Urukiko rw’ubucuruzi rwa Nyarungenge, rwatangiye kuburanisha urubanza Uruganda “ Premier Tobacco Company” rw’umuryango wa Rwigara Assinapol, ruregamo ikigo c’igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro RRA. Uru ruganda , rusaba urukiko gutegeka iki kigo, kuvanaho inzitizi zose zatumye uru ruganda ruhagarika akazi karwo k’ubucuruzi.
Mu kirego cyihutirwa cyatanzwe n’Uruganda Premier Tobacco Company” rwunganirwa na Me Janvier Rwagatare, rwagejeje ku rukiko rw’ubucuruzi rwa Nyarugenge, uru (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Uruganda rwa Rwigara rwareze Leta y’ u Rwanda
31 January 2018, by Nsanzimana Ernest -
Minisitiri Kabarebe yavuze ko umwanzi ukomeye u Rwanda rushobora kugira ari amacakubiri
3 June 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Ingabo Jenerali James Kabarebe avuga ko umwanzi u Rwanda rushobora kugira akaruhemukira ari amacakubiri naho abandi banzi nka FDLR nta kintu bashobora gutwara u Rwanda.
Uyu muyobozi ibi yabigarutseho mu muhango wo gushyiraho ihuriro ry’Ubumwe n’ubwiyunge mu Karere ka Rubavu abereye imboni.
Min Kabarebe yemeza ko Abanyarwanda bagomba kwirinda amacakubiri kuko ari cyo kintu cyonyine gishobora gutuma abanyarwanda basubira mu mateka mabi banyuzemo.
Ati “Umwanzi wa mbere w’u (…) -
Perezida Kagame yongeye kugaragara atwaye igare [AMAFOTO]
21 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 21 Ukwakira 2018 yifatanye n’ abanyaKigali muri siporo rusange isigaye iba kabiri mu kwezi mu mihanda itarimo ibinyabiziga bya moteri. Ni ku nshuro ya kabiri agaragaye atwaye igare kuko yaherukaga kugaragara aritwaye ubwo hafatwaga amashusho ya filime mbarankuru ku Rwanda ’Rwanda The Royal tour’
-
Tanzania: Perezida Samia Suluhu amerewe nabi kubera uko yibasiye abagore
23 August 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan arimo kunengwa ku mbuga nkoranyambaga kubera kuvuga ko bamwe mu bakinnyi b’abagore b’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru bafite "mu gatuza harambuye" kandi ko batabereye kuba bashakwa.
Yabivugiye mu biro bye i Dar es Salaam ubwo yakiraga umudari watsindiwe n’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru y’abari munsi y’imyaka 23, mu irushanwa ryo mu karere k’Afurika y’uburasirazuba no hagati (CECAFA) ry’uyu mwaka.
Yavuze ko nubwo abo bagore bahesheje ishema (…) -
Startimes yatekereje ku bakunzi ba Filimi irabadabagiza muri uku Kuboza
4 December 2020, by Dusingizimana RemySosiyete ya StarTimes, itanga ifatabuguzi ryagutse rya TV,yazaniye filimi mpuzamahanga zitandukanye abakiriya bayo bazikunda ku buryo ababyeyi n’abana bazabasha kugira ibihe byiza muri uku kwezi k’Ukuboza kose kurimo n’iminsi mikuru.
-
Kigali: Abaganga babiri batawe muri yombi bazira gutera ikinya umurwayi agahita apfa
19 November 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere taliki ya 18 Ugushyingo 2019, abaganga babiri bakora muri Baho International Hospital batawe muri yombi bakurikiranyweho icyaha cy’ubwicanyi budaturutse ku bushake nyuma y’uko bateye ikinya umurwayi bikarangira yitabye Imana.
-
Abiga mu bigo byigenga nabo ntibemerewe telefone n’ imisatsi isutse
14 June 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ uburezi mu Rwanda yatangaje ko abanyeshuri biga mu mashuri y’ inshuke, abanza n’ ayisumbuye babujijwe gutunga telefone ku ishuri ngo uzajya ayifatwanwa inshuro ebyiri azajya yirukanwa burundu ikigo cyanze kubuza abanyeshuri kuzitunga gifungwe burundu cyaba icya Leta cyangwa ikigenga.
-
Umunyamakuru Kayumba Casmir yitabye Imana bitunguranye
16 January 2018, by Nsanzimana ErnestKayumba William Casmiry wari umaze igihe kinini akora mu itangazamakuru ryandika mu Rwanda yitabye Imana kuri uyu wa 15 Mutarama 2018 azize urupfu rutunguranye.
Uyu musaza wari ufite imyaka 56 y’ amavuko ari umuntu uvuga make agakunda ukuri, yashinze Ikinyamakuru Ukuri.net anakibera umuyobozi. Yari atuye mu Murenge wa Ndera, Akagari ka Kibenga mu Mudugudu wa Bahoze, Akarere ka Gasabo.
Amakuru aturuka mu muryango we aravuga ko ejo saa munani Kayumba yumvishe atameze neza ajya kuruhuka, (…) -
Hahishuwe uko Kabuga Felicien yafashwe bitewe n’umuhungu we wahoraga ajya kumusura
25 May 2020, by Dusingizimana RemyHari byinshi bigitangazwa ku buryo Félicien Kabuga yafashwe, Koloneri Eric Emeraux ukuriye ishami rya jenoside n’ibindi byaha muri polisi y’Ubufaransa avuga ko Kabuga yari uwa kabiri inyuma ya Osama Bin Laden mu bantu bashakishwaga ku isi, anavuga uko bamugezeho.
-
Mugabe yandikiye inteko ishinga amategeko ayimenyesha ko yeguye ku mpamvu ze bwite
21 November 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe amaze kwegura mu gihe inteko yari yatangiye kwiga ku buryo bwo kumweguza ku ngufu kuri uyu wa 21 Ukuboza 2017, Ishyaka riri ku butegetsi ryatangaje ko Emmerson Munangagwa ariwe uhita aba Perezida w’ inzibacyuho.
Saa munani nibwo byari biteganyijwe ko abadepite batangira kwiga ku ngingo yo kweguza uyu mukuru w’igihugu umaze imyaka 37 ku butegetsi.
Reuters ivuga ko ubwo ibiganiro byari bigitangira, Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko, Jacob Mudenda (…)
Umuryango.rw
Tanzania: Perezida Samia Suluhu amerewe nabi kubera uko yibasiye abagore