Uwahoze ari Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Koffi Annan, hamwe n’abandi 8 bahoze ari abakuru b’ibihugu bya Afurika bagaragaje ibitekerezo n’ibyifuzo byabo ku bibazo bya politiki biri muri repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo.
Nk’umuntu uharanira demokarasi ya Afurika, Bwana Koffi Annan yavuze ko barajwe ishinga n’ibibazo bya Politiki biri muri DRC cyane ko bishobora guhungaanya umutekano, n’amahoro mu karere k’ibiyaga bigari no muri Afurika muri rusange.
Mu nyandiko (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
DRC: Koffi Annan n’abahoze ari abakuru b’ibihugu bya Afurika barasaba Leta ya Kabila kubahiriza amasezerano yo kuwa 31 Ukuboza
16 June 2017, by Ferdinand Dukundimana -
Iyo ucitse ukuguru utanga arenga 400 000 Frw buri myaka 3 ku nsimburangingo
3 December 2017, by Nsanzimana ErnestAbantu bafite ubumuga bishimira ko Leta y’u Rwanda isigaye ibitaho by’ umwihariko, gusa ngo babangamiwe no kuba insimburangingo ziri ku giciro kitoroheye buri wese no kuba ziboneka hake binyuranyije n’ uko itegeko ribiteganya.
Tariki 3 Ukuboza ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku bantu bafite ubumuga. U Rwanda rwawizihirije I Gahini mu karere ka Kayonza gafite abantu barenga ibihumbi 4 bafite ubumuga.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ Ubutegetsi bw’ Igihugu Ushinzwe Imibereho (…) -
Mpayimana agiye kugerageza amahirwe ye mu matora y’abadepite
18 September 2017, by Iyamuremye JanvierUmukandida wigenga, Mpayimana Phillippe, yamaze gutangaza ko agiye guhatana mu matora y’abadepite ateganyijwe mu mwaka utaha wa 2018, ni nyuma y’uko atsinzwe amatora y’umukuru w’igihugu yabaye ku wa 03 na 04 kanama uyu mwaka.
Mu matora aheruka, Perezida Kagame wari umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi yaje ku isonga n’amajwi 98.79, Mpayimana wari umukandida wigenga aza ku mwanya wa kabiri n’amajwi 0.73% naho Dr Frank Habineza watanzwe n’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera (…) -
Nyarugenge: Urikiko rwategetse ko Col Tom Byabagamba azaburanishwa nk’umusiviri
23 April 2021, by UbwanditsiKu gicamunsi cyo kuri uyu wa kane ku rukiko rwisumbuye rya Nyarugenge umucamanza yategetse ko Col Tom Byabagamba azaburanishwa nk’umusivili n’urwo rukiko mu mizi kuko rubifitiye ububasha.
Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’aho Col Tom Byabagamba n’abamwunganira mu mategeko basabye ko ataburanishwa n’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ko kandi atashinjwa n’ubushinjacyaha bwo ku rwego rwisumbuye bwa Nyarugenge kuko izo nzego ari inzego za gisiviri kandi akaba yaravugaga ko ari umusilikali.
Tom (…) -
Abadepite ntibiyumvisha ukuntu umuntu agiye kujya ahemberwa ko yatanze amakuru
6 June 2017, by Nsanzimana ErnestUbwo baganiraga ku mushinga w’ itegeko rirengera abatanga amakuru ku byaha, abadepite bagaragaje impunge zishingiye kukuba umuturage azajya ahemberwa ko yatanze amakuru ku byaha kandi hari inzego za Leta zifite abakozi bahemberwa gushaka aya makuru.
