Ikigo cy’ igihugu ngenzuramikorere RURA cyatangaje ko ibibazo byatumye Connection yo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange idakora birimo gushakirwa umuti urambye ndetse ko mu minsi iri imbere iki kibazo kizakemuka burundu. Ngo hashobora no kuboneka connection (Wireless) yihuta cyane.
Hashize imyaka ibiri abagenzi batega imodoka mu buryo bwa rusange binubira ko bacibwa amafaranga ya connection nyamara iyo connection ikaba idakora.
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe gutwara abantu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
RURA yatanze ikizere ko mu minsi iri imbere interineti yo mu modoka izakora neza
30 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Nyaruguru: Inkuba yishe abantu 15 bari mu rusengero
10 March 2018, by Nsanzimana ErnestInkuba yakubise abantu 45 bari mu rusengero rw’ abadivantisite kuri uyu wa Gatandatu 14 bagita bitaba Imana undi apfa nyuma.
Byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 10 Werurwe 2018, mu karere ka Nyaruguru. Abagize ibibazo bajyanywe kuvurirwa ku kigo nderabuzima cya Nyabimata.
Umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru, Habitegeko Francois, avuga ko bafite impungenge ko no mu bandi bakomeretse basaga 30, hashobora kuvamo abandi bahasiga ubizima kuko harimo abarembye cyane. Avuga kandi ko uretse aba (…) -
Hoteli 2 zikomeye mu mujyi wa Kigali zashyizwe mu cyamunara
11 August 2021, by Dusingizimana RemyThe Mirror Hotel iherereye i Remera ndetse na Portofino Hotel iri i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali zashyizwe mu cyamunara kugira ngo hishyurwe umwenda ba nyirazo babereyemo banki.
-
Ifoto yakunzwe:Perezida Kagame yagaragaye ari hagati ya Perezida w’Ubumwe bw’u Burayi na Chancelier Kurz bombi bamufashe ku rutugu baganira baseka batwawe
19 December 2018, by Martin MunezeroPerezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yitabiriye Ihuriro rya Afurika n’u Burayi ryabereye mu mujyi wa Vienne muri Autriche.
-
Press Release - Refresh the Christmas Season for children with splendid programmes on StarTimes
14 December 2020, by UbwanditsiChristmas is never a season only for the adults to rest and enjoy. For the kids, aside from the gifts in socks to be found, the inspiring programmes on TV are even better for them to spend the whole season with.
If your children are more into adventures and fairy tales, on the channel ST KIDS they can access to Boonie Bears: The Adventurers (From Dec. 14th, Mon-Fri 17:00 CAT) and The Guardians of Carcosa S6 (Mon-Fri 18:00 CAT).
The former is about a wonderful and joyful adventure of (…) -
SG wa Francophonie yizeye ubushobozi bwa Minisitiri Sezibera
24 October 2018, by Nsanzimana ErnestLouise Mushikiwabo yabwiye abakozi n’ abayobozi ba Minisiteri y’ Ububanyi n’ Amahanga y’ u Rwanda ko Minisitiri umusimbuye ari umuyobozi mwiza ibyo iyi Minisiteri ifite mu ntego bazafatanya bakabigeraho.
-
Umukobwa wa Perezida Kagame,Ange Kagame yakoze ubukwe bw’igitangaza n’umukunzi we Ndengeyingoma [AMAFOTO]
6 July 2019, by Dusingizimana RemyUmukobwa wa Nyakubahwa perezida Kagame,Ange Kagame, yashyingiranywe n’umukunzi we,Bertrand Ndengeyingoma,kuri uyu wa gatandatu,taliki ya 06 Kamena 2019,mu bukwe bwabereye kuri Convention Center.
-
Abo intambara ya Uganda n’u Rwanda I Kisangani yagizeho ingaruka barasaba Uganda indishyi
10 June 2019, by UbwanditsiKuva taliki 5 kugeza taliki 10 Kanama 2000 ingabo z’u Rwanda n’iza Uganda zarasaniye mu mujyi wa Kisangani muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, hapfa abasivili bagera mu 1000 n’inkomere zirenga ibihumbi 3000 nk’uko imibare y’imiryango itegamiye kuri Leta yabitangaje.
-
Kwizera Pierrot niwe wahize abandi mu mwaka w’imikino ushize
9 July 2017Umurundi Kwizera Pierrot niwe wongeye gutorwa nk’umukinnyi wahize abandi muri uyu mwaka w’imikino igihembo ahawe ku nshuro ya Kabiri yikurikiranya nyuma y’uko ni umwaka w’imikino uheruka nawo yari yanikiye bagenzi be.
Uyu musore ukina hagati abigezeho nyuma y’aho yafashije ikipe ya Rayon Sports gutwara igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka.Benshi mu bakurikiranira hafi iyi kipe bemeza ko ariwe wayoboraga abakinnyi n’umukino wa Rayon Sports cyane ko imikino yasibye ari mbarwa.
Kwizera (…) -
Gen Kabarebe, Uwacu Julienne, Kaboneka Francis ntibagaragara muri Guverinoma nshya
18 October 2018, by UbwanditsiMuri Guverinoma nshya Perezida Kagame yashyizeho kuri uyu wa kane hari bamwe mu ba minisitiri batakaje Minisiteri bayoboraga. Aba barimo Gen Kabarebe, Kaboneka, Uwacu Julienne.
Kuri uyu wa kane kandi habaye impinduka muri zimwe mu nzego z’ubuyobozi bukuru bw’igihugu. Guverineri Mureshyankwano yasezerewe asimburwa na CG Gasana nawe wavuye ku mwanya w’ubuyobozi bwa Polisi.
Soma itangazo hano
Umuryango.rw
Hoteli 2 zikomeye mu mujyi wa Kigali zashyizwe mu cyamunara