Umuyobozi w’ akarere ka Rusizi Harerimana Frederic aravugwaho kuba amaze iminsi yangisha abaturage itangazamakuru aho ababwira ko itangazamakuru uretse kubandagaza nta kindi ryabamarira.
Ubu butuma uyu muyobozi amaze iminsi abuha abaturage mu nama zitandukanye yagiye ahuriramo nabo mu mirenge ya Bugarama, Bweyeye na Butare.
Ati “Ko mwahuye n’ ibiza, ababashije kubatabara si abayobozi? Abayobozi nibo batugejejeho raporo natwe tuzigeza ku nzego zose uko twicaye ahangaha. Ufite ikibazo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Meya Harerimana yabujije abaturage be kubwira abanyamakuru akababaro
4 January 2018, by Nsanzimana Ernest -
Amanota y’ abakoze ibizami bisoza amashuri yisumbuye 2017 yamaze kujya ahagaragara
23 February 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ uburezi yatangaje ko amanota y’abanyeshuri barangije icyiciro cy’amashuri yisumbuye yashyizwe ahagaragara. Muri rusange, abanyeshuri batsinze ku kigero cya 89,55%
Muri rusange abanyeshuri b’ abakobwa bakoze ibizami bisoza amashuri yisumbuye 2017 ni 41 140 , abakobwa ni 55.04 naho abahungu ni 44.96%.
Aya matota yatangajwe arimo ay’ abize kwigisha TTC, n’ abize imyuga n’ ubumyi ngiro TVET.
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri abnza n’ ayisumbuye Isaac Munyakazi yagize (…) -
Minisitiri Mbabazi yavuze ku rupfu rwa Yanga na Buravan "batumye abanyarwanda bishima"
17 August 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’urubyiruko n’umuco Rosemary Mbabazi yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rwa Nkusi Thomas wamamaye nka Yanga ndetse n’umuhanzi Yvan Buravan.
Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yavuze ko bagiye bakiri bato kandi bari bagikenewe, aboneraho kubashimira ku musanzu wabo batanze mu kubaka Igihugu ndetse no gutuma Abanyarwanda bishima.
Yasoje ubutumwa bwe abasabira iruhuko ridashira.
Yagize ati "Mbega umubabaro!
Burabyo Yvan (BURAVAN) na NKUSI Thomas (Yanga) mugiye (…) -
‘Imyanzuro 9 yafatiye m’ Umushyikirano w’ ubushize umwe wahuye n’ imbogamizi’
13 December 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe u Rwanda Dr Edouard Ngirente yagaragaje uko imyanzuro 9 yafatiwe mu nama ya 15 y’ umushyikirano yashyizwe mu bikorwa. Yabivuze kuri uyu wa 13 Ukuboza 2018 ubwo hatangizwaga umushyikirano wa 16.
-
Ibigo by’ amashuri Leta iherutse guhagarika by’ agateganyo byakomorewe
27 August 2018, by Nsanzimana ErnestIbigo by’ amashuri yisumbuye 57 Leta y’ u Rwanda iherutse guhagarika by’ agateganyo bizira ko bitujuje ibisabwa kuri ubu byemerewe kongera kwakira abanyeshuri no gukomeza gukora.
-
Video: Umunyamakuru Angeli Mutabaruka wa TV1 avuga ko ubuzima bwe buri mu kaga// Ariko ngo Polisi irahari
9 March 2020, by UbwanditsiNyuma y’aho hari abibasiye Angeli Mutabaruka, umunyamakuru wa TV1 kur rubuga rwe rwa twetter bamutuka mu buryo bunyuranye we avuga ko ibi bimuteye impungenge kuko avuga ko abamutuka batibasira ibitekerezo bye ahubwo bamwibasira we ubwe ndetse bikaba binamuteye impungenge aho avuga ko ubuzima bwe bushobora kujya mu kaga.
Twagiranye ikiganro cyagarutse kuri ibi bibazo avuga ko afite ndetse no ku bindi binyuranye. Gusa avuga ko Polisi ayizeye ko icyamubaho cyose yamutabara.
Kurikira (…) -
Kuganiriza abangavu n’ingimbi ku buzima bw’imyororokere n’inshingano z’umubyeyi uboneye
21 December 2020, by Dusingizimana RemyMuri iki gihe abangavu n’ingimbi bahura n’ibishuko bitandukanye biturutse ku makuru y’ibihuha bahabwa n’abababeshya yaba ku mbuga nkoranyambaga n’ahandi,bagamije kubashora mu busambanyi ndetse hari bamwe babyishoramo kubera kumvira abo babashuka.
-
Mu muhango wo gushyingura umunyamidelikazi Alexia Mupende bikekwa ko yishwe n’uwari umukozi we wagaragayemo abayobozi b’igihugu batandukanye[AMAFOTO]
14 January 2019, by Martin MunezeroAlexia uwera Mupende wari umunyamideli ukomeye mu Rwanda, yishwe ku mugoroba wo kuwa 08 Mutarama 2019, atewe icyuma bikekwa ko byakozwe n’uwari umukozi wo mu rugo n’ubwo ataratabwa muri yombi.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama y’ abakuru b’ ibihugu bigize AU muri Ethiopia [AMAFOTO]
2 July 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri iki Cyumweru tariki 2 Nyakanga yageze Addis Abeba muri Ethiopia ahagiye kubera inama ya 29 y’ abakuru b’ ibihugu bize Umuryango w’ Afurika yunze Ubumwe.
Iyi nama izatangira kuri uyu wa Mbere tariki 3 igeze kuri 4 Nyakanga 2017. Ku murongo w’ ibizaganirirwa muri iyi nama yahimo kurebera hamwe amavugururwa yemejwe gukorwa muri uyu muryango agashingwa Perezida Kagame aho ageze, ubufatanye bukwiye kuranga ibihugu n’umuryango muri rusange ndetse igomba (…) -
Ishyaka Green Party ryatanze abakandida 34 ngo ntakwiharira ubutegetsi
19 July 2018, by Nsanzimana ErnestIshyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije kuri uyu wa 19 Nyakanga 2018 rwashyikirije Komisiyo y’ igihugu y’ amatora kandidatire y’ urutonde rw’ abakandida 34 mu gihe andi mashyaka yagiye atanga urutonde ruriho abakandida 80.
Umuryango.rw
Minisitiri Mbabazi yavuze ku rupfu rwa Yanga na Buravan "batumye abanyarwanda bishima"
Kuganiriza abangavu n’ingimbi ku buzima bw’imyororokere n’inshingano z’umubyeyi uboneye