Umuntu wari watawe muri yombi akekwaho kwica umudaso Deo Nshimiyimana wakoreraga mu murenge wa Cyinzuzi yarashwe arapfa ubwo yageragezaga gutoroka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rulindo:Umuntu wari watawe muri yombi akekwaho kwica umudaso yarashwe arapfa
23 July 2019, by Martin Munezero -
Umutoza wa Rayon Sports yamaze kugera mu Rwanda hatangazwa igihe azerekerwa abakinnyi
19 September 2019, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze kubona umutoza mushya wo gusimbura Robertinho ndetse ku munsi w’ejo azerekwa abakinnyi n’abafana bazaba bari kuri stade y’I Ngoma iyi kipe iri gukoreraho umwiherero uzamara iminsi 11.
-
Uruhare rukomeye rwa muzika muri genocide yakorewe abatutsi
7 April 2018, by Martin MunezeroUmuziki ni imwe mu nzira yifashishwa mu gutambutsa ubutumwa haba mu bihe byo ha mbere no mu gihe tugezemo, aho ndetse yifashishijwe n’ abanyapolitiki mu gutegura no gushyira mu bikorwa Jenocide yakorewe abatutsi mu Rwanda muri Mata 1994.
Uhereye kera ku ngoma ya cyami kugeza ubu, usanga ubuhanzi bwari buhari kandi bukifashishwa na Leta muri gahunda zitandukanye zigezwa kuri rubanda.
Ibihangano by’ indirimbo kandi byanifashishijwe ku ngoma yari iyobowe na Habyarimana Yuvenali ,ubwo (…) -
Watch the Emirate FA Cup on StarTimes Man. City clash with Chelsea for FA Cup semi finals
14 April 2021, by UbwanditsiThe FA Cup semi final clash between Tuchel’s Chelsea and Guardiola’s Manchester City will take place Saturday in Wembley. They will fight for place in next month’s final, against either Southampton or Leicester City.
On Tuesday Thomas Tuchel took Chelsea into the semi-finals of the Champions League for the first time in seven years. On Saturday, he has bigger fish to fry.
And in terms of footballing fish, they hardly get bigger than Manchester City, whom the Blues are taking on in the (…) -
Ihere ijisho uko ibyamamare/kazi bitandukanye byo mu Rwanda byitabiriye itora rya Perezida w’Igihugu(AMAFOTO)
4 August 2017, by Martin MunezeroIhere ijisho uko ibyamamare byo mu Rwanda byari mu barenga miliyoni esheshatu bitabiriye itora rya Perezida wa Repubulika kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Kanama 2017.
Abanyarwanda bujuje ibyangombwa bagera kuri miliyoni esheshatu n’ibihumbi magana inani nibo biteganyijwe ko bitabira amatora ya Perezida wa Repubulika. Abatuye muri Diaspora batoye kuwa Kane tariki ya 3 Kanama 2017.
Nyampinga w’u Rwanda umwaka wa 2017, Iradukunda Elsa ari mu bayiraye ku ibaba kuko yatoye mu ba mbere kuri (…) -
Kamonyi: Nsabimana yasezeranye imbere y’ amategeko n’ uwo byari byavuzwe ko ari mushikiwe
21 September 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kane tariki 21 Nzeli umusore witwa Nsabimana yasezeranye imbere y’ amategeko na Nkundubutatu Shalom bari bagiye gusezerana tariki 22 Kamena bigapfa ku munota wa nyuma.
Tariki 22 Kamena isezerano ry’ aba bombi ryakomye mu nkokora n’ amakuru yagugaga ko Nkundubutatu ari mushiki wa Nsabimana.
Muri Werurwe uyu mwaka nibwo Nsabimana n’ umukunzi we Nkundubutatu batangiye kubana nk’ umugore n’ umugabo. Ubwo bari bagiye gusezerana muri Kamena hari amakuru yavugaga ko uyu mukobwa (…) -
Inteko ishinga amategeko igiye gusezera mu cyubahiro Nyakwigendera Depite Mukayisenga
13 June 2017, by Nsanzimana ErnestInteko ishinga amategeko y’ u Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Kamena 2017, mu ngoro yayo hazabera umuhango wo gusezera mu cyubahiro Depite Muakayisenga Francoise.
Depite Francoise yitabye Imana mu rukerera rwo ku wa 12 Kamena aguye mu bitaro bya gisirikare I Kanombe nk’ uko byatangajwe na Perezidante w’ inteko ishinga amateko Donatille Mukabalisa.
Uyu mubyeyi yitabye Imana nyuma ya Depite Nyandwi Joseph Desire na Senateri Jean de Dieu Mucyo batarutse umwaka ushize wa (…) -
"Ikirego twaracyakiriye" RIB yavuze ku bujura bw’imyambaro y’Amavubi yibwe mu bubiko bwa FERWAFA
18 January 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTBenshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga by’umwihariko Twitter na Facebook,banenze imyenda y’ikipe y’Igihugu Amavubi, kubera umwambaro wa Kwizera Olivier bigaragara ko hasibwe Rwanda hakuzuzwamo izina ry’uyu muzamu.
-
Iyo Imana iza kumbwira ko Shanita aba Nyampinga yari kuba we byanze bikunze - Bishop Rugagi
1 March 2018, by Muhire JasonBishop Innocent Rugagi, umushumba w’ itorero abacunguwe riherutse gufungirwa urusengero kubera urusaku yahakanye yivuye inyuma ko atigeze avuga ko Shanita azaba Nyampinga w’u Rwanda 2018.
Mu cyumweru gishize nibwo ku mbuga nkoranyambaga benshi bari biteze ko Umunyana Shanitah agomba kwegukana ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2018 ,nyuma yuko Bishop Rugagi amurambitseho ibiganza akamusabira umugisha mu rusengero asanzwe abereye Umuyobozi Mukuru arirwo Redeemed Gospel Church .
Mu kiganiro (…) -
“Mu Burundi nta Leta ihari ubu ngubu” Madamu Ingabire
31 May 2017, by Nsanzimana ErnestMadamu Ingabire Marie Immaculee, Umuyobozi w’ umuryango mpuzamahanga urwanya Ruswa n’ akarengane ishami ry’ u Rwanda(TI- Rwanda) , uherutse gutorerwa kuyobora ihuriro ry’ imiryango itegamiye kuri Leta ikorera muri Afurika y’ iburasirazuba, yavuze ko ruswa itesha agaciro Leta, yongeraho ko mu Burundi nta Leta ikiriho.
Ibi byabivugiye kuri sitade nto I Remera, kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Gicurasi 2017, ubwo hatangizwaga gahunda yo kurwanya ruswa n’ ibindi byaha bifitanye isano nayo.
Ni (…)
Umuryango.rw