Kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Kamena 2017 urukiko rw’ ibanze rwa Nyamabuye mu karere ka Muhanga rwategetse ko Dr Niyitegeka Theonetse arangiza igifungo cy’ imyaka 15 yakatiwe n’ urukiko Gacaca rwo mu murenge wa Nyamabuye.
Dr Niyitegeka Theonetse wigeze gushaka kwiyamamariza kuba Umukuru w’igihugu ufungiye ibyaha bya Jenoside . Dr Niyitegeka yaregeye Urukiko rw’ibanze rwa Nyamabuye, avuga ko mu mwanzuro w’Urukiko Gacaca rwa Gihuma rwamukatiye gufungwa imyaka 15, hari ahavugwa ‘agaka ka kane (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Urukiko rwategetse ko Dr Niyitegeka wigeze gushaka kuba Perezida arangiza igihano yahakatiwe
13 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Abirabura baba muri Amerika biyemeje gufatanya na Afurika mu iterambere
23 February 2018, by Nsanzimana ErnestAbirabura baba muri Leta Zunze ubumwe z’ Amerika ntibemeranya na Perezida w’ iki gihugu Donald Trump uherutse kuvuga ko Afurika ari umusarane, batangije ubukangurambaga bugamije imikoranire hagati yabo na bene wabo baba muri Afurika.
Umuryango The Fellowship Grobal ufatanyije n’ umuryango Amahoro Human Respect batangirije ubu bukangurambaga bugamije guhuza abanyafurika baba muri Amerika na bagenzi babo bari muri Afurika ngo bafatanye ibikorwa bibateza imbere mu mugi wa Kigali.
Ni (…) -
Amanota y’ abakoze ibizami bisoza amashuri yisumbuye 2017 yamaze kujya ahagaragara
23 February 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ uburezi yatangaje ko amanota y’abanyeshuri barangije icyiciro cy’amashuri yisumbuye yashyizwe ahagaragara. Muri rusange, abanyeshuri batsinze ku kigero cya 89,55%
Muri rusange abanyeshuri b’ abakobwa bakoze ibizami bisoza amashuri yisumbuye 2017 ni 41 140 , abakobwa ni 55.04 naho abahungu ni 44.96%.
Aya matota yatangajwe arimo ay’ abize kwigisha TTC, n’ abize imyuga n’ ubumyi ngiro TVET.
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri abnza n’ ayisumbuye Isaac Munyakazi yagize (…) -
“Abanyakenya n’abasomali bari barihariye akazi ko gutwara ibikamyo, byarahindutse”: Uwishema Olivier
16 July 2019, by UbwanditsiUmwe mu bayobozi bakuru ba KESI INVESTMENT RWANDA Ltd, Sosiyete y’ubucuruzi ikora n’ibikorwa by’Ubwikorezi bujyana cyangwa bukavana ibicuruzwa hanze y’u Rwanda ikoresheje amakamyo manini avuga ko nta myaka myinshi ishize akazi ko gutwara amakamyo mu Rwanda kari karihariwe n’abanyamahanga biganjemo abanyakenya, Uganda, Tanzaniya na somaliya ugansanga abanyarwanda nta kazi bafite ariko ubu nabo bakaba baramaze gutinyuka.
-
Umugabo wakoraga mu ‘Ubusitani’ kwa Perezida Kagame arashima nyuma yo kugura amakamyo na Range Rover
24 July 2017, by Iyamuremye JanvierRudakubana Jean Pierre, umunyarwanda ukomoka I Kibungo mu ntara y’Iburasirazuba wahoze akora mu rugo kwa Perezida Paul Kagame ashinzwe gukora mu ndabo aravuga ko hari byinshi yamwigiyeho byatumye yiteza imbere.
Uyu mugabo ngo yatangiye ako kazi agenda ku igare ariko ubu agenda mu modoka ya Range Rover, hejuru y’ibyo yamaze no kugura amakamyo akoresha mu bucuruzi.Ibi yabigarutseho mu makuru ya Royal Tv yo kuri uyu wa mbere tariki ya 24 Nyakanga 2017.
