Bitunguranye, kuri uyu wa Kane tariki ya 9 Mata 2020 Perezida Paul Kagame yakuye ku mirimo Amb. Olivier J.P Nduhungirehe wari Minisitiri wa Leta muri Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe ibikorwa byUmuryango w’Afurika y’Iburasirazuba.
Itangazo rihagarika Amb Nduhungirehe rivuga ko ahagaritswe kumirimo yatangiye guhera tariki 30 Kanama 2017, nyuma yo gusubiramo kenshi ikosa ryo gukora akazi ashinzwe agendeye ku myumvire ye aho gushingira kuri gahunda za Leta
Nduhungirehe yahise (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Bitunguranye Perezida Kagame yasezereye Olivier Nduhungirehe muri Guverinoma
10 April 2020, by Ubwanditsi -
U Rwanda rwatanze 1 000 000 $ yo kurwanya iterabwoba muri Sahel
23 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Komisiyo y’ Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe Moussa Faki Mahamat yamiye Leta y’ u Rwanda ku bw’ inkunga ya miliyoni y’ amadorali yatanze mu rwego rwo kongerera ubushobozi ingabo zo kurwanya iterabwoba mu gace ka Sahel zizatangira akazi hagati muri uyu mwaka.
Abicishije kuri Twitter, Moussa Faki yanditse yavuze ko iyi nkunga yatanzwe n’u Rwanda nyuma y’inama na Perezida Paul Kagame kuri uyu wa kane. Inkunga ngo iri buhite itangwa nyuma yo kwemerwa.
Ati “Ni ukugaragaza rwose (…) -
Perezida Kagame yatashye hoteli yatwaye miliyari 19 ashimira abagize uruhare mukuyubaka
2 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro EPIC Hotel yubatswe mu karere ka Nyagatare ku bufatanye bw’inzego za leta n’abikorera, yuzuye itwaye amafaranga y’u Rwanda miliyari 19 ashima abagize uruhare ngo yubakwe asaba abaturage gutinyuka kuyigana .
Iyi hoteli yayifunguye nyuma yo gusoza umwiherero wa 15 ku wa Kane tariki 1 Werurwe 2018.
Perezida Kagame yavuze ko kubaka iyi hoteli byatangiye ari igitekerezo ariko kikaza gushyirwa mu bikorwa, yemeza ko izindi zose zo ku isi (…) -
Abadakunda u Rwanda babonye impamba yabo-Perezida Kagame
1 January 2020, by Dusingizimana RemyUbwo yari mu birori byo kwizihiza umwaka mushya wa 2020,Nyakubahwa perezida Kagame yavuze ko umwaka ushize wagenze neza ku Banyarwanda n’inshuti zarwo ariko abarwifuriza inabi nta mahirwe bagize kuko babonye impamba yabo.
-
Sebutege wakoraga muri IMMIGARATION atorewe kuyobora akarere ka Huye
29 June 2018, by Nsanzimana ErnestSebutege Ange wari umukozi w’ ikigo cy’ igihugu gishinzwe abinjira n’ abasohoka atorewe kuyobora Akarere ka Huye asimbura Muzuka Eugene weguye na Komite bakoranaga ku wa 31 Gicurasi 2018.
-
Nyaruguru: Abahejejwe inyuma n’Amateka batujwe mu mudugudu umwe n’Abarokotse , ariko amazu ntabwo asa (Yavuguruwe)
14 October 2021, by UbwanditsiBamwe mu bagize imiryango y’Abahejwe Inyuma n’Amateka, batujwe mu mudugudu wa Nyambaragasa, Akagali ka Ntwali, Umurenge wa Munini mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko batishimiye uburyo amazu yabo yubatse n’ibiti, akaba ahomye n’ibyondo atagira na sima mo imbere mu gihe amazu yatujwemo Abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 babana muri uwo mudugudu yubatse n’amatafari ahiye, afite ibikoni byiza ndetse n’ibiraro birimo inka.
Mutabazi, umwe mu miryango y’Abahejwe inyuma n’Amateka (…) -
Coronavirus ikekwa muri Arsenal yatumye umukino wayo na Manchester City usubikwa
11 March 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu taliki ya 11 Werurwe 2020 nibwo hari hateganyijwe umukino w’ikirarane wagombaga guhuza Manchester City na Arsenal ku kibuga Etihad,ariko wasubitswe kubera ko mu ikipe ya Arsenal hakekwamo Coronavirus.
-
Kizito Mihigo yageze mu rukiko asanga urubanza rwe rwimuriwe mu rukiko rushya
11 June 2018, by Nsanzimana ErnestKizito Mihigo n’abamwunganira Kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Kamena bageze Kimihurura mu cyumba cy’iburanisha cy’Urukiko rw’Ikirenga batungurwa no gusanga urubanza rwasubitswe runimurirwa mu Rukiko rushya rw’Ubujurire ruherutse gushyirwaho.
-
Polisi biyigoye yakuye mu rugo Diane Rwigara, Nyina na murumuna we(AMAFOTO)
4 September 2017, by Iyamuremye JanvierMu masaha y’umugoroba kuri uyu wa 04 Nzeri 2017, Polisi y’u Rwanda yakuye mu rugo Diane Rwigara, murumuna we Anne Rwigara n’umubyeyi wabo, Adeline Rwigara.
Ni nyuma y’uko mu gitondo cyo kuri uyu munsi batumijwe mu bugenzacyaha bakanga kwitaba. Polisi yafashe umwanzuro wo kubakura mu rugo rwabo ku ngufu kugira ngo bitabe ubugenzacyaha. Ku wa 03 Nzeri, mu itangazo Polisi y’Igihugu yashyize hanze, ACP Theos Badege yasobanuye ko umuryango wa Rwigara udafuze ahubwo ko icyabaye ari ugusaka (…) -
Perezida Kagame yaburiye abayobozi batanga serivisi zitanoze
6 October 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yongeye gusaba abayobozi b’ inzego z’ ibanze kurushaho gutanga serivisi zinoze ababurira ko atakomeza kubibasaba ahubwo hari igihe kizagera akisaba icyo akwiriye gukora.
Ubutumwa Perezida Kagame yabutanze kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Ukwakira 2017, ubwo hatangazwaga uko uturere twarushanyijwe kwesa imihigo ya 2016/17. Abayobozi bakongera gusinyana n’ umukuru y’ imihugu imihigo ya 2016/2017.
Perezida Kagame yashimiye uturere twaje imbere mu kwesa imihigo, (…)
Umuryango.rw
Nyaruguru: Abahejejwe inyuma n’Amateka batujwe mu mudugudu umwe n’Abarokotse , ariko amazu ntabwo asa (Yavuguruwe)