Ingabo z’ Ububiligi
Leta y’ Ububiligi n’ abasirikare bayo batatu barimo umwe wamaze kwitaba Imana bararegwa icyaha cyo gutererana abatutsi bagera 2000 bari bahungiye mu ishuri rya ETO Kicukiro muri Mata 1994. Abarega barasaba impozamarira y’ amayero ibihumbi 100 ni ukuvuga akabakaba miliyoni 100 mu mafaranga y’ u Rwanda. Kuri uyu wa Gatanu tariki 2 Werurwe 2018 urukiko rw’ I Bruxelles rwatangiye kumva ubujurire bw’ amanyamategeko batatu bunganira imiryango itatu yarokokeye kuri iryo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ububiligi bukurikiranyweho gutererana Abatutsi 2000 bari bahungiye muri ETO
3 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame na Madamu we batashye umudugudu wa Horezo
4 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umugore we Jeannette Kagame kuri uyu wa 4 Nyakanga 2018 ubwo u Rwanda rwihizaga umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 24 batashye ku mugaragaro umudugudu w’ ikitegererezo wa Horezo mu karere ka Muhanga.
-
Uwahoze ari Meya wa Muhanga yarangije mu ishuri ryigisha guteka [AMAFOTO]
28 May 2017, by Nsanzimana ErnestYvonne Mutakwasuku wahoze ari umuyobozi w’akarere ka Muhangayarangije amasomo yo mu ishuri ry’imbonezamirire mu Karere ka Muhanga.
Mutakwasuku ashishikaiza ababyeyi kwiga gutegura amafunguro mu ngo zabo kuko usibye kumenya guteka neza, kwiga guteka bishobora no guhesha akazi ubyize. Mutakwasuku avuga ko igihe yabayeho atekerwa n’umukozi cyangwa akagura ibyo gukoresha mu rugo rwe, hari ibyo agiye guhindura kandi n’abandi bashobora guhindura.
Yagize ati “hari ibyo nikorera nk’umubyeyi mu (…) -
Uwamariya wakoraga muri UR yatorewe kuyobora akarere ka Huye by’ agateganyo
4 June 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kane Kamena 2018, Inama Njyanama y’Akarere ka Huye yatoye Uwamariya Veneranda kuba Umuyobozi w’ akarere ka Huye nyuma y’ uko mu cyumweru gishize yeguje komite nyobozi y’ akarere.
-
Mu mafoto reba uburanga n’imiterere By’umukobwa ukomoka mu gihugu cya Ethiopia uri mu rukundo na Meddy(AMAFOTO)
15 May 2017, by Martin MunezeroHaravugwa urukundo hagati y’umukobwa wo mugihugu cya Ethiopia, Sosena Aseffa na Ngabo Medart[Meddy], umuhanzi w’umunyaRwanda uba muri leta zunze ubumwe za Amerika. Urukundo rwaba bombi rwatangiye kugaragara ubwo uyu mukobwa yifashishwaga mu mashusho y’indirimbo ya Meddy yise “Burinde Bucya”. Uyu munsi tugiye kubagezaho amwe mu mafoto n’amwe mu mateka y’uyu mukobwa wigaruriye umutima w’umuhanzi Meddy. Sosena Aseffa na Meddy
Sosena Aseffa ni umukobwa ufite inkomoko mu gihugu cya Ethiopia (…) -
Wenceslas Twagirayezu uregwa ibyaha bya jenoside yagejejwe i Kigali
12 December 2018, by Nsanzimana ErnestKu mugoroba wo kuri uyu wa 11 Ukuboza nibwo indege yari intwaye Twagirayezu Wenceslas yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i Kanombe ngo aburanishwe ku byaha akekwaho bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Iperereza ku bwicanyi bwakorewe CSP Hubert Gashagaza (Rtd) na Alexia Mupende rigeze he?
29 April 2019, by Joseph Hakuzwumuremyi, UbwanditsiMu ijoro ryo ku italiki 17 rishyira 18/9/2018 nibwo umurambo wa CSP Hubert Gashagaza (Rtd) wabonetse mu murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo ahaparikaga ibikamyo by’abashinwa bakora umuhanda.
-
P.Kagame yakuyeho urujijo kubibaza aho afite urugo hagati ya Rwamagana na Kayonza
23 July 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame umukandida wa FPR-Inkotanyi yavuze ko adatuye mu Karere ka Rwamagana cyangwa Kayonza twombi two mu Ntara y’Iburasirazuba ahubwo ko atuye ku mupaka wa Rwamagana na Kayonza.
Yabitangarije abaturage batuye Akarere ka Rwamagana, ubwo yahakoreraga igikorwa cyo kwiyamamaza kuri iki Cyumweru tariki 23 Nyakanga 2017.
Paul Kagame yatangiye ijambo rye akuraho urujijo kubibaza aho atuye mu ntara y’iburasirazuba. Agira ati “Reka nkiranure impaka ku buryo bworoshye, njyewe ntuye ku (…) -
U Burundi butisubiyeho bushobora kuvanwa muri EAC
6 December 2018, by Nsanzimana ErnestIgihugu cy’ u Burundi gishobora kuvanwa mu Umuryango w’ ibihugu byo muri Afurika y’ Iburasirazuba EAC nibikomeza kugaragara ko kiri kudindiza imishinga ihuriweho n’ ibihugu no kutitabira inama z’ uyu muryango.
-
"Iyo abantu batabonye ubutabera bamwe barabwiha" Minisitiri Busingye
9 May 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Ubutabera; akaba n’Intumwa ya Leta, Johnston Busingye yabwiye icyiciro cya gatanu cy’Abofisiye bakuru ba Polisi 30 biga mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda riri mu karere ka Musanze ibijyanye n’Ubuyobozi mu bya Gipolisi no guhosha amakimbirane ko ubutabera kuri bose ari inkingi ya mwamba y’amahoro, umutekano n’iterambere birambye.
Ibi yabibabwiriye mu kiganiro yagiranye na bo kuri Minisiteri y’Ubutabera mu rugendo shuri bahagiriye ku wa mbere tariki 8 z’uku Kwezi. Kuri (…)
Umuryango.rw