Koreya ya Ruguru ku wa Kabiri tariki ya 04 Nyakanga cyagerageje igisasu gihambaye ibisasu byose ifite gitera ubwoba Amerika kuko ivuga ko itaragira ubushobozi bwo gusama igisasu nk’ icyo
Igisirikare cya Leta zunze ubumwe z’ Amerika cyavuze ko igisasu Koreya ya Ruguru yagerageje kuri uyu wa 4 Nyakanga, Amerika itaragira ubushobozi bwo kugisama gusa ivuga ko ikomeje ubushakashatsi bwo gushaka uko yasama igisasu nk’ iki gifite ubushobozi bwo kwambukiranya imigabane.
Iki gisirikare (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Koreya ya Ruguru yagerageje igisasu gihambaye kurusha ibindi Amerika ishya ubwoba
6 July 2017, by Renzaho Ferdinand -
Kigali mu myiteguro yo kwakira Perezida Nyusi
19 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, kuri uyu wa Kane aratangira uruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda, rukurikira urwo Perezida Kagame yagiriye muri icyo gihugu mu Ukwakira 2016.
Uruzinduko rwa Perezida Kagame rwari urwa kabiri agiriye muri icyo gihugu cyo muri Afurika y’Amajyepfo kuko yaherukagayo mu 2004.
Icyo gihe Umukuru w’Igihugu yaganiriye na mugenzi we Nyusi wa Mozambique ku ngingo zifitiye inyungu abaturage b’ibihugu byombi, haba mu bufatanye mu nzego zitandukanye zirimo (…) -
Uzongera gupfunyikira umukiriya mu mpapuro zanditseho azajya ahanwa
2 August 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda yaciye burundu umuco w’ abacuruzi bamwe na bamwe bapfunyikira abakiriya ibicuruzwa mu bipapuro byanditseho.
-
U Rwanda rwavuze kuri ‘Nkurunziza wasabye ko abaperezida ba EAC baterana kubera ibibazo biri hagati y’ ibihugu byombi’
8 December 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda yagaragaje ko ntacyo ibwiwe n’ ubusabe bwa Perezida w’ u Burundi Pierre Nkurunziza wandikiwe Perezida Museveni uyoboye EAC asaba ko haterana inama y’ abakuru b’ ibihugu yo kwiga ku bibazo avuga ko biri hagati y’ u Rwanda n’ u Burundi.
-
Trusella, iguriro mpuzamahanga ryiyemeje guhindura isura y’ubucuruzi hifashishijwe internet
7 January 2021, by Martin MunezeroUko ibihe biha ibindi, ni uko umuvuduko w’iterambere ry’isi ugenda wiyongera. Ibi bigaterwa ahanini n’ikoranabuhanga ryagutse ridasiba kuvumburwa uko bwije nuko bukeye. Kimwe mu byo ikoranabuhanga ryafashije, harimo korohereza abantu kubona serivisi zitandukanye mu buryo bworoshye, ndetse no guhererekanya amafaranga mu kanya nkako guhumbya.
-
Press Release – It is children’s festival on StarTimes
4 August 2020, by UbwanditsiAs we enter into August, digital TV operator StarTimes prepared a feast of entertainment and education content to have kids of all ages busy during the whole month.
First, with the newly launched DreamWorks channel. Exclusive to StarTimes, DreamWorks is dedicated to kids and family entertainment.
Viewers will be taken on fantastical adventures as they come face to face with more dragons than anyone has ever imagined in Dragons: Race To The Edge; whilst over in Madagascar, the party (…) -
Umushinga wo gukora ifumbire w’ abanyeshuri barangiye muri UR wahawe igihembo mpuzamahanga
7 October 2017, by Nsanzimana ErnestInzobere muri siyansi ku rwego mpuzamahanga zitabiriye inama y’ iminsi itatu yaberaga I Kigali zahaye igihembo umushinga wakozwe n’ abanyeshuri 14 barangije muri Kaminuza y’ u Rwanda mu bijyanye no gutunganya amazi(water engineering.
Aba banyeshuri 14 bahuriye mu muryango bise WESA, ugamije kubungabunga ibidukikije. Umushinga wabo wahembwe ni uwo gukora ifumbire mu maganga y’ inkwavu. Sosthène Kubwimana wasobanuye uyu mushinga wo gukora iyi fumbire yatangarije UMURYANGO ko iyo fumbire (…) -
Abanyarwanda barasabwa kwitwararika MARBURG, icyorezo kimeze nka Ebola cyongeye kwanduka muri Uganda
22 October 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubuzima mu Rwanda yatangaje ko hari icyorero cya Marburg cyagaragaye muri Uganda igasaba abaturage kwirinda gukora ingendo zitari ngombwa mu gihugu cyagaragayemo icyo cyorezo no gukomeza umuco wo kwivuza hakiri kare.
Nk’ uko byemejwe n’ ishami ry’ Umuryango w’ abibumbye ryita ku buzima OMS, iki cyorero cyagaragaye mu burasizuba bwa Uganda hafi ya Kenya. Iki cyorero kimaze guhitana abantu babiri.
Iki cyorero gifite ibimenyetso nk’ iby’ icyorero cya Ebola kandi bijya (…) -
Umunyabigwi mu ikinamico Mukeshabatware Dismas yasezeweho bwa nyuma uyu munsi
6 July 2021, by Dusingizimana RemyMukeshabatware Dismas wamenyekanye mu makinamico mu Rwanda, uherutse kwitaba Imana azize uburwayi, yasezeweho bwa nyuma.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 6 Nyakanga 2021 nibwo habaye umuhango wo guherekeza mu cyubahiro Mukeshabatware.
Umuhango wo guherekeza mu cyubahiro Mukeshabatware, watangiriye kwa muganga ubwo abo mu muryango we bajyaga gufata umurambo mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal.
Nyuma yo kugeza umurambo wa Nyakwigendera mu rugo aho yari atuye ku Gisozi mu Karere ka Gasabo, abantu (…) -
Indwara za karande zigera kuri 95% ziravurwa zigakira burundu hifashishijwe imiti y’ibimera: Dr. Murugu
12 March 2019, by UbwanditsiDr. Peter Murugu
Dr. Peter Murugu, umuganga uturuka muri Kenya ubu wanafunguye ivuriro rivura ryifashishije imiti ikomoka ku bimera yemeza ko indwara bakunze kwita za karande zigera kuri 95% zishobora kuvurwa zigakira burundu hifashishijwe imiti hifashishijwe imiti y’ibimera kandi itagira izindi ngaruka ku buzima.
Umuryango.rw
Press Release – It is children’s festival on StarTimes
Abanyarwanda barasabwa kwitwararika MARBURG, icyorezo kimeze nka Ebola cyongeye kwanduka muri Uganda
Umunyabigwi mu ikinamico Mukeshabatware Dismas yasezeweho bwa nyuma uyu munsi