Paul Kagame umukandida wa FPR-Inkotanyi yavuze ko adatuye mu Karere ka Rwamagana cyangwa Kayonza twombi two mu Ntara y’Iburasirazuba ahubwo ko atuye ku mupaka wa Rwamagana na Kayonza.
Yabitangarije abaturage batuye Akarere ka Rwamagana, ubwo yahakoreraga igikorwa cyo kwiyamamaza kuri iki Cyumweru tariki 23 Nyakanga 2017.
Paul Kagame yatangiye ijambo rye akuraho urujijo kubibaza aho atuye mu ntara y’iburasirazuba. Agira ati “Reka nkiranure impaka ku buryo bworoshye, njyewe ntuye ku mupaka wa (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
P.Kagame yakuyeho urujijo kubibaza aho afite urugo hagati ya Rwamagana na Kayonza
23 July 2017, by Iyamuremye Janvier -
“NTUKAGAYE IGITABO KUBWO KU KIREBERA INYUMA”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
27 June 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Urutonde rw’ impunzi zishaka gusubira iwabo ruriho 11 000
19 June 2018, by Nsanzimana ErnestImpunzi zigera ku bihumbi 11 nizo ziyandikishije ko zishaka gusubira iwabo mu gihe Leta y’ u Rwanda n’ ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye bari batanze uburenganzira busesuye ngo impunzi yose yumva ikeneye gusubira iwabo yiyandikishe.
-
Meya wa Nyamagabe n’abandi bayobozi batanu batawe muri yombi(yavuguruwe)
17 November 2017, by Nsanzimana ErnestUMURYANGO wamenye amakuru yizewe ko Umuyobozi w’ Akarere ka Nyamagabe Mugisha Philbert n’ uwigeze kuba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ aka karere Jean Pierre wari uherutse kwegura umwaka ushize batawe muri yombi.
Mugisha Philbert ayoboye manda ya kabiri. Ni meya wa Nyamagabe kuva muri 2010. Mbere yo kuba Meya yabanje kuba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ Umurenge.Mugisha Philbert akaba afunganywe n’abandi bayobozi batanu barimo uwahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa wako, Nshimiyimana Jean (...) -
Adeline Rwigara ngo abantu 4 si rubanda ahubwo byari ukuganyira inshuti
7 November 2018, by Nsanzimana ErnestDiane Rwigara na nyina Adeline Rwigara bitabye urukuko ngo bakomeze kuburanishwa nyuma y’ uko barekuwe by’ agateganyo. Saa mbili za mu gitondo bari bageze mu cyumba cy’ iburanisha aho basanze abantu benshi baje gukurikirana uru rubanza.
-
Ubukungu bwose Afurika ikeneye ngo dutere imbere turabufite – Min. Uwacu
24 May 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne asanga abanyafurika batakwiye kujya gushakira ahandi ibyo Afurika ifite kuko ubukungu bwose Afurika ikeneye ngo itere imbere ibufite.
-
Bugesera: Bari guhinga ibijumba nk’umuti w’inzara, imirire mibi n’ihindagurika ry’ikirere
7 November 2019, by UbwanditsiBinyuze mu mushinga wo guteza imbere ubuhinzi bw’imbuto n’ibunyabijumba hagamijwe kurwanya ubukene no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere uterwa inkunga na PNUD/GEF /SGP koperative Facoc yo mu murenge wa Gashora Akarere ka Bugesera bahawe imbuto y’imigozi y’ibijumba yo mu bwoko bwa Kabode yera ibijumba bikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye.
-
Watch UEFA Europa League on StarTimes Spurs have some work to do
30 November 2020, by UbwanditsiWhile Premier League clubs Arsenal and Leicester City have made sure of a place in the knock-out stage of the Europa League, Tottenham Hotspur still have some work ahead of them.
Going into the penultimate matchday this week, Spurs are second in Group J ahead of their away trip to Austria for their match against LASK. Like Antwerp, Jose Mourinho’s team have nine points, but are behind their rivals based on the head-to-head result.
LASK are on six points, but as they lost the away leg in (...) -
Cyamunara y’imashini zikora itabi zo mu ruganda rwo kwa Rwigara yasubitswe
11 June 2018, by Nsanzimana ErnestCyamunara y’imashini zikoreshwa mu gutunganya itabi ry’uruganda ‘Premier Tobacco Company Ltd (PTC)’, rw’umuryango wa Rwigara Assinapol, yari iteganyijwe kuri uyu wa Mbere yasubitswe ny’uma y’uko uyu muryango wanze agaciro kari kahawe izo mashini.
-
Karongi: Uwirinze n’ abana be bane babayeho mu buzima bubabaje nyamara bari bijejwe ubufasha
13 June 2017, by Nsanzimana ErnestEsperance Uwirinze, umubyeyi w’ abana bane abayeho mu buzima bubi nyamara muri 2015, ubuyobozi bw’ inzego z’ ibanze bwari bwamijeje ko bugiye kumufasha gusohoka muri ubwo buzima bwo kubaho yicira isazi mu jisho.
Icyo gihe muri 2015, babaga mu nzu idasakaye idakingwa, ubuyobozi ubuyobozi bubizeza ko bugiye kwihutira kubimura, ariko nyuma y’igihe gito bagarutse hahandi kuko aho babimuriye bamutereranye ngo yikodeshereze. Ubufasha yahawe ni amabati gusa. Ubuzima ni kwakundi, ndetse yashyizwe mu (...)
0 | ... | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | 530 | ... | 2480