Imyaka irenga 6 irashize abaturage bo mu mudugudu wa Mpanga akagari ka Kanzenze mu murenge wa Mageragere mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali baterateranyije amafaranga ngo bahabwe umuriro w’ amashanyarazi. Ar’ umuriro ntawo barabona ari n’ amafaranga ntibayasubijwe.
Nk’ uko bisobanurwa na Bimenyimana Jean Berchmas muri 2010 nibwo aba baturage bagize igitekerezo cyo gushaka uko bakwikura mu bwigunge bwo kubaho batagira amashanyarazi, batangira guterateranya amafaranga ngo bahabwe umuriro (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Mageragere/ Nyarugenge: Abaturage baterateranyije amafaranga muri 2011 ngo bahabwe umuriro w’ amashanyarazi kugeza ubu nta n’ ipoto barabona
24 May 2017, by Nsanzimana Ernest -
Intego ya FPR-Inkotanyi n’ugukora ku nyungu za buri munyarwanda-Perezida Kagame
30 April 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame akaba na Chairman wa FPR-Inkotanyi, avuga ko intego uyu muryango wubakiyeho ari nazo ugenderaho ari ugukora ku nyungu za buri munyarwanda, ariko avuga ko ibi bisaba imyitwarire ntamakemwa kugira ngo intego umuryango wihaye uzigereho.
-
Karongi : Inka yari yibwe yasanzwe iziritse ku buriri bwo mu cyumba cya Mbarushimana ukekwaho kuyiba
4 November 2019, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Mbarushimana Francois utuye mu Mudugudu wa Tariro, Akagali ka Muhororo mu Murenge wa Murambi, mu Karere ka Karongi yemereye abaturage ko ari umujura nyuma yo kumufatana inka yari yabuze iziritse mu cyumba araramo.
-
Press Release: StarTimes is getting IN FOR AFRICA on Africa Day
25 May 2020, by UbwanditsiStarTimes announces it is joining the #INFORAFRICA Alliance to tackle the spread of coronavirus.
The #INFORAFRICA Alliance aims to respond to the challenges faced by Africa in tackling the coronavirus pandemic. The campaign engages with hundreds of opinion leaders, celebrities and influencers to deliver preventive and lifesaving messages across the continent as well as supporting initiatives which fight the disease, create a positive impact on local communities and contribute to achieving resilience against the impact of the disease.
-
Abakiriya ba Tigo Rwanda bagiye guhita bajya ku murongo wa Airtel
19 December 2017, by Nsanzimana ErnestBharti Airtel yasinye amasezerano na Millicom International Cellular akubiyemo ko Airtel Rwanda Ltd ifata 100% bya Tigo Rwanda Ltd. Tigo yari isanzwe ariyo kompanyi ya kabiri mu bakiriya benshi mu by’itumanaho mu Rwanda.
Ibi byatangajwe ni ikinyamakuru The Economic Times cyo mu Buhinde.
Sunil Bharti Mittal umuyobozi mukuru wa Bharti Airtel yatangaje ko Airtel yafashe ingamba nshya muri Africa zo gukomeza isoko ryayo mu bihugu bike isigayemo ikagera kuri benshi.
Yibukije ko Airtel na Tigo (...) -
AMAFOTO+ VIDEWO utabonye mu irahira rya Perezida Paul Kagame
18 August 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Kanama 2017 ni umunsi utazibagirana mu mateka y’u Rwanda ukaba ibisubizo ku banyarwanda kuko uwo bitoreye yemeye ko agiye gukomezanya imbaduko muri manda y’imyaka irindwi, 2017-2024.
Umuhango w’irahira rye wafashe iminota irindwi n’amasegonda arindwi (7’07) gusa. Perezida Kagame yarihiye muri Stade Amahoro ahari ingabo z’u Rwanda zakoze akarasisi zigera hafi kuri 830, zari mu masibo 16, arimo 4 yari yambaye nk’ingabo zigiye ku rugamba, ingabo zari ziyobowe na (...) -
Kwa Rwigara banditse bavuga ko ise yishwe na Leta, ngo hari Jenoside imbere aha, Adeline ngo ni ikihebe
16 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa 16 Ukwakira 2017 Diane Rwigara,Anne Rwiagara n’ umubyeyi wabo ,Adeline Rwigara ku nshuro ya gatanu bongeye kugezwa imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali.
Kuri uyu munsi wo kuwa mbere igipolisi cyongereye ingufu bigaragara cyateye ibirindiro mu marembo yombi yinjira mu rukiko umuntu wese winjira kikamusaka cyarangiza kikamwaka ibyangombwa bye bakandika imyirondoro.
Saa mbili n’igice bari bagejejwe mu cyumba cy’iburanisha. Kuri iyi nshuro (...) -
Rayon Sports igiye gusinyisha undi mukinnyi ukina mu Burundi
26 July 2017Mu mwaka ushize nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangiye kurambagiza umusore Bimenyimana Bonfils Caleb wakinaga mu Burundi biranga bitewe n’impamvu nyinshi zirimo n’amasomo gusa kuri ubu biri kuvugwa ko uyu musore yaba yageze mu Rwanda aje gusinyira Rayon sports amasezerano y’imyaka ibiri.
Amakuru Umuryango ukesha ikinyamakuru Umuseke aravuga ko uyu musore w’umunyarwanda wakuriye mu Burundi wari umaze iminsi aganira n’ ikipe ya APR Fc yaba yageze mu Rwanda ndetse n’ibiganiro byarangiye hagati (...) -
Perezida Kagame yatangaje uko intambara zihora Sahel zarangizwa
18 February 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri ubu uyoboye Umuryango w’ ubumwe bw’ Afurika yavuze ko imikoranire inoze ariyo yarangiza intambara z’ urudaca ziri Sahel muri Maroc.
Yabivugiye I Munich mu Budage kuri uyu wa 18 Gashyantare 2018 mu nama ya 53 yiga ku mutekano ku Isi.
Ubwo haganirwaga ku kibazo cy’ intambara yo mu gace ka Sahel gaherereye mu Majyaruguru ya Afurika, kamaze imyaka igera kuri 40 mu ntambara zihanganishije umutwe ugamije impinduramatwara wa Polisario n’Ubwami bwa Maroc Perezida (...) -
Kuki igitero cy’ I Nyaruguru cyazamuye umwuka mubi hagati y’ u Burundi n’ Ububiligi ?
29 July 2018, by Nsanzimana ErnestIbitero bimaze iminsi bigabwa mu magepfo y’ u Rwanda birimo n’ iki Nyabimata mu karere ka Nyaruguru byatumye umubano w’ u Burundi n’ Ububiligi wongera gutokorwa.
0 | ... | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | ... | 2480