Umukandida wigenga Mpayimana Philippe wiyamamariza umwanya wa Perezida w’ u Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 17 Nyakanga yiyamamarije I Kamembe mu karere ka Rusizi yizeza abaturage ko nibamutora azakemura ikibazo cy’ ikurwaho rya caguwa.
Ubwo yakiraga ibibazo by’ abari baje kumwa imigabo n’ imigambi ye, Mpayimana yabajijwe niba nibamutora hari icyo azakora ku kibazo cy’ ikurwaho rya caguwa dore ko yari amaze kubabwira ko azateza imbere ubucuruzi buciriritse.
Mpayimana yavuze ko ikurwaho (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rusizi: Umukandida Mpayimana yabajijwe niba afite igisubizo ku kibazo cya caguwa
18 July 2017, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Intebe wa Québec wemeye gushyigikira kandidatire ya Mushikiwabo
11 October 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 10 Ukwakira, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Québec,François Legault, nyuma y’ uko avuze ko ashyigikiye kandidatire ya Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF.
-
Urukiko rwategetse ko Bazeye na Lt Col Abega bayoboraga FDLR baburana bafunze
10 April 2019, by Dusingizimana RemyUrukiko rwibanze rwa Gasabo rwategetse ko Nkaka Ignace uzwi nka La Forge Bazeye Fils wari umuvugizi wa FDLR na Nsekanabo Jean Pierre uzwi nka Abega bari abayobozi bakuru mu mutwe w’abarwanyi wa FDLR,baburana bafunze.
-
Nyinawabega warokotse jenoside yahaye inka umugabo wamwiciye umuryango akanamusenyera inzu
20 April 2018, by Nsanzimana ErnestUmukecuru witwa Nyinawabega Eugenie warokotse Jenoside yakorewe abatutsi yababariye Murwanashyaka wamwiciye akamusenyera inzu bongera kunga ubumwe nk’ uko babanaga mbere ya Jenoside uyu mukecuru anaha inka uyu muryango wamuhemukiye.
-
Urukiko Rukuru rwatesheje agaciro ubujurire bwa Diane Rwigara na nyina rutegeka ko bakomeza gufungwa
21 November 2017, by Nsanzimana ErnestKu gicamunsi cyo kuri uyu wa 21 Ugushyingo, Urukiko Rukuru rwasomye umwanzuro warwo ku bujurire bwa Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Kuwa Kane tariki 16 Ugushyingo 2017, mu iburanisha rishize uruhande rw’abaregwa n’Ubushinjacyaha bumviswe n’Urukiko, Ubushinjacyaha butanga impamvu z’uko ubujurire bwabo ku mwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugege nta shingiro bufite, bugaragaza ko aba baregwa ibyaha bikomeye.
Diane Rwigara washakaga kuba (…) -
Equality at workplaces/SKOL Brewery Ltd
9 March 2021, by UbwanditsiAt SKOL Brewery Ltd, a beer and non-alcoholic beverages manufacturing company, we recognize that supporting diversity, equality and engagement is not only the right thing to do but pertinent for our business.
This commitment is intertwined into our values and beliefs that our company embraces today regardless of gender, civil status, skin color and where we come from. That means both building a more diverse, more inclusive workplace, and promoting what we call courageous engagement in our (…) -
Mu mafoto reba urutonde rw’abahanzikazi nyarwanda 10 bafite imiterere myiza n’uburanga bibakururira abakunzi kurusha abandi mu Rwanda
17 July 2017, by Martin MunezeroUsibye kuba bafite impano yo kuririmba mu bahanzikazi Nyarwanda harimo banwe usanga bafite ubwiza budasanzwe ndetse n’abandi bafite imiterere idasanzwe ari nabyo usanga benshi babikuramo igikundiro ndetse no gushyigikirwa na benshi cyane cyane ab’Igitsina gabo.
Ntago ari ihame ko umuhanzikazi wese ugaragara kuri uru rutonde ari mwiza koko guhiga abandi batagaragayeho ahubwo twe twagendeye n’ubusanzwe ku bamenyekanye mu ruhando rwa Muzika nyarwanda.
Amafoto agaragaza abakobwa (…) -
Mugabo Vianney umaze amezi 3 asezeye mu buyobozi bw’ Umujyi wa Kigali yasimbujwe
29 August 2018, by Nsanzimana ErnestNiyonugabo Joseph niwe Muyobozi mukuru mushya ushinzwe imirimo rusange mu mujyi wa Kigali asimbuye Mugabo Vianney uherutse gusezerwa ku mirimo.
-
Minisiteri y’Uburezi yakuyeho uburyo bwo gusimburana kw’abarimu benshi mu ishuri rimwe mu cyiciro cya mbere cy’amashuri abanza
9 December 2019, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi yakuye mu cyiciro cya mbere cy’amashuri abanza uburyo bwari busanzwe bukoreshwa mu kwigisha aho buri somo ryahabwaga umwarimu waryo (professorat).
-
Mtn iri kwiga ku kibazo cy’amande angana na Miliyoni 8.5 z’amadorali baciwe na RURA
18 May 2017, by Martin MunezeroSosiyete y’itumanaho MTN Rwanda yatangaje ko iri kwiga ku butumwa yohererejwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro (RURA) bwo kuyimenyesha ko iciwe amande ya miliyari zisaga zirindwi mu manyarwanda kubera kutubahiriza amabwiriza.
Kuri uyu wa Gatatu nibwo hagaragaye itangazo rya RURA rivuga ko MTN Rwanda iciwe amande ya miliyari zirindwi na miliyoni 30 z’amafaranga y’u Rwanda, kubera kurenga ku mabwiriza, amakuru ajyanye n’ikoranabuhanga ikayabika hanze (…)
Umuryango.rw