Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba
Minisiteri y’ ubuzima mu Rwanda MINISANTE yashyize ahagaragara itangazo rihumuriza Abanyarwanda inabamenyesha ko yiteguye gukumira ko icyorezo cya Ebola kigera mu Rwanda, iyi minisiteri kandi yanagaragarije Abanyarwanda ibyo bagomba gukora kugira ngo barusheho kwirinda icyo cyorezo. Iryo tangazo ryagiye ahagaragara kuri 13 Gicurasi, 2017, nyuma y’ aho Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (WHO), ryemeje ko icyorezo cya Ebola cyagaragaye (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
MINISANTE irahumuriza Abanyarwanda bafite impungege z’ icyorezo cya Ebola cyongeye kwibasira Abanyekongo
13 May 2017, by Nsanzimana Ernest -
Mu mvugo ya kibyeyi, Minisitiri Munyakazi yifurije intsinzi abatangiye icya Leta gisoza abanza
12 November 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 12 Ugushyingo 2018, nibwo abanyeshuri barangije amashuri abanza batangiye ikizami cya Leta, mu mvugo ya kibyeyi Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ Uburezi ushinzwe amashuri abanza n’ ayisumbuye yifurije intsinzi aba banyeshuri.
-
Menya byinshi ku buzima bwa Perezida Kagame n’abakinnyi avuga ko akunda
22 December 2018, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika akaba n’umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe (AU) Paul Kagame yagarutse ahanini ku kwihangira imirimo muri Afurika ku rubyiruko ariko anakomoza ku buzima bwe bwite.
-
Minisitiri Uwacu yerekanye uko Paul Kagame yakijije ab’I Rubavu ‘Gushwiragira’
26 July 2017, by Iyamuremye JanvierMinisitiri w’Umuco na Siporo, Uwacu Julienneushinzwe ibikorwa byo kwiyamamaza bya Paul Kagame, yabwiye abatuye akarere ka Rubavu kuzatora Paul Kagame ku mwanya w’umukuru w’Igihugu bashingiye ku kuba yarabakijije gushwiragira.
Ibi yabitangarije mu karere ka Rubavu ahari hateraniye ibihumbi byaje kumva umukandida wa RPF Inkotanyi. Uwacu avuga ko abaturage ba Rubavu bacyerebutse kuburyo basigaye bazi gukirigita ifaranga.Ngo imihanda ikoze neza kuburyo kugenda ari ukunyerera.
Ngo Paul (…) -
Depite Rwabyoma watutse umuyobozi wa HRW yanamusabiye kwigishwa
30 October 2017, by Nsanzimana Ernest.Depite Rwabyoma yashimangiye ko aticuza kuba yaravuze ko Kenneth uyobora HRW ari imbwa.
. Kenneth uyobora HRW yanenze gahunda yo guca amashashi
-
ADEPR yatoye abayobozi bashya basimbura ba Bishop Sibomana
17 March 2018, by Nsanzimana ErnestBiro nyobozi ya ADEPR
Nyuma y’ amezi icyenda itorero ADEPR riyobowe n’ ubuyobozi bw’ inzibacyuho kuri uyu wa 17 Werurwe 2018 kuri Dove Hotel habereye amatora y’abayobozi batanu bagize biro Nyobozi igomba gusimbura iy’abamaze amezi icyenda bayobora mu nzubacyuho.
Umuvugizi wa ADEPR watowe ni Karuranga Euphrem; Umwungirije Rev. Karangwa John; Umunyamabanga Mukururu, Pasiteri Gatemberezi Muzungu Paul; Ushinzwe ubutegetsi n’imari, Umuhoza Aurélie naho Pasiteri Ntaganda Jean Paul yatorewe (…) -
Uganda yasubije u Rwanda ku bakora ibyaha bagahungirayo n’ umubano urimo agatotsi
22 November 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma ya Uganda yasubije u Rwanda ko ubutumwa bugenewe Uganda rwajya rubunyuza muri kuri ambasaderi wa Uganda mu Rwanda inasaba u Rwanda gutanga amakuru yisumbuye ku kibazo cy’ abakora ibyaha bakajya bagahungira muri Uganda.
-
Ikizami cya Leta muri Primaire ntabwo kigiye kuvaho, ibimaze iminsi bivugwa byavugurujwe
17 May 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yahakanye amakuru amaze iminsi avuga ko ifite gahunda yo gukuraho ibizami bya leta bisoza amashuri abanza n’ayisumbuye, ivuga ko ibyo Minisitiri wa MINEDUC yavuze byumvikanye uko bitari.
-
Rwanda: Ubuke bw’ inkuru zicukumbuye hari ababuhuza no gusamba kwitangamakuru ryandika
26 May 2017, by Nsanzimana ErnestUbushakashatsi bwashizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Gicurasi 2017 bwagaragaje ko mu Rwanda gukora inkuru zicukumbuye biri ku kigero cyo hasi cyane. Bamwe mu banyamakuru n’ abakurikira hafi iby’ itangazamakuru mu Rwanda babihuza no kuba itangazamakuru ryandika ku mpapuro ririmo kugana mu marembera aho batadatinya kuvuga ko ririmo gusamba hafi gupfa.
Abageranya itangazamakuru rya none n’ iryo mu myaka nka 20 ishize bavuga ko hari impinduka nziza zabayemo nko kuba kuri ubu (…) -
Pascal Nyamulinda wari umaze umwaka ayobora umugi wa Kigali yeguye
11 April 2018, by Nsanzimana ErnestNyamulinda Pascal wari umaze umwaka umwe n’ iminsi itageze ku kwezi ayobora umugi wa Kigali yanditse asaba kwegura kuri uyu mwanya w’ ubuyobozi ku mpamvu yavuze ko ari ize bwite.
Umuryango.rw
MINISANTE irahumuriza Abanyarwanda bafite impungege z’ icyorezo cya Ebola cyongeye kwibasira Abanyekongo