U Rwanda ni igihugu benshi batangarira bitewe no kwihuta mu ikoranabuhanga no kwihuta mu iterambere. Ni igihugu abenshi bafata nk’ intangarugero ku rwego rw’ Afurika no mu Isi muri rusange.
U Rwanda muri 2007 rwashyizeho itegeko rirengera abafite ubumuga ndetse rwanashyize umukono ku masezerano mpuzahanga arengera abafite ubumuga.
Kuri uyu wa 3 Ukuboza 2017, ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’ Isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’ abantu bafite ubumuga, abo mu Rwanda bagaragaje ko bishimira (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
U Rwanda nta modoka n’ imwe rufite yorohereza abantu bafite ubumuga
4 December 2017, by Nsanzimana Ernest -
Reba isengesho ryose basengeye Perezida Paul Kagame warahiriye kuyobora u Rwanda
18 August 2017, by Martin MunezeroUbwo yasengeraga Perezida Kagame ugiye kuyobora u Rwanda mu myaka irindwi iri imbere, Mufti w’u Rwanda Sheikh Hitimana Salim yashimiye Imana ko yahaye amahoro u Rwanda mu gihe cy’amatora kandi ko yaruhaye umuyobozi abaturage bifuzaga, abari muri sitade ntibihanganira ko hari hagati mu isengesho bakoma amashyi y’urufaya.
Mu isengesho rye ryibanze ku magambo aboneka muri Korowani avuga ko iyo umuntu akoze neza agomba gushimwa kandi ko mu gihe utabasha gushima umuntu n’Imana uba utayishima, (…) -
Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri w’ intebe mushya yizeza Abanyarwanda kurara bamenye abagize guverinoma nshya
30 August 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa 30 Kanama 2017 yakiriye indahiro ya Minisitiri w’ intebe mushya w’ u Rwanda Ngirente Edouard avuga ko kuri uyu mugoroba abaminisiti bashya barara bamenyekanye.
Mu masasita nibwo Perezidansi y’ u Rwanda yashyize ahagaragara itangazo ry’ uko Perezida Kagame yagize Edouard Ngirente Minisitiri w’ intebe.
Saa kumi z’ umugoroba Perezida yakira indahiro ya Minisitiri w’ intebe mushya. Muri uyu muhango Perezida Kagame yashimiye Edouard (…) -
Urukiko rwategetse ko Rashid Hakuzimana afungwa iminsi 30 y’agateganyo
22 November 2021, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Hakizimana Abdul Rashid afungwa iminsi 30 y’agateganyo, mu gihe agikorwaho iperereza ku byaha akurikiranyweho birimo icyo gupfobya no guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’icyo gukurura amacakubiri muri rubanda.
-
U Rwanda rwasubije abarunenze gushora menshi muri Arsenal kandi rwakira inkunga
26 May 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda yavuze ko abanenze u Rwanda kuba rugiye gushora miliyoni z’ amayero mu kwamamaza ubukerarugendo binyuze ku ikipe y’ Arsenal batifuriza u Rwanda iterambere.
-
Umusore akurikiranyweho gusambanya abanyeshurikazi abarangiwe na mugenzi wabo
12 June 2017, by Nsanzimana ErnestUmusore utatangajwe amazina wo mu murenge wa Remera mu karere ka Gatsibo ari mu maboko ya polisi akurikiranyweho gusambanya abanyeshurikazi bo muri G. S. Bugarura abarangiwe n’ umunyeshurikazi mugenzi wabo.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Remera, Mukamana Marceline yatangaje ko hafashwe abasore babiri n’umukobwa umwe, ariko uwo mukobwa aza kurekurwa, abo basore bashyikirizwa polisi.
Nyuma yo kugezwa kuri polisi, umwe muri abo basore na we yararekuwe, hasigara umwe polisi (…) -
Frank Habineza yavuze ko batishimiye ibyavuye mu matora nk’ uko bari babyiteze, anifuriza amahirwe umukandida wa FPR
5 August 2017, by Nsanzimana ErnestDr Frank Habineza wari uhagarariye ishyaka riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda watsinzwe amatora y’ umukuru w’ igihugu ya 2017 yashimiye Paul Kagame watsinze amatora nk’ uko byagaragajwe n’ amajwi y’ ibanze.
Dr Habineza yavuze ko ishyaka ahagarariye ryatangiye ibikorwa byo kwiyamamaza harimo ibibazo ngo gusa ibi bibazo byaje gukemuka ibikorwa byo kwiyamamaza bikomeza neza.
Ibi Frank Habineza yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’ Abanyamakuru kuri uyu wa Gatandatu (…) -
Abanyamategeko bakomeye muri Uganda basabye Leta kurekura Abanyarwanda baherutse gufatwa
30 May 2019, by Dusingizimana RemyItsinda ry’abanyamategeko bakomeye muri Uganda ryasabye Leta ya Museveni kurekura abanyarwanda 2 baherutse gufatirwa muri iki gihugu bagiye mu birori bya batisimu,bakabafungira ahantu hatazwi.
-
Watch Emirates FA Cup on StarTimes - Top clubs chasing a Wembley date
16 July 2020, by UbwanditsiBy Peter Auf der Heyde
This weekend football fans will enjoy the Semi Finals of the Emirates FA CUP. Arsenal vs Manchester City match will be on 18 July 2020 at 20:45 CAT on ST World Football Manchester United vs Chelsea match is on 19 July 2020 at 19:00 CAT on ST World Football.
Classic, Smart, Unique, Super, and Max bouquet subscribers will be stuck on their chairs watching the battle of wembley enjoying the best players FA CUP semi-finals can offer.
If you are not subscribed pay (…) -
Imihanda itumukamo umukungugu n’abaturage badafite ubuzima bwiza biraza kuba amateka-Kagame I Burera
31 July 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame, Umukandida wa FPR Inkotanyi ushyigikiwe n’ amashyaka 8 wiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika yabwiye abatuye akarere ka Burera no mu nkengero zako ko nyuma y’amatora hari ibintu bizaba amateka.
Uyu mukandida yavuze ko muri byo harimo imihanda mibi n’ ubuzima bubi ku baturage. Yavuze ko uburezi buzatezwa imbere bikajyana no gukundisha Abanyarwanda umurimo.
Yagize ati “Imihanda ureba itumukamo umukungu iraza kuba amateka. Guhera itariki enye ukwezi kwa munani ubwo (…)
Umuryango.rw
Urukiko rwategetse ko Rashid Hakuzimana afungwa iminsi 30 y’agateganyo
Watch Emirates FA Cup on StarTimes - Top clubs chasing a Wembley date