Ijambo Julius Malema yavugiye mu kiriyo cyo gusezera mu cyubahiro nyakwigendera Winnie Mandela I Johannesburg, ahari hakoraniye imbaga y’abantu baturutse imihanda yose, ryakije umuriro hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga bamuvuga ibigwi n’ibyiza babona bimurimo batibagiwe n’ibimukwiye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Ijambo Julius Malema yavugiye ku kiriyo cya Winnie Mandela ryatumye yitwa igihangage avugwa ibigwi n’ibyiza babona bimurimo
14 April 2018, by Martin Munezero -
I Karembure muri Kicukiro akarere karimo kubakayo ishuri ribanza ry’ igorofa
30 January 2018, by Nsanzimana ErnestKarembure ni akagari ko mu murenge wa Gahanga,umwe mu mirenge igize akarere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali. Aka kagari kimwe n’ utundi twose two muri aka karere karimo kuzamukamo ibikorwa bitandukanye by’ iterambere birimo imihanda n’ inyubako zitanukanye kandi zigezweho.
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa igishushanyo mbonera no kunoza imiturire mu karere ka Kicukiro, umushoramari witwa Gahakwa arimo kubaka amazu agezweho mu murenge wa Gahanga arinaho akarere karimo kubaka ishuri ribanza rya (…) -
MINECOFIN yasubije abumva ko umusaruro uzagabanuka kubera leta yagabanyije amasaha y’akazi
12 November 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi,Dr.Uzziel Ndagijimana yavuze ko kuba abakozi bazajya batangira akazi saa tatu za mu gitondo, bizatanga umusaruro aho kuwugabanya nkuko bamwe babitekereza.
Mu kiganiro na RBA,Minisitiri Ndagijimana,yavuze ko igituma umuntu abona umusaruro atari amasaha yakoze ahubwo ari ubumenyi n’amahugurwa afite mu kintu
Ati "Gutangira saa tatu biraha imiryango umwanya wo kwita ku bana,kubagenera ibihagije no kubageza ku ishuri.Birajyanye rero.Niba amashuri atangiye (…) -
Mugisha Samuel yegukanye Tour du Rwanda 2018
12 August 2018, by Dusingizimana RemyAzzedine Lagab niwe wegukanye agace ka nyuma ka Tour du Rwanda 2018 asize Lozano Riba David na Munyaneza Didier gusa Mugisha Samuel yabashije gucunga abo bari bahanganye ntiyatakaza igihe byatumye yegukana Tour du Rwanda 2018.
-
Urubuga www.job.rw ushobora kurubonaho amakuru yose ukeneye y’akazi, amasoko ndetse n’icyamunara
6 July 2020, by UbwanditsiKu bantu bashaka akazi, ba rwiyemezamirimo bashaka amasoko cyangwa se abashaka kwigurira imitungo inyuranye iba iri mu cyamunara mu Rwanda ntibikiri ngombwa kwigora kuko gusura urubuga rwa internet www.job.rw bigubafasha kubona amakuru aba agezweho y’akazi, amasoko n’ibyamunara biba biri hirya no hino mu gihugu.
Mu ntangiriro z’ukwezi kwa kabiri nibwo company yitwa Loop Technologies yatangije urubuga www.job.rw rugamije guha abantu banyuranye amakuru anyuranye ku byabateza imbere harimo (…) -
Abamotari bakemuriwe ibibazo by’ingutu byatumye bigaragambya
25 February 2022, by Dusingizimana RemyAbamotari bo mu Mujyi wa Kigali bagiye guhurira mu nama n’ubuyobozi mu nzego zirimo za Minisiteri, Polisi, RURA n’izindi, kuri Stade ya Kigali, i Nyamirambo.
Muri iyi nama hafatiwemo imyanzuro y’ingenzi irimo ko:
Koperative z’abamotari mu Mujyi wa Kigali zari 41 zakuweho hasigara eshanu.
Ikoreshwa rya mubazi ni itegeko ariko ibirometero bibiri bya mbere ni 400 Frw.
Imisanzu abamotari batangaga mu makoperative nayo yakuweho.
Hanafashwe umwanzuro ko ibirarane abamotari babereyemo (…) -
U Rwanda rugiye kwakira abimukira b’u Bwongereza bose batagira ibyangobwa
14 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROLeta y’U Rwanda yemeranyije n’uyu Bwongereza kwakira impunzi n’abimukira binjiye muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko aho bazafashwa kongera kubaho neza, ababishaka basubire mu bihugu baturukamo.
-
Amezi abaye atanu umuraperi nyarwanda P-Fla ari mu gihome,gusa nubwo afunze hari abo anenga cyane(AMAFOTO)
20 June 2017, by Martin MunezeroUmuraperi Hakizimana Murerwa Amani uri muri Gereza ya 1930 i Mageragere, aratangaza ko yababajwe bikomeye n’uburyo abakunzi be birirwa babaza amakuru ye nyamara bazi ko afunze bakaba batamusura.
Tariki ya 13 Ukuboza 2016 nibwo Pfla yatawe muri yombi, yafashwe anywa ikiyobyabwenge cya Héroïne kizwi ku izina rya Mugo, tariki ya 20 Mutarama 2017 nibwo yahamijwe iki cyaha Urukiko rumukatira umwaka umwe w’igifungo nyuma yo kuburana agatsindwa.
Ubungubu amezi abaye 5 P fla afungiye i (…) -
‘Birabujijwe kwirukana umunyeshuri azira ko yatwaye inda’ Minisitiri Nyirasafari
15 June 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Uburinganire n’ Iterambere ry’ umuryango yatangaje ko bibijijwe ko umunyeshuri yirukanwa azizwa ko yatwaye inda ari ku ishuri nyamara ahenshi iyo umunyeshuri atwaye inda ahita yirukanwa hakaba n’ ubwo ahise atakaza uburenganzira bwe bwo kwiga.
-
“Hamagara abantu wizeye bagufashe gukura ibyo bibazo biri ku umutwe wawe maze babitereke ku umutwe wa Yesu Kristo ( igice cya 2)”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
18 June 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
Umuryango.rw
MINECOFIN yasubije abumva ko umusaruro uzagabanuka kubera leta yagabanyije amasaha y’akazi
Urubuga www.job.rw ushobora kurubonaho amakuru yose ukeneye y’akazi, amasoko ndetse n’icyamunara
Abamotari bakemuriwe ibibazo by’ingutu byatumye bigaragambya
U Rwanda rugiye kwakira abimukira b’u Bwongereza bose batagira ibyangobwa