Kuri uyu wa mbere, u Rwanda rwasinyanye amasezerano na banki y’Isi y’inguzanyo ya miliyoni 125 z’amadolari mu buryo bwo gukwirakwiza amashanyarazi mu baturage. Aya masezerano banki y’isi yagiranye n’u Rwanda, n’Ikiciro cya mbere cy’inguzanyo banki y’Isi yari igeneye u Rwanda, ni mu gihe cy’imyaka itatu ubwo ni miliyoni 375 z’amadolari, ahwanye na miliyari 271rwf. U Rwanda ruzatangira kwishyura iyi nguzanyo nyuma y’imyaka itandatu ku nyungu ya 0.78% bakayirangiza mu myaka 38. (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Leta y’ u Rwanda yagurijwe miliyoni 125$ zo kugeza amashyanyarazi ku baturage
4 December 2017, by Ingabire M. Grace -
CSP Gashagaza uherutse gusezererwa muri polisi y’ u Rwanda yishwe n’ abagizi ba nabi
18 September 2018, by Nsanzimana ErnestUrwego rw’ igihugu rw’ ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko CSP Gashagaza Hubert wari uherutse gusezererwa muri Polisi y’Igihugu, yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri.
-
Joseph Kabila wari Perezida wa Kongo ntabwo aziyamamaza
8 August 2018, by Nsanzimana ErnestEmmanuel Ramazani Shadary, niwe mukandida uzahagararira ihuriro ry’ amashyaka ari ku butegetsi muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Kongo (FCC), mu matora ya Perezida ateganyijwe tariki 23 Ukuboza 2018.
-
Nkundamatch yahishuye agahinda yatewe no gupfusha abana be b’impanga anibasira umucyeba APR FC
28 August 2019, by NIYIGABA DC CLEMENTUbusanzwe amazina ye nyakuri ni Nkundimana Frederick yamenyekanye cyane ku izina rya Nkundamatch w’I Kilinda kubera guhamagara cyane kuma Radio yo mu Rwanda ndetse akaba n’umufana ukomeye wa Rayon sports.
Muminsi ishize nibwo ku rukuta rwe rwa Facebook yashyizeho inyandiko y’akababaro ko yamaze kubura abana be b’impanga umuhungu n’umukobwa.
Yagize ati” Ikibazo nagize cyo kubura Impanga umuhungu n’Umukobwa nibyo koko byarabaye Ariko kubw’amahirwe Umu Chr (Umukunzi) wanjye aracyari muzima (…) -
U Rwanda rwavuze ku biganiro Uganda yagiranye na Gen Kayumba n’aho umubano n’Abaturanyi ugeze
16 March 2022, by Dusingizimana RemyNyuma y’aho Inama y’Abaminisitiri iheruka guterana yemeje ko imipaka yose yo ku butaka ifunguye,u Rwanda rurakataje mu kunoza ubuhahirane n’ibihugu bya Uganda n’Uburundi.
Mu kiganiro abagize Guverinoma bagiranye n’Abanyamakuru uyu munsi,bagarutse ku mubano w’u Rwanda n’ibihugu bitumvikanaga birimo Uganda n’u Burundi.
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente agaruka ku rugendo Lt. Gen Muhoozi aherutse kugirira mu Rwanda n’urwa Minisitiri w’Ingabo, Maj Gen Albert Murasira mu Burundi, yagize (…) -
RDB yavuze mu buryo bweruye icyatumye izamura igiciro cyo gusura ingagi
27 May 2017, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ ikigo cy’ igihugu cy’ iterambere RDB bwatangaje impamvu nyamukuru yatumye u Rwanda ruzamura igiciro cyo gusura ingagi
Mu minsi ishize RDB yakubye inshuro zirenga 40 amafaranga umunyarwanda ukeneye gusura pariki y’ ibirunga yishyuraga kugira ngo abone uruhushya rwo gusura ingagi. Ni ikintu cyatunguye benshi kinakurura impaka ku mbugankoranya abantu bibaza icyatumye Leta y’ u Rwanda izamura igiciro cyo gusura ingagi bene ako kageni.
Mu kiganiro ikigo cy’ igihugu cyita ku (…) -
URUGENDO RW’UHAGARARIYE IGIHUGU CYA ISRAEL MU RWANDA RON ADAM, MURI ESPERANCE/KIMISAGARA
24 August 2020, by UbwanditsiTaliki ya 21 Kanama 2020, uhagarariye igihugu cya Israel mu Rwanda, Ron ADAM, yasuye umuryango Association des Jeunes Sportifs de Kigali “ESPERANCE’ ukorera ku Kimisagara.
Ambassador Adam yashyikirije ESPERANCE n’urubyiruko rw’ingimbi zihitoreza umupira w’amaguru inkunga y’ibikoresho nkenerwa mu myitozo n’imikino y’umupira w’amaguru birimo inkweto (godiyo), imipira yo kwambara, amakabutura n’amasogisi, imipira yo gukina, pompe zo guhaga imipira yo gukina n’amafirimbi.
Mu ijambo (…) -
“Ni iki mu byukuri Adamu na Eva bakoze ubwo bari mu busitani ?”: Umva icyo Umuvugabutumwa John Loot abivugaho
26 March 2019, by UbwanditsiPapa Emile (iburyo) na John Loot (ibumoso) basanzwe batamvutsa inyigisho z’ivugabutumwa kuri Youtube
Muri Bibiliya, mu gitabo cy’Intangiriro, bavugamo inkuru y’abantu ba mbere Imana yari yaremye, Adam na Eva, Imana ikabatuza mu busitani aho babagaho nta kindi kibazo bafite nta n’indi mirimo basabwaga gukora ngo babashe kubaho.
-
Meya Harerimana yabujije abaturage be kubwira abanyamakuru akababaro
4 January 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ akarere ka Rusizi Harerimana Frederic aravugwaho kuba amaze iminsi yangisha abaturage itangazamakuru aho ababwira ko itangazamakuru uretse kubandagaza nta kindi ryabamarira.
Ubu butuma uyu muyobozi amaze iminsi abuha abaturage mu nama zitandukanye yagiye ahuriramo nabo mu mirenge ya Bugarama, Bweyeye na Butare.
Ati “Ko mwahuye n’ ibiza, ababashije kubatabara si abayobozi? Abayobozi nibo batugejejeho raporo natwe tuzigeza ku nzego zose uko twicaye ahangaha. Ufite ikibazo (…) -
Amanota y’ abakoze ibizami bisoza amashuri yisumbuye 2017 yamaze kujya ahagaragara
23 February 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ uburezi yatangaje ko amanota y’abanyeshuri barangije icyiciro cy’amashuri yisumbuye yashyizwe ahagaragara. Muri rusange, abanyeshuri batsinze ku kigero cya 89,55%
Muri rusange abanyeshuri b’ abakobwa bakoze ibizami bisoza amashuri yisumbuye 2017 ni 41 140 , abakobwa ni 55.04 naho abahungu ni 44.96%.
Aya matota yatangajwe arimo ay’ abize kwigisha TTC, n’ abize imyuga n’ ubumyi ngiro TVET.
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri abnza n’ ayisumbuye Isaac Munyakazi yagize (…)
Umuryango.rw
U Rwanda rwavuze ku biganiro Uganda yagiranye na Gen Kayumba n’aho umubano n’Abaturanyi ugeze
URUGENDO RW’UHAGARARIYE IGIHUGU CYA ISRAEL MU RWANDA RON ADAM, MURI ESPERANCE/KIMISAGARA