Umusaza w’ inamararibonye mu byerekeye iyobokamana mu Rwanda Pasiteri Ezira Mpyisi yagaye ubumenyi bwa Bishop Rugagi Innocent uyobora Redeemed gospel Church urimo gucuruza udutabo dutanga akazi n’ abagabo na Apotre Paul Gitwara umuyobozi wa Zion Temple uherutse kuvuga ko ariwe muhanuzi wa mbere mu Rwanda no muri Afurika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Pasiteri Mpyisi yakebuye Bishop Rugagi na Apotre Gitwaza
29 September 2018, by Nsanzimana Ernest -
Mu rugo rwa Depite Bob wine hatewe gerenade ya kabiri, bituma avuga amagambo akomeye
3 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmudepite akaba n’ umwe muhanzi bakomeye muri Uganda, Robert Kyagulanyi benshi bazi ku Izina rya Bob Wine yatangaje mu ijoro ryakeye abantu batamenyekanye bateye gerenade mu rugo rwe mu karere ka Wakiso ikangiza byinshi.
Iyi gerenade avuga ko yatewe 1: 20 nta muntu yakomekeje gusa ngo yangije byinshi.
Mu butumwa yashize ku rubuga rwe rwa facebook, Depite Robert Kyagulanyi yavuze ko atari ubwa mbere mu rugo rwe hatewe gerenade ikahaturikira.
Uyu mudepite arakeka ko bifitanye isano n’ (…) -
Huye: "Urugerero Ruciye Ingando" ruzubakira abatishoboye barimo n’abahejwe inyuma n’amateka
12 May 2019, by UbwanditsiKuri iki cyumweru abasore n’inkumi bagera kuri 400 barangije amashuli yisumbuye bavuye mu mirenge inyuranye y’akarere ka Huye bazahurira mu cyahoze ari Urwunge rw’Amashuli rwitiriwe Rozali Ntagatifu mu Murenge wa Gishamvu bitabiriye ibikorwa by’Urugerero Ruciye Ingando.
-
Barutoromayo baramucecekesheje aranga, ese wowe nta bagucecekesha bigakumira ibitangaza kuri wowe?
30 March 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeIjambo ry’ Imana riboneka mu butumwa bwiza bwanditswe na Mariko mu gice cya cumi ku murongo wa mirongo ine na gatandatu (Mariko 10:46) ritubwira uko impumyi yitwa Baritoromayo yitwaye kugira ngo ibashe kubona icyo yari akeneye kuri Yesu.
-
"SOBANUKIRWA IBINTU BY’ INGENZI BIZAGUKOMEZA MU BYO UHURA NABYO": Rev./Ev. Eustache Nibintije
24 May 2019, by UbwanditsiUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi.
-
Rusizi: Ba bagore bakekwaho gukubita umucamanza bihannye umucamanza urubanza rurasubikwa
4 August 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa 03 Kanama 2021 mu karere ka Rusizi mu murenge wa Kamembe ku rukiko rwibanze rwa Kamembe hatangiye kuburanishwa mu mizi abagore bane aribo Mukamana Jaeanine, Nyirabakiza Beatrice, Nyampundu Speratha, na Tuyishime Alphonsine.
-
SHYIRA IBYIRINGIRO BYAWE KU IKINTU WIFUZA KO IMANA YAGUKORERA: Rev./Ev. Eustache Nibintije
21 May 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Hari abahura n’ikibazo cyo kunanirwa gutera akabariro, ese biravurwa? Umva icyo abaganga babivugaho
11 June 2019, by UbwanditsiUbusanzwe umuntu muzima agira imbaraga zimusunika zimwerekeza ku kumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina (Libido). Byaje kugaragara cyane ko rero mu Rwanda hari umubare munini w’abafite iki kibazo cya Libido idakora neza cyangwa se yanakora ugasanga uri gutera akabariro intege zicitse hakiri kare.
-
Pasiteri Antoine Rutayisire yahishuye ko mu Rwanda hari abapasiteri bari muri Illuminati
31 August 2017, by Nsanzimana ErnestPasiteri Antoine Rutayisire yatangaje ko mu Rwanda hari abapasiteri bari muri Illuminati anerura ukuntu yasabwe kuyijyamo ngo ahabwe imbaraga zidasanzwe akabyanga.
Uyu mushumba yavuze ko mu Rwanda hari amatsinda y’ abantu bashinzwe gushishikariza abandi kujya muri illuminati. Ayo arimo ayitwa ‘Freemasons’, ‘Rosicrucians’ na ‘Mahikari’ nk’ uko Past. Rutayisire yabitangarije Ibyishimo.
Yagize ati “Hariho muvoma zimwe na zimwe z’amayoberane, izo muvoma zinjiza abantu buri munsi. Ibyo ari (…) -
Taliki 16 Kamena: Mu byaranze uyu munsi mu mateka harimo n’irokorwa ry’abatutsi 2000 barokowe n’Inkotanyi muri Saint Paul
16 June 2017, by Renzaho FerdinandTuri tariki ya 16 Kamena, ni umunsi w’167 mu minsi 365 igize uyu umwaka, iminsi 198 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo.
Bimwe mu byabaye kuri uyu munsi mu mateka
• 1779: Igihugu cya Espagne cyatangaje intambara hagati muri cyo, hatangira igitero cy’ahitwa Gibraltar.
• 1846: Habaye inama yo gutora Papa wa Kiliziya Gatorika, nyuma y’urupfu rwa Papa Gregory XVI wapfuye tariki ya mbere Kanama 1846.
Abakaridinali 50 muri 62 bari bagize icyitwa College of Cardinals bateraniye mu (…)
Umuryango.rw
Rusizi: Ba bagore bakekwaho gukubita umucamanza bihannye umucamanza urubanza rurasubikwa
Hari abahura n’ikibazo cyo kunanirwa gutera akabariro, ese biravurwa? Umva icyo abaganga babivugaho