Minisitiri w’ ubutabera akaba n’ intumwa nkuru ya Leta yavuze ko impanuka ziterwa n’ abantu atari Imana yaziremye yongeraho ko kuzirinda bishoboka kandi byoroshye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Minisitiri Busingye yagaragaje ibintu 2 bikenewe ngo impanuka zo mu muhanda zishire
22 November 2018, by Nsanzimana Ernest -
Umva imyato y’abahoze ari imbata z’ibiyobyabwenge muri Kigali, ngo bageze kuri byinshi
25 June 2017, by Ferdinand DukundimanaUrubyiruko rwahoze runywa ndetse rugacuruza ibiyobyabwenge mu duce tunyuranye tw’Umujyi wa Kigali, ruratangaza ko rumaze kugera ku iterambere rishimishije, ku buryo rushishikariza bagenzi babo bakibyishoramo kubireka. Barabasaba kwitabira gahunda nziza zashyizweho n’ubuyobozi bw’igihugu zigamije guteza imbere imibereho myiza y’abaturage.
Ubwo Polisi yasuraga bamwe muri bo bakora imyuga itandukanye irimo ububaji, mu “Gakiriro ka Gisozi” mu karere ka Gasabo; yaraganiriye nabo.
Kwizera (…) -
Minisitiri Munyeshyaka agiye gukurikirana ubutaka Kenya yahaye u Rwanda ikiyoborwa na Arap Moi
8 September 2017, by Nsanzimana ErnestVincent Munyeshyaka wagizwe Minisitiri w’ ubucuruzi n’ inganda yatangaje ko agiye gusoma neza iby’ ubutaka u Rwanda rwahawe na Kenya Umunyakenya akabizamo ubu bukaba buri mu manza.
Mu myaka wa 1986 ubwo Kenya yayoborwaga na Daniel Arap Moi, Kenya yahaye u Rwanda ubutaka bungana na hegitari 12 ku cyambu cya Mombasa.
Ubu butaka bwaje kujya mu manza ubwo Umunyakenya Salad Awale ukorera i Mombasa yatangazaga ko ari ubwe, ndetse ko afite ibyangombwa bibumwemerera kubukoresha mu gihe cy’imyaka (…) -
Leta y’ u Rwanda yahagaritse imiti yavaga mu Buhinde n’ Ubushinwa itujuje ubuziranenge
11 December 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda (FDA) cyahagaritse ikoreshwa n’icuruzwa ry’ubwoko bubiri bw’imiti yifashishwa mu kuvura kuva kw’amaraso gukabije ku mubyeyi umaze kubyara, nyuma yo gukemanga ubuziranenge bwayo.
-
‘Kwirinda Ebola birasaba isuku no gutanga amakuru ku gihe’ – Minisitiri Gashumba
7 August 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ubuzima Dr Diane Gashumba yatangaje ko ku Rwanda gukumira Ebola bishoboka cyane kuko rudafite inkende zibika virus iyitera.
-
Abakinnyi bose b’ikipe ya Isonga Fc bahagaze imbere y’Iteraniro mu rusengero rwa ADEPR maze bashima Imana
19 June 2017, by Martin MunezeroAmakuru agera ku kinyamakuru cy’umuryango.rw ngo nuko kuri iki cy’umweru abakinnyi ba ISONGA FC bahagaze imbere y’Iteraniro mu Rusengero rwa ADEPR ya Remera bashima Imana ko yabafashije kuva mu kiciro cya kabiri bakaba bageze mu cya mbere muri Shampiyona y’u Rwanda.
Aba bakinnyi barengaga 16 baherutse no kubatirizwa muri uru rusengero rwa ADEPR ya Remera,bivugwa ko ngo bahiguraga umuhigo wabo dore ko banakunze kwitabira na gahunda z’Itorero zirimo n’iz’amasengesho yo kuwa Gatanu ategurwa (…) -
2019 abarenga ibihumbi 3 bazatangira kwivuriza mu bitaro by’ akarere ka Nyarugenge
9 February 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatanu tariki 9 Gashyantare nibwo abayobozi barimo na Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba bashyize ibuye ry’ ifatizo aharimo kubakwa ibitaro by’ akarere ka Nyarugenge bavuga ko igice cya mbere kizaba cyuzuye umwaka utaha wa 2019.
Ubusanzwe aka karere nta bitaro by’ akarere kagiraga. Ibi byatumaga abaturage bo muri aka karere bahawe kwivuriza mu bitaro by’ akarere bahita bajya mu bitaro bikuru bya Kaminuza CHUK cyangwa bakajya ku bitaro byo ku Muhima. Ibitaro bya Muhima (…) -
MINAGRI yatangaje ikishe ya mafi yo muri Mukungwa
9 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ Ubuhinzi n’ Ubworozi mu Rwanda yatangaje ko amafi yo muri Mukungwa yishwe n’ imyanda yavuye mu zimwe mu nganda zo mu ntara y’ amajyaruguru gusa yirinda gutangaza izo nganda izo arizo.
-
Umuryango Sinapisi Rwanda wigeze kwakira ubutumwa buvuye kuri George W. Bush wizihije isabukuru y’ imyaka 25
10 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmuryango Sinapisi Rwanda kuri uyu wa 9 Ukuboza 2017 wizihije imyaka 25 ishize ufasha abatishoboye, Sengayire wawushinze arashimwa bikomeye n’ abo yafashishije bakongera guseka bari bugarijwe n’ ibibazo.
Uyu muryango washinzwe mu 1992, na Sengayire Jean Baptiste. Abatangabuhamya bavuga ko yawushinze adafite amikoro.
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika wacyuye igihe George W. Bush ubwo aheruka gusura u Rwanda muri 2008 yaganirijwe ku bikorwa bya Sinapisi Rwanda ageze iwabo muri (…) -
ADEPR: Bishop Sibonama, Rwagasana na bagenzi babo bireguye kubyaha baregwa
29 October 2018, by Nsanzimana ErnestAbahoze ari abayobozi ba ADEPR 12 bari Bishop Tom Rwagasana na Bishop Sibomana Jean kuri uyu wa Mbere tariki 29 Ukwakira 2018 bitabye urukiko ngo bisobanure ku byaha bakurikiranyweho birimo kunyereza umutungo no gukoresha impapuro mpimbano.
Umuryango.rw
Umva imyato y’abahoze ari imbata z’ibiyobyabwenge muri Kigali, ngo bageze kuri byinshi