Urukundo rw’ibyamamare nikimwe mubintu usanga cyivugwa cyane mu myidagaduro nyarwanda , kuva aho aho iyo couple yamenyekaniye kugeza aho bakoreye ubukwe , ariko usanga akenshi ibyamamare nyarwanda bitandukanye bidakundwa guhirwa cyane n’urukundo kuko usanga batandukana hadaciye kabiri .
N’ubwo abakundanye bahana isezerano bashimangira ko ntawe uzahemukira undi, ko bazihanganirana, umugani w’ikinyarwanda ubisobanura neza ko ‘Nta zibana zidakomanya amahembe.’ Hari agirana ibibazo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Dore rutonde rw’ingo z’ibyamamare nyarwanda zasenyutse hadaciye kabiri[AMAFOTO]
8 May 2023, by Rebecca UFITAMAHORO -
Polisi y’u Rwanda yafashe abantu 230 barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 mu ijoro ryo kuwa Gatandatu
9 November 2020, by Dusingizimana RemyMu ijoro rya tariki ya 07 Ugushyingo rishyira tariki ya 08 Ugushyingo Polisi y’u Rwanda yafashe abantu bagera kuri 230, bamwe bafashwe barimo kunywa inzoga abandi bakoresheje ibirori binyuranyijwe n’amabwiriza yo kurwanya ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19.
-
Nyagatare: Umuturage arashinja gitifu kumukubita akamuvuna akaboko
30 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmuturage wo mu murenge wa Katabagemu aravuga ko umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umusigire mu kagari ka Bayigaburire bamukubise akamuvuna ukuboko akamusaba ko yakomeza imishinga yari kuzikorera iyo atamuvuna.
-
Eritrea yahagaritse ingendo z’indege za Ethiopian airlines
26 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIEritrea yabujije indege ya Ethiopian Airlines kongera gukoresha kirere cyayo kuva ku ya 30 Nzeri 2024, iyishinja ihohoterwa ry’abagenzi n’ibibazo by’imikorere mibi.
-
Kicukiro: Umusirikare yarashe umuntu wari ugiye kumutemesha umupanga
23 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmuntu wari ufite igikapu kirimo umuhoro yarashwe n’ umusirikare wari k’ uburinzi arapfa, uwapfuye ntabwo umwirondoro we uramenyekana.
-
Pasteri Kamanzi yasezeweho mu cyubahiro n’ abapasiteri bakomeye mu Rwanda barimo na Apotre Gitwaza
5 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Itorero Zion Temple Celebration Centre ku Isi, Apôtre Dr Paul Gitwaza; Pasiteri Emma Ntambara; umugore wa Apôtre Masasu, Pasiteri Lydia Umulisa Masasu, Umuyobozi wa Women Foundation Ministries, Apôtre Kabera Alice Mignone n’abandi n’abaturutse hanze mu bihugu byo mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba bitabiriye umuhango wo gushyingura Pasiteri Kamanzi Théophile wayoboraga Eglise Apostolique pour le Réveil au Rwanda (EARR) akaba n’Umuhuzabikorwa w’Igiterane Rwanda Shima Imana, yasezeweho bwa nyuma kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 3 Kanama 2018.
-
Abantu bose baramutse bambaye udupfukamunwa neza Coronavirus yatemberaga muri bo yagabanukaho 80%-Umuyobozi wa RBC
25 April 2020, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC Dr Sabin Nsanzimana yanenze abantu bambara udupfukamunwa mu buryo budakwiriye barimo n’abajya kuvugana n’umuntu bakakamanura kandi icyo kamaze ari ugukumira amacandwe ataruka umuntu avuga kuba yagwa ku bandi.
-
Sobanukirwa ibyiciro n’ibirango by’amapeti y’Igisirikare cy’u Rwanda nuko agiye arutana[AMAFOTO]
14 August 2018, by Martin MunezeroAbakunzi b’ikinyamakuru Umuryango.rw, bagiye badusaba ko twazabasobanurira ibijyanye n’amapeti y’igisirikare cy’u Rwanda, ibirango bya buri peti ndetse n’uko amapeti agenda arutanwa. Muri iyi nkuru, turabagezaho ibisobanuro by’aya mapeti duhereye ku ipeti rito dufite mu Rwanda, kugeza ku rinini.
-
Intambara y’amagambo ivanze no kwandagazanya hagati ya Neg G na Asinah bapfa indirimbo iheruka kujya hanze bibasiramo Riderman na Jay Polly (AMAFOTO)
10 May 2017, by Martin MunezeroUmuraperi Ngenzi Serge uzwi ku izina rya Neg G The General yibasiye umuhanzikazi Asinah nyuma yo kumushinja ubuhemu bwo gushyira hanze indirimbo batabyumvikanyeho.
Mu minsi ishize nibwo humvikanye indirimbo Neg G na Asinah bakoranye yitwa Kagoma yiganjemo kwibasira abaraperi nka Riderman na Jay Polly maze biza gukurura amatiku menshi hagati y’aba bahanzi bombi. Neg The General na Riderman inshuti za kera
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook Neg G yagaragaje uburyo Asinah yakoreshejwe (…) -
RDF igiye kwinjiza amaraso mashya, menya ibisabwa
26 January 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ ingabo z’ u Rwanda bwatangaje ko bugiye kwinjiza mu gisirikare abifuza kujya mu byiciro bitatu bitandukanye birimo abasirikare bato, abifuza kuba abofisiye nyuma y’ imyaka itatu n’ abifuza kuba abofisiye nyuma y’ umwaka umwe.
Nk’ uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na RDF abifuza kwinjira mu gisirikare cy’ u Rwanda baziyandikisha ku biro by’ uturere twabo guhera tariki 1 kugeza tariki 26 Gashyantare uyu mwaka.
Uwifuza kujya mu ngabo z’ u Rwanda mu basirikare (…)
Umuryango.rw
Dore rutonde rw’ingo z’ibyamamare nyarwanda zasenyutse hadaciye kabiri[AMAFOTO]
Eritrea yahagaritse ingendo z’indege za Ethiopian airlines
Abantu bose baramutse bambaye udupfukamunwa neza Coronavirus yatemberaga muri bo yagabanukaho 80%-Umuyobozi wa RBC