Gashayija Nathan wari Umuyobozi Mukuru muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yirukanywe burundu n’ inama y’Abaminisitiri yo kuri uyu wa 14 Gashyantare 2018. Uyu muyobozi yahaga ubutumwa bw’akazi mushikiwe utari umukozi wa Leta.
Mu ntangiriro z’umwaka ushize yagejejwe mu rukiko akurikiranweho icyaha cyo gufata icyemezo gishingiye ku itonesha, ubucuti, urwango cyangwa icyenewabo , aho ubushinjacyaha buvuga ko yajyaga ashyira mushiki we witwa Nora Nyiraneza ku rutonde rw’abahabwa ubutumwa (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umuyobozi muri Minisiteri yirukanywe burundu nyuma yo guha mushiki we za misiyo hanze
15 February 2018 -
"Ntegereje cyane uruzinduko rw’akazi rw’umuvandimwe wanjye Perezida Paul Kagame" Perezida Lungu
16 June 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Zambia Edgar Chagwa Lungu yatangaje ko ategereje Perezida Paul Kagame mu ruzinduko rw’akazi muri icyo gihugu, mu biganiro bizibanda ku mubano w’ibihugu byombi n’ubufatanye mu nzego z’iterambere.
Perezida Lungu yabitangaje kuri uyu wa Kane yifashishije Twitter, nyuma yo kwakira Ambasaderi w’u Rwanda muri Zambia, Monique Mukaruliza. Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 3 Gashyantare 2017 niyo yagize Mukaruliza ambasaderi muri Zambia, nyuma y’umwaka umwe ayobora Umujyi wa Kigali. (…) -
Me Mutunzi wigeze kuganira Leon Mugesera mu mategeko yitabye Imana
23 April 2018Me Mutunzi Donat wigeze kunganira mu mategeko Dr Léon Mugesera, yapfuye bivugwa ko yiyahuye, aho yari afungiye kuri Sitasito ya Polisi ya Ndera, akurikiranyweho ibyaha by’urukozasoni bikoresheje ingufu.
-
Igiciro cya Parikingi ku kibuga cy’ indege I Kanombe kiyongereye bivugisha benshi
20 June 2017, by Nsanzimana ErnestKu kibuga mpuzamahanga cya Kigali I Kanombe hashyizwe icyapa kivuga ko guhera mu tariki ya Mbere Nyakanga uyu mwaka guparika imodoka isaha imwe ya mbere ari ari ibihumbi 3, andi masha akurikiyeho akishyurirwa 500 buri saha.
Ku mbuga nkoranya mbaga zitandukanye zirimo Twiter, facebook, na Whatsapp abantu batandukanye bagaragaje ko batashimishijwe n’ iki cyemezo.
Bamwe baravuga ko ubuzima bwo mu Rwanda Kigali bugiye guhenda kimwe n’ ubw’ I Burayi, abandi bagaca amarenga ko taxi voiture (…) -
Imyitozo mpuzamahanga yo gusuzuma no kongerera abasirikare ubushobozi igiye kubera mu Rwanda
14 August 2018, by Nsanzimana ErnestMu Karere ka Bugesera I Gako hatangijwe imyitozo ya gisirikari yiswe "Shared Accord 2018", igamije kureba urwego rw’ubunyamwuga mu ngabo zibungabunga amahoro ku isi
-
Urukiko rwategetse ko uwari gitifu wa Gisagara arekurwa by’ agateganyo
17 November 2017, by Nsanzimana ErnestUrukiko rwisumbuye rw’ akarere ka Huye Rwategetse ko Mvukiyehe Innocent wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Gisagara arekurwa akaburana ari hanze.
Mvukiyehe akekwaho yatawe muri yombi tariki akurikiranyweho ibyaha bibiri harimo icyo konona no gusesagura umutungo wa Leta no gutanga amasoko ya Leta mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Nyuma y’ uko tariki 1 Ugushyingo 2017, Urukiko rw’ ibanze rwa Ndora rukatiye Mvuyekure Innocent wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka (…) -
Uganda: Uwashinjwaga kuba maneko w’u Rwanda yagarutse adakandagira
22 December 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa gatanu tariki ya 22 Ukuboza 2017 nibwo umunyarwanda Gatsinzi Fidele yagarutse mu Rwanda nyuma yo kumara iminsi 12 afungiye mu gihugu cya Uganda aho yakorewe iyicarubozo.
Gatsinzi yafashwe n’inzego z’iperereza za Uganda (CMI), zimushinja kuba maneko w’u Rwanda, yagarutse mu gihugu cy’u Rwanda atabasha gukandagira neza agendera mu kagare byose bikaba byaratewe n’iyicarubozo yakorewe n’inzego z’umutekano za Uganda.
Mu kiganiro yahaye itangazamakuru yatangaje ko yagiye mu gihugu (…) -
Dr Habineza yemereye ab’ I Nyamasheke ko azabaha ubwato bubahuza na Rubavu
15 July 2017, by Nsanzimana ErnestUmukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Dr Frank Habineza uzahagarira ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR yasezeranyije abatuye mu karere ka Nyamasheko ko nibamutora azabaha ubwato bubahuza n’ akarere ka Rubavu banyuze mu kiyaga cya Kivu.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Nyakanga wari umunsi wa Kabiri wo kwiyamamaza ku bakandida batatu bahatanira kuyobora u Rwanda muri manda itaha y’ imyaka irindwi iri imbere.
Dr Frank Habineza yiyamamarije mu (…) -
Umunyarwandakazi uherutse kwicirwa urw’ agashinyaguro muri Malawi birakekwa ko yishwe n’ umukunzi we [AMAFOTO]
24 April 2018, by Nsanzimana ErnestTariki 13 Mata 2018 Ikinyarwamakuru UMURYANGO cyabagejejeho inkuru y’ Umunyarwandakazi Uwase Bernadette wari uzwi ku izina rya Muganga wiciwe mu gihugu cya Malawi. Umuryango w’ uyu mukobwa wongeye gutangariza iki kinyamakuru ko hari amakuru avuga ko Nyakwigendera Bernadette yishwe n’ umukunzi we Nsengiyumva Jean Claude uvuka ahahoze ari Perefegitura ya Kibungo
-
‘Mu burezi ntabwo harimo akajagari’ Dr Biruta
27 August 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ibidukikije mu Rwanda akaba na Perezida w’ ishyaka riharanira Imibereho Myiza n’ Iterambere (PSD), Dr Vincent Biruta ntabwo yemeranya n’ abavuga ko mu burezi bw’ u Rwanda harimo akajagari.
Umuryango.rw