Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Musabyimana Jean Claude
Ubuyobozi bw’ intara y’ Amajyaruguru butangaza ko bwahize umuhigo wo kuzitabira amatora ku kigero cy’ 100%; bukavuga ko bugifite icyizere ko uyu muhigo uzagerwaho bitewe n’ aho bageze imyiteguro y’ amatora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe tariki 3-4 Kanama 2017
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Musabyimana Jean Claude avuga ko bajyiye gushyiramo imbaraga nibura icyumweru kimwe gisigaye ngo abaturage baba bamaze kwikosoza (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Amatora ya Perezida: Amajyaruguru yahize kuzitabira 100%
23 May 2017, by Nsanzimana Ernest -
Ikoranabuhanga rya Addressya rije mu Rwanda korohereza abahahira kuri internet kugira aderesi yuzuye
24 April 2020, by UbwanditsiMuri iki gihe Abanyarwanda basabwa kuguma mu rugo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwizwa rya Coronavirus, Apulikasiyo (App) yitwa Addressya yiyemeje gufasha buri wese ubyifuza kubona aderesi yuzuye, isobanutse ndetse yoroshye gusangiza abakugezaho ibyo watumije.
Kubera COVID-19, Abanyarwanda benshi barimo gukoresha ikoranabuhanga ritandukanye kubona ibyo kurya, imiti n’ibindi byibanze umuntu ukeneye atarinze kuva mu rugo rwe, Nyuma y’uko bagiriwe inama na leta yo kudakora ingendo zitari ngombwa. Bikaba byaragaragaye ko harimo imbogamizi ku bigo bikora ubwo bucuruzi kuko habaho gutinda byatewe no kuyoba, gukomeza uhamagara kugira ngo bakurangire neza cyangwa rimwe na rimwe hakabaho no kutabona ibyo watumije.
-
Dr Ngirente yakiriye indahiro z’ abacamanza mu Rukiko Rukuru rwa Gisirikare
14 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente kuri uyu wa Kane tariki 13 Nzeli yakiriye indahiro z’ abacamanza mu rukiko rwa Gisirikare abasaba gutanga ubutabera bunoze.
-
Ikigo cyafashaga abana batishoboye cyubatse mu gishanga nacyo cyatangiye gusenywa
21 February 2019, by Martin MunezeroKimwe n’izindi nyubako ndetse n’ibikorwa biherereye mu bishanga hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, ikigo cya APABENA cyafashaga abana batishoboye cyubatse ahazwi nko ku Kinamba mu Murenge wa Kacyiru Akarere ka Gasabo, cyatangiye gusenywa ku itegeko ry’uyu mujyi. Ubuyobozi bw’iki kigo buvuga ko buhangayikishijwe n’aho abana babaga muri iki kigo bazataha mu gihe cy’ibiruhuko.
-
Polisi iranyomoza amakuru y’ uko umushoferi uzajya afatwa avugira kuri telefone atwaye azajya acibwa F100 000
8 February 2018, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda iranyomoza amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko umushoferi uzajya afatwa avugira kuri telefone atwaye imodoka azajya acibwa amande y’ ibihumbi 100 aho kuba ibihumbi 10 nk’ uko bisanzwe.
SSP JMV Ndushabandi yatangarije UMURYANGO ko ayo makuru y’ uko amande acibwa umushoferi ufashwe avugira kuri telefone yikubye inshuro 10 atari ukuri, gusa yongera ko bibaye ntacyo byaba bitwaye kuko kuvugira kuri telefone utwaye ari (…) -
Tom Close yatangaje ubwoko bw’umukobwa bakundanye mbere ya Tricia nyuma akamutera n’indobo abitewe n’umugore we(AMAFOTO)
25 May 2017, by Martin MunezeroUmuhanzi Nyarwanda Muyombo Thomas ariko uzwi ku izina rya Tom Close yatangaje umukobwa bakundanye mbere yuko amenyana na Tricia ndetse avuga nuburyo yaragiye gushwana nawe kubera uwo mukobwa w’umuzungukazi avuga ko yitwa Ketty.