Ibi abadepite basanga binyuranye n’ umuco w’ ubunyangamugayo n’ ubwitange umenyerewe mu banyarwanda. Uretse icyo kandi ngo abadepite banafite impungenge ko hari abantu bashobora guhita bakora umushinga wo kujya batanga amakuru bagamije ibihembo (…) -
Abasirikare 5 baregwa ibyaha birimo gusambanya ku gahato basabiwe gukomeza gufungwa iminsi 30
13 May 2020, by Dusingizimana RemyUrukiko rwa gisirikare rwategetse ko abasirikare 5 bakomeza gufungwa by’agateganyo mu gihe bagikurikiranyweho ibyaha birimo gusambanya abagore ku ngufu.
-
2017: Umusaruro mbumbe w’igihugu wazamutseho 6.1 %
13 March 2018, by Nsanzimana Ernestkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), kuri uyu wa Kabiri cyatangaje ko mu 2017 umusaruro mbumbe w’igihugu wazamutse ku rugero rwa 6.1%, aho wageze kuri miliyari 7 597 uvuye kuri miliyari 6 672 z’amafaranga y’u Rwanda wariho mu 2016.
Muri uyu musaruro wose uw’ubuhinzi bufite uruhare rwa 31%, inganda zifite 16% naho serivisi zikagira 46%.
Mu mwaka ushize, umusaruro w’ubuhinzi wiyongereye ku rugero rwa 7%, uw’inganda wiyongeraho 4% naho uwa serivisi wiyongeraho 8%.
Umuyobozi w’Ikigo (…) -
Perezida Kagame yakiriye indahiro y’abagize Guverinoma nshya-VIDEWO
31 August 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa 31 kanama 2017 mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko ku Kimihurura, Perezida Kagame, yakiriye indahiro y’Abaminisitiri 20 n’abanyamabanga ba Leta 11 bagize Guverinoma nshya.
Ijambo rye ryibanze ku guha ikaze abaminisitiri bahawe inshingano nshya, akomoza ku bayobozi bagera mu kazi bakirengagiza ibyo barahiriye, anavuga ku bubasha budakoreshwa n’abayobozi kandi babufite.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Guverinoma nshya, ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya (…) -
StarTimes yasobanuye ikibazo cyatumye hari amashene amwe atari kugaragara, ikibazo bari kugikemura
12 July 2020, by UbwanditsiSosiyete y’Ikoranabuhanga, StarTimes, yiseguye ku bakiliya bayo nyuma y’ikibazo yagize mu ihuzanzira rya satellite bigatuma amwe mu mashene yayo atagaragara nkuko bisanzwe.
StarTimes imaze imyaka myinshi igeza ku Banyarwanda serivisi zitandukanye haba abakeneye kureba amakuru, siporo, filime, imyidagaduro n’ibindi byinshi.
Muri iyi minsi, StarTimes yagize ikibazo aho imirongo ya Satellite iri hagati ya 3.7 GHz na 4GHz kuri site ya Jali yahuye na kirogoya (interference) bituma shene (…) -
Pro-femmes Twese hamwe yatoye abayobozi bashya Kanakuze akomeza kuyiyobora by’ agateganyo
29 December 2017, by Nsanzimana ErnestImpuzamiryango Pro-femmes Twese Hamwe yatoye abagize inama y’ ubutegetsi ariko uwari umuyobozi wayo Kanakuze Jeanne d’ Arc akomeza kuyiyobora by’ agateganyo kuko uwari watanze kandidatire ku mwanya wa Perezida yakuyemo kandidatire ye hasigaye igihe gito ngo aya matora abe.
Aya matora yabaye nyuma y’ inteko rusange y’ imiryango igize Profemmes Twese hamwe yabaye kuri uyu wa Kane tariki 28 Ukuboza 2017.
Abatowe ni Madamu Ruboneza Suzanne ku mwanya wa Visi Perezida wa mbere, Kayibanda (…)
Umuryango.rw
Iyo ucitse ukuguru utanga arenga 400 000 Frw buri myaka 3 ku nsimburangingo
StarTimes yasobanuye ikibazo cyatumye hari amashene amwe atari kugaragara, ikibazo bari kugikemura