Urwego rushinzwe gukurikirana ibyaha RIB kuri uyu wa 6 Kanama 2018 rwagaragaje abasore babiri bashinjwa ubwambuzi bushukana bifashishije Facebook na Instagram bakabeshya ko ari ba ‘kanaka’ bazwi, kandi atari bo, bagasaba umuntu bashaka amafaranga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
RIB yerekanye abatekamutwe barimo uwiyitiriye Ama- G, Rutura, Bruce Melody, Jay Polly n’ abandi
6 August 2018, by Nsanzimana Ernest -
Hari kuba imirwano ikaze hagati y’abasirikare ba D.R.Congo n’inyeshyamba za ADF zo muri Uganda
21 January 2019, by Martin MunezeroGuhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 21 Mutarama 2019, hakomeje kuba imirwano hagati y’Abasirikare ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bahanganye n’inyeshyamba za ADF zo muri Uganda.
-
‘Kudutera uturutse hanze biragoye’ Perezida Kagame
14 December 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yavuze ko nta mwanzi watera u Rwanda aturutse hanze y’ igihugu ngo abishobore ko ahubwo umwanzi ukomeye ari uwaturuka imbere mu gihugu.
Umukuru w’ igihugu yabivuze kuri uyu wa Kane tariki 14 Ukuboza 2017 ubwo ishyaka FPR inkotanyi riri ku butegetsi mu Rwanda ryizihizaga imyaka 30 rishinzwe.
Yagize ati “Indake iri hano iri muri twe, ikizaturinda kikarinda ibyo twubaka kiri muri twe hano muri mwe. Nitwirinda ya mico mibi, tukuzuzanya, tukagira ubumwe, tukagira imyitwarire (…) -
Abadepite banenze imvugo Me Evode yakoresheje mu nteko
18 October 2017, by Nsanzimana ErnestAbadepite banenze zimwe mu mvugo z’ Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi mategeko muri Minisiteri y’Ubutabera Me Evode Uwizeyimana.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Ukwakira 2017, ubwo Me Evode yagaragarizaga abadepite ishingiro ry’ ivugurura ry’ igitabo cy’ amategeko ahana ibyaha mu Rwanda yagereranyije uko icyo gitabo cyari kimeze ‘ishyamba ry’ inzitane’ ashaka kugaragaza ko cyari kigizwe n’ ingingo nyinshi bikagorana kubonamo ingingo runaka.
Iyi mvugo abadepite barimo (…) -
Abarangije amashuri yisumbuye muri 2019 bashyiriweho amahirwe yabafasha kwiga muri Cyprus
13 August 2020, by Dusingizimana RemyIkigo cyitwa Best World Link Group gifasha abanyeshuri bo mu Rwanda no muri aka karere kwiga mu mahanga cyashyiriyeho amahirwe Abanyeshuri bo mu Rwanda barangije amashuri yisumbuye yo kuba bahabwa Buruse zo kwiga ibijyanye n’ubuganga muri Cyprus.
-
RIB yatabaye mu ibanga umugore wari ugiye kwicwa n’ umugabo we
3 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmugore witwa Nzitukuze Yvette yatabawe n’ Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha kubera amakuru yatanzwe n’ umuturage nyiri ugucurirwa umugambi wo kwicwa atabizi.
-
Minisitiri Kaboneka na Minisitiri Busingye basanze Gicumbi isinziriye
20 September 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubutegetsi bw’ igihugu Francis Kaboneka na Minisitiri y’ ubutabera akaba n’ intumwa nkuru ya Leta basuye akarere ka Gicumbi basanga ishoramari mu mugi wa Gicumbi risinziriye.
Ni mu nama yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Nzeli 2017 igamije gusuzumira hamwe amahirwe ari mu karere ashobora gukurura ishoramari bareba n’ibimaze gukorwa mu kuvugurura umujyi wa Gicumbi n’ishoramari muri rusange.
Iyi nama mpuzabikorwa ku iterambere ry’ akarere ka Gicumbi yitabiriwe n’ (…) -
Wa mwana w’ inshuke washimutiwe Kicukiro habonetse umurambo we
19 May 2018, by Nsanzimana ErnestNakabonye nyina w’ umwana washimuswe
Mu murenge wa ZAZA wo mu karere ka Ngoma kuri uyu wa Gatandatu tariki 19 Gicurasi habonetse umurambo w’ umwana w’ umuhungu w’ imyaka 5 wigaga muri gardienne ya gatatu washimutiwe mu karere ka Kicukiro umurenge wa Niboye akagari ka Nyakabanda, mu mpera z’ icyumweru gishize.
-
Dore abandi baperezida n’abakandida bagabweho ibitero nka Donald Trump
14 July 2024, by EmmyNyuma y’imyaka 19, kuri uyu wa 13 Nyakanaga 2024 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hongeye kumvikana inkuru ishitura umutima y’igitero ku munyapolitiki wiyamamariza umwanya w’Umukuru w’Igihugu
-
Buri twita rigomba kuba ryateguwe kandi birashoboka
18 June 2018, by Nsanzimana ErnestInda zitateganyijwe ntabwo zigaragara mu bakobwa n’ abasore gusa ahubwo n’ abagore bubatse nabo batwara inda batateganyije. Ubushakashatsi buheruka bwagaragaje ko mu Rwanda ikigero cy’ inda zitifujwe kiri kuri 47%. Impuguke mu bijyanye n’ ubuzima bw’ imyororokere n’ uburenganzira bwa muntu Dr Aflodis Kagaba asanga Abanyarwanda bahinduye imyumvire na Leta y’ u Rwanda ikaborohereza byagabanya ikigero cy’ inda zitifujwe.
Umuryango.rw
Abarangije amashuri yisumbuye muri 2019 bashyiriweho amahirwe yabafasha kwiga muri Cyprus
Dore abandi baperezida n’abakandida bagabweho ibitero nka Donald Trump
Buri twita rigomba kuba ryateguwe kandi birashoboka