Ni mu kiganiro Tom Close yagiranye n’umunyamakuru Phil Peter aho yaciyemo muri make inzira y’urukundo rwe mbere yo kumenyana na Tricia ubu banabyaranye umwana wa mbere ndetse bakaba bitegura no kubyara umwana wa kabiri vuba…nubwo we atifuzaga kuvuga ku by’urukundo (…) -
Itangazo rya cyamunara y’imodoka yo mu bwoko bwa JEEP TOYOTA RAV4 iri muri Parking ya Sorvepex Ltd (Kicukiro haruguru ya Ziniya)
20 February 2019, by UbwanditsiUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa 28/02/2019 guhera saa yine z’amanywa (10h00) azagurisha muri cyamunara umutungo wimukanwa wa RAVICHANDRAN GOVINDRAJ ugizwe n’ikinyabiziga cyo mu bwoko bwa JEEP TOYOTA RAV4 ifite Plaque RAD 952 I uherereye mu Murenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali ngo hishyurwe amafaranga RAVICHANDRAN GOVINDRAJ abereyemo ARUN AGGRWAL.
Abifuza gusura iyo modoka bayisanga muri Parking ya Sorvepex Ltd aho ikorera ku (…) -
AMAFOTO y’inzu Safi agiye guturamo yaguriwe n’umufasha we
5 October 2017, by Iyamuremye JanvierHumble Jizzo wo mu itsinda rya Urban Boys akaba umwe mu bavuga rikijyana muri iri tsinda yahishuye uko Safi yajyaga abazwa mbere y’uko arushinga, ngo yatunguwe n’ibyaherekeje ubukwe bwe na Judithe Niyonizera.
Humble witegura kujya kuba muri Amerika mu minsi iri imbere kubera y’uko umukunzi we atwite, yatangaje ko hari ibibazo Safi yajyaga abazwa n’abafana be ndetse n’abandi batandukanye bamuza kubijyanye n’ahazaza h’ubuzima bwe.
Ngo bamwe bavugaga ko akuze akwiye gushing urugo abandi (…) -
Abo kwa Rwigara bagiye kugezwa imbere y’Urukiko
5 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu taariki ya 06 ukwakira 2017, Diane Rwigara n’abo mu muryango we baragera imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kugirango baburane ku cyemezo ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Aba bose bakurikiranyweho ibyaha birimo guteza imvururu muri rubanda ndetse hakazaho n’ibyaha buri umwe muri aba agiye yihariye.Ku byaha ubushinjacyaha bubakurikiranyeho ntiharimo icyo kunyereza imisoro n’icyo gushaka kubangamira umutekano w’igihugu.
Umuvugizi w’Ubushinjacyaha bw’u (…) -
Bishop Rugagi yatamaje umusaza wamwiyitiriye
11 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmushumba mukuru w’ itorero Redeemed gospel church Bishop Innocent Rugagi yavuze ko wa musaza wiyise se atari se kuko ise yapfuye mu 1987.
Mu mpera za Gicurasi 2017, hari umusaza wagiye mu itangazamakuru avuga ko ari se wa Bishop Rugagi. Icyo gihe uwo musaza yavuze ko azi neza Bishop Rugagi kuko yamwibyariye yongeraho ko ibitangaza Rugagi akora ari ubutekamutwe.
Mu kiganiro yahaye Abanyamakuru kuri uyu wa Gatandatu tariki 11 Ugushyingo 2017, Bishop Rugagi yavuze ko uwo musaza ari (…)
Umuryango.rw
Itangazo rya cyamunara y’imodoka yo mu bwoko bwa JEEP TOYOTA RAV4 iri muri Parking ya Sorvepex Ltd (Kicukiro haruguru ya Ziniya)