Mobutu Sese Seko Kuku Ngbendu Wa Za Banga niko yihimbaga ariko ubundi ababyeyi be bamwise Joseph-Desire Mobutu. Yabonye izuba kuwa 30 Ukwakira 1930 atabaruka ku wa 7 Ugushyingo 1997.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Dore ibintu 7 utamenye byagizwe ubwiru ku buzima bw’umunyagitugu Mobutu Sese Seko harimo n’ubusobanuro bw’izina rirerire yiyise[AMAFOTO]
15 August 2018, by Martin Munezero -
Felix Tshisekedi yemejwe bidasubirwaho ko ariwe perezida mushya wa RDC
20 January 2019, by Dusingizimana RemyUrukiko rwigenga rurinda itegeko Nshinga rwatangaje ko Felix Tshisekedi ariwe watsinze burundu amatora ya perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo,atsinze Fayulu na Shadary.
-
RIB yavuze impamvu Bamporiki Edouard afungiwe iwe mu rugo kandi akekwaho icyaha gikomeye
6 May 2022, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko uwari umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco,Hon.Bamporiki Edouard afungiye mu rugo rwe aho akurikiranyweho icyaha cya ruswa n’ibyaha bifitanye isano na yo.
Iki cyaha cya ruswa ni icyaha gikomeye mu Rwanda akenshi abagikurikiranyweho bahita bafungwa ariko siko byagenze kuri uyu munya Politiki,ibintu byabereye benshi urujijo.
Mu kiganiro Umuvugizi wa RIB,Dr.Murangira B.Thierry,yahaye UKWEZI TV,yavuze byinshi (…) -
"Ntegereje cyane uruzinduko rw’akazi rw’umuvandimwe wanjye Perezida Paul Kagame" Perezida Lungu
16 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Zambia Edgar Chagwa Lungu yatangaje ko ategereje Perezida Paul Kagame mu ruzinduko rw’akazi muri icyo gihugu, mu biganiro bizibanda ku mubano w’ibihugu byombi n’ubufatanye mu nzego z’iterambere.
Perezida Lungu yabitangaje kuri uyu wa Kane yifashishije Twitter, nyuma yo kwakira Ambasaderi w’u Rwanda muri Zambia, Monique Mukaruliza. Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 3 Gashyantare 2017 niyo yagize Mukaruliza ambasaderi muri Zambia, nyuma y’umwaka umwe ayobora Umujyi wa Kigali. (…) -
Umunyarwanda wifuza gushora imari muri Singapore yahawe uburenganzira bungana n’ ubw’ umuturage wa Singapore
14 June 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda na Singapore basinyanye amasezerano y’ ubufatanye aha abaturage babo uburenganzira bungana mu bucuruzi n’ ay’ ubufatanye mu bijyanye n’ ingendo zo mu kirere.
-
Ibitaro bya Muhima:Umugore wakuwemo ‘Nyababyeyi’ ndetse n’imfura ye igapfa aratabaza
25 July 2017, by Iyamuremye JanvierUmubyeyi w’imyaka 20 y’amavuko utatangajwe amazina utuye mu murenge wa Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge avuga ko atazongera kubyara ukundi bitewe n’uburyo ngo atitaweho aho yari yagiye kubyarira mu bitaro bya Muhima bikamuviramo kumukuramo nyababyeyi, ngo n’umwana w’imfura yaragiye kubyara bikamuviramo gupfa.
Mu kiganiro na Royal Tv ducyesha iyi nkuru, uyu mugore yasobanuye akarengane yagiriwe kuva akiri ku bitaro kugeza atitawe n’inzego zose yagejejeho ikibazo cye harimo na Minisante. (…) -
Musaza wa Mwiseneza Josiane wafunzwe akekwaho gukoresha inyandiko mpimbano yarekuwe
28 September 2019, by Dusingizimana RemyUwitwa Muhayimana Samuel usanzwe ari musaza wa Mwiseneza Josiane wamenyekanye mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019,wari umaze iminsi afungiwe gukekwaho gukoresha uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw’uruhimbano,yarekuwe yemererwa kuburana ari hanze.
-
Abanyeshuri ba Kaminuza zo mu Rwanda bagiye guhabwa mudasobwa 14 000 za i5
4 December 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’Uburezi kuri uyu wa 3 Ukuboza yatangije guha mudasobwa nshya abanyeshuri ba za kaminuza mu buryo bw’inguzanyo bazishyura barangije. Telefone za SmartPhones birimo kwigwaho bashobora kuzazihabwa.
-
Mu mafoto reba udushya twaranze umutambagiro utangiza icyumweru cy’ Umuganura2017
22 August 2017, by Nsanzimana ErnestKu gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 21 Kanama nibwo habaye umutambagiro wo gutangiza ictumweru cyahariwe ibikorwa by’ umuganura.
Umunsi mukuru w’ umuganura mu Rwanda rwo hambere wizihizwaga tariki ya Mbere Kanama, ukaba ugamije gutuma Umwami atanga rubanda kurya ku mbuto zeze.
Magingo aya uyu munsi mukuru wagarutse mu isura nshya uba umunsi Abanyarwanda bishimira umusauro bageze mu iterambere u Rwanda rurimo.
Umutarambagiro wo gutangiza icyumweru cy’ Umuganura watangirije I (…) -
Kizito Mihigo, umwe mu bazize ibibazo Kayumba Nyamwasa wahunze kuri iyi taliki yateje ku Rwanda
25 February 2020, by UbwanditsiTaliki 17/2/2020 nibwo Kizito Mihigo byavuzwe ko yiyahuriye muri kasho ya Polisi I Remera, uru rupfu ruba iherezo ry’ibibazo by’imanza, igifungo no guhangayika yari amazemo imyaka 6 nyuma yo gukekwaho gukorana na bamwe mu bagize umutwe wa RNC no kugambira kwica umukuru w’Igihugu, ibyaha yemeye ndetse bikanamuhama mu nkiko.
Umuryango.rw
RIB yavuze impamvu Bamporiki Edouard afungiwe iwe mu rugo kandi akekwaho icyaha gikomeye