Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, RDF, yakoze impinduka mu buyobozi bwa zimwe mu nzego za gisirikare, aho nka Gen Maj Innocent Kabandana wari Umugaba Mukuru wungirije w’Inkeragutabara, yagizwe Umuyobozi w’Ishuri rya Gisirikare rya Gako.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yakoze impinduka mu nzego zimwe za gisirikare
26 April 2020, by Dusingizimana Remy -
Syria yashwanyurije mu kirere ibisasu 71 mu birenga 103 yarashweho
14 April 2018, by Martin MunezeroNyuma y’igitero cyagabwe muri Siriya, kigabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibihugu bifatanyije (Ubwongereza n’Ubufaransa) ku birindiro bikekwa ko bibitswemo intwaro z’ubumara muri Syria, u Burusiya bwatangaje ko yabashije gushwanyaguriza mu kirere 71 mu 103 byari byatewe.
Kuri uyu wa Gatandatu ahagana saa munani z’ijoro ku isaha yo muri Syria nibwo Amerika, u Bwongereza n’u Bufaransa byagabye ibitero ku kigo kiri mu mujyi wa Damascus ndetse n’ibindi bibiri biri hafi y’uwa Homs. Ibi (…) -
Ahahoze hatuye umugore wa Musinga hagiye kubungabugwa
1 September 2017, by Nsanzimana ErnestInzu y’ amategura n’ amafari ahiye bigaragara ko yari yubatswe mu buryo bwa gihanga n’ ubwo ubu yatangiye kwangirika niyo yari ituwemo na Nyirakabuga Therese wabaye umwe mu bagore b’Umwami Yuhi V Musinga.
Iyi nzu iherereye Mu mudugudu wa Kibimba, mu kagari k’Akagarama, mu murenge Rurenge mu karere ka Ngoma, ubuyobozi bw’ akarere buravuga ko bugiye kuyitaho kuburyo mu mwaka umwe haraba hageze icyapa kigaragaza ko ari ahantu nyamateka.
Ni nyuma y’ uko abazi uyu Umwamikazi Nyirakabuga (…) -
The Ben na Miss Uwicyeza Pamella afata nka mushiki we basohokanye muri Hoteli iri ku kiyaga[AMAFOTO]
11 August 2020, by Martin MunezeroMu gihe hamaze iminsi hahwihwiswa amakuru ko Miss Pamella Uwicyeza yaba atwite inda ya The Ben, aba bombi bagiye kuruhukira ku Kiyaga cya Muhazi aho baraye muri imwe muri Hotel zigikikije.
-
Kigali: Abasore n’ inkumi 12 bafite uruganda rukora amasabune
21 October 2017, by Nsanzimana ErnestFille Dynah, umwe mu basore n’ inkumi 12 bafite uruganda rukora amasabune avuga ko hari byinshi bamaze kugeraho ndetse ngo bafite inzozi zo kuzagira uruganda runini rwohereza ibicuruzwa mu mahanga.
Ni umukobwa bigaragara ko akiri muto, imbere ye yateretse utubuni twa litilo eshanu, atabikwibwiriye wagirango harimo imitobe nyamara ni amasabune y’ amazi.
Umuyobozi wungirije w’ uruganda Agri-cosmetic Indorerwamo, Fille Dynah yatangarije Umuryango ati “Niga muri UNILAK mu mwaka wa kabiri. (…) -
Pasiteri Kamanzi wari umuhuzabikorwa wa Rwanda Shima Imana yitabye Imana
30 July 2018, by Nsanzimana ErnestKu mugoroba wo ku wa 29 Nyakanga 2018 nibwo amakuru y’ urupfu rwa Pasiteri Kamanzi Théophile wayoboraga Eglise Apostolique pour le Réveil au Rwanda (EARR) akaba n’Umuhuzabikorwa w’Igiterane Rwanda Shima Imana yamenyekanye.
-
CBEEBIES LAUNCHES ON STARTIMES ACROSS THE AFRICAN CONTINENT FROM WEDNESDAY 1ST JULY 2020
1 July 2020, by UbwanditsiBBC Studios multi-award winning channel is aimed at pre-school children
From the 1st July 2020, BBC Studios’ critically acclaimed and multi-award winning pre-school children’s channel will be launch on the StarTimes DTH platform across the Africa continent. Loved by children and trusted by parents across the globe, the channel provides a safe environment for children aged 0-6 with educational and entertaining programming to support their development.
The channel is scheduled to reflect (…) -
Impanuka y’ I Shyorongi: Abaturage hari icyo basaba
29 May 2017, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ uko ku wa Gatandatu w’ icyumweru gishize I Shyorongi mu muhanda Kigali – Musanze habereye impanuka ikomeye yahitanye ubuzima bw’ abantu 15, abaturage barasaba ko kuri buri muhanda uca ahantu h’ imanga haterwa ibiti birebire kandi bikabungabungwa.
Imodoka itwara abagenzi ya Coaster yo mu ikompanyi ya Kigali Safaris, yavaga i Musanze yerecyeza mu mujyi wa Kigali, igongana na Toyota Prado maze ihita ita umuhanda igwa munsi yawo ibirinduka ku musozi.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere (…) -
Rulindo: Umugore yagiye gutora Perezida yambaye ivara nk’ umugeni
9 August 2017Mu Rwanda amatora afatwa nk’ ibirori. Abanyarwanda bagereranya amatora n’ ubukwe bitewe n’ uko bayitegura nk’ abategura ubukwe. Umugore witwa Nzamukosha Venantie wo mu kagari ka Mvuzo Umurenge wa Murambi mu karere ka Rulindo yagiye gutora Perezida wa Repubulika yambaye ivara.
Uyu mugore uri mu kigero cy’ imyaka 45 wambaye ivara tariki 4 Kanama 2017, akajya kwifatanya n’ abandi banyarwanda gutora umukuru w’ igihugu ngo yabwiye bagenzi be ko ayo matora yari ubukwe bw’ umugeni we.
Kuva ku (…) -
Nsengimana Herman ngo yamenye ko FLN ari umutwe w’iterabwoba ageze mu Rwanda
29 April 2021, by Dusingizimana RemyUrugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya Imipaka rwakomeje kuburanisha urubanza ruregwamo Paul Rusesabagina wari Perezida w’Impuzamashyaka MRCD, Nsabimana Callixte wiyise Sankara na Nsengimana Herman bahoze ari abavugizi b’Umutwe w’Iterabwoba wa FLN n’abandi barwanyi 18.
Umuryango.rw
The Ben na Miss Uwicyeza Pamella afata nka mushiki we basohokanye muri Hoteli iri ku kiyaga[AMAFOTO]
CBEEBIES LAUNCHES ON STARTIMES ACROSS THE AFRICAN CONTINENT FROM WEDNESDAY 1ST JULY 2020