Ikipe ya Mukura VS yamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi 21 izakoresha mu irushanwa ry’Agaciro barimo rutahizamu witwa Samuel Nwosu Chukwudi ukomoka muri Nigeria waherukaga gusinyira Rayon Sports imyaka 2.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Mukura VS yashyize hanze abakinnyi 21 izakoresha mu gikombe cy’Agaciro barimo n’uherutse gusinyira Rayon Sports
12 September 2019, by Dusingizimana Remy -
Mu itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa gatatu,harimo kwirukana abayobozi benshi mu by’uburezi
12 April 2018, by Martin MunezeroKuri uyu wa Gatatu, tariki ya 11 Mata 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yahaye ikaze Dr. Uwera Claudine, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ushinzwe Igenamigambi winjiye muri Guverinoma, hamwe n’Abari basanzwe muri Guverinoma ariko bahinduriwe inshingano ari bo Dr. Ndagijimana Uzziel, Minisitiri w’Imari n’igenamigambi na Amb. Gatete Claver, Minisitiri (…) -
UR: Inzobere zarebye inyungu imwe none bitumye abanyeshuri basubizwa mu ntara igitaraganya
30 August 2018, by Nsanzimana ErnestInkuru irimo kuvugwa cyane mu burezi bw’ u Rwanda ni uko bamwe mu banyeshuri bigaga muri Kaminuza y’ u Rwanda mu mashami y’ I Kigali basubijwe kwiga mu mashami yo mu ntara, UR iravuga ko byatewe n’ uko inzobere zatekereje kuzana abo banyeshuri I Kigali barebye inyungu y’ ireme ry’ uburezi gusa.
-
Kamonyi: Abana 7 basanzwe mu rugo rw’ umuturage birakekwa ko bari bagiye gucuruzwa
29 May 2018, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda yatawe muri yombi umugabo wo mu kagari ka Kivumu mu murenge wa Musambira mu karere Kamonyi bakunda kwita Jean Paul akekwaho icyaha cy’ icuruzwa ry’ abantu.
-
Taliki 17 Kamena: Isomere ibyaranze uyu munsi mu mateka
17 June 2017, by Renzaho FerdinandUruzi rwa Mississipi/ Foto: Internet
Turi tariki ya 17 Kamena ni umunsi w’ 168 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 197 niyo isigaye kugira ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka
• 1673: Abashakashatsi Jacques Marquette na Louis Jolliet bakomoka mu gihugu cy’u Bufaransa bageze ku mugezi wa Mississippi, ni na bo bantu ba mbere baturutse ku mugabane w’u Burayi bashoboye gutanga ibisobanuro birambuye bijyanye n’umugezi wa Mississippi.
• 1773: Igihugu (…) -
Uko Minisitiri Mukantabana yasubije Umudepite amubajije impamvu inkuba zikubita I Gatsibo na Karongi ntizikubite I Nyagatare na Ngoma
19 May 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Imicungire y’Ibiza no gucyura impunzi yabajijwe n’ umudepite wo muri Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe ingengo y’imari n’umutungo by’igihugu, impamvu inkuba zikubita i Rutsiro ntizikubite i Nyagatare.
Minisitiri Mukantabana Seraphine yasobanuriye abadepite ko hari ubushakashatsi bwakozwe kugira ngo hamenyekane ubwoko bw’imirindankuba byashyirwa mu Karere ka Rutsiro bitewe n’uko kari mu twibasirwa n’inkuba cyane.
Depite Tengera Francesca yasabye ijambo abaza (…) -
Dr Apôtre Gitwaza nyuma yo guhanurira Afurika bikaba yahanuriye u Burundi ko bugiye kuba nka Dubai
9 April 2018, by Nsanzimana ErnestIntumwa y’ Imana Dr Apôtre Paul Gitwaza washinze idini ‘Zion Temple’ yahanuye ko U Burundi buzaba nka Dubai asaba abafiteyo amasambu kutayitesha. Mu myaka umunani ishize yavuze ko Imana yamubwiye ko imipaka ya Afurika igiye kuvanwaho ubu birimo gukorwa
Dubai ni umugi w’ iraha, uherereye muri Leta zunze Ubumwe z’ Abarabu. Niwo ubarizwa umuturirwa wa mbere muremure cyane ku Isi, ‘Burj Khalifa’ ufite metero 830 z’ uburebure ukagira n’ ibirwa byakozwe n’ abantu.
Ubwo yarimo yigisha Dr Apotre (…) -
Minisante yanyomoje ibivugwa ko kutanywa inzoga bishobora gutera umubiri kubura arukoro
17 June 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubuzima mu Rwanda ishishikariza Abanyarwanda kwirinda ibiyobyabwenge kuko ntakiza cyabyo ahubwo byica abantu bikanadindiza iterambere.
Iyi Minisiteri yanyomoje ibikunze kuvugwa n’ abantu badandukanye bavuga ko kutanywa inzoga bishobora gutuma umuntu agerwaho n’ ingaruka zitewe n’ uko umubiri wabuze umusemburo.
Umuyobozi w’ Ishami rivura indwara zo mu mutwe Dr Jean Damascene Iyamuremye yavuze ko arukoro/umusemburo ari ngombwa mu mubiri, gusa ngo ntawe ukwiye kwishora mu (…) -
Nyagatare: Impanuka ya Ritco ikomerekeyemo abantu 26 bagiye kwamamaza -AMAFOTO
22 July 2017, by Iyamuremye JanvierMu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 22 Nyakanga 2017, i Rwimiyaga mu karere ka Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba bw’u Rwanda Imodoka itwara abagenzi ya sosiyete ya RITCO, yakoze impanuka hakomereka abantu 26 ku bw’amahirwe ntihagira uwo ihitana.
Umuvugizi wa Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu Muhanda, CIP Kabanda Emmanuel, avuga ko abantu batandatu aribo bayikomerekeyemo bikomeye abagera kuri 20 bakomereka mu buryo bworoheje .
CIP Kabanda yatangaje ko nta (…) -
Mu mafoto reba uko AbanyeCongo ibihumbi n’ibihumbi baje kwakira i Kigali Moise Katumbi utavuga rumwe na Kabila
29 April 2018, by Martin MunezeroKuri uyu wa 28 Mata 2018 nibwo Abanye Congo ibihumbi n’ibihumbi baje kwakira Moise Katumbi uri i Kigali mu nama ya " Ibrahim Governance Weekend".
Aba BanyeCongo bavuga ko barambiwe ubutegetsi bwa Joseph Kabila ndetse ko uwo bashaka ari Moise Katumbi wahoze ari Guverineri w’intara ya Katanga muri Congo mbere y’uko umubano we na Kabila uzamo agatotsi.
Uyu mugabo w’imyaka 54 wari ushagawe n’AbanyeCongo benshi yabatangarije itangazamakuru ko aziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu cya (…)
Umuryango.rw
Minisante yanyomoje ibivugwa ko kutanywa inzoga bishobora gutera umubiri kubura arukoro