Ku mpamvu zitandukanye, uzasanga umwe mu bakozi ba leta ahembwa muri za miliyoni buri kwezi maze undi ahabwe ibihumbi mirongo kandi uwo bakorera ari umwe, bahuje amasaha y’akazi n’ay’ibiruhuko ndetse banganya n’amashuri, icyo batandukaniyeho ari inshingano n’inzego bakorera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Sobanukirwa ibyo bagenderaho bagena imishahara y’abayobozi bashya mu Rwanda
19 September 2018, by Martin Munezero -
Depite Mukama Abbas yagereranyije u Rwanda na Israel ituranye n’ abanzi ariko ikaba ikomeye
5 February 2018, by Nsanzimana ErnestVisi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite, Mukama Abbas yagereranyije u Rwanda na Israel avuga ko ibi bihugu byombi bituye hagati y’ abanzi babyo asaba Abanyarwanda gukora cyane u Rwanda rugatera imbere kuko ngo kuba Israel ituye hagati y’ abanzi bayo ntabwo byayibujije gukomera.
Hon. Mukama yabivugiye mu nama yamuhuje n’abaturage bo mu Kagarika Kabeza, Umurenge wa Kanombe, Akarere ka Kicukiro kuri uyu wa 4 Gashyantare 2018.
Gusura abaturage mu tugari dutandukanye mu (…) -
Burera: Umwarimu yanize umugore we arangije nawe ariyahura
1 October 2019, by Dusingizimana RemyUmwarimu witwa Jean Bosco Ndoli Hatangimana gigishaga kuri Groupe Scolaire ya Cyapa, yishe Umugore we amunize, kuri uyu wa kabiri taliki ya 01 Ukwakira 2019,arangije nawe ariyahura.
-
Kigali: Imibereho y’Abayisilamu mu duce batuyemo yagiye isubira inyuma, idini yabo na Leta bagire icyo bakora
14 July 2021, by KAREGEYA Jean Baptiste OmarHashize imyaka 27 nyuma y’aho RPF Inkotanyi ibohoreye abanyarwanda ikanahagarika Genocide yakorewe Abatutsi mu 1994. Abayisilamu bongeye kugira uburenganzira nk’ubw’abandi banyarwanda bose, nta guhezwa mu byiciro byose by’ubuzima bw’igihugu.
Iyo witegereje usanga muri iyi myaka 27, ku ruhande rumwe rw’abantu ku giti cyabo b’abayisilamu (Individuals) barashoboye kwiteza imbere mu nzego zitandukanye z’ubuzima ndetse abandi bafite n’inshingano zitandukanye mu nzego z’ubuyobozi bw’igihugu. Ni (…) -
Umunyeshuri w’imyaka 15 yatabaye uruhinja rwari rwatawe na nyina akimara kubyara
6 March 2022, by Dusingizimana RemyUmwana witwa Umuhoza Isimbi Sandrine, wiga ku ishuri rya GS Karembure mu Murenge wa Gahanga,Akarere ka Kicukiro, wari ugiye ku ishuri yatoraguye uruhinja rwaririraga mu gafuka arugirira impuhwe ararutabara.
Nkuko amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga ejo yabivuze,uyu mwana w’umukobwa yafashe umupira we w’ishuri arushyiramo arujyana ku ishuri, bahamagara ubuyobozi burujyana kwa muganga i Masaka kuko n’urureri rutari rwakajyenwe.
Kuwa Gatanu tariki ya 4 Werurwe 2022, nibwo Umuhoza (…) -
Umunya-Uganda yafatiwe mu Rwanda afite icyuma gihindura telephone zihamagariye mu mahanga zikamera nk’ iziri mu gihugu imbere
15 August 2018, by Nsanzimana ErnestUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi Umunya-Uganda witwa Nabide Majidu wari ufite icyuma gikoreshwa mu itumanaho rya telefone kizwi nka SIM box cyangwa SIM Bank, gikoreshwa mu guhindura telefoni zihamagara ziturutse mu mahanga zikagaragara nk’iziri mu gihugu.
-
Umusirikare wa RDF yakatiwe igifungo cy’imyaka 15
7 January 2023, by Dusingizimana RemyUrukiko rwa Gisirikare rwakatiye Cpl Turikumwe igifungo cy’imyaka 15 no kwamburwa impeta za gisirikare nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gukomeretsa umuntu ku bushake bikamuviramo urupfu no gutoroka igisirikare.
Ni isomwa ry’urubanza ryabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 6 Mutarama 2023, mu cyumba cy’inama cy’akagari ka Gaseke, Umurenge Mutete mu Karere ka Gicumbi.
Cpl Turikumwe yaregwaga ibyaha bibiri harimo gutoroka igisirikare no kwica umugore witwa Uwiragiye Clementine ku (…) -
Perezida Kagame yashimangiye ko hakenewe ubufatanye hagati ya Leta n’abaturage mu guharanira iterambere
3 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika yavuze ko hakenewe ubufatanye hagati ya leta n’abaturage kugira ngo imibereho myiza ya buri wese irusheho kuba myiza ndetse n’iterambere rirusheho kwihuta.
-
Umuherwe Elon Musk yiyeguriye urubuga rwa Twitter ku kayabo
26 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORONBC yemeye ku mugaragaro ko umuherwe Elon Musk yaguze urubuga nkoranyambaga rwa Twitter ku kayabo ka miliyari 44 z’amadorali.
Ibi byatangajwe ku ya 25 Mata 2022 ko Elon Musk yamaze kwegukana imigabane yose ya Twitter.
Uyu mugabo yasobanuye ko abona Twitter nk’urubuga rwo kuganiriraho ingingo z’ingenzi ku buzima bwa muntu.
Yavuze ko ashaka kugira Twitter urubuga nkoranyambaga rwiza, ruha abantu uburenganzira bwo kwisanzura bakavuga ibyo batekereza, akaruha imikorere mishya ku buryo (…) -
Inyubako UTC ya Rujugiro si ukugurishwa gusa ahubwo ishobora no gusenywa
12 May 2017, by UbwanditsiInyubako ya Union Trade Center/ Foto:Mahoro Luqman
Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyasohoye itangazo rigaragaza urutonde rw’imitungo cyafatiriye kubera ba nyirayo barimo iki kigo ibirarane by’imisoro ndetse iki kigo kikaba cyasabye buri wese kuba atagura iyi mitungo cyangwa ngo ayikodeshe kuko ifatiriwe.
Mu mitungo yasohotse kuri uru rutonde harimo n’inyubako Union Trade Center (UTC) iri tangazo rivuga ko ari iy’umunyemali Ayabatwa Tribert Rujugiro.
Ba nyiri imitungo (…)
Umuryango.rw
Kigali: Imibereho y’Abayisilamu mu duce batuyemo yagiye isubira inyuma, idini yabo na Leta bagire icyo bakora
Umunyeshuri w’imyaka 15 yatabaye uruhinja rwari rwatawe na nyina akimara kubyara
Umusirikare wa RDF yakatiwe igifungo cy’imyaka 15
Umuherwe Elon Musk yiyeguriye urubuga rwa Twitter ku kayabo