Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame tariki 24 na 26 Gicurasi uyu mwaka azitabira imurikabikorwa ryo guhanga udushya n’ ubuvumbuzi mu ikoranabuhanga rigiye kuba ku nshuro ya gatatu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame ategerejwe mu Bufaransa
16 May 2018, by Nsanzimana Ernest -
Rayon Sports yigaranzuye APR FC yari imaze imyaka 4 yarayigaruriye
12 February 2023, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yari imaze imyaka 4 mu bukorobi bwa APR FC,yayitsinze 1-0 mu mukino w’Umunsi wa 19 wa Shampiyona wabereye I Huye.
Imikino yari ishize ari 7 Rayon Sports itabasha gutsinda APR FC ariko uyu munsi yabigezeho ibifashijwemo na Ngendahimana Eric.
Uyu mukino watinze gutangira iminota 2 kubera ko izamu ritari rimeze neza,watangiye APR FC iri hejuru,Niyibizi Ramadhan agerageza uburyo bubiri bukomeye ariko umupira unyura hanze y’izamu rya Rayon Sports ryari ririnzwe na (…) -
Nyina wa Tuyishime yagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi naho Se iramuhitana: Ubuhamya
8 April 2022, by ISHIMWE JANETuyishime Jean avuga ko yashaririwe n’ubuzima nyuma yo kubaho ntakerekezo afite kubera amateka ya Jenocide yakorewe abatutsi muri Mata 1994, avuga ko Se umubyara yishwe n’interahamwe muri Jenocide yakorewe abatutsi mu gihe Nyina umubyara yakatiwe imyaka 30 nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994.
-
Ubusambanyi ,gukorana na Satani nibindi byinshi nibyo abari ibyegera by’Intumwa Gitwaza yirukanye bakomeje kumushinja(AMAFOTO)
13 May 2017, by Martin MunezeroUbukene itorero Zion Temple rimazemo iminsi aho abakozi bamara amezi agera muri atanu badahembwa, gushinja Apotre Gitwaza ubusambanyi no gukorana na satani ni bimwe mu byaranze intambara imaze igihe muri Zion Temple. -Gitwaza ashinjwa ubusambanyi no gukorana na satani Abakozi ba Zion Temple hari igihe bamaze amezi 5 badahembwa Aba Bishops birukanywe ngo basabye kujya bahembwa miliyoni ku kwezi Gitwaza yirukanye aba Bishops bari mu mugambi wo guhirika Zion Gitwaza bamushinja kwiyita Papa (…)
-
Perezida Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya mugenzi wa Angola
25 September 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida w’u Rwanda,Paul Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya João Lourenço wagizwe umukuru w’Igihugu cya Angola.Uyu muhango uteganyijwe kuba kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 Nzeri uyu mwaka.
Kagame yageze muri Angola avuye mu Inama y’Inteko rusange ya 72 y’Umuryango w’Abibumbye yaberaga i New York. Joao Lourenco yasimbuye kuri uyu mwanya Jose Eduardo dos Santos wari umaze imyaka 38 ayobora iki gihugu.
Eduardo Dos Santos, yabaye Perezida kuva mu 1979 asimbuye Agostinho Neto wagiyeho (…) -
Abakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Rtd. CSP Gashagaza uherutse gusezererwa muri Polisi y’Igihugu batawe muri yombi
20 September 2018, by Martin MunezeroCSP Gashagaza yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri, kurubu urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) rwatangaje ko abantu babiri bamaze gutabwa muri yombi bakekwaho urupfu rwa CSP Gashagaza Hubert wari uherutse gusezererwa muri Polisi y’Igihugu.
-
Bugesera: Umugabo yatawe muri yombi azira gutema abana be b’impanga ku bunani
3 January 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Ndayambaje Faustin,utuye mu mudugudu wa Kiruhura, akagari ka Kagenge, umurenge wa Mayange, mu ijoro ryo kuwa 1/1/2020 yatemye abana be b’impanga ,nyuma yo kugirana amakimbirane n’umugore we.
-
Ruhango: RIB yataye muri yombi abantu bane bakekwaho gutobora Duterimbere IMF bakayiba miliyoni 11 FRW
20 January 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki ya 20 Mutarama 2020 nibwo hamenyekanye amakuru y’uko ikigo cy’imari iciriritse Duterimbere IMF mu Karere ka Ruhango cyibwe n’abajura batoboye inyubako ya banki, bakangiza umutamenwa bagatwara miliyoni zizaga 11frw basanzemo.
-
William Ruto yahishuye ikiganiro yagiranye na Raila Odinga mu gitondo
15 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida mushya wa Kenya,William Ruto,yavuze ko mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere yagiranye ikiganiro na mukeba we Raila Odinga bemeranya ko bemera ibyavuye mu matora ndetse ko biteguye guhura bagasangira.
Mu kiganiro n’abanyamakuru nyuma yo gutangazwa nka perezida wa gatanu wa Kenya watowe n’abaturage,William Ruto yemeje ko mu gitondo yavuganye na Odinga bahanganye cyane muri aya matora.
Ati: "Nk’ukunda demokarasi,ngomba kubabwira ko muri iki gitondo, nahamagaye mucyeba wanjye, (…) -
Watch Bundesliga on StarTimes Bayern marching towards the title
1 June 2020, by UbwanditsiAfter winning in Dortmund and following that up with a comfortable 5-0 victory against struggling Düsseldorf on the weekend, Bayern München are marching towards an eighth successive title.
This coming weekend, Bayer Leverkusen are the team desperate to halt – if even momentarily – that march.
Peter Bosz’s side have been blowing hot and cold since the restart of the season, winning their first match 4-1 at Werder Bremen and 3-1 at Borussia Mönchengladbach, but then crashing spectacularly (…)
Umuryango.rw
Rayon Sports yigaranzuye APR FC yari imaze imyaka 4 yarayigaruriye
Nyina wa Tuyishime yagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi naho Se iramuhitana: Ubuhamya
William Ruto yahishuye ikiganiro yagiranye na Raila Odinga mu gitondo
Watch Bundesliga on StarTimes Bayern marching towards the title