Umukozi wo mu rugo mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 5 Ugushyingo 2018, yabyaye uruhinja aruta mu musarane inzego z’ umutekano n’ ubuyobozi zirutabara rugihumeka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Nyabugogo: Umukozi wo mu rugo yabyaye umwana amuta mu musarane Imana ikinga ukuboko
5 November 2018, by Nsanzimana Ernest -
Uburusiya burimo gukora igisasu kitarigera kibaho ku isi cyo gutera Uburayi na Amerika
26 April 2018, by Martin Munezero– Uburusiya burimo gukora igisasu kitarigera kibaho ku isi cyo gutera Uburayi na Amerika
-
Abadepite bifuje ko ku nshingano za PAC hakwiyongeraho ubugenzacyaha
26 October 2017, by Nsanzimana ErnestNkusi Juvenal uyobora PAC
Abagize inteko ishinga amateko y’ u Rwanda basabye ko Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’ingengo y’imari ya Leta (PAC) yakongererwa ububasha ikabasha kujya ikora ubugenzacyaha n’ ubushinjacyaha bikiyongera ku nshingano isanganywe zo gutanga inama ku bigo byagaragayeho imikoreshereze mibi y’ umutungo wa Leta.
Ibi aba badepite babisabye kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Ukwakira 2017, ubwo PAC yagezaga ku nteko rusange y’Abadepite raporo y’igenzura ku (…) -
Rwamagana FC yongeye gutuma abafana ba APR FC bashidikanya ku ikipe yabo [UKO TOMBOLA YA 1/16 YAGENZE]
8 June 2019, by Dusingizimana RemyMu mukino wo kwishyura w’igikombe cy’Amahoro,Rwamagana itahabwaga amahirwe yatsinze APR FC igitego 1-0 ituma abafana ba APR FC bacika ururondogoro banenga umutoza wabo Zlatko Krmpotic wakinishije abakinnyi badasanzwe bakina.
-
EU yageneye u Rwanda miliyari 3.6 Frw zirimo ayo gutangira ibikorwa byo gukora inkingo
30 June 2021, by Dusingizimana RemyUmuryango w’Ubumwe bw’u Burayi na Leta y’u Rwanda byasinyanye amasezerano afite agaciro ka miliyari 3,6 Frw zizifashishwa mu bikorwa byo guteza imbere ubukerarugendo, urwego rw’ubuzima cyane cyane ibijyanye n’ishoramari ryo gutangiza gahunda yo gukorera inkingo imbere mu gihugu.
-
Perezida Kagame yitabiriye isangira ryahembewemo ikigo cyafashije u Rwanda kurwanya kabore
8 September 2018, by Nsanzimana ErnestIkigo cyo muri Nigeria kigamije guteza imbere ubuhinzi, The International Institute of Tropical Agriculture (IITA) cyahawe igihembo cy’umwaka (Africa Food Prize) gihabwa uwahize abandi mu guteza imbere ubuhinzi bugamije kwihaza mu biribwa muri Afurika.
-
Ingengo y’imari y’umwaka wa 2021 -2022 yiyongereyeho Miliyari 342.2Frw
22 June 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 22 Kamena 2021,Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr. Uzziel Ndangijimana, yagejeje ku Nteko Ishinga Ingengo, umushinga w’ingengo y’Imari y’umwaka wa 2021-2022, izaba ingana na miliyari 3.807 Frw yiyongereyeho miliyari 342,2 z’amafaranga y’u Rwanda ugereranyije n’iyakoreshejwe mu 2020-2021.
Minisitiri Ndagijimana yavuze ko ingengo y’imari y’umwaka wa 2020/2021 ingana na Miliyari 3,807 z’amafaranga y’u Rwanda, akaba aziyongeraho Miliyari 342.2 bingana na 9.8%, (…) -
Meya Habitegeko araburira abaturage bahabwa ifumbire bakayigurisha mu Burundi
17 September 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ akarere ka Nyaruguru Francois Habitegeko araburira abaturage bahabwa ifumbire binyuze muri gahunda ya nkunganire bakayigurisha n’ abaturage bo mu burundi.
Meya Habitegeko yabikomojeho kuri uyu wa Gatandatu tariki 16 Nzeli, mu muhango wo gutangiza kumugaragaro gahunda yo kubaka ibyumba by’ amashuri bisimbura ibishaje.
Uyu muyobozi yavuze ko hari abaturage ba Nyaruguru bahabwa ifumbure muri gahunda ya nkunganire bakayigurisha mu Burundi. Avuga ko umuturage uzafatwa yagurishije (…) -
U Rwanda mu bihugu 15 byambere ku isi bifite abaturage benshi barya ntibahage(URUTONDE+UMUBARE)
2 June 2017, by Martin MunezeroIgishushanyo mbonera cy’imiririre muri Africa “Africa Nutrition Map” cyashyizwe ahagaragara n’Ubufatanye nyafurika mu Iterambere rya Africa ‘New Partnership for Africa’s Development (NEPAD)’ kuri uyu 01 Kamena, kiragaragaza ko ibihugu byose bya Africa bifite umubare w’abaturage barya ntibahage nubwo bifite imibare itandukanye.
Iki gishushanyo mbonera “Africa Nutrition Map” kigaragaza ko mu Rwanda hari abaturage bagera kuri Miliyoni 3,9 barya ntibahage (people under nourished), nubwo 46,6% (…) -
Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 17 wari ugiye kwipimisha inda
16 June 2020, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’Ikigo Nderabuzima cya Kibilizi mu murenge wa Kibilizi mu karere ka Nyamagabe yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 17 wari uje kuri iki kigo kwipimisha inda.
Umuryango.rw
EU yageneye u Rwanda miliyari 3.6 Frw zirimo ayo gutangira ibikorwa byo gukora inkingo
Ingengo y’imari y’umwaka wa 2021 -2022 yiyongereyeho Miliyari 342.2Frw