Umuhanzi Nyarwanda Mugisha Benjamin ariko uzwi ku izina rya The Ben,arashinjwa n’umuraperi nawe w’umunyarwanda uzwi nka Edsha ngo kuba yaramutwariye umukunzi we Marina bari bamaze igihe kitari gito bakundana ndetse bataryaryana.
Ni mu kiganiro uyu musore Edsha yagiranye n’umuryango.rw aho yavuza ko The Ben yamutwariye umukunzi we nawe w’umuhanzikazi uri kuzamuka "Marina"yitwaje ngo ibyo atazi,aho ngo byatangiye byitwa ko ari umunjyanama wuyu muhanzikazi ariko nyuma bikaza kuvamo tumwe mu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Urukundo hagati ya The Ben n’umuhanzikazi nyarwanda Marina rwafashe indi ntera mu gihe Edsha we ahekuwe uwo yari yihebeye(UBUHAMYA+AMAFOTO)
6 June 2017, by Martin Munezero -
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yo ku wa 26 Gicurasi 2017
27 May 2017, by Ubwanditsi 1None kuwa Gatanu, tariki ya 26 Gicurasi 2017, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, ashingiye ku bubasha ahabwa n’amategeko yamenyesheje Inama y’Abaminisitiri ko tariki ya 07/04/2017, yazamuye mu ntera abasirikare mu buryo bukurikira: Ofisiye makumyabiri na batandatu (26) bazamuwe mu ntera kuva ku ipeti rya Liyetona (…) -
Kwibuka 28: Mukabalisa Donatille yanenze imyitwarire ya UN muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994
12 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 cyabereye ku Rwibutso rwa Nyanza, mu Karere ka Kicukiro Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite Mukabalisa Donatille, yagarutse ku myitwarire igayitse ndetse n’ubugwari byaranze Loni yari izi ko Jenoside irimo gutegurwa ariko ntiyayiburizamo kandi n’igihe yashyirwaga mu bikorwa ntiyatabaye kandi itari ibuze ubushobozi.
-
DASSO yatoraguye miliyoni 2 z’amafaranga y’u Rwanda ayasubiza nyirayo
27 December 2017, by Nsanzimana ErnestNgoma- Umukozi w’ urwego rw’ akarere rucunga umutekano , DASSO witwa Tuyisenge Fabrice wo mu karere ka Ngoma yatoraguye agakapu karimo amafaranga miliyoni ebyiri y’u Rwanda (2 000 000Frw) ari wenyine, ayashyikiriza ubuyobozi bw’ umurenge Kazo nyirayo agarutse arayamuha.
Kuri uyu wa Gatatu ubwo Hycenthe Mukashyaga yari avuye kubikuza amafaranga kuri SACCO ya kazoo yagiye kwaka service ku biro by’ umurenge ahibagirirwa agakapu karimo 2 000 000.
Uyu mugore utuye mudugudu wa Kibimba akagari (…) -
Imwe muri za Nkura u Rwanda ruherutse kuzana yivuganye inzobere mu kwita ku nyamaswa
8 June 2017, by Nsanzimana ErnestKrisztián Gyöngyi wari inzobere mu kwita ku butaka, ikirere, amazi, inyamaswa, n’ ibimera yaguye muri pariki y’ Akagera yishwe n’ inkura kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Kamena 2017.
Nk’ uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ Ubuyobozi bw’Ikigo ‘African Parks’ gicunga Pariki y’Igihugu y’Akagera Gyöngyi yagize uruhare rugaragara mu gikorwa cyo kugarura mu Rwanda inkura zirabura zari zimaze imyaka 10 zicitse burundu mu gihugu. Iyi nkura yamwishwe ejo mu gitondo ubwo yari mu kazi ko (…) -
Gahunda ya Guma mu rugo yongereweho iminsi 11 n’Inama y’Abaminisitiri
17 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Mata 2020, Perezida Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga ry’iyakure, yigaga ku ngamba zo guhashya Coronavirus no guhangana n’ingaruka zayo yaje kurangira abagize Guverinoma bongereye gahunda ya Guma mu rugo iminsi 11 n’ukuvuga,kugeza kuwa 30 Mata 2020.
-
Gisagara: Umukobwa wabo yishwe n’umugabo yashatse amuteye icumu//Inkiko zamugize umwere birabayobera (Video)
13 April 2020, by UbwanditsiNibakwiye Mathilde, Umukecuru w’imyaka 68 n’umugabo we Ndagijimana Theoneste bavuga ko babayeho mu gahinda kadashira bamaranye hafi imyaka 9 nyuma y’uko umugabo wari warashate umukobwa wabo, Urayeneza Beatha yamwishe amuteye icumu ndetse akaba yaranze kubazanira abuzukuru nyakwigendera yasize, ubu bari mu myaka 9 kuko nyina yishwe muri 2011 bafite amezi atanu.
-
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yari igiye kuba ku nshuro ya 18 yasubitswe
14 December 2020, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yafashe icyemezo cyo gusubika Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 2020 yari iteganyijwe ku wa Gatatu tariki 16 Ukuboza 2020, kubera ubwandu bwa COVID19 bukomeje kwiyongera.
-
Leta y’ u Rwanda yashyinguye dosiye 13 z’ abaregwa uruhare muri jenoside
26 October 2018, by Nsanzimana ErnestJean Bosco Mutangana
Ubushinjacyaha bukuru bw’ u Rwanda bwashyinguye dosiye z’abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi bagera kuri 13.
-
U Rwanda n’ Ubushinwa bemeranyije ubufatanye mu nzego nyinshi [VIDEO]
23 July 2018, by Nsanzimana ErnestKu munsi wa Kabiri ari nawo usoza uruzinduko rw’ iminsi ibiri yagiriraga mu Rwanda , Perezida w’ Ubushinwa Xi Jinping yashimiye Perezida Kagame kuba u Rwanda rutekanye kandi rukataje mu iterambere anavuga ko ahaye ikaze u Rwanda mu bufatanye n’ Ubushinwa.
Umuryango.rw
Kwibuka 28: Mukabalisa Donatille yanenze imyitwarire ya UN muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994
Gahunda ya Guma mu rugo yongereweho iminsi 11 n’Inama y’Abaminisitiri