Nyuma y’ itabwa muri yombi ry’ abayobozi bakuru mu Itorero Pentekote mu Rwanda ADPR, magingo aya umuvugizi mukuru waryo Bishop Sibomana Jean nawe yatwe muri yombi n’ inzego z’ umutekano.
Umuvugizi wa polisi y’ u Rwanda ACP Theos Badege yabwiye Ikinyamakuru Umuryango ko Bishop Sibomana akurikiranyweho icyaha cyo kunyereza umutungo w’ itorero n’ ibindi byaha bifitanye isano nacyo.
Yagize ati "Hashingiwe ku bimenyetso byagaragaye mu iperereza rikomeje mu bibazo by’ icungamutungo w’ Itorero (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Bishop Sibomana Jean umuvugizi mukuru wa ADEPR yatawe muri yombi
27 May 2017, by Nsanzimana Ernest -
Amb.Nduhungirehe Olivier yongeye kugirirwa icyizere na Perezida wa Repubulika nyuma yo gukurwa muri Guverinoma
15 August 2020, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yongeye kugirira icyizere Olivier Nduhungirehe amugira ambasaderi w’u Rwanda mu Buholandi nkuko Itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’abaminisitiri ryabitangaje.
-
Nyamasheke mu myiteguro yo kwimuka mu nzu zakorewemo na komini
1 September 2017, by Nsanzimana ErnestAkarere ka Nyamasheke kamaze imyaka irenga 10 gakorera mu nzu zahoze zikorerwamo na komine Kagano karitegura kwimukira mu biro bishya bifite agaciro ka miliyari n’ ibihumbi 300.
Ibi biro bishya bizakorerwamo n’ akarere ka Nyamasheke byatangiye kubakwa mu mpera za 2014.
Ku wa Mbere w’ iki cyumweru tariki 28 Kanama 2017, ubwo Umunyamakuru w’ umuryango yasuraga inzu izakorerwamo n’ aka karere yasanze hari abakozi barimo kuhakora imirimo yanyuma (finissage).
Nubwo hari inyubako (…) -
Musenyeri Ntihinyurwa yasezeye ku bwepisikopi
28 March 2018, by Nsanzimana ErnestMusenyeri Musenyeri Thadée umaze imyaka 47 ahawe ubusaseridoti yasezeye ku murimo w’ ubwepisikopi yari amaze imyaka myinshi akora muri kiriziya gatolika akaba yanditse asaba kujya mu kiruhuko cy’izabukuru.
Umushumba (Musenyeri uri ku buyobozi bwa Diyoseze) ahagarika izo nshingano agejeje ku myaka 75 y’amavuko. Ni itegeko ryashyizweho na Papa Paul VI mu mwaka wa 1966. Iri tegeko kandi rituma Karidinali urengeje iyi myaka atemererwa kujya mu mubare w’abatora Papa mushya.
Ni muri urwo (…) -
‘Uzava Iwawa agasubira mu muhanda azajyanwa mu nkiko’ – Bosenibamwe
29 December 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ikigo cy’ igihugu igororamuco ‘National rehabilitation Servise’ kiratangaza ko umwana wavuye muri icyo kigo giherereye Iwawa uzongera gusubira mu muhanda azajya akurikiranwa mu nkiko.
Umuyobozi w’icyo kigo Bosenibamwe Aime avuga ko ikigo ayoboye kigorora abataye umuco hadakoreshejwe ibihano bagasubizwa mu buzima busanzwe, kandi Leta ikabafasha hakurikijwe amahirwe agaragara aho bagiye gutura. Bosenibamwe avuga ko Leta iba yabahaye amasomo arimo no kwihangira imirimo, kuvurwa (…) -
Abahagarariye urubyiruko bagaragaje impamvu zituma rutitabira ku bwinshi kwinjira muri politiki
29 January 2020, by Dusingizimana RemyAbahagarariye urubyiruko mu turere twa Gisagara,Huye,Nyabihu,Ngororero na Nyamagabe dukoreramo umushinga wa Never Again Rwanda witwa Inzira nziza batangaje ko urubyiruko bahagarariye rufite imbogamizi nyinshi zituma rugenda biguru ntege mu kwinjira mu nzego zifata ibyemezo.
-
Burundi: 37,000 baratahutse; u Burundi burashinja u Rwanda kwirukana impunzi ziba mu nkambi ya Mahama
17 June 2017, by Ferdinand DukundimanaLeta y’u Burundi yatangaje ko impunzi zigera ku 156,000 zatahutse mu gihugu cyabo nyamara raporo ya UNHCR yo ivuga ko abatahutse babarirwa mu 37,000 gussa.
Uhagarariye UNHCR mu Burundi, Abel Mbilinyi, yavuze ko hari Abarundi 138 bari mu bahugniye mu nkambi ya Lusenda (DRC) bagaragaje ko bifuza gutaha mu gihugu cyabo. Ubu UNHCR ikaba yarabateguriye inkambi y’agateganyo iri mu ntara ya Makamba.
Abel avuga ko intara za Makamba, Rutana na Rumonge zibarizwamo impunzi zitabaruwe (…) -
Imfubyi Minisitiri Nyirasafari yasanze zifashwe nabi bikamutera agahinda, zimuriwe ahandi
23 June 2017, by Nsanzimana ErnestAbana b’ imfubyi barererwaga mu kigo cy’ imfubyi cya CENA mu Rusayo mu Murenge wa Gashonga ho mu karere ka Rusizi, bamwe bimuriwe I Kigali abandi bimurirwa mu karere ka Nyamagabe.
Iki cyemezo gifashwe nyuma y’ aho tariki 15 Kamena , Minisitiri w’ uburinganire n’ iterambere ry’ umuryango Esperance Nyirasafari yasuye iki kigo agasanga akana bafite guhera ku myaka 8 kuzamura barya rimwe ku munsi n’ aho abafite guhera ku myaka 8 gusubira hafi akaba aribo barya kabiri ku munsi.
Umwana umwe (…) -
Abanyarwanda barasabwa kwitwararika MARBURG, icyorezo kimeze nka Ebola cyongeye kwanduka muri Uganda
22 October 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubuzima mu Rwanda yatangaje ko hari icyorero cya Marburg cyagaragaye muri Uganda igasaba abaturage kwirinda gukora ingendo zitari ngombwa mu gihugu cyagaragayemo icyo cyorezo no gukomeza umuco wo kwivuza hakiri kare.
Nk’ uko byemejwe n’ ishami ry’ Umuryango w’ abibumbye ryita ku buzima OMS, iki cyorero cyagaragaye mu burasizuba bwa Uganda hafi ya Kenya. Iki cyorero kimaze guhitana abantu babiri.
Iki cyorero gifite ibimenyetso nk’ iby’ icyorero cya Ebola kandi bijya (…) -
Sobanukirwa ibintu by’ Ingenzi byagukomeza mu ibyo uhura nabyo( igice cya nyuma) / Rev./Ev. Eustache Nibintije
30 May 2019, by UbwanditsiUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
Umuryango.rw
Amb.Nduhungirehe Olivier yongeye kugirirwa icyizere na Perezida wa Repubulika nyuma yo gukurwa muri Guverinoma
Abahagarariye urubyiruko bagaragaje impamvu zituma rutitabira ku bwinshi kwinjira muri politiki