Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe amaze kwegura mu gihe inteko yari yatangiye kwiga ku buryo bwo kumweguza ku ngufu kuri uyu wa 21 Ukuboza 2017, Ishyaka riri ku butegetsi ryatangaje ko Emmerson Munangagwa ariwe uhita aba Perezida w’ inzibacyuho.
Saa munani nibwo byari biteganyijwe ko abadepite batangira kwiga ku ngingo yo kweguza uyu mukuru w’igihugu umaze imyaka 37 ku butegetsi.
Reuters ivuga ko ubwo ibiganiro byari bigitangira, Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko, Jacob Mudenda (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Mugabe yandikiye inteko ishinga amategeko ayimenyesha ko yeguye ku mpamvu ze bwite
21 November 2017, by Nsanzimana Ernest -
Startimes izereka abakiriya bayo imikino ya UEFA Nations League aho ibigugu bizesurana
13 November 2020, by Dusingizimana RemyUmuntu udaha agaciro imikino ya UEFA Nations League kandi akunda umupira w’amaguru, abonye imikino 3 iteganyijwe mu mpera z’iki cyumweru yakwisubiraho ku mwanzuro yafashe akihera ijisho kuri Startimes.
-
Jeannette Kagame yasabye ko umugore akurirwaho imbogamizi zimubuza kugaragaza ko ashoboye
1 December 2018, by Nsanzimana ErnestJeannette Kagame, umugore wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, yasabye abatuye isi kuvanaho imbogamizi zose zabangamira gahunda yo guha urubuga umugore n’umukobwa ngo nawe yerekane ko ashoboye.
-
Nyarutarama huzuye inzu nziza zihendutse ku bifuza gutura cyangwa gutuza imiryango yabo
30 December 2019, by UbwanditsiDND Developers Ltd, Sosiyete y’Ubwubatsi ikorera mu Rwanda yashinzwe mu 2015 ifite intego yo guteza imbere imiturire myiza kandi ihendutse ubu ikaba yujuje amazu meza I Nyarutarama kandi ari ku giciro gito ugereranyije n’agaciro kazo n’aho ziri kuri ubu ndetse n’uko kazagenda kazamuka uko imyaka nayo izagenda ishira.
Iki kigo gikorera i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali, kimaze kubaka inzu nyinshi zigerekeranye (Apartments) kandi zihendutse ugereranyije n’izindi zubatse mu gace ziherereyemo (…) -
Menya bimwe mu byaranze itariki ya 08 Mata 1994,Maj. Gen. Paul Kagame atangaza ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Genocide
8 April 2018, by Martin MunezeroKuri iyi tariki, Maj. Gen. Paul Kagame wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za FPR Inkotanyi, yatangaje ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Jenoside kuko bitari bigishoboka kubahiriza amasezerano y’amahoro ya Arusha. Ingabo za FPR Inkotanyi zatangije urugamba mu Mujyi wa Kigali, ziyemeza guhagarika Jenoside mu maguru mashya.
Nyuma y’umunsi umwe Jenoside yakorewe Abatutsi itangiye mu Rwanda, tariki ya 8 Mata 1994, ubwicanyi bwarakomeje mu bice bitandukanye by’igihugu, ku rundi ruhande ingabo (…) -
Gabon: Umunyamakuru kuri TV y’igihugu yakoze ikosa atangaza ko Perezida Ali Bongo yitabye Imana
11 June 2017, by Ferdinand DukundimanaPerezida Ali Bongo
Ubwo yasomaga amakuru kuri Tereviziyo y’igihugu cya Gabon, umunyamakuru Bi. Wivine Ovandong yakoze ikosa ryo kwibeshya aba avuze ko Perezida Ali Bongo yitabye Imana. Ibi bikaba byamuviriyemo guhita yirukanwa mu kazi.
Asoma amakuru yo kuwa Gatanu, nibwo Wivine yibeshye avuga ko umukuru w’igihugu yapfiriye mu mujyi wa Barcelona muri Esipanye.
Ubusanzwe, ku itariki 8 Kamena, Abanya Gabon bibukaga umubyeyi (Se) wa Perezida Ali Bongo, Omar Bongo, wari umaze imyaka ine (…) -
Umujyi wa Kigali washyize hanze ingano y’amande azajya acibwa abarenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
3 September 2020, by Dusingizimana RemyUmujyi wa Kigali wasohoye amabwiriza agena ibihano bihabwa abatubahiriza amabwiriza yo kwirinda #COVID19 yashyizweho n’Inama y’Abaminisitiri.
-
Dr Frank Habineza na Mpayimana baratumiwe mu muhango w’ irahira rya Perezida Kagame
17 August 2017, by Nsanzimana ErnestMpayimana Filipe na Dr Frank Habineza batumiwe mu muhango w’irahira rya Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame riteganyijwe kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Kanama 2017 kuri sitade Amahoro I Remera.
Aba bombi bari abakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda mu matora yabaye tariki 3 na 4. Muri ayo matora Perezida Paul Kagame wari uhagarariye ishyaka FPR nibwe yatahukanye intsinzi arusha cyane aba bakandida babiri.
Dr Frank Habineza wari uhagariye ishyaka riharanira Demukarasi no (…) -
Umunyarwandakazi yiciwe muri Malawi n’ abantu bamuteye ibyuma
13 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmukobwa w’ umunyarwandakazi witwaga Muganga yiciwe muri Malawi hashira iminsi itatu ntawe uramenya irengero rye. Abo mu muryango we bakeka ko yaba yarishwe n’ abanyeshyari
-
U Rwanda rwahakanye amakuru ko ingabo zarwo ziciye abantu 2 ku butaka bwa Uganda
26 May 2019, by Dusingizimana RemyIbinyamakuru bitandukanye byo muri Uganda,ku munsi w’ejo taliki ya 25 Gicurasi 2019 byanditse ko abasirikare b’u Rwanda biciye umunya Uganda n’umunyarwanda ku butaka bwa Uganda,ibintu byahakanwe na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga akaba n’umuvugizi w’u Rwanda Dr Richard Sezibera.
Umuryango.rw
Umujyi wa Kigali washyize hanze ingano y’amande azajya acibwa abarenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19