Joseph Habineza yamamaye cyane ubwo yayoboraga Minisiteri y’umuco na Siporo, inshingano zatumye urubyiruko rumwiyumvamo ndetse rutangira kumutazira “Joe” , kuri ubu uyu mugabo yahawe inshingano nshya muri Sosiyete ya Radiant.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Amb. Joseph Habineza uzwi nka Joe yagaragaje uburyo yishimiye imirimo mishya yahawe
10 May 2019, by Martin Munezero -
Umubyeyi ikinya cyamuremaje ingingo ahawe miliyoni 48 ziribwa na mukeba we
26 June 2018, by Nsanzimana ErnestIkinya
Gasabo -, Tuyisenge Christine , umugore wa Munyeshyaka Jean Damascene ukora muri Minisiteri y’ abakozi ba Leta n’ umurimo bamusanze mu nzu yarahocereye kubera inzara n’ agahinda nyamara Minisiteri y’ ubuzima yaratanze amafaranga ngo yitabweho nyuma yo guterwa ikinya kikamusigira ubumuga.
-
Ababyeyi batagihana abana bati "Hari ukundi umwana akosorwa" [AMAFOTO]
20 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmuryango uharanira iyubahirizwa ry’ uburenganzira bw’ abana Children’ s Voice Today ufatanyije na Save the Children(CVT) barimo kwigisha abarezi n’ ababyeyi n’ abana ko umuco wo guhana abana ukwiye gucika umwana wakoze ikosa akajya aganirizwa ku ikosa yakoze n’ uburyo ubutaha akwiye kwirinda kurisubira.
-
Muri iri joro Umujyi wa Kigali watangiye gusenya inyubako Hotel Top Tower yakoreragamo
11 July 2017, by UbwanditsiKuva mu masaha akuzeho y’umugoroba wo kuri uyu wa kabili inyubako ya Hotel Top Tower iherereye ku Kimihurura iri gusenywa, amakuru Umuryango wamenye ni uko iri gusenywa n’Umujyi wa Kigali ku mpamvu z’uko ngo itubahirije igishushanyo mbonera cy’Umujyi wa Kigali bityo aho yubatse hakaba hakenewe ikibanza cyo kubakwamo inyubako zijyanye n’igishushanyo mbonera cy’Umujyi.
Ubwo umunyamakuru w’Umuryango yageraga aho iyi nyubako iherereye saa yine z’ijoro ku isaha ya Kigali yasanze hari iyi (…) -
Gorilla Games igiye gufasha abanyamahirwe 3 kuzareba umukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi bari muri Qatar
19 August 2022, by Dusingizimana RemyKompanyi y’imikino y’amahirwe iri mu zikomeye mu Rwanda "Gorilla Games" yazanye ubukangurambaga bwiswe "Qatar twagiye na Gorilla Games"buzafasha abakiriya 3 bayo b’abanyamahirwe kuzareba umukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi bari muri Qatar imbonankubone.
Ubu bukangurambaga kandi buzaha abandi banyamahirwe basaga ibihumbi 10 kuba barebera umupira wa nyuma w’igikombe cy’Isi bari i Kigali ariko bakamera nk’abibereye muri "Qatar" ahazabera iki gikombe.
Ushinzwe itumanaho n’imenyekanishabikorwa (…) -
TAS2019: Robot ya "Sophia" yatunguye abantu mu kiganiro yagiranye na Minisitiri Ingabire Paula
16 May 2019, by Dusingizimana RemyRobot ya Sophia yongeye gususurutsa abitabiriye umunsi wa 3 wa Transform Africa aho yatangaje byinshi mu kiganiro kirambuye yagiranye na Minisitiri w’ikoranabuhanga, itumanaho no guhanga udushya,Madamu Paula Ingabire.
-
Umwe mu bashoferi yagaragaje ikiri gutera amakamyo ya HOWO gukora impanuka bikabije
8 December 2022, by Dusingizimana RemyMu minsi ishize,abasenateri basabye Polisi ko hasuzumwa ibibazo imodoka zo mu bwoko bwa HOWO zifite bituma zikunda gukora impanuka zikanatwara ubuzima bwa benshi.
Bwana Usengamungu JMV utunze ikamyo ya HOWO yabwiye RBA ko ikibazo cy’izi mpanuka atari amakamyo ubwayo ahubwo ari abayatwara baba basinze cyangwa bakajya mu tubari bakayaha aba tandiboyi bakabasimbura.
Yagize ati "Abashoferi batwara amakamyo abenshi baba basinze.Abatasinze,ugasanga rimwe ayihaye umutandiboyi niwe (…) -
Impamvu Amavubi agomba gutsinda umukino w’uyu munsi byanze bikunze
19 January 2018, by Dusingizimana RemyAmavubi aherereye mu mikino ya CHAN 2018 iri kubera mu gihugu cya Maroc ndetse kuri uyu munsi arakina umukino wa kabiri wo mu itsinda C,urayihuza na Equatorial Guinea nyuma yo kunganya 0-0 na Nigeria mu mukino wa mbere. Amavubi arakina saa 21h30 na Equatorial Guinea ashaka kwiyongerera icyizere cyo kwerekeza mu mikino ya kimwe cya kane cy’irangiza nyuma yo gukina umukino waranzwe no kugarira cyane banganyije na Nigeria.
UMURYANGO wabateguriye impamvu z’ ibanze zigomba gutuma ikipe (…) -
Perezida Kagame ategerejwe mu Bufaransa
16 May 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame tariki 24 na 26 Gicurasi uyu mwaka azitabira imurikabikorwa ryo guhanga udushya n’ ubuvumbuzi mu ikoranabuhanga rigiye kuba ku nshuro ya gatatu.
-
Nyarugenge: Abagizi ba nabi basanze ihene 4 z’umuturage aho zarimo kurisha barazica zose
28 October 2019, by Dusingizimana RemyMu mvura yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere,taliki ya 28 Ukwakira 2019, abagizi ba nabi bataramenyekana basanze ihene enye z’umugore witwa Thacienne Mukaturatsinze aho zarishaga bazica nabi.
Umuryango.rw
Gorilla Games igiye gufasha abanyamahirwe 3 kuzareba umukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi bari muri Qatar
Umwe mu bashoferi yagaragaje ikiri gutera amakamyo ya HOWO gukora impanuka bikabije