Minisitiri w’intebe, Anastase Murekezi uri mu ishyaka rya PSD riraharanira Demukarasi n’ imibereho myiza y’ abaturage rikaba riri mu mashyaka 8 ashyigikiye umukandida watanzwe na RPF Inkotanyi, yasabye Abanyarwanda kuzahundagazaho amajwi kuri Paul Kagame kugirango akomeza abatoze kwesa imihigo.
Mu butumwa Murekezi yanditse ku rukuta rwe rwa Twitter kuri uyu wa 22 Nyakanga 2017, yavuze ko gutora Paul Kagame ari indorerwamo yo gutoza Abanyarwanda kwesa imihigo mu gihe gikwiye.
Murekezi (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
PM Murekezi wa PSD yagize icyo atangaza ku kwiyamamaza kwa Paul Kagame
22 July 2017, by Iyamuremye Janvier -
Rwandair yamaganye ibyo guhitamo abazajya kwiga gutwara indege mu mahanga
30 September 2017, by Iyamuremye JanvierSosiyete ikora ingendo mu kirere ya Rwandair yabeshyuje amakuru y’uko umuyobozi wayo wungirije wa Rwandair azahura n’abanyeshuri barangije mu mashami atatu ( Computer Engineering , Electrical Engineering , Mechanical and Electrical Engineering ).
Iri tangazo ryanyujijwe kuri Whatsapp ryavugaga ko ari mu rwego rwo guhitamo abazajya kwiga gutwara indege nyuma bakabona akazi muri RwandAir.
Mu itangazo iki Kigo cyashyize kuri Twitter, rigira riti :“RwandAir iramenyesha abanyarwanda bose ko (...) -
Nyaruguru : Minisitiri w’ intebe Murekezi ukomoka muri PSD ari mubarimo kwamamaza umukandida Kagame [AMAFOTO]
15 July 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ intebe w’ u Rwanda Anastase Murekezi umurwanashyaka wa PSD ni umwe mu bantu bagera ku bihumbi 100 bitabiriye igikorwa cyo kwamamaza umukandida wa FPR Paul Kagame mu karere ka Nyaruguru.
Kuri uyu wa Gatandatu ni umunsi wa kabiri wo kwiyamamaza kw’ abakandida Perezida. HE Paul Kagame ariyamamariza mu turere tw’ amajyepfo Gisagara na Nyaruguru.
Umukandida Kagame yamaze kugera mu karere ka Nyaruguru ahateraniye abantu benshi bagera ku bihumbi 100.
Mu bateraniye ku kibuga cyo mu (...) -
Dr. Agnes Binagwaho yagizwe umuyobozi w’ikigo gikomeye mu buvuzi ku Isi
15 October 2017, by Iyamuremye JanvierDr Agnes Binagwaho wabaye Minisitiri w’ubuzima mu Rwanda, yagizwe umuyobozi mu kigo cy’ubuvuzi ‘The National Academy of Medecine[NAM]’ cyashinzwe mu 1970 gihuriza hamwe abamenyi mu ngeri zitandukanye. Kuwa gatandatu w’iki cyumweru tariki ya 14 Ukwakira 2017 nibwo Dr Agnes yemejwe nk’umuyobozi wungirije muri iki kigo, [Vice Chancellor].
Nk’uko biri ku rubuga rusobanura ibyerekeye iki kigo, ku ipagi ya mbere ibanza bagaragaza ko iki kigo gishinzwe ubuvuzi kidaharanira inyunga ndetse ko (...) -
Kwemererwa guhinga urumogi mu Rwanda bizaba bisaba iki? Itegeko ryasohotse
29 June 2021, by KAREGEYA Jean Baptiste OmarItegeko riteganya ibisabwa kubahirizwa ahahingwa n’ahatunganyirizwa urumogi bimwe mu byo riteganya ni uko hagomba kugira inzitiro ebyiri, irondo rigakoreramo hagati.
Iteka rya Minisitiri no 003/Moh/2021 ryo kuwa 25 Kamena 2021 rigena ibisabwa ku buhinzi n’imitunganyirize y’urumogi n’ibirukomokaho. Mu ngingo yaryo ya 15 kugeza kuya 18, bavuga ku mutekano w’ahakorwerwa ibijyanye n’urumogi, ko hagomba kuba inzitito ebyiri, kandi irondo rigakorerwa hagati ya zombi.
Amabwiriza ajyanye no guhinga (...) -
Barafinda na Mpayimana baracyafite iminsi 14 yo gutanga ibyangombwa muri NEC
23 June 2017, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ igihugu y’ amatora iravuga ko abatanze ibyagombwa bituzuye bafite iminsi 14 yo kubyuzuza.
Komisiyo y’ amatora itangaje ibi mu gihe ku ngengabihe y’ amatora y’ umukuru w’ igihugu ateganyijwe muri Kanama 2017 biteganyijwe ko none ku wa Gatanu 23 ari wo munsi wa nyuma wo kwakira kandidatire z’ abifuza kuziyamamariza kuyobora u Rwanda.
Uyu munsi ugeze hari abatanze ibyangombwa bisabwa uwifuza kwiyamamariza umwanya w’ umukuru w’ igihugu bituzuye. Abo ni Barafinda Ssekikubo Fred na (...) -
Abana 7 babaga mu mashyamba ya Kongo bahujwe n’imiryango yabo [AMAFOTO]
6 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa Komisiyo y’igihugu yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare, Madame Mukantabana Séraphine arasaba abana n’abakuru bakiri mu mashyamba ya Kongo gutahuka kuko mu Rwanda ari amahoro. Ibi yabivugiye mu karere ka Musanze kuwa 05 Ukwakira 2017 mu gikorwa cyo gushyikiriza abana 7 babaga mu mashyamba ya Kongo imiryango yabo.
Aba bana uko ari 7 bari baburanye n’ababyeyi babo mu mashyamba ya Kongo kuko ababyeyi babo batahutse bo bagasigarayo . Nk’ uko (...) -
Afurika y’Epfo ntiyabwiye u Rwanda icyatumye ihamagaza Ambasaderi wayo
10 December 2018, by Nsanzimana ErnestAmbasaderi George Nkosinati Twala wari umaze imyaka 6 ahagarariye Afurika y’Epfo yabwiye Leta y’ u Rwanda ko igihugu cye cyamuhamagaje ariko Afurika y’ Epfo ntabwo irabwira u Rwanda icyatumye Ambasaderi ahamagazwa.
-
Ubushinjacyaha bwasabye polisi gukora iperereza kuri Niyibikora uherutse kwibasira abagore
9 February 2018, by Nsanzimana ErnestUbushinjacyaha bw’ u Rwanda bwatangaje ko bwasabye polisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe ubugenzacyaha gukora iperereza ku muvugabutumwa Niyibikora Nicholas uherutse kwigisha ikigisho abenshi bafashe nko gusebya abagore.
Muri Mutarama uyu mwaka nibwo Niyibokora yatambukije iki kigisho kuri radio Ubuntu butangaje ikorera I Kigali mu Rwanda.
Iki kigisho cyumvikanamo amagambo nka “Umugore mwebwe muramuzi? Umugore afitanye urubanza n’ Imana”
Umushinjacyaha Mukuru Jean Bosco Mutangana, yatangarije (...) -
Perezida Kagame yatanze icyizere ko kimwe cya kabiri cy’ abatuye isi benda kugerwaho na internet
23 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko internet yenda kugera kuri kimwe cya kabiri cy’ abatuye Isi agaragaza ko umunsi byagezweho azaba ari intambwe nziza.
0 | ... | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | ... | 2480