Urwego rushinzwe gukurikirana ibyaha RIB kuri uyu wa 6 Kanama 2018 rwagaragaje abasore babiri bashinjwa ubwambuzi bushukana bifashishije Facebook na Instagram bakabeshya ko ari ba ‘kanaka’ bazwi, kandi atari bo, bagasaba umuntu bashaka amafaranga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
RIB yerekanye abatekamutwe barimo uwiyitiriye Ama- G, Rutura, Bruce Melody, Jay Polly n’ abandi
6 August 2018, by Nsanzimana Ernest -
Amavubi yahawe agahimbazamusyi kadasanzwe kugira ngo asezerere Ethiopia yerekeze muri CHAN 2020
20 September 2019, by Dusingizimana RemyMinisiteri ya Siporo n’umuco [MINISPOC] ireberera ikipe y’igihugu Amavubi biyemeje kuzamura agahimbazamusyi k’Amavubi bagashyira kuri miliyoni 3 FRW kugira ngo ashishikare asezerere ikipe ya Ethiopia yerekeze mu mikino ya CHAN 2020 izabera muri Cameroon.
-
Kuva ku muryango wa Paul Kagame kugeza ku muturage intero n’imwe-Amafoto y’ubudasa
17 July 2017, by Iyamuremye JanvierIminsi itatu yo kwiyamamaza isize Paul Kagame yizejwe gutorwa ijana ku ijana.Paul Kagame uhatanira kuyobora u Rwanda ageze ku umunsi wa Gatatu w’ibikorwa byokwiyamaza.
Ibikorwa byo kwiyamamaza by’Umuryango FPR-Inkotanyi byatangiriye mu Ntara y’Amajyepfo, aho mu turere umunani tuyigize hasigaye gusa akarere ka Muhanga.Ku Cyumweru tariki ya 16 Nyakanga 2017,umukandida Paul Kagame yiyamamarije mu turere twa Nyamagabe, Huye na Kamonyi. Chairman wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame yabwiye abaturage (…) -
’Hari icyuho hagati y’ abakoresha n’ abatanga uburezi’ REFAC
22 December 2017, by Iyamuremye JanvierMu mahugurwa yakozwe kuri uyu wa 21 Ukuboza 2017 ateguwe n’umuryango Rwanda Education for All Coalition (REFAC), yahurije hamwe abayobozi b’inzego zitandukanye bo mu karere ka Bugesera bafite aho bahurira n’urwego rw’uburezi, abarimu n’abayobozi b’ibigo by’amashuli, bagaragaje ko kuba bamwe mu banyeshuri ba Kaminuza barangiza ntibibone ku isoko ry’ umurimo biterwa no kudakorana hagati y’ abategura politiki y’ uburezi n’ abarimu
Aba bose bareberaga hamwe icyakorwa mu kuvugurura gahunda (…) -
Kizito Mihigo na Ingabire Victoire bamaze gusohoka muri gereza [AMAFOTO]
15 September 2018, by Nsanzimana ErnestMugitondo cyo kuri uyu wa 15 Nzeli 2018 nibwo Umuhanzi Kizito Mihigo n’umunyapolitiki Ingabire Umuhoza Victoire nyuma y’aho Perezida Kagame ahaye imbabazi imfungwa n’abagororwa 2138.
Muri aya masaha ya saa ine nibwo uyu muhanzi wari warakatiwe imyaka 10 y’ igifungo n’ uyu munyapolitiki wari warakatiwe imyaka 15 basohotse muri gereza ya Mageragere.
Kizito Mihigo wari umaze imyaka 4 muri gereza, ku wa 27 Gashyantare 2015 ni bwo Urukiko Rukuru rwamuhamije icyaha cyo kurema umutwe w’abagizi (…) -
Minisitiri Gashumba yasuye imipaka ihuza u Rwanda na RDC nyuma yo kumva ko Ebola yageze I Goma [AMAFOTO]
15 July 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ubuzima, Dr Diane Gashumba, yasuye imipaka ibiri, umuto n’umunini ihuza u Rwanda na Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo (DRC) mu rwego rwo kureba uko bapima ibimenyetso by’icyorezo cya Ebola, nyuma yaho igaragaye i Goma, umugi uturanye n’uwa Gisenyi mu karere ka Rubavu.
-
Muhanga: Inyubako y’amaduka iri imbere ya gare yafashwe n’inkongi irakongoka
19 June 2019, by UbwanditsiInyubako irimo amaduka iri imbere y’ikigo abagenzi bategeramo imodoka (gare) mu mujyi wa Muhanga muri uru rukerera rwo kuwa gatatu taliki 19/6/2019 ifashwe n’inkongi irashya irakongoka.
Inyubako yibasiwe n’inkongi ikaba iteganye neza n’aho imodoka zisohokera muri gare Ubu twandika iyi nkuru imodoka ya Polisi izimya inkongi ikaba irimo kugerageza kuzimya amakara n’ibirimi by’umuriro ngo n’ahandi hadafatwa.
Mu maduka ahiye harimo n’ihahiro (Supermarket) ryari ikomeye cyane muri kariya (…) -
Sena y’ u Rwanda n’ iya Maroc basinyanye amasezerano yagutse
25 May 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Sena y’ u Rwanda Bernard Makuza
Perezida wa Sena y’ u Rwanda Bernard Makuza na Perezida w’ urwego rwo mu gihugu cya Maroc rugereranwa na Sena bashyize umukono ku masezerano yagutse y’ ubufatanye hagati y’ inzego bayoboye.
Muri uru ruzinduko Bernard Makuza yagiranye ibiganiro n’ abayobozi batandukanye muri icyo gihugu barimo Perezida wa Chambre des Conseillers ari rwo rwego rugereranwa na Sena ndetse na Minisitiri w’ intebe.
Ambasaderi w’ u Rwanda muri Maroc Mathias (…) -
Louise Mushikiwabo yavuze ikintu cyamubabaje ku gihugu cye u Rwanda,akimara gutorerwa kuyobora OIF
6 November 2018, by Martin MunezeroNi mu muhango wabaye kuwa gatandatu ugahuza abayobozi bakuru b’Igihugu, abayobozi mu bihugu bitandukanye by’Afurika bishimira intsinzi ya Mushikiwabo Louise yo kuyobora umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa, Mushikiwabo yavuze ko atewe ishema no kuba agiye kuyobora uyu muryango ariko kandi anababazwa no kuba agiye kwimuka akava mu Rwanda yari yararahiye kutazongera kwimuka ngo ahave ukundi.
-
Hamuritswe imashini yiswe Intare ifite ikoranabuhanga rihambaye mu kurinda ikwirakwira rya Covid-19 [AMAFOTO]
18 August 2020, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu cy’ubuzima, RBC, ku bufatanye n’ikigo nyarwanda gitanga serivisi z’ikoranabuhanga, SMS Group, bamuritse imashini IREMBO RY’ISUKU iigiye gufasha abanyarwanda kwirinda ikwirakwira rya COVID-19.
Umuryango.rw
Hamuritswe imashini yiswe Intare ifite ikoranabuhanga rihambaye mu kurinda ikwirakwira rya Covid-19 [AMAFOTO]