Umuryango wa Egide Kayitasire uri mu byishimo watewe no kuba urukiko rw’ ibanze rwa Kibeho rwategetse ko afungurwa by’ agateganyo.
Ku isaha ya saa munani kuri uyu wa Kane tariki 22 Kamena nibwo urukiko rw’ ibanze rwa Kibeho rwategetse ko Egide Kayitasire wahoze ari umunyamabanga nshingwabikorwa w’ Akarere ka Nyaruguru afungurwa by’ agateganyo.
Ni nyuma y’ aho mu minsi ishize Kayitare yari yitabye uru rukiko aburanishwa ku ifungwa n’ ifungurwa ry’ agateganyo mbere y’ uko urubanza (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Egide wari gitifu wa Nyaruguru akanyamuneza ni kose nyuma yo gufungurwa by’ agateganyo
22 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Startimes izereka abakiriya bayo imikino ya nyuma yo mu matsinda ya Europa League yihariye ku makipe yo mu Bwongereza
7 December 2020, by Dusingizimana RemyNyuma y’akazi gakomeye kakozwe mu mikino yabanje ya UEFA Europa League,amakipe 3 yo mu Bwongereza yamaze kubona itike yo kwerekeza mu mikino ya 1/32 ari nayo mpamvu azajya mu mikino y’umunsi wa nyuma nta mihangayiko.
-
Polisi yarahiriye guhiga bukware abazunguzajyi, uwaba aziranye n’umuzunguzajyi amuburire abihagarike (Video)
23 August 2017, by UbwanditsiUmuyobozi w’Umujyi wa Kigali Pascal Nyamurinda ndetse n’Umuvugizi wa Polisi ACP Theos Badege batangaje ko hagiye gukoreshwa imbaraga n’uburyo bitari bisanzwe bikoreshwa mu kurwanya abazunguzajyi ndetse no guca ubuzunguzajyi burundu mu Mujyi wa Kigali.
Mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa gatatu, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yabwiye itangazamakuru ko ubuzunguzagi buteza ikibazo gikomeye cyo gucuruza mu kajagali binateza ingaruka mbi zikomeye ku bukungu bw’Igihugu.
Yongeyeho (…) -
The Europa League run looks likely to continue
4 May 2021, by UbwanditsiEnglish and Spanish clubs have long dominated the Europa League and the last team from outside those two countries to win the prestigious competition was Porto, who beat Braga in an all-Portuguese final in 2011.
-
Umunyarwanda umwe muri babiri ntabwo yishimiye ikiciro cy’ ubudehe arimo
2 February 2018, by Nsanzimana ErnestUbushakashatsi ku ishusho y’uko abaturage babona imiyoborere n’imitangire ya serivisi mu nzego zibegereye bwa 2017 bwerekanye ko abaturage 50% bishimiye ibyiciro by’ ubudehehe bashyinzwemo abandi 50% ntibabyishimiye.
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) ubu bushakshatsi rwabumuritse none tariki 2 Gashyantare 2018.
Mu biganiro mu matsinda, hari abaturage bagaragaje ko bishimiye icyiciro cy’ubudehe barimo. Abatacyishimiye bagiye babivuga muri aya magambo “Usanga gahunda nyinshi (…) -
Rusizi: Abageni bari bamaze iminsi barushinze bahiriye mu nzu umugabo yitangira umugore we utwite ngo adashya
15 December 2021, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Ngabonziza Eric n’Umugore we Icyimanizanye Jeannette bari bamaze iminsi mike bashyingiranwe bahiriye mu nzu bakodeshaga ariko abaturanyi batabara batarapfa bajyanwa kwa muganga.
-
Habineza yatsinzwe amatora atekereza guhita akuramo ake karenge mu gukina politiki
10 August 2017, by Iyamuremye JanvierUmuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda), Dr Frank Habineza wari mu bahatanira kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi avuga ko yatsinzwe amatora y’umukuru agahita atekereza kuva muri Politiki burundu.
Mu kiganiro na IGIHE, Uyu mugabo washakanye na Kabarira Edith yavuze bimwe mu bikomereye ishyaka rye nyuma yo gutsindwa amatora birimo no kuba batarashobora kwishyura amafaranga y’inguzanyo bafashe kugirango ibikorwa byo (…) -
Minisitiri Uwacu yagaragaje ko afite impano yo kuririmba [VIDEO]
23 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Umuco na Siporo Uwacu Julienne yaririmbye agace gato k’ indirimbo mu rwego rwo kugaragaza impano ye bituma abakumvishe bemeza ko afite ubuhanga mu kuririmba.
-
Tariki 3 Nzeli 2018 abanyeshuri ba Primaire na Secondaire ntabwo baziga
29 August 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ Uburezi yatanze konje ku banyeshuri biga mu mashuri abanza n’ ayisumbuye tariki 3 Nzeli 2018 kubera amatora y’ abadepite.
-
Menya ibyahishwe ku rukundo rwihariye ruri kuvuza ubuhuha hagati ya The Ben na Marina-AMAFOTO
24 August 2017, by Martin MunezeroInkuru duheruka kubagezaho y’urukundo rwihariye The Ben agirana na Marina ariko nyuma bakaza kubihakana,nyamara ibimenyetso simusiga byageze hanze bihamiriza urukundo rudasanzwe rwaba bombi ndetse binavugwa ko The Ben ari nawe ntandaro yo gutandukana kwa Marina n’umusore nawe w’umuhanzi ariko mu njyana ya Hip Hop uzwi nka Edisha. Kuwa 22 Kanama uyu mwaka nibwo umuhanzikazi nyarwanda uri kuzamuka uzwi nka Marina yagiranye ikiganiro na Inyarwanda,aho yatangaje ko muzika ariyo yatumye (…)
Umuryango.rw
Rusizi: Abageni bari bamaze iminsi barushinze bahiriye mu nzu umugabo yitangira umugore we utwite ngo adashya