Ikipe ya Rayon Sports yatangiye imyitozo yo kwitegura guhangana na Al Hilal Omdurman mu ijonjora rya mbere ry’imikino ya CAF Confederations Cup,ishobora guhura na Yanga Africans mu mukino wa gicuti.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rayon Sports ishobora guhura na Yanga Africans mu mukino wa gicuti wo kwitegura Al Hilal Omdurman
23 July 2019, by Dusingizimana Remy -
Meya Kamali arashinjwa n’ umuyobozi w’ Ikigo cy’ Ishuri kumuhimbira ibyaha ngo azamwirukane
27 November 2018, by Nsanzimana ErnestMupenzi Alex , Umuyobozi w’ ishuri rya G.S. St Vincent de Paul Bunyenga arashinja Umuyobozi w’ Akarere ka Nyamasheke Kamali Aimé Fabien kumuhimbira ko yibye mudasobwa z’ abanyeshuri ngo azabone uko amwirukana. Meya Kamali avuga ko iki kibazo cy’ ubujura kikirimo gukurikiranwa, gusa Mupenzi hari icyo akeka kibyihishe inyuma.
-
Abafatanyije na Aimable Bayingana kuyobora amagare baramushinja kurigisa umutungo wa FERWACY
4 November 2019, by UbwanditsiUmwuka si mwiza mu ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) aho Visi Perezida wa mbere ndetse na Visi Perezida wa 2 bashinja Perezida w’iri shyirahamwe Aimable Bayingana kubayoboza igitugu, kurigisa umutungo, gutonesha n’indi miyoborere idahwitse.
Ikinyamakuru taarifa.rw cyanditse inkuru ndende ivuga kuri ibi bibazo ndetse tuyigarukaho ku Umuryango TV mu makuru ane y’ingenzi aba akomeye kuri uwo munsi.
Byinshi kuri aya makuru wakurikirana iyi Video iri hasi -
"Inshingano z’ Abamama zibahesha kubahwa no gushimirwa bityo dusabwa kubibakorera": Rev./Ev. Eustache Nibintije
14 May 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Perezida Kagame yagaragaje ko Afurika ikwiye umwanya muri G20
1 December 2018, by Nsanzimana ErnestMu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama y’ ibihugu 20 bya mbere bikize ku Isi, Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame yeretse ibi bihugu ko bikwiye guha umwanya Afurika yunze ubumwe mu bikorwa byabo kandi ko impande zombi zabyungukiramo.
-
AS Kigali yongeye kubabaza Rayon Sports kuri penaliti iyitwara igikombe cya Super Cup
1 October 2019, by Dusingizimana RemyNyuma yo kuyisezerera muri 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro giheruka kuri penaliti 4-2,AS Kigali yongeye kubabaza Rayon Sports kuri penaliti 3-1 iyitwara igikombe cya Super Cup nyuma y’aho iminota 90 n’indi 6 bongeyeho yarangiye amakipe yombi anganya ibitego 2-2.
-
Felix Tshisekedi yandikiye ibaruwa ndende Paul Kagame amusaba ko yamufasha RDC igashyirwa muri EAC
13 June 2019, by Dusingizimana RemyUmukuru w’igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo,Félix Tshisekedi yandikiye ibaruwa ndende mugenzi we Paul Kagame uyoboye EAC muri uyu mwaka,amusaba ko yamufasha igihugu cye cya RDC kikinjira mu muryango wa EAC.
-
‘Mufite inshingano zo kutubaza icyo dukora mu nyungu za rubanda’ Busingye abwira abanyamakuru
16 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Ubutabera akaba n’ Intumwa Nkuru ya Leta yabwiye abanyamakuru ko bafite inshingano yo kubaza abayobozi ibyo bakora ariko bakababaza mu nyungu za rubanda yongeraho ko nabo bafite kandi inshingano yo gutanga umusanzu mu gukumira ibyaha.
-
Hatangajwe amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza n’abakoze ibisoza ikiciro rusange ’Tronc Commun’
31 December 2018, by Martin MunezeroKuri uyu wa mbere, Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza ndetse n’ay’abakoze ibisoza ikiciro rusange Tronc Commun.
-
StarTimes yasobanuye ikibazo cyatumye hari amashene amwe atari kugaragara, ikibazo bari kugikemura
12 July 2020, by UbwanditsiSosiyete y’Ikoranabuhanga, StarTimes, yiseguye ku bakiliya bayo nyuma y’ikibazo yagize mu ihuzanzira rya satellite bigatuma amwe mu mashene yayo atagaragara nkuko bisanzwe.
StarTimes imaze imyaka myinshi igeza ku Banyarwanda serivisi zitandukanye haba abakeneye kureba amakuru, siporo, filime, imyidagaduro n’ibindi byinshi.
Muri iyi minsi, StarTimes yagize ikibazo aho imirongo ya Satellite iri hagati ya 3.7 GHz na 4GHz kuri site ya Jali yahuye na kirogoya (interference) bituma shene (…)
Umuryango.rw
StarTimes yasobanuye ikibazo cyatumye hari amashene amwe atari kugaragara, ikibazo bari kugikemura