Impunzi z’ Abarundi n’ iz’ Abanyarwanda ziri mu nkambi Dzaleka iri hafi y’umurwa mukuru wa Malawi, Lilongwe zagiranye amakimbirane ashingiye ku moko nk’ uko byatangajwe na Leta ya Malawi.
Mu minsi mike ishize itangazamakuru rya Malawi ryatangaje ko hari ubwumvikane buke bwari hagati y’Abarundi n’Abanyarwanda baba mu nkambi ya Dzaleka iri mu birometero 40 uvuye mu murwa mukuru. Ikinyamakuru The Nation cyatangaje ko hari abasize ubuzima mu bushyamirane bwahuje Abahutu n’Abatutsi bakomoka mu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Malawi: Impunzi z’Abarundi zashyamiranye n’iz’Abanyarwanda biravugwa ko hari ababitakarijemo ubuzima
21 June 2017, by Ferdinand Dukundimana -
Polisi y’u Rwanda yafashe abantu 230 barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 mu ijoro ryo kuwa Gatandatu
9 November 2020, by Dusingizimana RemyMu ijoro rya tariki ya 07 Ugushyingo rishyira tariki ya 08 Ugushyingo Polisi y’u Rwanda yafashe abantu bagera kuri 230, bamwe bafashwe barimo kunywa inzoga abandi bakoresheje ibirori binyuranyijwe n’amabwiriza yo kurwanya ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19.
-
The Ben yasezeranye na Pamella imbere y’amategeko
31 August 2022, by ISHIMWE JANEUmuhanzi The Ben ukunzwe hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Uwicyeza Pamella nyuma y’amezi icumi amwambitse impeta.
-
“Ikibazo cy’ inguzanyo mu buhinzi kirenze amabanki” Rwangombwa
27 September 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wa banki nkuru y’ u Rwanda John Rwangombwa asanga ikibazo cyo kuba abahinzi batabona inguzanyo mu buryo bubohereye ari ikibazo kirenze amabanki, gusa avuga ko hari ibimo gukorwa ngo haboneke umuti kuri iki kibazo.
Ibi uyu muyobozi yabikomojeho kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Nzeli 2017 mu kiganiro BNR yagiranye n’ abanyamakuru, ibagaragariza uko ubukungu bw’ u Rwanda buhagaze.
Mu bihe bitandukanye hagiye humvikana ikibazo cyo kuba abahinzi batabona inguzanyo n’ ubwishingizi ku (…) -
Ibyaranze tariki 23 Kamena mu mateka, umunsi Zinedine Zidane yavutseho
23 June 2017, by Renzaho FerdinandIsomere bimwe mu bintu bikuru bikuru mu baranze uyu munsi mu mateka birimo n’ivuka ry’igihangange mu mupira w’amaguru Zinedine Zidane.
Turi tariki ya 23 Kamena, ni umunsi w’174 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 191 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugera ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 23 Kamena mu mateka 1314: Hatangiye intambara yari igamije kwibohora kw’igihugu cya Scotland, iyi ntambara yatangiriye mu gitero cyahitwa Bannockburn.
1758: Mu ntambara yiswe (…) -
Kanyankore Alex wigeze kuyobora BRD yatawe muri yombi
3 October 2018, by Nsanzimana ErnestAlex Kanyankore wigeze kuba Umuyobozi Mukuru wa Banki y’u Rwanda itsura Amajyambere (BRD) yatawe muri yombi nk’ uko byatangajwe n’ Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda (Rwanda Investigation Bureau-RIB)
-
Perezida Museveni yavuze ko ‘Radio witabye Imana yari umunyempano ufite ahazaza heza’
1 February 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda yatangaje ko yamenye amakuru y’ urupfu rw’ Umuhanzi w’ Umunya- Uganda Moses Ssekibogo benshi bari bazi nka Mowzey Radio yitabye Imana yongeyeho ko yari umunyempano.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 1 Gashyantare 2018 nibwo hamenyekanye inkuru y’ akababaro ko umuhanzi Mowzey Radio mu itsinda rya Good life wari uherutse gukubitwa akagirwa intere.
Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Twitter yagize ati “Nakiriye amakuru ko umunyamuziki Moses (…) -
Rubavu:Abagabo 2 bakurikiranyweho urupfu rwa mugenzi wabo wari wasinze
30 September 2019, by Martin MunezeroAbagabo babiri bari bakomoka I Rubavu bari mu maboko y’Ubugenzacyaha bakurikiranyweho kugira uruhare mu rupfu rwa mugenzi wabo witwa Vuganeza .
-
U Rwanda rwahakanye amakuru ko ingabo zarwo ziciye abantu 2 ku butaka bwa Uganda
26 May 2019, by Dusingizimana RemyIbinyamakuru bitandukanye byo muri Uganda,ku munsi w’ejo taliki ya 25 Gicurasi 2019 byanditse ko abasirikare b’u Rwanda biciye umunya Uganda n’umunyarwanda ku butaka bwa Uganda,ibintu byahakanwe na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga akaba n’umuvugizi w’u Rwanda Dr Richard Sezibera.
-
Rutsiro: Bamwe mu banyeshuri bigira mu mashuri abashaje [AMAFOTO]
6 November 2018, by Nsanzimana ErnestAbana biga mu Ishuri ribanza rya Rundoyi mu murenge wa Ruhango akarere ka Rutsiro Akagari ka Rundoyi ryigaho abana 905 rifite ibyumba bishaje cyane bikaba imbogamizi ku myigire y’abana ndetse n’abarezi. Ikifuzo cyabo ni ukubakirwa ibyumba bikwiriye.
Umuryango.rw
The Ben yasezeranye na Pamella imbere y’amategeko