Umutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo wari umaze hafi amezi abiri yaragiye iwabo muri Brazil kubera ko amasezerano ye yarangiye ubuyobozi bw’ikipe ntibuhite bumwongerera andi,yagarutse mu kazi ahita atangaza ko aje kubaka ikipe izamufasha gutsinda buri mukino.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Robertinho yatangaje ingamba nshya yazanye mu ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kugaruka mu Rwanda [AMAFOTO]
24 July 2019, by Dusingizimana Remy -
MissRwanda Muheto Divine yakiriwe na Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba [AMAFOTO]
5 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROKu munsi w’ejo tariki ya 4 Mata 2022 nibwo Miss Nshuti Muheto Divine wegukanye waye inyambinga w’uyu mwaka wa 2022 , yakiriwe mu biro bya Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba arinaho uyu mukobwa akomoka. Miss Muheto yiyamamarije mu Ntara y’Uburengerazuba, ayihesha ishema nyuma y’imyaka igera kuri ine ikamba ryihariwe n’abakobwa biyamamarizaga i Kigali.
Mu biganiro yagiranye na Guverineri Habitegeko harimo umushinga afatanyije na Africa Improved Food (AIF) wo kurwanya igwingira n’ikibazo (…) -
Nyuma ya Dr Dusabe na Bakesha , Umunyarwandakazi Bella Gaelle yapfiriye muri Amerika bitunguranye
11 January 2018, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 11 Mutarama 2018, hamenyekanye ko umunyarwandakazi Gaelle Bella IKIBAGENGA yaguye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bikekwa ko ari abamwishe.
Bimenyekanye ku munsi wa Gatatu hamenyekanye urupfu rwababaje benshi rw’ umuganga w’ umudogiteri Dr Dusabe Reymond wakoraga mu bitaro byitiriwe umwami Faisal. Dr Dusabe yiciwe muri Afurika y’ Epfo n’ abantu bataramenyekana gusa umwe ukekwaho uruhare mu rupfu rw’ uyu muganga yatawe muri yombi nk’ uko byatangajwe (…) -
Rayon Sports y’abakinnyi 10 yaharuye inzira ishobora kuyigeza ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro
26 June 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports iri mu bihe byiza cyane,yabashije kwivana mu nzara za AS Kigali yayiruhije bigaragara mu mukino ubanza wa ½ cy’igikombe cy’Amahoro 2019,iyitsinda ibitego 2-1 mu mukino wabereye kuri stade ya Kigali.
-
Rubavu: Umugore uri mu bavurwa COVID-19 yabyaye umuhungu
17 July 2020, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu cy’ubuzima cyatangaje ko umugore uri kuvurirwa Coronavirus mu kigo cyahariwe kwita ku barwayi ba COVID-19 kiri mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Rugerero, yabyaye umwana w’umuhungu ndetse ubuzima bwe n’ubw’umwana we bumeze neza.
-
Sebutege wakoraga muri IMMIGARATION atorewe kuyobora akarere ka Huye
29 June 2018, by Nsanzimana ErnestSebutege Ange wari umukozi w’ ikigo cy’ igihugu gishinzwe abinjira n’ abasohoka atorewe kuyobora Akarere ka Huye asimbura Muzuka Eugene weguye na Komite bakoranaga ku wa 31 Gicurasi 2018.
-
Ahahoze hatuye umugore wa Musinga hagiye kubungabugwa
1 September 2017, by Nsanzimana ErnestInzu y’ amategura n’ amafari ahiye bigaragara ko yari yubatswe mu buryo bwa gihanga n’ ubwo ubu yatangiye kwangirika niyo yari ituwemo na Nyirakabuga Therese wabaye umwe mu bagore b’Umwami Yuhi V Musinga.
Iyi nzu iherereye Mu mudugudu wa Kibimba, mu kagari k’Akagarama, mu murenge Rurenge mu karere ka Ngoma, ubuyobozi bw’ akarere buravuga ko bugiye kuyitaho kuburyo mu mwaka umwe haraba hageze icyapa kigaragaza ko ari ahantu nyamateka.
Ni nyuma y’ uko abazi uyu Umwamikazi Nyirakabuga (…) -
Nyanza: Umugabo yakubiswe ibuye ahita apfa nyuma yo gushaka gusambanya umugore wa mukuru we
9 June 2019, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Habyarimana Evariste w’imyaka 44 y’amavuko, yahuriye n’uruva gusenya mu rugo rwa mukuru we Kalisa Callixte w’imyaka 50 mu masaha y’igicuku cyo kuri uyu wa Gatandatu, ubwo yari agiye gucura umugore we ahakubitirwa ibuye mu cyico ahita apfa.
-
Minisitiri Busingye yasabye Dr Kayumba kureka kwibasira Fiona Muthoni Ntarindwa umurega gushaka kumusambanya ku ngufu
29 March 2021, by Martin MunezeroMinisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston, kuri uyu wa 28 Werurwe 2021 yabujije Dr Christopher Kayumba kureka kwibasira umukobwa umushinja kugerageza kumufata ku ngufu.
-
Abakoresha n’ abaturiye gare ya Kacyiru babangamiwe no kuba itangira ubwiherero
1 November 2017, by Nsanzimana ErnestGare ya Kacyiru ku munsi ikoreshwa n’ abarenga 1000, nta bwiherero ifite. Abayikoresha n’ abayituriye bavuga ko bibabangamiye kuko biteza umwana.
Abagenzi bakoresha iyi gare bavuga ko hari ubwo bategereza imodoka, hagashira nk’ iminota 30 imodoka itarabageraho. Ngo gutinda muri iyi gare hari ubwo bituma bakenera ubwiherero bakabubura.
Abakorera akazi ka buri munsi muri iyo gare. Ni ukuvuga abacuruzi ba za M2U n’ abatwara taxi voiture babwiye Kigali Today dukesha iyi nkuru ko mbere (…)
Umuryango.rw
MissRwanda Muheto Divine yakiriwe na Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba [AMAFOTO]
Rubavu: Umugore uri mu bavurwa COVID-19 yabyaye umuhungu
Abakoresha n’ abaturiye gare ya Kacyiru babangamiwe no kuba itangira ubwiherero