Umunyapolitiki akaba n’ umuyobozi mukuru w’ itorero ry’ igihugu Edouard Bamporiki yavuze ukuntu yigeze kujya gusengera mu gihuru Imana ikamutumaho umuhanuzi akamubwira ibintu bikomeye agereranyije n’ ubuzima yari abayemo anavuga uko yabyitwayemo nyuma yo kumva ubwo buhanuzi.
Bamporiki nk’ uko akunda kubyivugira ni umukiristu wo mu itorero ADEPR, abenshi bakunda ikiganiro bye bitewe n’ uko akunda gutanga ubuhamya bugaragaza aho Imana yamukuye bugakora ku mitima ya benshi.
Tariki 26 (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Bamporiki yavuze uko yakiriye ubuhanuzi Imana yamuhereye mu gihuru
28 December 2017, by Nsanzimana Ernest -
Startimes yongeye guha abakunzi b’imikino ibyishimo ibereka umukino wa nyuma wa FA Cup
27 July 2020, by Dusingizimana RemyAbafatabuguzi ba Startimes bongeye gushyirwa igorora kuko Kuwa Gatandatu tariki ya 01 Kanama 2020 bazareba umukino wa nyuma wa w’igikombe cy’Ubwongereza FA Cup uzahuza ibihangange birimo Arsenal na Chelsea FC.
-
Perezida Kagame yazamuye mu ntera bamwe mu basirikare barwanira mu kirere
6 February 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yamaze kuzamura mu ntera yo hejuru abasirikare 16 bo mu ngabo zirwanira mu kirere aho yabakuye ku ntera yo hasi cyane,abasimbutsa amapeti menshi, abagira aba Ofisiye.
-
Kigali: Abaganga babiri batawe muri yombi bazira gutera ikinya umurwayi agahita apfa
19 November 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere taliki ya 18 Ugushyingo 2019, abaganga babiri bakora muri Baho International Hospital batawe muri yombi bakurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi budaturutse ku bushake nyuma y’uko bateye ikinya umurwayi bikarangira yitabye Imana.
-
Nyamagabe yabonye meya mushya usimbura Mugisha Philbert
9 February 2018, by Nsanzimana ErnestUwamahoro Bonavanture niwe watorewe kuba Umuyobozi w’ Akarere ka Nyamagabe atsinze arusha cyane Mujawayezu Louise bari bahanganiye uyu mwanya.
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Marie Rose Mureshyankwano ni umwe mu bitabiriye aya matora. Uwamahoro yabonye amajwi 324 kuri 337 bagombaga gutora naho Mujawayezu Louise agira amajwi 13 gusa.
Uwamahoro yasimbuye Mugisha Philbert wegujwe na njyanama y’ akarere ka Nyamagabe tariki 18 /11/2017 nyuma yo gutabwa muri yombi na polisi y’ u Rwanda. (…) -
Kigali: Polisi yagobotse abaturage bakoraga urugendo rw’ isaha bajya gushariza telefone
23 May 2017, by Nsanzimana ErnestAkanyamuneza kari kose ku baturage bo mu mudugudu wa Mpanga akagari ka Kanzenze umurenge wa Mageragere wo mu karere ka Nyarugenge bahawe umuriro ukomoka ku mirasire y’ izuba na polisi y’ u Rwanda muri gahunda y’ icyumweru cyahariwe ibikorwa bya polisi "Police week".
Kuri uyu wa Kabili tariki 23 Gicurasi 2017 nibwo hatashwe ku mugaragaro uwo muriro wahawe ingo 114 mu ngo 157 zigize umudugudu wa Mpanga.
Abaturage bahawe uwo muriro bavuga ko hari byinshi ugiye guhindura ku mibereho yabo ya (…) -
ADEPR: Bafukuraga Yorudani mu rusengero basangamo umurambo
14 December 2017, by Nsanzimana ErnestItorero pantekote mu Rwanda ADEPR ryemeje amakuru avuga ko mu karere ka Rubavu ubwo bacukuraga mu rusengero imbere ngo bubakemo yorudani basanzemo umurambo.
Uyu murambo wabonetse saa tatu na 20 zo mu gitongo cyo ku wa 12 Ukuboza 2017, mu murenge wa Mudende Akagari ka Rungu Umudugudu wa Bihe. Uyu murambo wabonetse bageze muri metero ebyiri ngo ni uw’ umugabo.
Umuvugizi mukuru wa ADEPR Rev. Karuranga Ephraim yatangarije UMURYANGO ko uwo murambo ari uw’ umuntu wapfuye muri 1994.
Yagize (…) -
Karongi: Umuyobozi w’ikigo cy’amashuri abanza yakubiswe n’inkuba yamusanze iwe arapfa
17 December 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’Ikigo cy’amashuri abanza kitwa Ecole Secondaire Nyaruyaga kiri mu kagari ka Gitabura mu Murenge wa Twumba muri Karongi witwa Damascene Ngayabarambirwa yaraye akubiswe n’inkuba imusanze iwe arapfa.
-
Umujyi wa Kigali ugiye kongera ubukangurambaga ku kurwanya itabi
16 November 2017, by Iyamuremye JanvierUmujyi wa Kigali n’abafatanyabikorwa bawo bavuga ko bagiye kongera ingufu mu bukangurambaga bugamije kurwanya itabi aho abantu bagenda, aho bakorera ndetse n’aho batuye. Umuyobozi w’uyu mujyi wa Kigali Pascal Nyamulinda, avuga ko kunywa itabi ari ikibazo gikomeye gikwiye guhagurukirwa kugirango abaturage bagire ubuzima bwiza.
Nubwo u Rwanda ari kimwe mu bihugu bibuza abantu kunywera itabi mu ruhame, haracyagaragara ababirengaho bakanywera itabi mu ruhame harimo isegereti cyangwa ibyitwa (…) -
Nyarugenge: Abagizi ba nabi bakase ijosi umusore barangije bamutwikisha lisansi
7 January 2020, by Dusingizimana RemyUmusore witwa Kabayiza Jean Paul uri mu kigero cy’imyaka 23 yabonetse hafi y’irimbi rya Nyamirambo yakaswe ijosi, yanatwitswe hakorejejwe lisansi.
Umuryango.rw
Startimes yongeye guha abakunzi b’imikino ibyishimo ibereka umukino wa nyuma wa FA Cup
Karongi: Umuyobozi w’ikigo cy’amashuri abanza yakubiswe n’inkuba yamusanze iwe arapfa