Minisitiri w’ Intebe u Rwanda Dr Edouard Ngirente yagaragaje uko imyanzuro 9 yafatiwe mu nama ya 15 y’ umushyikirano yashyizwe mu bikorwa. Yabivuze kuri uyu wa 13 Ukuboza 2018 ubwo hatangizwaga umushyikirano wa 16.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
‘Imyanzuro 9 yafatiye m’ Umushyikirano w’ ubushize umwe wahuye n’ imbogamizi’
13 December 2018, by Nsanzimana Ernest -
Ibigo by’ amashuri Leta iherutse guhagarika by’ agateganyo byakomorewe
27 August 2018, by Nsanzimana ErnestIbigo by’ amashuri yisumbuye 57 Leta y’ u Rwanda iherutse guhagarika by’ agateganyo bizira ko bitujuje ibisabwa kuri ubu byemerewe kongera kwakira abanyeshuri no gukomeza gukora.
-
Video: Umunyamakuru Angeli Mutabaruka wa TV1 avuga ko ubuzima bwe buri mu kaga// Ariko ngo Polisi irahari
9 March 2020, by UbwanditsiNyuma y’aho hari abibasiye Angeli Mutabaruka, umunyamakuru wa TV1 kur rubuga rwe rwa twetter bamutuka mu buryo bunyuranye we avuga ko ibi bimuteye impungenge kuko avuga ko abamutuka batibasira ibitekerezo bye ahubwo bamwibasira we ubwe ndetse bikaba binamuteye impungenge aho avuga ko ubuzima bwe bushobora kujya mu kaga.
Twagiranye ikiganro cyagarutse kuri ibi bibazo avuga ko afite ndetse no ku bindi binyuranye. Gusa avuga ko Polisi ayizeye ko icyamubaho cyose yamutabara.
Kurikira (…) -
Kuganiriza abangavu n’ingimbi ku buzima bw’imyororokere n’inshingano z’umubyeyi uboneye
21 December 2020, by Dusingizimana RemyMuri iki gihe abangavu n’ingimbi bahura n’ibishuko bitandukanye biturutse ku makuru y’ibihuha bahabwa n’abababeshya yaba ku mbuga nkoranyambaga n’ahandi,bagamije kubashora mu busambanyi ndetse hari bamwe babyishoramo kubera kumvira abo babashuka.
-
Mu muhango wo gushyingura umunyamidelikazi Alexia Mupende bikekwa ko yishwe n’uwari umukozi we wagaragayemo abayobozi b’igihugu batandukanye[AMAFOTO]
14 January 2019, by Martin MunezeroAlexia uwera Mupende wari umunyamideli ukomeye mu Rwanda, yishwe ku mugoroba wo kuwa 08 Mutarama 2019, atewe icyuma bikekwa ko byakozwe n’uwari umukozi wo mu rugo n’ubwo ataratabwa muri yombi.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama y’ abakuru b’ ibihugu bigize AU muri Ethiopia [AMAFOTO]
2 July 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri iki Cyumweru tariki 2 Nyakanga yageze Addis Abeba muri Ethiopia ahagiye kubera inama ya 29 y’ abakuru b’ ibihugu bize Umuryango w’ Afurika yunze Ubumwe.
Iyi nama izatangira kuri uyu wa Mbere tariki 3 igeze kuri 4 Nyakanga 2017. Ku murongo w’ ibizaganirirwa muri iyi nama yahimo kurebera hamwe amavugururwa yemejwe gukorwa muri uyu muryango agashingwa Perezida Kagame aho ageze, ubufatanye bukwiye kuranga ibihugu n’umuryango muri rusange ndetse igomba (…) -
Ishyaka Green Party ryatanze abakandida 34 ngo ntakwiharira ubutegetsi
19 July 2018, by Nsanzimana ErnestIshyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije kuri uyu wa 19 Nyakanga 2018 rwashyikirije Komisiyo y’ igihugu y’ amatora kandidatire y’ urutonde rw’ abakandida 34 mu gihe andi mashyaka yagiye atanga urutonde ruriho abakandida 80.
-
Amateka ya Sembagare Crysostome wakomeye cyane muri Rayon, Abakinnyi n’amakipe yemera ubu n’ibindi (Video)
19 March 2019, by UbwanditsiUmuryango waganiriye na Sembagare Crysostome, umukinnyi wo hagati wari ukomeye cyane muri Rayon mu myaka ya za 80 na 90. Ubu nabwo aracyaza kureba umupira aho Rayon yakinnye. Avuga ko ariyo kipe akunda cyane. Mu gihe cyabo, avuga ko umukeba wabo yari Kiyovu na Panthere Noir.
-
Ruhango: Abayobozi barindwi basezeye ku kazi ku mpamvu bavuga ko ari izabo bwite
1 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Nzeri 2017 mu karere ka Ruhango abayobozi barindwi beguye ku mirimo yabo, bivugwa ko byatewe n’amakosa bakoze mu gushyigikira imyibukaire y’akagari no kwijandika muri Ruswa.
Ibi bibaye nyuma y’uko no mu Karere ka Muhanga heguye abayobozi bagera ku icumi barimo n’Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge ibiri.
Aba bayobozi baregura binyuze mu isuzumwa rimaze iminsi rikorerwa mu Ntara y’amajyepfo ku ruhare abayobozi bagize mu gushyigikira imyibukire (…) -
Ange Kagame yashimiye cyane mu buryo bugiye butandukanye abarimo ababyeyi be,basaza be n’abakobwa bamubaye hafi[AMAFOTO]
30 December 2018, by Martin MunezeroIngabire Ange Kagame, umukobwa wa Perezida Paul Kagame, yashimiye abamubaye hafi mu gihe cy’ubuzima bwe no mu bukwe bwe anizeza Bertrand Ndengeyingoma wamaze kumuhabwa ko urukundo rwabo ruzaba urw’iteka.
Umuryango.rw
Kuganiriza abangavu n’ingimbi ku buzima bw’imyororokere n’inshingano z’umubyeyi uboneye