Mu gitondo cyo kuri uyu wa 22 Gicurasi nibwo hamenyekanye amakuru avuka ngo Emmanuel Karake w’ imyaka 23 wari ukurikiranyweho gushimuta no kwica umwana w’ imyaka itanu w’ umubyeyi witwa Nakabonye Aurelie yiyahuye agapfa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Uwakekwagaho gushimuta akanica wa mwana wa Kicukiro yapfuye
22 May 2018, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Magufuli wa Tanzania ntagikunzwe nka mbere
6 July 2018, by Nsanzimana ErnestUko Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli akunzwe byagabanyutseho 16% bigera kuri 55% bivuye kuri 71% byariho muri 2017 nk’ uko byagaragajwe na raporo ya Twaweza.
-
Abasenateri batumije Minisitiri w’ Intebe Ngirente ngo atange ibisobanuro ku mibereho y’ abatwa
19 November 2018, by Nsanzimana ErnestNyuma yo kugezwaho raporo ya Komisiyo idasazwe ya Sena iyobowe na Senateri Uwimana Consolée, yasesenguye ibibazo bitandukanye byugarije abasigajwe inyuma n’amateka, abasenateri kuri uyu wa Mbere batumije Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, ngo asobanure ingamba guverinoma ifitiye ikibazo cy’imibereho y’abasigajwe inyuma n’amateka, ikomeje kuba mibi.
-
Imvura y’ umuhindo imaze guhitana abantu 20, u Rwanda rumaze guhomba arenga miliyari 6 mu mezi 10
12 October 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri Debonheur Jeanne d’ arc
Minisiteri y’ imicungire y’ ibiza no gucyura impunzi yatangaje ko kuva muri mu Kanama 2017 ibiza bikomoka ku mvura bimaze guhitana abantu 20 mu gihe abahitanywe nabyo kuva uyu mwaka watangira ari 52.
Minisitiri Debonheur Jeanne d’ arc yavuze ko kuva muri Mutarama 2017 kugeza magingo aya Ibiza bimaze guhitana abagera kuri 52, no gukomeretsa abantu 119.
Ni ikiganiro gitegura icyumweru cyahariwe kugabanya ingaruka zikomoka ku biza.
Phillippe (…) -
Edouard Bamporiki ngo ntashaka ko hari uzongera kumwita umutahira w’ Intore
6 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Itorero ry’igihugu, Bamporiki Edouard asaba abamwita Umutahira w’intore kubireka,bakamwita umukuru w’itorero cyangwa se perezida waryo, kuko ubusanzwe ngo nta mutahira w’abantu ubaho, ahubwo habaho umutahira w’inka.
-
Perezida Kagame yakiriye itsinda ry’ abanyeshuri biga ibijyanye n’ ubushabitsi muri Amerika
26 May 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa 25 Gicurasi 2017 yakiriye itsinda ry’ Abanyeshuri biga ibijyanye n’ ubushabitsi muri Leta zunze Ubumwe z’ Amerika bari mu Rwanda mu ruzinduko rw’ iminsi itatu.
Abo banyeshuri uko ari 30 biga muri Wharton Business School bari mu rugendoshuri rugamije kwiga uko u Rwanda rwiyubatse rukaniteza imbere nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994,
Bashishikajwe no kumenya uburyo bw’ imiyoborere bwakoresheje kugira ngo u Rwanda rubashe (…) -
Areruya Joseph yegukanye Tour du Rwanda 2017 Ndayisenga Valens yegukana agace ka nyuma
19 November 2017• Bidasubirwaho Areruya Joseph yegukanye Tour du Rwanda 2017
• Ndayisenga Valens niwe wegukanye agace ka nyuma ka Tour du Rwanda 2017
• Ndayisenga Valens yanze kuva mu irushanwa adatsinze afasha Tirol Cycling kuba mu makipe yatsinze muri Tour du Rwanda
• Areruya Joseph aruhije amasegonda 35 mugenzi we Eyob Metkel bakinana muri Dimension Data
• Areruya abaye umunyarwanda wa 3 utwaye Tour du Rwanda
• Abanyarwanda nibo bamaze gutwara Tour du Rwanda 4 ziheruka -
Mu mafoto reba urutonde rw’amakwe 5 y’ibyamamare/kazi nyarwanda yavuzwe cyane mu mwaka umwe gusa maze biracika mu bitangazamakuru (AMAFOTO)
19 May 2017, by Martin MunezeroUmwaka wa 2016 wasize ibyamamare byinshi byo mu Rwanda bikoze ubukwe ariko twifuje gusubiza amaso inyuma tubarebera ubukwe bwavuzwe cyane bugatyaza ikaramu y’ibinyamakuru abandi bakabuvuga bigashyira kera.
.Ubukwe bw’iibyamamare byo mu Rwanda .Ubukwe bw’ibyamamare byo mu Rwanda bwavuzwe cyane mu mwaka wa 2016 .Urukundo rw’ibyamamare byo mu Rwanda .Ibyamamare byo mu Rwanda bisigaye byitabira gukora ubukwe
Abahanga bemeza ko ubukwe butibagirana ndetse ko ari ikintu gihora kibukwa imyaka (…) -
Hari inzu nziza igurishwa iri Karuruma hafi n’Akagera Motors, hari n’izindi nyinshi wasanga ku rubuga www.mdgrou.com
11 February 2020, by UbwanditsiMulti Design Group Ltd ibafiteye inzu nziza ya etage igeretse rimwe iherereye mu Karere ka Gasabo ikaba iri haruguru ya Akagera Motor i Karuruma.
-
‘Ntabwo nkeneye protocol’ Kagame abwira abaminisitiri badasura abaturage yajyayo bakamukurikira
8 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Paul Kagame, akaba n’ umuyobozi w’ ishyaka FPR- Inkotanyi riri ku butegetsi mu Rwanda yongeye gushishikariza abayobozi kuva mu biro bagasura abaturage by’ umwihariko yihanangiriza abaminisitiri babona yasuye abaturage bakamuherekeza kandi ubusanzwe biberaga mu biro.
Umuryango.rw
Hari inzu nziza igurishwa iri Karuruma hafi n’Akagera Motors, hari n’izindi nyinshi wasanga ku rubuga www.mdgrou.com