Umupfumu Rutangarwamaboko akomeje kugaragaza ko indagu ze ziganisha Mwiseneza Josiane kuzaba Nyampinga w’u Rwanda wa 2019, agendeye ku ndangagaciro z’umuco Nyarwanda zigaragara kuri uyu mukobwa harimo no kugira ubwiza karemano.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umupfumu yongeye agira icyo avuga ku byo yaraguriye Mwiseneza Josiane[AMAFOTO]
7 January 2019, by Martin Munezero -
DRC: Lambert Mende yarekuwe nyuma yo gutabwa muri yombi igihe gito
20 May 2019, by UbwanditsiLambert Mende wabaye Umuvugizi wa Guverinoma zinyuranye za Kabila kuva muri 2008 kugeza mu ntangiriro za 2019 yari yatawe muri yombi kuri iki cyumweru ariko aza kurekurwa.
-
Perezida Kagame yatunguye abanya Bugesera ubwo yahagararaga ku muhanda arabasuhuza [AMAFOTO]
27 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame yanze gutambuka ku banyarwanda batuye mu Bugesera atabasuhuje,niko guhagarika imodoka yarimo arabasuhuza bose ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere taliki ya 27 Gicurasi 2019 .
-
Nibintije Evangelical Ministries International yatanze amahirwe ku bashaka kwiga Bibiliya
5 June 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeNibintije Evangelical Ministries International yashyizeho ishuli rifasha abantu kwiga Bibiliya rifite intego zikurikira:
-
IMF yagurije U Rwanda miliyari 102 na miliyoni 372 FRW yo kurufasha guhangana na Coronavirus
3 April 2020, by Dusingizimana RemyInama y’Ubutegetsi y’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) yemereye u Rwanda inguzanyo ya miliyoni 109.4 z’amadolari ya Amerika azarufasha guhangana n’icyorezo cya COVIDー19 n’ingaruka zacyo.
Iyi niyo nkunga ya mbere iki kigega gihaye igihugu cya Afurika ndetse ngo kiri gukora cyane kugira ngo gifashe ibindi bihugu byasabye ubufasha nkuko ubutumwa cyashyize kuri Twitter kibitangaza.
Ubuyobozi bw’iki kigo bwavuze ko bwakurikiranye ingamba u Rwanda rwafashe kugira ngo rurinde ko Coronavirus (…) -
Kizahabwa impande zombi! Ikiruhuko gihabwa umubyeyi umaze kwibaruka kigiye kongerwa
22 March 2023, by Rebecca UFITAMAHOROHari abaturage n’abadepite bahuriza ku cyifuzo cy’uko ikiruhuko gihabwa umukozi w’umugore wabyaye cyakongerwa kikava ku byumweru 12, ndetse n’igihabwa umugabo kikava ku minsi 4 kikaba cyagera ku kwezi.
Ibi ngo ni mu rwego rwo kongera umwanya ababyeyi bamarana n’umwana hagamijwe kwita ku muryango uburere n’ uburezi bw’ umwana.
Ubusanzwe itegeko ry’ umurimo riteganya ikiruhuko cy’ ibyumweru 12 gusa ku mukozi w’ umugore wabyaye mu gihe umugabo rimuteganyiriza iminsi 4 gusa. Abaturage (…) -
IJAMBO RY’ UMUNSI MUGEZWAHO NA NEMI TV: Inyigisho y’uyu munsi iragira iti "Iwacu h’iteka"/ Part 1
8 April 2020, by Rev./Ev. Eustache Nibintije , UbwanditsiIjambo ry’Imana mugezwaho buri munsi na Nemi Tv, kora Subscribe kuri iyi channel kandi usangize abandi ubu butumwa bwiza. Imana ibahe umugisha
Inyigisho y’uyu munsi ni igice cya mbere cy’inyigisho igira iti: "Iwacu h’Iteka". Yikurikire hano hasi:
Ibi mubigezwaho na Nibintije Estache mw’ Izina rya NEMI
Wifuza gufashwa mw’ Ijambo ribohora watwandikira kuri WhatsApp nomero: +14123265034
Ikitonderwa: Izi nyigisho zitambutswa ku kinyamakuru Umuryango zarishyuriwe na Past Nibintije (…) -
Perezida Kagame yatorewe kuyobora umuryango wa EAC
2 February 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye atorewe inshingano zo kuyobora Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango yateraniye i Arusha muri Tanzania,kuri uyu wa Gatanu.
-
Minisante irimo gukora ubushakashatsi ku kiyobyabwenge kidasanzwe abanyeshuri bahekenya muri shikarete
16 June 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubuzima mu Rwanda yavuze irimo gukora ubushakashatsi ku biyobyabwenge bishya bikoreshwa n’ urubyiruko cyane cyane urubyiruko ruri mu mashuri, muri ibyo biyobyabwenge harimo imbuto z’ icyatsi cyitwa “rwiziringa” abanyeshuri bahekenya muri shikarete kikabatera akanyamuneza aribyo bakunzwe kwita “kujya muri swingi”.
Abashinzwe ubuzima bw’ indwara zo mu mutwe mu Rwanda bavuga ko ikiyobyabwenge ari ikintu icyo aricyo cyose umuntu arya, anywa, yihumuriza, cyangwa yisiga (…) -
Undi muyobozi wa Zion Temple yandikiye Intumwa Paul Gitwaza ibaruwa ifunguye nawe amusezera(REBA IYO BARUWA HANO)
18 May 2017, by Martin MunezeroUmuyobozi mukuru wa Zion Temple kuri Paruwasi ya Kibagabaga , Pasiteri Kabagema Celestin yasezeye yandikiye Apôtre Dr. Paul Gitwaza ibaruwa amumenyesha ko asezeye ku nshingano yari afite muri iri dini.
Muri iyi baruwa yanditswe ku wa Gatandatu, tariki ya 13 Gicurasi 2017, Pasiteri Kabagema Celestin yagaragaje ko yiteguye gutanga buri cyose kijyanye n’inshingano yari afite, anashimangira ko azakomeza gukorana bya hafi n’ubuyobozi bw’itorero.
Uyu mugabo yatangaje ubu bwegure bwe mu (…)
Umuryango.rw
Kizahabwa impande zombi! Ikiruhuko gihabwa umubyeyi umaze kwibaruka kigiye kongerwa
Minisante irimo gukora ubushakashatsi ku kiyobyabwenge kidasanzwe abanyeshuri bahekenya muri shikarete