubera amanyanga yagaragaye mu bisubizo byabo.
-
Nyaruguru: Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko abagabye igitero baturutse mu Burundi
2 July 2018, by Nsanzimana ErnestMu ijoro ryakeye ryo ku itariki 01 Nyakanga 2018 mu gihe cya saa 23H30 abagizi ba nabi bitwaje intwaro bateye mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Nyabimata, Akagari ka Ruhinga mu mudugudu wa Cyamuzi.
-
Urukiko rwategetse ko Bazeye na Lt Col Abega bayoboraga FDLR baburana bafunze
10 April 2019, by Dusingizimana RemyUrukiko rwibanze rwa Gasabo rwategetse ko Nkaka Ignace uzwi nka La Forge Bazeye Fils wari umuvugizi wa FDLR na Nsekanabo Jean Pierre uzwi nka Abega bari abayobozi bakuru mu mutwe w’abarwanyi wa FDLR,baburana bafunze.
-
Habyarimana yafunze abarenga 70 bicirwa muri gereza babeshya imiryango yabo ko bishwe n’ indwara – Dr Bizimana
11 May 2018, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ igihugu yo kurwanya Jenoside CNLG yagaragaraje ko ubutegetsi bwateguye bukanashyiramubikorwa Jenoside yakorewe abatutsi bwifashishaga abaganga mu kwica abantu bukabeshya ko bishwe n’ indwara zisanzwe.
-
MINISANTE irahumuriza Abanyarwanda bafite impungege z’ icyorezo cya Ebola cyongeye kwibasira Abanyekongo
13 May 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba
Minisiteri y’ ubuzima mu Rwanda MINISANTE yashyize ahagaragara itangazo rihumuriza Abanyarwanda inabamenyesha ko yiteguye gukumira ko icyorezo cya Ebola kigera mu Rwanda, iyi minisiteri kandi yanagaragarije Abanyarwanda ibyo bagomba gukora kugira ngo barusheho kwirinda icyo cyorezo. Iryo tangazo ryagiye ahagaragara kuri 13 Gicurasi, 2017, nyuma y’ aho Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (WHO), ryemeje ko icyorezo cya Ebola cyagaragaye (…) -
Theo Bosebabireba yavuye mu bitaro nyuma yo gukubitirwa muri Uganda-AMAFOTO
3 February 2018, by NSHIMIYIMANA JanvierMu ijoro ryo kuwa 28 Mutarama 2018 nibwo Uwiringiyimana Theogene wamenyekanye nka “ Theo Bosebabireba” yakubitiwe mu gihugu cya Uganda ubwo yavaga mu gitaramo yari yatumiwemo i Masanafu akagirwa intere n’abantu bataramenyekana bikaza kumuviramo kumara mu bitaro hafi icyumweru cyose yitabwaho n’abaganga.
Mu minsi ishize nibwo hakwirakwijwe amakuru y’igihuha avuga ko Theo Uwiringiyimana yapfuye gusa akaza kunyomozwa n’umurwaza we ubwo yaganiraga na UMURYANGO.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa (…) -
Rusizi: Umugabo ushinjwa kuroga abaturanyi yasabye inka kugira ngo arogore abo yaroze bose
11 March 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa IYARWEMA Godfrey wo mu kagari ka Kamatita ,mu murenge wa Gihundwe ho mu karere ka Rusizi afungiwe kuri sitasiyo ya RIB ya Kamembe aho ashinjwa n’abaturanyi be kubarogera abana.
-
RIB yataye muri yombi umunyamakuru wa ISHEMA TV n’umushoferi we bazira kwica gahunda ya #Gumamurugo
15 April 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha ruratangaza ko uyu munsi rwataye muri yombi Niyonsenga Dieudonne alias Cyuma nyiri Ishema TV ikorera kuri murandasi [You Tube] hamwe n’umushoferi we Komezusenge Fidele ngo kubera ko barenze ku mabwiriza ya #GumaMurugo.
-
Menya byinshi kuri Samusure wize amashuri atatu abanza gusa akaba n’umukozi wo mu rugo aho yishimira ibyo amaze kugeraho
13 February 2019, by Martin MunezeroKalisa Ernest uzwi nka Samusure cyangwa Rulinda nk’amazina yamamayeho muri sinema nyarwanda, ni umunyempano ukomeye kuko ari n’umuririmbyi, umucuranzi, umushyushyarugamba, umunyarwenya akaba n’inzobere mu kuvuga amazina y’inka. Uburyo ibi byose yabigezeho ubu akaba aterwa ishema n’iterambere agezeho, biragoye kubihuza no kuba yarize amashuri atatu gusa abanza.
Umuryango.rw
MINISANTE irahumuriza Abanyarwanda bafite impungege z’ icyorezo cya Ebola cyongeye kwibasira Abanyekongo