Umuyobozi w’ intorero ry’ igihugu Edouard Bamporiki yahaye impanuro intore z’ intagamburuzamumihigo za UNILAK azisaba kutaba intore zipfubye kuko ngo intore ipfubye irutwa n’ umuntu utaratojwe.
Hari kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Ukwakira 2017 , mu muhango wo kwinjiza intore mu zindi, bivuze kwakira abanyeshuri bashya binjiye muri Kaminuza ya UNILAK. Aba banyeshuri bagera kuri 700 bari bamaze icyumweru batozwa.
Bamporiki yavuze ko kuva itorero ryatangira abamaze gutozwa bagera hafi kuri (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Bamporiki yasabye intore nshya zo muri UNILAK kutaba “Intore zipfubye”
20 October 2017, by Nsanzimana Ernest -
Meya Sinamenye yeguye
29 August 2017, by Nsanzimana ErnestSinamenye Jeremie wari umuyobozi w’ akarere ka Rubavu yeguye ku buyobozi bw’ akarere no ku buyobozi bwa Njyanama y’ akarere.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 29 Kanama 2017 nibwo Sinamenye yashyikirije njyanama y’ akarere ibaruwa y’ ubwegure bwe aho yavuzemo ko yeguye ku mpamvu ze bwite.
Uyu muyobozi yeguye nyuma y’ ukwezi avuye muri gereza aho yari akurikiranyweho kubangamira Mpayimana Philippe ubwo yiyamamarizaga kuyobora u Rwanda.
Meya Sinamenye yarekuwe n’ ubushinjacyaha bufata umwanzuro ko (...) -
Ngoma: Gitifu w’ umurenge ngo atukira abayobozi bagenzi be mu ruhame
30 August 2018, by Nsanzimana ErnestBamwe mu bakozi b’umurenge wa Rukumberi n’abanyamabanga nshingwabikorwa ba tumwe mu tugari tuwugize, barashinja gitifu Arcade MURAGIJEMUNGU kubategekesha igitugu no kubatukira mu ruhame bigatuma bahorana impungenge zo kwirukanwa mu kazi.
-
Huye: (Video) Abagororwa bagerageje gutoroka baricwa. Umva uko byagenze n’ikiri gukorwa
24 January 2019, by UbwanditsiMu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Mutarama 2019, abagororwa 5 bari bafungiwe ubujura muri gereza ya Huye barashwe barimo kugerageza gutoroka.
-
Aya ni amwe mu mabanga yihariye utaruzi agera kuri 15 y’umuhanzi nyarwanda King James
20 June 2017, by Martin MunezeroRuhumuriza James uzwi nka King James ku mazina y’ ubuhanzi ,ni umwe mu bahanzi bakomeye hano mu Rwanda bitewe n’ indirimbo ze zagiye zikundwa ziganjemo iz’urukundo hakiyongeraho n’ ibitaramo bikomeye yagiye agaragaramo harimo na Rwanda Day yabereye mu Bubiligi yigeze kugaragaramo ku nshuro ye ya mbere.
King James wavutse mu 1990 atuye i Nyamirambo ahazwi nka Cosmos mu mugi wa Kigali aho abana n’ababyeyi be, bitandukanye cyane n’iby’abandi bahanzi tumenyereyeho kwibana mu mazu (Ghetto). (...) -
Umuyobozi wa Rayon Siporo nyuma yo gutabwa muri yombi ashobora gukatirwa imyaka 10
6 June 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’umuryango wa Rayon Sports Kimenyi Vedaste, kuri ubu ari mu maboko y’ubutabera aho akurikiranyweho kunyereza umutungo wa Leta. Aramutse ahamwe n’ icyaha bishobora gutuma akatirwa kugeza ku myaka 10 y’ igifungo.
Kimenyi Vedaste, yatawe muri yombi mu cyumweru gishize akurikiranyweho kunyereza umutungu mu kigo cya Leta kishinzwe ingufu REG EDCL yakoreraga. Afungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Kicukiro.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu mujyi wa Kigali, SP Hitayezu Emmanuel yabwiye (...) -
Kenya: William Ruto yatangajwe ko yatsinze amatora ya Perezida imirwano ihita itangira
15 August 2022, by Dusingizimana RemyWilliam Ruto w’imyaka 55 ni we watorewe kuba Perezida wa Gatanu wa Kenya atsindiye ku majwi 50.49% naho Raila Odinga bari bahanganye agira 48.85%.
William Ruto ni we watsinze amatora y’umukuru w’igihugu muri Kenya,yabaye ku wa kabiri ushize,tariki 9 z’ukwezi kw’umunani.
Ruto yabaye umukuru w‘igihugu wa Kenya wa gatanu kuva icyo gihugu kibonye ubwigenge. Ruto yari asanzwe ari visi perezida yungirije Uhuru Kenyatta,barangije manda y’imyaka icumi.
Mbere y’uko ibyavuye mu matora bitangazwa, abo (...) -
Gakenke: Umugore arashinja umugabo we guhimba imyanzuro y’ urubanza
25 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmubyeyi witwa NIMUKUZE Laurence utuye mu mudugudu wa Kibaya akagari ka Gataba umurenge wa Rusasa ho mu karere ka Gakenke arashinja umugabo we NDABAKUNZE Frederic bafitanye abana batanu bose b’abakobwa ko muri 2014 yahimbye imyanzuro y’ urukiko y’ urubanza rutabayeho.
-
Green Party na PS imberakuri babonye amajwi abinjiza mu nteko
4 September 2018, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ igihugu y’ amatora imaze gutangaza ibyavuye mu matora by’ agateganyo ku majwi yabaruwe yose 100% aho ishyaka Democratic Green Party n’ ishyaka PS imberakuri yabonye amajwi 5% ayahesha umwanya mu nteko ishinga amategeko.
-
“Sobanukirwa aho kunesha kwawe guturuka”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
24 June 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
0 | ... | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | 530 | 540 | 550 | ... | 2480