Impuzamiryango Pro-femmes Twese Hamwe yatoye abagize inama y’ ubutegetsi ariko uwari umuyobozi wayo Kanakuze Jeanne d’ Arc akomeza kuyiyobora by’ agateganyo kuko uwari watanze kandidatire ku mwanya wa Perezida yakuyemo kandidatire ye hasigaye igihe gito ngo aya matora abe.
Aya matora yabaye nyuma y’ inteko rusange y’ imiryango igize Profemmes Twese hamwe yabaye kuri uyu wa Kane tariki 28 Ukuboza 2017.
Abatowe ni Madamu Ruboneza Suzanne ku mwanya wa Visi Perezida wa mbere, Kayibanda (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Pro-femmes Twese hamwe yatoye abayobozi bashya Kanakuze akomeza kuyiyobora by’ agateganyo
29 December 2017, by Nsanzimana Ernest -
Kuva kuri Pasteur Bizimungu kugeza kuri Sankara ejo bundi; imanza zari zikomeye mu myaka 19 ishize
27 May 2019, by UbwanditsiHano turagaruka ku manza zari zikomeye mu myaka 19 ishize. Kuva ku rubanza rwa Pasteur Bizimungu wari Perezida, Kalisa BCDI, Kizito Mihigo, Mugesera, Ingabire Victoire, Abo kwa Rwigara kugeza kuri Sankara w’ejo bundi.
-
Abana bari kugororerwa muri Gereza y’abana bakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuli wa 2018 bose baratsinze bishimishije
3 January 2019, by Martin MunezeroUrwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa RCS, rwatangaje ko abana 18 bakoze ibizamini bya leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2018 bari kugororerwa muri Gereza y’abana y’i Nyagatare batsinze ku buryo bushimishije.
-
Kwibohora byari bigamije kubaka u Rwanda Abanyarwanda bafitemo uburenganzira bungana-Perezida Kagame
4 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Kagame yatangaje ko urugamba rwo kubohora u Rwanda rwari rugamije kubaka u Rwanda rushya kandi rwiza ruzira amacakubiri cyane ko rwari rumaze igihe kinini rutunze ubumwe.
-
Huye: Umwalimu wa Kaminuza yitabye Imana aguye mu cyobo cy’umusarane
31 December 2017, by UbwanditsiNyakwigendera Anastase Hakizimana
Ku gicamunsi cyo kuri icyi cyumweru nibwo Hakizimana Anastase wari umwalimu muri Kaminuza yagiye kureba aho icyobo cy’umusarani yacukuzaga iwe kigeze ariko agira ibyago aranyerera agwa muri icyo cyobo ahita yitaba Imana.
Anastase Hakizimana yigishaga isomo ry’ubugenge “phyisics” muri Kaminuza y’u Rwanda. Yari atuye mu Murenge wa Tumba akagali ka Rango B umudugudu wa Urugwiro ari naho yaguye.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo IP Emmanuel Kayigi (…) -
U Burusiya :Leta iri gushinja U Bwongereza gushuka Ukraine
27 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROLeta y’Uburusiya irimo iranshinja u Bwongereza "gusembura" Ukraine ngo igabe ibitero ku butaka bwayo.
-
Subika Isabukuru yawe niba yarabaye mu gihe cya Guma Murugo Skol izagufashe kuyizihiza utubari ni dufungura
18 August 2020, by UbwanditsiIgikorwa cyo kwiyandikisha muri gahunda ya “Postpone your birthday and celebrate it when bars reopen” cya teguwe na SKOL BREWERY LTD kirakomeje guhera mu kwezi gushize kwa Nyakanga.
Uruganda rukora ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, SKOL BREWERY LTD, rwatangije uburyo bwo gufasha abantu batabonye uko bizihiza amasabukuru yabo y’amavuko bitewe n’uko yahuriranye na gahunda ya Guma mu rugo yo kwirinda icyorezo cya Coronavirus.
Iyi gahunda yiswe "Imura isabukuru yawe tugufashe kuyizihiza (…) -
Minisiteri y’ Ubutaka n’ amashyamba yakuweho imaze amezi 14 ebyiri zihindurirwa inyito
19 October 2018, by Nsanzimana ErnestMuri Minisiteri ebyiri zari nshya muri guverinoma y’ u Rwanda imwe yakuwemo indi ihindurirwa inyito nk’ uko bigaragara muri guverinoma nshya igizwe n’ abagore n’ abagabo bangana 50%, 50% yatangajwe kuri uyu wa 18 Ukwakira 2018.
-
Minubumwe yahishuye ibikorwa bitemewe mu gihe cyo #KWIBUKA29
3 April 2023, by Dusingizimana RemyMinisitiri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu yashyize hanze gahunda yokwibuka ku inshuro ya 29 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, iyo gahunda ikaba izatangira tariki ya 7 Mata 2023.
Kuva tariki ya 7 kugeza 12 Mata 2023 ni icyumweru cy’icyunamo mu gihugu hose mu Kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi.
Iyi minisiteri yatangaje ko Insanganyamatsiko izakomeza kuba « KWIBUKA TWIYUBAKA » nkuko bisanzwe.
1.ICYUMWERU CY’ICYUNAMO
a)Ku rwego rw’Igihugu: Icyumweru (…) -
Jeanette Kagame yanenze imyitwarire ya bamwe mu bahanzi nyarwanda,agaragaza Tom Close nk’umuhanzi w’intangarugero
16 December 2018, by Martin MunezeroMadamu Jeannette Kagame kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Ukuboza 2018 yitabiriye ihuriro ry’abahanzi n’ibirori byo gusoza icyiciro cya mbere cy’amarushanwa ya Art Rwanda - Ubuhanzi, aho yashimye Tom Close nk’Intangarugero akanagaya imyitwarire ya bamwe mu bahanzi nyarwanda.
Umuryango.rw
U Burusiya :Leta iri gushinja U Bwongereza gushuka Ukraine
Subika Isabukuru yawe niba yarabaye mu gihe cya Guma Murugo Skol izagufashe kuyizihiza utubari ni dufungura
Minubumwe yahishuye ibikorwa bitemewe mu gihe cyo #KWIBUKA29