Ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru buravuga ko umuyobozi ushinzwe ubuhinzi mu murenge wa Nyabimata witwa Bikorimana Gilbert na we yafatanywe imifuka 15 y’imbuto y’ibirayi,na 12 y’ifumbire byari bigenewe abaturage,aho uyu Agronome yabikije ku muturage ngo bazagabane.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nyaruguru: Undi Agronome yafashwe yanyereje imbuto n’ifumbire by’abaturage
18 May 2020, by Dusingizimana Remy -
Nkurunziza ubwo aheruka mu nama y’ abakuru b’ ibihugu Niyombare yari amuhiritse ku butegetsi, ntabwo yagiye Uganda
22 February 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ U Burundi Pierre Nkurunziza ntabwo yitabiriye umwiherero w’ abakuru b’ ibihugu bigize Umuryango w’ Afurika y’ Iburengerazuba urimo kubera I Kampala muri Uganda.
Abakuru b’ ibihugu bitabiriye uyu mwiherero ni Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta, Salva Kiir wa Sudani y’ Epfo , Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni na John Pombe Magufuli wa Tanzania.
Ni umwiherero wibanda ku kurebera hamwe ibikorwa remezo bimaze kugerwaho mu rwego rw’ ubuzima.
Muri uyu mwiherero Perezida w’ u (…) -
Umuhanzi Nyarwanda Tom Close n’umugore we Tricia bibarutse umwana wa kabiri(AMAFOTO)
25 June 2017, by Martin MunezeroUmuhanzi Tom Close n’umugore we Niyonshuti Ange Tricia bibarutse umwana w’umuhungu bahaye izina rya Elan. Uyu mwana wabo wa kabiri, aje akurikira imfura yabo y’umukobwa ‘Ineza Ella’ bibarutse tariki 16 Kanama 2014.
Kuri uyu wa 25 Kamena 2017 ahagana isaa Sita z’amanywa,ni bwo Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close yatangarije inshuti ze inkuru nziza y’uko yibarutse ubuheta. Tom Close akoresheje urubuga rwa Instagram yasabye inshuti z’umuryango we gufatanya nabo gushima Imana kuko yabahaye (…) -
Umubyeyi ubyara Miss Mwiseneza Josiane yapfiriye muri Uganda
23 July 2019, by Martin MunezeroMwiseneza Josiane wabaye Nyampinga ukunzwe mu mwaka wa 2019 (Miss Popularity 2019), yagize ibyago byo kubura Se witabye Imana ari mu gihugu cya Uganda.
-
Nyuma y’iminsi 10 Miss Rwanda 2019 Nimwiza Meghan atowe twamusuye: ni nde mu bamubanjirije akunda cyane, umushinga we yarawutangiye? Byinshi mu kiganiro twagiranye (Video)
5 February 2019, by UbwanditsiTaliki 4/2/2019 Umuryango wagiranye ikiganiro kihariye na Nyampinga w’u Rwanda 2019 Miss Nimwiza Meghan kibanda kuri bimwe mu bibazo bijyanye n’umushinga we yamuritse igihe yiyamamazaga, ubuzima bwe bwite, amateka yari asanzwe afite ku iri rushanwa yatsinze n’ibindi.
-
Nyaruguru: Gitifu w’umurenge wa Busanze ’arafunze’ akekwaho kubangamira abiyamamaza
21 July 2017, by Iyamuremye JanvierPolisi y’u Rwanda iratangaza ko umutekano wifashe neza muri iki gihe cy’amatora, haba ahabera ibikorwa byo kwiyamamaza, no mu bikorwa byo gutwara abantu bajya cyangwa bava muri ibyo bikorwa.
Polisi y’u Rwanda ariko ikaba isaba abantu bose cyane cyane abayobozi b’inzego z’ibanze ku nzego zose n’abaturage ko amategeko agenga amatora agomba kubahirizwa kandi ko abakandida bose , iyo bamaze kwemererwa na Komisiyo y’amatora ko bakwiyamamaza, baba bafite uburenganzira bumwe haba mu gihe cyo (…) -
"STOP ! STOP ! STOP SATANI NAKUBONYE": Rev./Ev. Eustache Nibintije
22 May 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi bashya batarahiye tariki 31 Kanama
11 September 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere tariki 11 Nzeri 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi barimo Abaminisitiri babiri, umunyamabanga wa Leta, umuvunyi mukuru ndetse n’ abadepite babiri basimbuye abari abadepite bahawe indi mirimo.
Abo bayobozi ni Minisitiri w’ imari n’ igenamigambi Amb. Claver Gatete, Minisitiri w’ ikoranabuhanga Jean Philbert Nsengimana, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika (…) -
Rayon Sports yimuye italiki yagombaga gutangarizaho umutoza wayo mushya
20 September 2019, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze kwimura igihe bwagombaga gutangariza ku mugaragaro umutoza mushya usimbura Robertinho watandukanye nayo mu minsi ishize.
-
Karongi: Abahitanywe n’ umusozi waridutse bamaze kuba 12
7 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu murenge wa Rwankuba mu karere ka Karongi habaye ikiza gikomeye aho umusozi waridutse bitewe n’imvura myinshi yaraye igwa. 12 nibo byamaze kumenyekana ko bahitanywe n’ iki kiza 8 bakomeretse gusa imibare ishobora kwiyongera kuko hari abagishakiswa.
Ibi byabaye mu midugudu itandukanye yo mu murenge wa Rwankuba ho mu karere ka Karongi mu ntara y’ iburengerazuba ubwo imvura yaguye mu ijoro ryakeye igatuma umusozi wa Karongi uriduka ku buryo bukomeye ukagwira amazu y’abaturage bamwe muri bo (…)
Umuryango.rw