Umugabo witwa Nimugira Assouman w’imyaka 46 wo mu karere ka Gicumbi yafashwe n’abagize umuryango w’uwitwa Ntibibuka Pierre Celestin ari kwiba igitoki,barakubita bimuviramo urupfu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Gicumbi: Umugabo yakubiswe inkoni nyinshi bimuviramo gupfa nyuma yo gufatwa yiba igitoki
15 May 2020, by Dusingizimana Remy -
Ububiligi:Neretse yashinjwe guha amafaranga interahamwe n’umutangabuhamya wamukoreraga
20 November 2019, by Dusingizimana RemyUrukiko mu Bubiligi ku wa 20 Ugushyingo 2019 rwakomeje kuburanisha urubanza rwa Fabien Neretse ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, nyuma yaho rukomeje kugaragaramo amagambo n’imvugo bivuga ko habayeho Jenoside yakorewe Abatutsi n’iyakorewe Abahutu.
-
Amateka y’u Rwanda: Amato y’intambara ya Rwabugiri ndetse n’aho izina "Gisozi" ryaturutse
27 June 2019, by UbwanditsiWaba wari uzi ko mu ntambara Rwabugiri yagiye arwana harimo n’izo yakoreshagamo amato y’intambara? Uzi se aho izina Gisozi ryaturutse? Ni muri iki kiganiro "Amateka y’u Rwanda mutegurirwa na Terence Muhirwa".
-
PS Imberakuri iravuga ko igiye kurega mu nkiko Diane Rwigara imushinja ubujura bw’imyirondoro y’abayoboke bamwe baranapfuye
8 July 2017, by Iyamuremye JanvierUmuyobozi w’Ishyaka PS Imberakuri, Mukabunani Christine, yatangaje ko batangiye gukusana ibimenyemetso bishinja Diane Rwigara nyuma yo gukoresha abarwanashyaka bayo mu gihe yashakaga imikono 600 yo gushyigikira kandidatire ye ku mwanya wa Perezida wa Repubulika.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Nyakanga 2017, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora NEC, yatangaje urutonde ntakuka rw’abakandida bemerewe guhatanira umwanya wa Perezida wa Repubulika, icyo gihe kandi Prof.Kalisa Mbanda yahise anatangaza (…) -
Umuganga w’ abana yakomoje ku kuba indwara nka kanseri zisigaye zigaragara no mu bana
14 September 2017, by Nsanzimana ErnestDr Lisine Tuyisenge, Muganga w’ abana mu bitaro bya CHUK
Inzobere mu buvuzi bw’ indwara z’ abana mu Rwanda zivuga ko muri iki gihe abana basigaye bagaragarwaho n’ indwara zikomeye zirimo umutima, kanseri, n’ izindi. Ababyeyi barasabwa kuvuza abana babo indwara zitarabarenga.
Ibi byatangarije mu nama y’ iminsi ibiri ku buvuzi bw’ abana iteraniye i Kigali yatangiye kuri uyu wa 14 Nzeli 2017.
Dr Lisine Tuyisenge, Umuganga w’ abana mu bitaro bya CHUK, avuga ko mu myaka yashize indwara (…) -
RIB yataye muri yombi umunyamakuru wa ISHEMA TV n’umushoferi we bazira kwica gahunda ya #Gumamurugo
15 April 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha ruratangaza ko uyu munsi rwataye muri yombi Niyonsenga Dieudonne alias Cyuma nyiri Ishema TV ikorera kuri murandasi [You Tube] hamwe n’umushoferi we Komezusenge Fidele ngo kubera ko barenze ku mabwiriza ya #GumaMurugo.
-
Minisitiri Busingye afite inzozi ko umunsi umwe gereza zo mu Rwanda zizahinduka amashuri n’ amahoteli
1 April 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubutabera w’ u Rwanda Johnston Busingye afite icyizere ko u Rwanda ruzagera ikirenge mu cy’ Ubuholandi rukagabanya imfungwa n’ abagororwa maze gereza zigahinduka amashuri, amahoteri, sitade cyangwa inkambi zo kwakiriramo impunzi mu gihe cya vuba.
Gereza zo mu Buholandi zagabanutsemo imfungwa. Muri 2006 zari 20,463 muri 2016 zari zimaze kugera ku 10,102.
Minisitiri Busingye kuri uyu wa Gatandatu tariki 31 Werurwe yoherereje ubutumwa bwa Pasika ku nzego zifite aho zihuriye (…) -
Inzu y’imideli ’The Power Fashion Boutique’ ari nayo yambitse abitabiriye Miss Supranational yatangije irushanwa ryo gufasha abanyamideli
16 August 2020, by UbwanditsiAbanyamideli babiri Cyusa Brandon na Cynthia Uwikunda batsindiye amafaranga ibihumbi 400 y’amanyarwanda nyuma yo guhiga abandi 12 bari bahanganye mu irushanwa ryiswe "The Power Pageant" rigamije guteza imbere abakora uyu mwuga.
The Power Fashion Boutique ni imwe mu nzu z’imideli ziri kuzamukana imbaduko mu ruganda rw’imideli mu Rwanda, ugereranyije n’igihe batangiriye. Nyuma y’amezi make batangiye gukora, bambitse abakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Supranational Rwanda 2019 kuva ku (…) -
Dr Frank Habineza kwiyamamariza I Huye byajemo ka kidobya
23 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza gahunda ye yo kwiyamamariza mu karere ka Huye yahindutse kubera impamvu nyir’ ubwite yise “akabazo tekiniki”.
Kuri iki Cyumweru tariki 23 Nyakanga 2017 umukandida Dr Frank Habineza byari biteganyijwe ko yiyamamariza mu karere ka Nyaruguru n’ akarere ka Huye twombi two mu ntara y’ Amajyepfo gusa ntabwo yabashije kwimamariza mu karere ka Huye.
Uyu mukandida yatangaje ko impamvu yahinduye (…) -
Ibyo wamenya ku noti yanditseho ‘Specimen’ ikunze kuba imanitse kuri ‘Guichet’ ya banki
23 December 2017, by Nsanzimana ErnestMuri banki hafi ya zose ku kirahuri gitandukanya umukozi wa banki utanga amafaranga n’ umukiriya wa banki haba hamanitse inoti yanditsemo ijambo ‘Specimen’ iyi noti ngo ntabwo ari inoti isanzwe nta n’ ubwo ari inyiganano nk’ uko abenshi babyibwira.
Abo UMURYANGO wabajije ku by’ iriya noti basubije ko ari inoti y’ inyiganano banki ifatana umukiriya ikayimanika hariya.
Umukozi wa banki nkuru y’ u Rwanda BNR yatangarije UMURYANGO ko iriya atari inoti ibonetse yose ndetse ko atari inoti y’ (…)
Umuryango.rw
Umuganga w’ abana yakomoje ku kuba indwara nka kanseri zisigaye zigaragara no mu bana
Inzu y’imideli ’The Power Fashion Boutique’ ari nayo yambitse abitabiriye Miss Supranational yatangije irushanwa ryo gufasha abanyamideli