Umuntu wari ufite igikapu kirimo umuhoro yarashwe n’ umusirikare wari k’ uburinzi arapfa, uwapfuye ntabwo umwirondoro we uramenyekana.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Kicukiro: Umusirikare yarashe umuntu wari ugiye kumutemesha umupanga
23 July 2018, by Nsanzimana Ernest -
Pasteri Kamanzi yasezeweho mu cyubahiro n’ abapasiteri bakomeye mu Rwanda barimo na Apotre Gitwaza
5 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Itorero Zion Temple Celebration Centre ku Isi, Apôtre Dr Paul Gitwaza; Pasiteri Emma Ntambara; umugore wa Apôtre Masasu, Pasiteri Lydia Umulisa Masasu, Umuyobozi wa Women Foundation Ministries, Apôtre Kabera Alice Mignone n’abandi n’abaturutse hanze mu bihugu byo mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba bitabiriye umuhango wo gushyingura Pasiteri Kamanzi Théophile wayoboraga Eglise Apostolique pour le Réveil au Rwanda (EARR) akaba n’Umuhuzabikorwa w’Igiterane Rwanda Shima Imana, yasezeweho bwa nyuma kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 3 Kanama 2018.
-
Abantu bose baramutse bambaye udupfukamunwa neza Coronavirus yatemberaga muri bo yagabanukaho 80%-Umuyobozi wa RBC
25 April 2020, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC Dr Sabin Nsanzimana yanenze abantu bambara udupfukamunwa mu buryo budakwiriye barimo n’abajya kuvugana n’umuntu bakakamanura kandi icyo kamaze ari ugukumira amacandwe ataruka umuntu avuga kuba yagwa ku bandi.
-
Sobanukirwa ibyiciro n’ibirango by’amapeti y’Igisirikare cy’u Rwanda nuko agiye arutana[AMAFOTO]
14 August 2018, by Martin MunezeroAbakunzi b’ikinyamakuru Umuryango.rw, bagiye badusaba ko twazabasobanurira ibijyanye n’amapeti y’igisirikare cy’u Rwanda, ibirango bya buri peti ndetse n’uko amapeti agenda arutanwa. Muri iyi nkuru, turabagezaho ibisobanuro by’aya mapeti duhereye ku ipeti rito dufite mu Rwanda, kugeza ku rinini.
-
Intambara y’amagambo ivanze no kwandagazanya hagati ya Neg G na Asinah bapfa indirimbo iheruka kujya hanze bibasiramo Riderman na Jay Polly (AMAFOTO)
10 May 2017, by Martin MunezeroUmuraperi Ngenzi Serge uzwi ku izina rya Neg G The General yibasiye umuhanzikazi Asinah nyuma yo kumushinja ubuhemu bwo gushyira hanze indirimbo batabyumvikanyeho.
Mu minsi ishize nibwo humvikanye indirimbo Neg G na Asinah bakoranye yitwa Kagoma yiganjemo kwibasira abaraperi nka Riderman na Jay Polly maze biza gukurura amatiku menshi hagati y’aba bahanzi bombi. Neg The General na Riderman inshuti za kera
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook Neg G yagaragaje uburyo Asinah yakoreshejwe (…) -
RDF igiye kwinjiza amaraso mashya, menya ibisabwa
26 January 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ ingabo z’ u Rwanda bwatangaje ko bugiye kwinjiza mu gisirikare abifuza kujya mu byiciro bitatu bitandukanye birimo abasirikare bato, abifuza kuba abofisiye nyuma y’ imyaka itatu n’ abifuza kuba abofisiye nyuma y’ umwaka umwe.
Nk’ uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na RDF abifuza kwinjira mu gisirikare cy’ u Rwanda baziyandikisha ku biro by’ uturere twabo guhera tariki 1 kugeza tariki 26 Gashyantare uyu mwaka.
Uwifuza kujya mu ngabo z’ u Rwanda mu basirikare (…) -
Ku Nshuro ya 34 hibukwa Bob Marley,Dore ibintu 10 byashyizwe ahagaragara utaruzi kuri we
11 May 2017, by Martin MunezeroBob Marley, ntabwo azibagirana n’abakunzi b’umuziki ku Isi, by’umwihariko abakunzi ba Reggae n’abo bita aba Rasta, uyu muhanzi yatangaga ubutumwa bw’umwihariko butuma bamwe bamwita Umuhanuzi. Ibi ni ibintu 10 bitamenyekanye cyane mu buzima bwe. Kuri uyu wa 06 Gashyantare, uyu muhanzi yari kuba yujuje imyaka 72.
1.Yizeraga ko kunywa agatabi kurumogi ngo bibohora. Aha twibutse ko mu gihugu cyacu kunywa urumogi ari icyaha gihanwa n’amategeko.
2.Amazina yiswe akivuka ni Nesta Robert Marley (…) -
Amafoto Yaciye Ibintu:Vladmir Putin Perezida w’Uburusiya yeretse Trump ko ashoboye akubita abantu 10 muri Karate avunika n’urutoki[AMAFOTO+VIDEO]
18 February 2019, by Martin MunezeroAmafoto yatangaje benshi cyane aho perezida w’igihugu cy’Uburusiya, Vladmir Putin yagaragaye ari gukubitagura abantu bari kwiga karate mu mujyi wa Sochi , bigatungura benshi bamucyekaga ko atakibasha gutera ingumi n’imigeri kubera ikigero arimo cy’Imyaka 66 y’amavuko aho byamuviriyemo no kuvunika urutoki.
-
Urukiko rwashimangiye ko Rusesabagina aguma muri gereza,Sankara bareganwa agabanyirizwa igihano
4 April 2022, by UbwanditsiUrukiko rw’Ubujurire rwagumishijeho igihano cy’imyaka 25 Paul Rusesabagina yari yarahawe n’urukiko rukuru ariko rugabanyiriza Nsabimana Callixte igihano kuko urukiko rukuru rwari rwamukatiye gufungwa imyaka 20 none urukiko rw’Ubujurire rwamuhanishije gufungwa imyaka 15 y’igifungo.
-
Umuyobozi muri Minisiteri yirukanywe burundu nyuma yo guha mushiki we za misiyo hanze
15 February 2018Gashayija Nathan wari Umuyobozi Mukuru muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yirukanywe burundu n’ inama y’Abaminisitiri yo kuri uyu wa 14 Gashyantare 2018. Uyu muyobozi yahaga ubutumwa bw’akazi mushikiwe utari umukozi wa Leta.
Mu ntangiriro z’umwaka ushize yagejejwe mu rukiko akurikiranweho icyaha cyo gufata icyemezo gishingiye ku itonesha, ubucuti, urwango cyangwa icyenewabo , aho ubushinjacyaha buvuga ko yajyaga ashyira mushiki we witwa Nora Nyiraneza ku rutonde rw’abahabwa ubutumwa (…)
Umuryango.rw
Abantu bose baramutse bambaye udupfukamunwa neza Coronavirus yatemberaga muri bo yagabanukaho 80%-Umuyobozi wa RBC
Urukiko rwashimangiye ko Rusesabagina aguma muri gereza,Sankara bareganwa agabanyirizwa igihano