Umugabo watangiye gukora mu rugo rwa (…) -
NISR yagaragaje ukuntu ibiciro byatumbagiye cyane mu Rwanda
11 June 2022, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu kwezi Gicurasi uyu mwaka, muri rusange ibiciro byakomeje kuzamuka muri uko kwezi kuko byiyongereyeho 14,8% ugereranyije n’ibiciro byo mu byo mu kwezi kwa Gicurasi umwaka ushize.
Bimwe mu byatumye ibiciro byiyongera muri Gicurasi 2022 nk’uko bitangazwa n’iki kigo, ni ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye, ibiciro by’inzu, amazi, amashanyarazi, gaz n’ibindi bicanwa.
Ugereranyije ibiciro byo Mu mijyi (…) -
Kwibuka28: Hibutswe Abatutsi biciwe I Nyanza ya Kicukiro nyuma yo gutereranwa n’ingabo za ONU
11 April 2022, by Joseph IradukundaKuri uyu wambere tariki ya 11 Mata, ku rwibutso rwa Nyanza mu Karere ka Kicukiro,habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Abatutsi basaga ibihumbi 96 bishwe mu gihe cya Jenoside barimo abatereranwe n’ingabo za Loni zari zishinzwe kugarura amahoro (MINUAR) kuri ETO Kicukiro.
-
Leta y’ u Rwanda yafunze ishuri "Hope Academy" ry’ abanyaturikiya bakekwaho kwigomeka ku butegetsi bw’iwabo
1 June 2017, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda yatanze itegeko rivuga ko ishyuri ry’ abanyaturikiya “Hope Academy” rigomba kuba ryafunze imiryango bitarenze kuri uyu wa Kane tariki ya 1 Kamena 2017, uyu mwanzuro wababaje ababyeyi barerera muri iri shuri.
Bivugwa ko abashoramari bashinze iri shuri bafitanye isano n’ abaherutse kugerageza guhirika ubutegetsi muri Turikiya, gusa u Rwanda ntacyo rwabivuzeho.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 31 Gicurasi amarembo n’ imiryango y’ iryo shuri wiriwe akinze nta muntu winjira nta n’ (…) -
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#37: Amb.Habineza yashyinguwe!Ese yaba yaraciye amarenga ku rupfu rwe abantu ntibabimenye?
30 August 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 30 Kanama 2021,Ambasaderi Habineza Joseph [Joe] yasezeweho bwa nyuma, anashyingurwa mu cyubahiro mu muhango witabiriwe n’abo mu muryango we, inshuti ndetse na bamwe mu bayobozi bakuru b’igihugu.
Umuhango wo kumusezera wabereye iwe mu rugo, urangwa n’ubuhamya butandukanye bw’abo mu muryango we n’inshuti ze, bose bagarutse ku bumuntu, urukundo no kwitangira bose byamuranze. Mu bawitabiriye barimo na Perezida wa Sena, Dr Iyamuremye Augustin.
Ubuhamya bwatanzwe mu (…) -
BEFA LANGUAGE SCHOOL: Ikigo kigisha indimi zigezweho, amategeko y’umuhanda no gutwara imodoka
29 June 2021, by UbwanditsiBEFA Language school ni Ikigo kigisha indimi zigera kuri 12 mu buryo bugezweho bufasha abiga kumenya indimi vuba ndetse kikigisha n’amategeko y’ umuhanda kandi nabyo mu buryo bugezweho bunahendutse.
BEFA ni ishuri rya mbere mu Rwanda mu kwigisha indimi kuko dukoresha uburyo bwitwa VIVA akaba ari uburyo bwo kwigisha indimi bugendeye ku mategeko karemano yo kwiga ururimi. Uburyo bwa viva bujya gusa neza n’uburyo twifashishije twiga ururimi rwacu kavukire.
VIVA yavumbuwe na mwarimu witwa (…)
Umuryango.rw
NISR yagaragaje ukuntu ibiciro byatumbagiye cyane mu Rwanda
Kwibuka28: Hibutswe Abatutsi biciwe I Nyanza ya Kicukiro nyuma yo gutereranwa n’ingabo za ONU
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#37: Amb.Habineza yashyinguwe!Ese yaba yaraciye amarenga ku rupfu rwe abantu ntibabimenye?
BEFA LANGUAGE SCHOOL: Ikigo kigisha indimi zigezweho, amategeko y’umuhanda no gutwara imodoka