Dr Haron Mwangi umushakashatsi wahoze ari umuyobozi mukuru w’ inama nkuru y’ itangazamakuru muri Kenya yavuze ko impamvu muri Afurika abenshi mu bakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika batsindwa amatora bakavuga ko amatora yabayemo uburiganya ari uko gutsindwa amatora birura.
Uyu mushakashatsi yabitangarije mu kiganiro yahaye abanyamakuru bitabiriye amahugurwa yari agamije gufasha abanyamakuru kumva no gusobanukirwa itegeko ry’ itora n’ andi mategeko agenga amatora mu Rwanda.
Aya (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
“Gutsindwa amatora y’ umukuru w’ igihugu birarura” Dr Mwangi
1 July 2017, by Nsanzimana Ernest -
Meya Nambaje arashinjwa ko yanze guhemba umushoferi we amezi 9 amwishyuje aramukubita
10 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Akarere ka Ngoma Aphrodis Nambaje aravugwaho ko yanze kwishyura umushoferi bamaranye imyaka ine bagatandukana amukubise kuko ashatse kumwishyuza amezi 9 amurimo.
-
Ntawe uzongera kuba mwarimu adatsinze ikizami cy’ Icyongereza n’ Ikoranabuhanga
1 July 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Uburezi, REB, bwatangaje ko bwahagurukiye ikibazo cy’imikoreshereze idahwitse y’ururimi rw’Icyongereza mu barimu bigatuma badindiza abanyeshuri, ku buryo mbere yo kuba abarimu bazajya basabwa gutsinda ikizamini cy’Icyongereza n’ikoranabuhanga.
-
Meya Sinamenye yeguye
29 August 2017, by Nsanzimana ErnestSinamenye Jeremie wari umuyobozi w’ akarere ka Rubavu yeguye ku buyobozi bw’ akarere no ku buyobozi bwa Njyanama y’ akarere.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 29 Kanama 2017 nibwo Sinamenye yashyikirije njyanama y’ akarere ibaruwa y’ ubwegure bwe aho yavuzemo ko yeguye ku mpamvu ze bwite.
Uyu muyobozi yeguye nyuma y’ ukwezi avuye muri gereza aho yari akurikiranyweho kubangamira Mpayimana Philippe ubwo yiyamamarizaga kuyobora u Rwanda.
Meya Sinamenye yarekuwe n’ ubushinjacyaha bufata umwanzuro (…) -
Polisi yerekanye abajura b’ abasirimu bibaga mu mujyi wa Kigali bakoresheje ubwenge
26 August 2018, by Nsanzimana ErnestKuri iki Cyumweru tariki 26 Kanama 2017 polisi y’ u Rwanda yagaragarije itangazamakuru abagabo batatu bakeye bibaga amaduka yo mu mujyi wa Kigali acuruza mudasobwa n’ amatelefone bakoresheje ubwenge polisi ibabwira ko ubwenge bwabo byari kubabera byiza iyo batabukoresha mu bujura.
-
Leta y’ u Rwanda yagurijwe miliyoni 125$ zo kugeza amashyanyarazi ku baturage
4 December 2017, by Ingabire M. GraceKuri uyu wa mbere, u Rwanda rwasinyanye amasezerano na banki y’Isi y’inguzanyo ya miliyoni 125 z’amadolari mu buryo bwo gukwirakwiza amashanyarazi mu baturage. Aya masezerano banki y’isi yagiranye n’u Rwanda, n’Ikiciro cya mbere cy’inguzanyo banki y’Isi yari igeneye u Rwanda, ni mu gihe cy’imyaka itatu ubwo ni miliyoni 375 z’amadolari, ahwanye na miliyari 271rwf. U Rwanda ruzatangira kwishyura iyi nguzanyo nyuma y’imyaka itandatu ku nyungu ya 0.78% bakayirangiza mu myaka 38. (…)
-
CSP Gashagaza uherutse gusezererwa muri polisi y’ u Rwanda yishwe n’ abagizi ba nabi
18 September 2018, by Nsanzimana ErnestUrwego rw’ igihugu rw’ ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko CSP Gashagaza Hubert wari uherutse gusezererwa muri Polisi y’Igihugu, yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri.
-
Joseph Kabila wari Perezida wa Kongo ntabwo aziyamamaza
8 August 2018, by Nsanzimana ErnestEmmanuel Ramazani Shadary, niwe mukandida uzahagararira ihuriro ry’ amashyaka ari ku butegetsi muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Kongo (FCC), mu matora ya Perezida ateganyijwe tariki 23 Ukuboza 2018.
-
Nkundamatch yahishuye agahinda yatewe no gupfusha abana be b’impanga anibasira umucyeba APR FC
28 August 2019, by NIYIGABA DC CLEMENTUbusanzwe amazina ye nyakuri ni Nkundimana Frederick yamenyekanye cyane ku izina rya Nkundamatch w’I Kilinda kubera guhamagara cyane kuma Radio yo mu Rwanda ndetse akaba n’umufana ukomeye wa Rayon sports.
Muminsi ishize nibwo ku rukuta rwe rwa Facebook yashyizeho inyandiko y’akababaro ko yamaze kubura abana be b’impanga umuhungu n’umukobwa.
Yagize ati” Ikibazo nagize cyo kubura Impanga umuhungu n’Umukobwa nibyo koko byarabaye Ariko kubw’amahirwe Umu Chr (Umukunzi) wanjye aracyari muzima (…) -
U Rwanda rwavuze ku biganiro Uganda yagiranye na Gen Kayumba n’aho umubano n’Abaturanyi ugeze
16 March 2022, by Dusingizimana RemyNyuma y’aho Inama y’Abaminisitiri iheruka guterana yemeje ko imipaka yose yo ku butaka ifunguye,u Rwanda rurakataje mu kunoza ubuhahirane n’ibihugu bya Uganda n’Uburundi.
Mu kiganiro abagize Guverinoma bagiranye n’Abanyamakuru uyu munsi,bagarutse ku mubano w’u Rwanda n’ibihugu bitumvikanaga birimo Uganda n’u Burundi.
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente agaruka ku rugendo Lt. Gen Muhoozi aherutse kugirira mu Rwanda n’urwa Minisitiri w’Ingabo, Maj Gen Albert Murasira mu Burundi, yagize (…)
Umuryango.rw
U Rwanda rwavuze ku biganiro Uganda yagiranye na Gen Kayumba n’aho umubano n’Abaturanyi ugeze