Kuri uyu wa 31 kanama 2017 mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko ku Kimihurura, Perezida Kagame, yakiriye indahiro y’Abaminisitiri 20 n’abanyamabanga ba Leta 11 bagize Guverinoma nshya.
Ijambo rye ryibanze ku guha ikaze abaminisitiri bahawe inshingano nshya, akomoza ku bayobozi bagera mu kazi bakirengagiza ibyo barahiriye, anavuga ku bubasha budakoreshwa n’abayobozi kandi babufite.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Guverinoma nshya, ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye indahiro y’abagize Guverinoma nshya-VIDEWO
31 August 2017, by Iyamuremye Janvier -
StarTimes yasobanuye ikibazo cyatumye hari amashene amwe atari kugaragara, ikibazo bari kugikemura
12 July 2020, by UbwanditsiSosiyete y’Ikoranabuhanga, StarTimes, yiseguye ku bakiliya bayo nyuma y’ikibazo yagize mu ihuzanzira rya satellite bigatuma amwe mu mashene yayo atagaragara nkuko bisanzwe.
StarTimes imaze imyaka myinshi igeza ku Banyarwanda serivisi zitandukanye haba abakeneye kureba amakuru, siporo, filime, imyidagaduro n’ibindi byinshi.
Muri iyi minsi, StarTimes yagize ikibazo aho imirongo ya Satellite iri hagati ya 3.7 GHz na 4GHz kuri site ya Jali yahuye na kirogoya (interference) bituma shene (…) -
Pro-femmes Twese hamwe yatoye abayobozi bashya Kanakuze akomeza kuyiyobora by’ agateganyo
29 December 2017, by Nsanzimana ErnestImpuzamiryango Pro-femmes Twese Hamwe yatoye abagize inama y’ ubutegetsi ariko uwari umuyobozi wayo Kanakuze Jeanne d’ Arc akomeza kuyiyobora by’ agateganyo kuko uwari watanze kandidatire ku mwanya wa Perezida yakuyemo kandidatire ye hasigaye igihe gito ngo aya matora abe.
Aya matora yabaye nyuma y’ inteko rusange y’ imiryango igize Profemmes Twese hamwe yabaye kuri uyu wa Kane tariki 28 Ukuboza 2017.
Abatowe ni Madamu Ruboneza Suzanne ku mwanya wa Visi Perezida wa mbere, Kayibanda (…) -
Kuva kuri Pasteur Bizimungu kugeza kuri Sankara ejo bundi; imanza zari zikomeye mu myaka 19 ishize
27 May 2019, by UbwanditsiHano turagaruka ku manza zari zikomeye mu myaka 19 ishize. Kuva ku rubanza rwa Pasteur Bizimungu wari Perezida, Kalisa BCDI, Kizito Mihigo, Mugesera, Ingabire Victoire, Abo kwa Rwigara kugeza kuri Sankara w’ejo bundi.
-
Abana bari kugororerwa muri Gereza y’abana bakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka w’amashuli wa 2018 bose baratsinze bishimishije
3 January 2019, by Martin MunezeroUrwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa RCS, rwatangaje ko abana 18 bakoze ibizamini bya leta bisoza umwaka w’amashuri wa 2018 bari kugororerwa muri Gereza y’abana y’i Nyagatare batsinze ku buryo bushimishije.
-
Kwibohora byari bigamije kubaka u Rwanda Abanyarwanda bafitemo uburenganzira bungana-Perezida Kagame
4 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Kagame yatangaje ko urugamba rwo kubohora u Rwanda rwari rugamije kubaka u Rwanda rushya kandi rwiza ruzira amacakubiri cyane ko rwari rumaze igihe kinini rutunze ubumwe.
-
Huye: Umwalimu wa Kaminuza yitabye Imana aguye mu cyobo cy’umusarane
31 December 2017, by UbwanditsiNyakwigendera Anastase Hakizimana
Ku gicamunsi cyo kuri icyi cyumweru nibwo Hakizimana Anastase wari umwalimu muri Kaminuza yagiye kureba aho icyobo cy’umusarani yacukuzaga iwe kigeze ariko agira ibyago aranyerera agwa muri icyo cyobo ahita yitaba Imana.
Anastase Hakizimana yigishaga isomo ry’ubugenge “phyisics” muri Kaminuza y’u Rwanda. Yari atuye mu Murenge wa Tumba akagali ka Rango B umudugudu wa Urugwiro ari naho yaguye.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo IP Emmanuel Kayigi (…) -
U Burusiya :Leta iri gushinja U Bwongereza gushuka Ukraine
27 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROLeta y’Uburusiya irimo iranshinja u Bwongereza "gusembura" Ukraine ngo igabe ibitero ku butaka bwayo.
-
Subika Isabukuru yawe niba yarabaye mu gihe cya Guma Murugo Skol izagufashe kuyizihiza utubari ni dufungura
18 August 2020, by UbwanditsiIgikorwa cyo kwiyandikisha muri gahunda ya “Postpone your birthday and celebrate it when bars reopen” cya teguwe na SKOL BREWERY LTD kirakomeje guhera mu kwezi gushize kwa Nyakanga.
Uruganda rukora ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, SKOL BREWERY LTD, rwatangije uburyo bwo gufasha abantu batabonye uko bizihiza amasabukuru yabo y’amavuko bitewe n’uko yahuriranye na gahunda ya Guma mu rugo yo kwirinda icyorezo cya Coronavirus.
Iyi gahunda yiswe "Imura isabukuru yawe tugufashe kuyizihiza (…) -
Minisiteri y’ Ubutaka n’ amashyamba yakuweho imaze amezi 14 ebyiri zihindurirwa inyito
19 October 2018, by Nsanzimana ErnestMuri Minisiteri ebyiri zari nshya muri guverinoma y’ u Rwanda imwe yakuwemo indi ihindurirwa inyito nk’ uko bigaragara muri guverinoma nshya igizwe n’ abagore n’ abagabo bangana 50%, 50% yatangajwe kuri uyu wa 18 Ukwakira 2018.
Umuryango.rw
StarTimes yasobanuye ikibazo cyatumye hari amashene amwe atari kugaragara, ikibazo bari kugikemura
U Burusiya :Leta iri gushinja U Bwongereza gushuka Ukraine
Subika Isabukuru yawe niba yarabaye mu gihe cya Guma Murugo Skol izagufashe kuyizihiza utubari ni dufungura