Mu gitondo cyo kuri uyu wa 22 Gicurasi nibwo hamenyekanye amakuru avuka ngo Emmanuel Karake w’ imyaka 23 wari ukurikiranyweho gushimuta no kwica umwana w’ imyaka itanu w’ umubyeyi witwa Nakabonye Aurelie yiyahuye agapfa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Uwakekwagaho gushimuta akanica wa mwana wa Kicukiro yapfuye
22 May 2018, by Nsanzimana Ernest -
Edouard Bamporiki ngo ntashaka ko hari uzongera kumwita umutahira w’ Intore
6 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Itorero ry’igihugu, Bamporiki Edouard asaba abamwita Umutahira w’intore kubireka,bakamwita umukuru w’itorero cyangwa se perezida waryo, kuko ubusanzwe ngo nta mutahira w’abantu ubaho, ahubwo habaho umutahira w’inka.
-
Reba ibiciro bishya by’umuriro w’amashanyarazi byashyizweho na RURA
11 August 2018, by Martin MunezeroIkigo cy’igihugu gishinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro (RURA), cyamaze gushyiraho ibiciro bishya by’umuriro w’amashanyarazi bisimbura ibyari byarashyizweho muri Mutarama 2017. Ibi biciro bigomba gutangira gukurikizwa kuva ku wa mbere tariki ya 13 Kanama.
-
Igiciro cya Parikingi ku kibuga cy’ indege I Kanombe kiyongereye bivugisha benshi
20 June 2017, by Nsanzimana ErnestKu kibuga mpuzamahanga cya Kigali I Kanombe hashyizwe icyapa kivuga ko guhera mu tariki ya Mbere Nyakanga uyu mwaka guparika imodoka isaha imwe ya mbere ari ari ibihumbi 3, andi masha akurikiyeho akishyurirwa 500 buri saha.
Ku mbuga nkoranya mbaga zitandukanye zirimo Twiter, facebook, na Whatsapp abantu batandukanye bagaragaje ko batashimishijwe n’ iki cyemezo.
Bamwe baravuga ko ubuzima bwo mu Rwanda Kigali bugiye guhenda kimwe n’ ubw’ I Burayi, abandi bagaca amarenga ko taxi voiture (…) -
Umugabo yahanutse aturutse kuri Etaje ya 4 y’inyubako yo mu mujyi wa Kigali ahita apfa
28 July 2020Umugabo witwa Uhawenayo Martin uri mu kigero cy’imyaka 30 wari mu kazi ko guhanagura ibirahuri ku igorofa rya kane ku nyubako yitwa NDARU ARCAD1 iherereye muri Quartier Matheus iri mu Mujyi wa Kigali rwagati yahanutse yitura hasi ahita apfa.
-
Inyubako nshya y’ubucuruzi wasanga Kimironko ifite imiryango ikodeshwa ku giciro cyiza
26 August 2019, by UbwanditsiMuri iki gihe ubucuruzi kugira ngo bugende neza n’uko buba buherereye ahantu heza hagendwa cyane, hagendwa na bose kandi horohereza abahagana kuhagera no kuhasanga ibyo bakeneye.
-
Ababyeyi ntibemeranya na MIFOTRA ibuza umwana uri munsi y’imyaka 5 gukora umurimo uwo ari wo wose
22 November 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Abakozi ba Leta n’ Umurimo Kayirangwa Fanfan
Mu gihe hirya no hino mu Rwanda hakomeje kumvikana cy’ abana bato bakoresha imirimo mibi bamwe bagateshwa amashuri, Minisiteri y’ abakozi ba Leta n’ umurimo MIFOTRA yashyize ahagaragara amabwiriza arimo ingingo ivuga ko umwana uri munsi y’ imyaka itanu atenerewe gukora umurimo uwo ari wose.
Ingingo ya 6 aya mabwiriza ya Minisiteri y’ Abakozi ba Leta n’ Umurimo yo ku wa 11 Ugushyingo 2017, mu kiciro cya mbere kivuga icyo aya (…) -
Imyitozo y’Ingabo z’u Rwanda ubwo zagaragarizaga Perezida Kagame ubuhanga n’ubushobozi zifite
11 November 2017, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu yitabiriye imyitozo ya gisirikare y’ingabo z’u Rwanda y’urukomatane rw’intwaro, mu kigo cya gisirikare i Gabiro mu karere ka Gatsibo. Ni imyitozo imugaragariza ubuhanga n’ubushobozi bw’ingabo mu bya gisirikare. Nk’uko tubikesha urubuga rwa Twitter rwa Village urugwiro, Iyi n’imyitozo igizwe n’ibice bitandukanye birimo icy’ingabo zirwanira ku butaka n’izirwanira mu kirere. Mu busanzwe ingabo zikoresha uburyo bukomatanyije mu (…)
-
Perezida Kagame yashyize ibuye ry’ ifatizo ahari kubakwa ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera
9 August 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa 09 Kanama 2017 nibwo Perezida Paul Kagame yafunguye kumugaragaro imirimo yo kubaka ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera giherereye mu Ntara y’Iburasirazuba.
Umukuru w’Igihugu yavuze ko ari umushinga w’ingirakamaro cyane ku gihugu yongera ko umushinga wategerejwe igihe kinini kugira ngo urangire neza. Iki kibuga giherereye ku musozi wa Karera mu mu kagari ka Karera Umurenge wa Ririma.
Perezida Kagame yavuze ko ashimishijwe no gushyira ibuye ry’ ifatizo kuri uyu (…) -
Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Estonia
16 November 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki 16 Ugushyingo 2017, yakiriye Perezida wa Estonia Madamu Kersti Kaljulaid uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’ iminsi ibiri.
Uruzinduko rushamikiye ku ngendo z’akazi Perezida Kaljulaid ari gukorera ku Mugabane wa Afurika aho yanageze muri Ethiopia akagirana ibiganiro n’abayobozi b’icyo gihugu n’abayobozi mu Muryango w’Ubumwe bwa Afurika, nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ibiro bya Perezida wa Estonia.
Iryo tangazo (…)
Umuryango.rw
Umugabo yahanutse aturutse kuri Etaje ya 4 y’inyubako yo mu mujyi wa Kigali ahita apfa
Inyubako nshya y’ubucuruzi wasanga Kimironko ifite imiryango ikodeshwa ku giciro cyiza