Rutahizamu Sugira Ernest yahagaritswe amezi 2 atagaragara mu ikipe nkuru ya APR FC kubera amakosa 5 ashinjwa aho yagabanyirijwe umushahara ndetse ategekwa gukorera imyitozo mu ishuri ry’umupira w’amaguru rya APR FC.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
APR FC yafatiye ibihano bikarishye Sugira Ernest kubera amakosa 5 imushinja
24 October 2019, by Dusingizimana Remy -
Abamotari bakemuriwe ibibazo by’ingutu byatumye bigaragambya
25 February 2022, by Dusingizimana RemyAbamotari bo mu Mujyi wa Kigali bagiye guhurira mu nama n’ubuyobozi mu nzego zirimo za Minisiteri, Polisi, RURA n’izindi, kuri Stade ya Kigali, i Nyamirambo.
Muri iyi nama hafatiwemo imyanzuro y’ingenzi irimo ko:
Koperative z’abamotari mu Mujyi wa Kigali zari 41 zakuweho hasigara eshanu.
Ikoreshwa rya mubazi ni itegeko ariko ibirometero bibiri bya mbere ni 400 Frw.
Imisanzu abamotari batangaga mu makoperative nayo yakuweho.
Hanafashwe umwanzuro ko ibirarane abamotari babereyemo (…) -
Polisi yafashe amavuta menshi ya mukorogo mu ntara y’Amajyepfo
11 February 2019, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yakoze umukwabu mu ntara y’Amajyepfo ishaka amavuta ya mukorogo yari agicuruzwa mu ibanga n’abacuruzi,ifata amaduzeni asaga 470 yayo ndetse n’amasabune ahindura uruhu.
-
Taliki ya 1 Ukwakira ni umunsi ukomeye kuri njyewe ubugira kabiri - Butera Knowless
1 October 2020, by UbwanditsiItaliki ya 1 Ukwakira Abanyarwanda baba bizihiza umunsi mukuru wo gukunda Igihugu. kuri Butera Knowless ho biba ari akarusho ngo kuko ari nayo taliki yavutseho. Ibyo byatumye agira ubutumwa agenera ababohoye u Rwanda.
-
Rayon Sports yafashe umwanzuro ukomeye ku bijyanye no kugura abakinnyi baturutse hanze
9 June 2019, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko bwamaze gufata umwanzuro w’uko nta mukinnyi uturutse hanze bazongera kuzana ngo bahite bamusinyisha ahubwo azajya abanza gukoreshwa isuzuma hanyuma abafana akaba aribo bahitamo ukwiriye guhabwa amasezerano.
-
Perezida Kagame ari I Paris ku butumire bwa Emmanuel Macron
11 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika Yunze Ubumwe yitabiriye inama y’ ihuriro Mpuzamahanga ry’ Amahoro ibera mu Bufaransa aho yageze ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Ukwakira 2018.
-
Indahiro ya Perezida Paul Kagame
18 August 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida Paul Kagame watorewe kuyobora u Rwanda mu matora yabaye tariki 3 na 4 Kanama 2017, kuri uyu wa 18 Kanama 2017 yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y’ imyaka irindwi iri imbere 2017-2024.
Ku isaha ya saa sita z’ amanywa nibwo, Umuruku w’Igihugu yarahijwe na Perezida w’urukiko rw’ikirenga Samu Rugege, imbere y’ imbaga y’ Abanyarwanda n’ abanyamahanga barimo bagenzi bayobora ibihugu bitandukanye by’ Afurika.
Paul Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda, arangiza indahiro ye (…) -
Rubavu: Umukozi wa RIB yagonzwe n’ikamyo yacitse feri arapfa
2 October 2019, by Dusingizimana RemyUmukozi wa RIB bivugwa ko yitwa Mugunga Yves yagonzwe n’ ikamyo yo muri Kenya yabuze feri ahagana saa 7h15 kuri uyu wa gatatu tariki 2 Ukwakira,ubwo yari mu kazi ke kuri Station ya Gisenyi.
-
Ese ikibazo cyangwa indwara yo kunanirwa gutera akabariro no kubaka urugo iravurwa igakira?
27 March 2019, by UbwanditsiUbusanzwe Libido ni imbaraga zisunika umuntu zimwerekeza ku kumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina . Byaje kugaragara cyane ko rero mu Rwanda hari umubare munini w’abafite iki kibazo cya Libido ibatenguha igihe cyo gutera akabariro.
-
U Rwanda nicyo gihugu kiri mu nzira y’ amajyambere kiza muri 30 bya mbere byoroshya abashoramari
31 October 2018, by Nsanzimana ErnestRaporo ya banki y’ isi yerekana uko ibihugu birushyanya korohereza abashoramari yashyize u Rwanda ku mwanya wa 29, nicyo gihugu gikennye kiza mu 100 bya mbere.
Umuryango.rw
Abamotari bakemuriwe ibibazo by’ingutu byatumye bigaragambya
Taliki ya 1 Ukwakira ni umunsi ukomeye kuri njyewe ubugira kabiri - Butera Knowless
Ese ikibazo cyangwa indwara yo kunanirwa gutera akabariro no kubaka urugo iravurwa igakira?