Umusore utatangajwe amazina kuri iki Cyumweru tariki 18 Kamena 2017 yaguwe gitumo yiba telefone y’ umubyeyi wari waje mu materaniro.
Nk’ uko byatangajwe n’ Itorero Abacunguwe (Redeemed Gospel Church), ribinyujije ku rubuga rwaryo, uyu musore yahise yatura Umushumba w’ iri torero Bishop Innocent Rugagi ahita amusengera.
Uyu mujura wari wamaze kwiba telefoni yafashwe n’abashinzwe gahunda mu iteraniro agiye gutura.
Umwe muri bo witwa Jacky yagize ati “Uriya musore sinigeze mubona yiba (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umusore yafatiwe mu cyuho yiba mu rusengero, Bishop Rugagi amurambikaho ibiganza
20 June 2017, by Nsanzimana Ernest -
Diane Rwigara yagize icyo avuga ku mafoto bivugwa ko ari aye yambaye ubusa
1 June 2017, by Nsanzimana ErnestDiane Rwigara, umukobwa wa Nyakwigendera Asinapol Rwigara ufite muri gahunda kuziyamamariza kuyobora u Rwanda yavuze ko amafoto yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaya y’ umuntu wambaye ubusa atari ay’ ukuri
Kuva icyo gihe abantu batandukanye n’ibitangazamakuru bitandukanye byatangiye kujya bibitangaza mu buryo butandukanye benshi bibaza uburyo umwali w’umunyarwandakazi byiyongereyeho ushaka kuyobora u Rwanda yakora ibintu nk’ibi.
Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Kane tariki ya 1 (…) -
Mu rugo rwa Depite Bob wine hatewe gerenade ya kabiri, bituma avuga amagambo akomeye
3 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmudepite akaba n’ umwe muhanzi bakomeye muri Uganda, Robert Kyagulanyi benshi bazi ku Izina rya Bob Wine yatangaje mu ijoro ryakeye abantu batamenyekanye bateye gerenade mu rugo rwe mu karere ka Wakiso ikangiza byinshi.
Iyi gerenade avuga ko yatewe 1: 20 nta muntu yakomekeje gusa ngo yangije byinshi.
Mu butumwa yashize ku rubuga rwe rwa facebook, Depite Robert Kyagulanyi yavuze ko atari ubwa mbere mu rugo rwe hatewe gerenade ikahaturikira.
Uyu mudepite arakeka ko bifitanye isano n’ (…) -
Ubuzima bw’abakandida bahatanira kuyobora u Rwanda mu matora ya 2017
15 July 2017, by Nsanzimana ErnestDr Frank Habineza, ni we mukandida wemejwe n’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije-Democratic Green Party, ko azarihagararira nk’umukandida-Perezida mu matora y’umukuru w’igihugu.
Habineza Frank washinze akaba anayobora ishyaka ″Democratic Green Party of Rwanda″, yavutse tariki 22 Gashyantare 1977, avukira ahitwa Namutamba, mu Karere ka Mityana, Muri Uganda. Se umubyara ni Habakurama Jean na ho nyina ni Murorunkwere Josephine.
Urubuga Wikipedia ndetse n’ibitangazamakuru (…) -
Watch the Emirate FA Cup on StarTimes Man. City clash with Chelsea for FA Cup semi finals
14 April 2021, by UbwanditsiThe FA Cup semi final clash between Tuchel’s Chelsea and Guardiola’s Manchester City will take place Saturday in Wembley. They will fight for place in next month’s final, against either Southampton or Leicester City.
On Tuesday Thomas Tuchel took Chelsea into the semi-finals of the Champions League for the first time in seven years. On Saturday, he has bigger fish to fry.
And in terms of footballing fish, they hardly get bigger than Manchester City, whom the Blues are taking on in the (…) -
Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu
26 August 2022, by UbwanditsiNiba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu. Hari umuti mwiza kandi utagira ingaruka witwa REVIVE CAPSULE ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza.
REVIVE CAPSULE ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N’igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.
Iki gihingwa (…) -
Musanze-Rubavu: United Scholar Center igiye guhuza abifuza kwiga hanze na Kaminuza zisanzwe zibakira
24 August 2022, by Joseph IradukundaIkigo United Scholar Center kivuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose , kuko imbogamizi bahuraga nazo zabonewe umuti urambye.
-
Karongi: Niringiyimana wahanze umuhanda wa kilometero 7 bikamuhesha guhura na perezida Kagame yiyemeje guhunga iwabo kubera amashyari
14 September 2019, by Dusingizimana RemyUmusore witwa Niringiyimana Emmanuel utuye mu murenge wa Murambi mu karere ka Karongi,wamenyekanye ubwo yahangaga umuhanda wa kirometero 7 abyibwirije bigatuma ahura na perezida Kagame mu muhango wo Kwita Izina,agiye guhunga iwabo kubera ishyari rya rubanda baturanye.
-
Muhanga: Urubyiruko rwiyemeje kuba umusemburo mu kwimakaza ihame ry’uburinganire
15 October 2021, by Dusingizimana RemyUrubyiruko mu Karere ka Muhanga rwiyemeje kurushaho gutanga umusanzu mu kwimakaza ihame ry’uburinganire baharanira kubyaza umusaruro amahirwe abegereye ku buryo bungana, ndetse bashishikariza na bagenzi babo kugira uruhare mu gukumira ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryabavutsa kugera ku nzozi z’ubuzima bwabo.
-
Kuki igitero cy’ I Nyaruguru cyazamuye umwuka mubi hagati y’ u Burundi n’ Ububiligi ?
29 July 2018, by Nsanzimana ErnestIbitero bimaze iminsi bigabwa mu magepfo y’ u Rwanda birimo n’ iki Nyabimata mu karere ka Nyaruguru byatumye umubano w’ u Burundi n’ Ububiligi wongera gutokorwa.
Umuryango.rw
Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu
Musanze-Rubavu: United Scholar Center igiye guhuza abifuza kwiga hanze na Kaminuza zisanzwe zibakira
Muhanga: Urubyiruko rwiyemeje kuba umusemburo mu kwimakaza ihame ry’uburinganire