Kuri uyu wa Kane tariki 7 Kamena mu Rwanda hatangijwe ku mugaragaro Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gushakisha ibimenyetso "Rwanda Forensic Laboratory" kizajya gipimirwamo ibizamini bya ADN.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
U Rwanda rwafunguye ikigo gishinzwe gushakisha ibimenyetso [AMAFOTO]
7 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
Abasirikare 5 baregwa ibyaha birimo gusambanya ku gahato basabiwe gukomeza gufungwa iminsi 30
13 May 2020, by Dusingizimana RemyUrukiko rwa gisirikare rwategetse ko abasirikare 5 bakomeza gufungwa by’agateganyo mu gihe bagikurikiranyweho ibyaha birimo gusambanya abagore ku ngufu.
-
Perezida Kagame na Madamu we batashye umudugudu wa Horezo
4 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umugore we Jeannette Kagame kuri uyu wa 4 Nyakanga 2018 ubwo u Rwanda rwihizaga umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 24 batashye ku mugaragaro umudugudu w’ ikitegererezo wa Horezo mu karere ka Muhanga.
-
Mugabo Vianney umaze amezi 3 asezeye mu buyobozi bw’ Umujyi wa Kigali yasimbujwe
29 August 2018, by Nsanzimana ErnestNiyonugabo Joseph niwe Muyobozi mukuru mushya ushinzwe imirimo rusange mu mujyi wa Kigali asimbuye Mugabo Vianney uherutse gusezerwa ku mirimo.
-
Pro-Femmes Twese Hamwe yasabye Leta y’ u Rwanda gukurikirana Umuvugabutumwa uherutse kwibasira abagore
7 February 2018, by Nsanzimana ErnestImpuzamiryango Pro-Femmes Twese Hamwe yamaganye Umuvugabutumwa Niyibikora Nicholas uherutse kujya kuri amazing Grace Radio akigisha inyigisho itesha agaciro umugore. Profemmes Twese Hamwe yasabye u Rwanda gukurikirana uyu muvugabutumwa akaryozwa ibyo yavuze.
Mu nyigisho y’ uyu muvugabutumwa yatambutse kuri radiyo ikanakwirakwizwa henshi ku mbuga nkoranyambaga humvikanamo amagambo avuga ko ibyago byinshi byagwiririye Isi byatejwe n’ umugore.
Mu kiganiro Pro- Femmes Twese hamwe yagiranye (…) -
Gasabo: Abagabo 4 bategaga abantu bakabambura utwabo batawe muri yombi
29 October 2019, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gasabo yataye muri yombi abantu bane bari bamaze kuba ruharwa mu gutegera abagenzi mu nzira bakabambura ibyo bafite bitwaje imipanga,ibyuma n’ibindi.
-
Aho Masudi Djuma azerekeza hamaze kumenyekana
9 July 2017Ku munsi w’ejo nibwo umutoza Masudi Djuma yatangaje ko asezeye mu ikipe ya Rayon Sports ku mpamvu ze bwite nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports yaramaze imyaka 2 atoza ishyikirijwe igikombe cya shampiyona yatwaye mu mwaka w’imikino ushize.
Mu makuru agera ku kinyamakuru Umuryango aravuga ko uyu mutoza yari amaze iminsi avugana n’ikipe ya Police FC ndetse ngo ibiganiro byararangiye aho iyi kipe yamwemereye kumuha umushahara wa miliyoni 2 n’ibihumbi 500 ku kwezi.
Nubwo amakuru yigeze avugwa (…) -
Nyamasheke: Bamwe mu baturage ntibatinya gutukana mu maso y’ itangazamakuru
28 August 2017, by Nsanzimana ErnestBamwe mu baturage bo mu karere ka Nyamasheke bagaragaza ikinyabupfura gike no kutubahana aho badatinya gutukana kabone n’ iyo baba bareba imbere yabo umunyamakuru urimo gufata amajwi n’ amashusho.
Kuri iki Cyumweru tariki 27 Kanama 2017, ubwo Umuryango wageraga mu isantere y’ ahitwa ku isoko mu murenge wa Bushenge akagari k’ Impala mu karere ka Nyamasheke twahasanze abantu batandukanye barimo abagore n’ abagabo bafite umwanda. Mu bari bafite umwanda hari abo byagaragariraga amaso ko (…) -
"Kuba Uganda n’u Rwanda ari Leta ziyoboye "Gisilikali" biteza ibibazo": Gonza Muganwa
27 April 2021, by UbwanditsiUmunyamakuru Gonzaga Muganwa avuga ko kuba Uganda n’u Rwanda ari Leta ziyoboye mu buryo bwa gisilikali binatuma zitinyana cyane bigatea ibibazo bihoraho. Avuga ko itangazamakuru ryitwaye nabi mu bibazo ibihugu byombi bifitanye! Gusa ngo habayeho ko itangazamakur n’abikorera bashyira igitutu ku ba Perezida bombi ibibazo byakemuka. Kurikira ikiganiro cyose !
-
2022 World Cup Qualifiers Europeans begin road to Qatar
23 March 2021, by UbwanditsiFor the 55 countries that are members of Europe’s governing football body, UEFA, the road to Qatar begin this week. Kylian Mbappe, Cristiano Ronaldo, Gareth Bale and all European stars will be facing each other during the coming days.
Later than their counterparts in Asia and South America, European countries only begin their 2022 World Cup qualifiers with three match days staggered over seven days, starting on Wednesday.
The world’s top two ranked countries – Belgium and France – begin (…)
Umuryango.rw