Perezida Joseph Kabila wa Repubukika iharanira Demokarasi ya Congo yahaye akazi Amb.Eugene Gasano wahoze ahagarariye u Rwanda muri Loni ko gushaka inzira zose zishoboka ngo imitungo ye n’abambari be isohorwe mu gihugu.
Mu nkuru y’ibinyamakuru nka Bloomberg, GEC, Le Soir, Le Monde n’ibindi birandika ko Kabila yabashije gusarura amafaranga menshi atagira ingano mu gihe cyose amaze ayobora iki gihugu gihora mu ntambara ishingiye ku mabuye y’agaciro ari mu ntara ya Katanga.
Ibi binyamakuru (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kabila yahaye akazi Amb.Eugene Gasana ko gushaka uko imitungo ye n’abambari be yasohorwa
11 August 2017, by Iyamuremye Janvier -
INGABIRE Esther Ayoboye abandi 36 muri Missrwanda 2021-VIDEO
24 February 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTKuwa 23 Gashyantare 2021 nibwo amatora yo gushaka Umukobwa uhiga Abandi Ubwiza, Ubwenge ndetse n’Umuco yatangiye kumugaragaro. ku ikubitiro Ingabire Esther Ayobora Urutonde byagateganyo, Mugihe Umunyana Divine we Aruherekeje Byagateganyo.
-
Kigali: Abasore n’ inkumi 12 bafite uruganda rukora amasabune
21 October 2017, by Nsanzimana ErnestFille Dynah, umwe mu basore n’ inkumi 12 bafite uruganda rukora amasabune avuga ko hari byinshi bamaze kugeraho ndetse ngo bafite inzozi zo kuzagira uruganda runini rwohereza ibicuruzwa mu mahanga.
Ni umukobwa bigaragara ko akiri muto, imbere ye yateretse utubuni twa litilo eshanu, atabikwibwiriye wagirango harimo imitobe nyamara ni amasabune y’ amazi.
Umuyobozi wungirije w’ uruganda Agri-cosmetic Indorerwamo, Fille Dynah yatangarije Umuryango ati “Niga muri UNILAK mu mwaka wa kabiri. (…) -
Inzoga ya Leffe ubu irahari mu Rwanda ku giciro cyiza, ni imwe mu nzoga nke ku isi zitagira umufuke
19 September 2019, by UbwanditsiLeffe ni inzoga nziza yatangiye kwengerwa mu Bubiligi kuva muri 1240, ubu ikaba izanwa mu Rwanda na Strong Distribution Company Ltd, bikaba byaranatumye ibiciro bigabanuka ku bakunzi bayo.
-
Karongi:Umusirikare yarashe umwe mubo ashinja kumwambura aramwica
13 April 2023, by Dusingizimana RemyUmusirikare wa RDF wari wambaye imyenda isanzwe [civil] yatezwe n’abajura baramwambura,birangira arashe umwe mu bamwambuye,nyuma yo kumusaba ibyo yamwibye akanga.
Ibi byabaye nka saa saba n’igice zo mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki ya 13 Mata 2023,mu mudugudu wa Gatwaro,mu kagari ka Kibuye,Umurenge wa Bwishyura wo mu karere ka Karongi.
Amakuru avuga ko aba bajura bateze uyu musirikare wa RDF baramwambura hanyuma umwe muri bo arafatwa ajyanywa ku murenge wa Bwishyura.
Abahaye (…) -
Umwarimu wigishije Perezida Kagame mu mwaka wa gatandatu n’uwa karindwi yubakiwe inzu nziza-AMAFOTO
1 August 2017, by Iyamuremye JanvierNyabutsitsi Augustin w’imyaka 74 y’amavuko wigishije Perezida Paul Kagame mu wa gatandatu no mu wa Karindwi w’amashuri abanza, yishimira ko yongeye guhura nawe akanamwubakira inzu nziza atuyemo n’umuryango we.
Umusaza Nyabutsitsi yigishije Perezida Kagame mu ishuri ribanza rya Rwengoro, mu nkambi y’impunzi ya Gahunge, mu Karere ka Kabalore mu gihugu cya Uganda.
Ubwo ikinyamakuru izubarirashe.rw ducyesha iyi nkuru cyasuraga uyu musaza mu myaka ibiri ishize, yavugaga ko yifuza bikomeye (…) -
Urukiko rwategetse ko Bayigamba wabaye Minisitiri akurikiranwa adafunze
18 November 2019, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge,mu mujyi wa Kigali rwategetse ko Robert Bayigamba wahoze ari minisitiri w’urubyiruko,umuco na siporo mu Rwanda arekurwa agakurikiranwa adafunze kuko nta mpamvu zikomeye ngo rwabonye akwiye gukomeza gufungwa.
-
Perezida Kagame yahuye na Macron, Netanyahu na Minisitiri w’Intebe w’Ububiligi(AMAFOTO+VIDEWO)
19 September 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Republika Paul Kagame uri New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagiranye ibiganiro na mugenzi we w‘ubufarana, Emmanuel Macron anabona n’abandi banyacyubahiro batandukanye.
Inteko rusange y’umuryango w’abibumbye irateganya gutangira imirimo yayo kuri uyu wa kabiri i New York muri leta zunze ubumwe za Amerika ikaba izaganira ku ngingo zitandukanye cyane cyane harimo ijyanye no gukora amavugurura adasanzwe mu mikorere ya LONI, harimo kureba umutekano uko uhagaze ku isi (…) -
Inzu ya Rujugiro, UTC iratezwa cyamura uyu munsi
25 September 2017, by Nsanzimana ErnestKuri wa Mbere tariki 25 Nzeli 2017 saa munani nibwo hateganyijwe igikorwa cyo kugurisha mu cyamunara inzu ya Rujugiro Ayabatwa Tribert kubera imyenda y’ imisoro ba nyirayo babereyemo ikigo cy’ igihugu cy’ imisoro n’ amahoro (RRA).
Tariki 11 Nzeli uyu mwaka nibwo RRA yamanitse amatangazo avuga ko iyi nzu y’ ubucuruzi iherereye mu mugi wa Kigali hagati itezwa cyamura none.
Nyuma y’ umunsi RRA itangaje ibi, tariki 12 Nzeri, Rujugiro yatangarije ijwi ry’Amerika ko kugurisha inzu ye mu (…) -
Bugesera: Bari guhinga ibijumba nk’umuti w’inzara, imirire mibi n’ihindagurika ry’ikirere
7 November 2019, by UbwanditsiBinyuze mu mushinga wo guteza imbere ubuhinzi bw’imbuto n’ibunyabijumba hagamijwe kurwanya ubukene no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere uterwa inkunga na PNUD/GEF /SGP koperative Facoc yo mu murenge wa Gashora Akarere ka Bugesera bahawe imbuto y’imigozi y’ibijumba yo mu bwoko bwa Kabode yera ibijumba bikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye.
Umuryango.rw
Inzoga ya Leffe ubu irahari mu Rwanda ku giciro cyiza, ni imwe mu nzoga nke ku isi zitagira umufuke
Karongi:Umusirikare yarashe umwe mubo ashinja kumwambura aramwica