Polisi ya Uganda yavuze ko nta muntu n’umwe ifata imuhora kuba Umunyarwanda cyangwa imuhoye ubwoko bwe ahubwo ko buri muntu itaye muri yombi aba akurikiranyweho ibyaha.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Polisi ya Uganda yagize icyo ivuga ku Banyarwanda ifunga bya hato na hato
31 July 2018, by Nsanzimana Ernest -
Burera : Umukozi wo mu rugo arakekwaho kwica atemye abana batatu bo mu rugo yakoragamo arangije ariyahura
22 September 2019, by Dusingizimana RemyAbana 3 bo mu rugo rumwe rwo mu mudugudu wa Gatare, Akagari ka Butare, Umurenge wa Cyeru mu karere ka Burera bishwe batemwe n’umuntu utaramenyekano ariko bigakekwa ko byakozwe n’umukozi w’umukobwa wabitagaho arangije nawe ahita yiyahura akoresheje umugozi.
-
Rwanda: Abakurikiranyweho kwiba Access Bank basabiwe gufungwa imyaka 7
16 October 2018, by Nsanzimana ErnestAbanyarwanda n’ Abanyanigeria bahakana icyaha cyo kurema umutwe w’abagizi ba nabi bashinjwa. Uko 21 barangajwe imbere n’umunya Nigeria OLUBUNIMI Adebesi, nibo baregwa ko bashatse kwiba ’Access Bank’ mu Rwanda.
-
Nyabihu: Meya na Visi meya wavuzweho kwanga kwakira urumuri rw’ ikizere beguye
11 May 2018, by Nsanzimana ErnestUwanzwenuwe Theonetse wari umuyobozi w’ akarere ka Nyabihu na Mukansanga Clarisse wari Umuyobozi w’ akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y’ Abaturage beguye kuri iyi myanya.
-
Perezida Kagame yagaragaje ibintu by’ingenzi bigomba gukemuka vuba na bwangu muri 2023
9 January 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko mu mwaka wa 2023 abayobozi bakwiriye guhindura imikorere ndetse avuga ko uyu mwaka ugomba gusiga hari ibikemutse nk’ikibazo cy’ibirarane by’imishinga y’abaturage,ikibazo cyo gutwara abantu n’ibindi,icy’ubwiyongere bw’imisoro,imitangire ya serivisi no kujya mu mahanga gukabije ku Banyarwanda.
Ibi Perezida Paul Kagame yabigarutseho kuri uyu wa 09 Mutarama 2023,ubwo yayoboraga umuhango wo kurahira kwa Dr Kalinda François Xavier uherutse kugirwa Umusenateri, ngo (…) -
Inama ku bagabo bagira intege nke mu gihe cyo gutera akabariro n’icyo bakora ngo birinde cyangwa bivuze
5 May 2019, by UbwanditsiGucika intege ku bagabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni bimwe mu bimenyetso biza mu buryo butandukanye mu bihe bitandukanye. Abagabo bashobora kugira iki kibazo mu gihe bagitangira igikorwa nyirizina bikagaragazwa no gusohora mu buryo bwihuse nta nicyo bari bakora kubijyanye n’imibonano mpuzabitsina baba bagiye gukora.
-
Uruganda rwa Rwigara rwareze Leta y’ u Rwanda
31 January 2018, by Nsanzimana ErnestUrukiko rw’ubucuruzi rwa Nyarungenge, rwatangiye kuburanisha urubanza Uruganda “ Premier Tobacco Company” rw’umuryango wa Rwigara Assinapol, ruregamo ikigo c’igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro RRA. Uru ruganda , rusaba urukiko gutegeka iki kigo, kuvanaho inzitizi zose zatumye uru ruganda ruhagarika akazi karwo k’ubucuruzi.
Mu kirego cyihutirwa cyatanzwe n’Uruganda Premier Tobacco Company” rwunganirwa na Me Janvier Rwagatare, rwagejeje ku rukiko rw’ubucuruzi rwa Nyarugenge, uru (…) -
Robertinho yatangaje ingamba nshya yazanye mu ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kugaruka mu Rwanda [AMAFOTO]
24 July 2019, by Dusingizimana RemyUmutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo wari umaze hafi amezi abiri yaragiye iwabo muri Brazil kubera ko amasezerano ye yarangiye ubuyobozi bw’ikipe ntibuhite bumwongerera andi,yagarutse mu kazi ahita atangaza ko aje kubaka ikipe izamufasha gutsinda buri mukino.
-
Itabi ryo kwa Rwigara ryagurishijwe mu cyamunara miliyoni 512, Anne Rwigara yagize icyo abivugaho
29 March 2018, by Nsanzimana ErnestAnne Rwigara na basaza be imbere y’umuhesha w’inkiko Me Vedaste Habimana
Sitoke y’ itabi ry’ isigara yari igizwe n’ amakarito 7195 y’itabi ry’uruganda rw’itabi rwa Primier Tobacco Company rw’umunyemari Nyakwigendera Rwigara Assianpol yagurishijwe mu cyamunara miliyoni 512Frw Umuryango wa Rwigara uvuga ko iri tabi ryari rifite agaciro ka Miliyari 1( 1000 000 000).
Kuri uyu wa 28 Werurwe 2018, nibwo Umuhesha w’inkiko w’umwuga yagurishije mu cyamunara amakarito 7195 y’itabi ry’uruganda (…) -
“Kurwanya ruswa n’ akarengane ni uguhera ku mafi manini” Murekezi
13 September 2017, by Nsanzimana ErnestUmuvunyi mukuru Anastase Murekezi yiyemeje kurwanya ruswa n’ akarengane ahereye ku bakomeye bamaze kumenyerwa nk’ “Ibifi binini”.
Ibi Anastase Murekezi yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Nzeri 2017, ubwo yaherezwaga ububasha n’ uwo asimbuye ku mwanya w’ Umuvunyi mukuru Aloysia Cyanzayire.
Murekezi yavuze ko abaryi ba ruswa bato umuntu ashobora kubacyaha bakumva, agaragaza ko kurwanya ruswa mu bakomeye ariho hakwiye gushyirwa imbaraga nyinshi kuko ari nabo barya ruswa nyinshi. (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yagaragaje ibintu by’ingenzi bigomba gukemuka vuba na bwangu muri 2023
Inama ku bagabo bagira intege nke mu gihe cyo gutera akabariro n’icyo bakora ngo birinde cyangwa bivuze