Kuri iki gihe uko Imijyi igenda yaguka, kandi abantu bahinduranya aho gutura no gukorera ari nako bijyana n’uko banakenera aho gutura no kuba, ikigo Multi Design Group Ltd cyashyizeho urubuga rwa internet www.mdgrou.com ruhuza abafite amazu yo gukodesha ndetse n’abayakeneye batiriwe bakora ingendo ndetse bata umwanya mu gushakisha.
www.mdgrou.com ni urubuga rwamamarizwaho amazu agurishwa n’akodeshwa n’ibibanza, ruhuza aba gura nabagurisha imitungo itimukanwa, yo mubyiciro n’ibiciro (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Urubuga rwa internet www.mdgrou.com nirwo wasangaho amazu meza akodeshwa hose mu Rwanda/Menya byinshi kuri uru rubuga
24 September 2019, by Ubwanditsi -
Menya bimwe mu byaranze itariki ya 10 Mata 1994,hishwe abarwayi benshi
10 April 2018, by Martin MunezeroNkuko CNLG, Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurwanya Jenoside dukesha aya makuru ibisobanura, iyi tariki ubwicanyi bwarakomeje mu buryo bukomeye, aho mu bice byinshi abatutsi bishwe mu buryo butagira ingano. Icyo gihe abasirikare barindaga Perezida Habyarimana barashe ibisasu bikomeye ku Bitaro byitiriwe Umwami Faisal, bica abarwayi 29, abandi bagera kuri 70 barakomereka.
Nk’uko tubikesha CNLG, ibitero byabishe byabaga biyobowe n’uwungirije Burugumestri muri Komini Kanombe n’abapolisi ba (…) -
P.Kagame yakuyeho urujijo kubibaza aho afite urugo hagati ya Rwamagana na Kayonza
23 July 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame umukandida wa FPR-Inkotanyi yavuze ko adatuye mu Karere ka Rwamagana cyangwa Kayonza twombi two mu Ntara y’Iburasirazuba ahubwo ko atuye ku mupaka wa Rwamagana na Kayonza.
Yabitangarije abaturage batuye Akarere ka Rwamagana, ubwo yahakoreraga igikorwa cyo kwiyamamaza kuri iki Cyumweru tariki 23 Nyakanga 2017.
Paul Kagame yatangiye ijambo rye akuraho urujijo kubibaza aho atuye mu ntara y’iburasirazuba. Agira ati “Reka nkiranure impaka ku buryo bworoshye, njyewe ntuye ku (…) -
MINISANTE igiye gutangiza uburyo bushya bwo kwirinda VIH/SIDA
26 September 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ Ubuzima mu Rwanda igiye gutangiza uburyo bwo gufasha Abanyarwanda kutandura virusi itera SIDA bwiyongera ku bwari busanzwe.
-
Abacamanza b’ Abafaransa basabye ko iperereza ku wahanuye indege ya Habyarimana rihagarara
14 October 2018, by Nsanzimana ErnestUru rubanza rumaze igihe ndetse rutuma u Rwanda rutarebana neza n’ u Bufaransa.
Iperereza ku wahanuye iyi ndege ryatangiye mu 1998.
Indege yari itwaye Juvenal Habyalimana na n’ uwari Perezida w’ u Burundi Cyprien Ntaryamira yarashwe tariki 6 Mata 1994, jenoside yakorewe abatutsi ihita itangira.
Nk’ uko byatangajwe n’ ibiro ntaramakuru by’ Abafaransa AFP, mu itangazo abashinjacyaha b’ u Bufaransa bashyize ahagaragara tariki 10 Ukwakira basabye ko ibiregwa abantu 7 bikurwaho kuko abakora (…) -
Watch LaLiga on StarTimes - Barcelona join LaLiga action
23 September 2020, by UbwanditsiTwo weeks later than most other clubs, Barcelona, Atlético Madrid and Sevilla are joining in the hunt for the 2020/21 LaLiga title.
Spanish officials allowed LaLiga clubs that were involved in the European cup final mini-competition in July a few weeks extra to prepare for the season.
Barcelona used the break to play their annual Trofeu Joan Gamper competition, which traditionally sees them open their season with a match (or matches, prior to 1997) for the trophy named in honor of a (…) -
Kwibuka25: Ubuhamya bwa Ngutete warokokeye ku Ibambiro ahiciwe abagore n’abana gusa
30 May 2019, by UbwanditsiKu cyumweru tariki ya 26/05/2019 mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Kibirizi ahitwa ku Ibambiro habereye umuhango wo kwibuka abagore n’abana bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku rwego rw’Igihugu.
-
Dr Isaac Munyakazi yakatiwe gufungwa imyaka 10 n’ihazabu ya miliyoni 10 FRW kubera ibyaha bya ruswa
16 October 2020, by Dusingizimana RemyDr Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, yakatiwe gufungwa imyaka 10 n’ihazabu ya miliyoni 10 Frw, nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa no gukoresha ububasha yari afite mu nyungu ze bwite.
-
CHUB: Umwe mu banyeshuli bariye ibiryo bihumanye yaguye mu bitaro bigakekwa ko atitaweho bihagije n’abaganga
15 May 2017, by UbwanditsiNyakwigendera Augustin Nahimana
Ku mugoroba wo kuri icyi cyumweru ahagana saa yine z’ijoro nibwo umunyeshuli muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye yitabye Imana aguye mu bitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB) bikekwa ko azize malariya yiyongereye ku burwayi yatewe n’ibiryo byaba byari bihumanye yariye muri kaminza mu ijoro ryo kuwa 10/5/2017.
Umunyeshuli witabye Imana akaba yitwa Augustin Nahimana akaba yigaga mu mwaka wa mbere w’ishami ry’ubukungu.
Umwe mu banyeshuli wabaye hafi ya (…) -
Nyagatare yabaye iya mbere mu kwesa imihigo [URUTONDE]
28 February 2023, by Dusingizimana RemyAkarere ka Nyagatare niko kabaye aka mbere mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2021/2022, mu nkingi zitandukanye mu rwego rw’igihugu aho kagize amanota 81.64% .
Aka karere katsinze Huye yabaye iya kabiri na 80.97% ndetse na Rulindo yabaye iya gatatu na 79.8%.
Uturere twesheje imihigo ku gipimo cya 66% ku birebana no gukemura ibibazo by’abaturage.
Intara y’Iburasirazuba yabaye iya mbere mu kwesa imihigo n’amanota 79%, ikurikirwa n’ Amajyepfo n’amanota 78%, iy’Iburengerazuba 76%, Umujyi wa (…)
Umuryango.rw
Urubuga rwa internet www.mdgrou.com nirwo wasangaho amazu meza akodeshwa hose mu Rwanda/Menya byinshi kuri uru rubuga
MINISANTE igiye gutangiza uburyo bushya bwo kwirinda VIH/SIDA
Watch LaLiga on StarTimes - Barcelona join LaLiga action
Nyagatare yabaye iya mbere mu kwesa imihigo [URUTONDE]