Ikipe ya APR FC yatangiye neza inzira yo kwiyunga n’abakunzi bayo ba batishimye,kuko banze kuza kuyishyigikira kuri uyu wa Gatatu, mu mukino ubanza wa 1/16 cy’igikombe cy’Amahoro yatsinzemo Rwamagana City ibitego 2-0.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
APR FC yiyunze n’abakunzi bayo banze kuza kuyishyigikira mu ntangiriro z’igikombe cy’Amahoro
5 June 2019, by Dusingizimana Remy -
Ni iki gitera kugira ibinure byinshi ku mwijima? Bigira izihe ngaruka ? Uvurwa gute?
14 July 2021, by UbwanditsiInyama y’umwijima ni inyama ifite akamaro kenshi mu mubiri. Muri iki gihe rero abantu benshi bagira ibibanezeza byinshi nko kunywa inzoga nyinshi gusa ntibamenya ko hari ibice by’umubiri biba byangirika.Umwijima ni inyama yo mu nda yangizwa no kunywa Alukolo (Alcohol) nyinshi.
Ese ibinure ku mwijima bisobanuye iki?
Ibinure byinshi ku mwijima cyangwa se Fatty Liver/ Hepatic steatosis ni igihe umwijima wawe uba ubitse ibinure byinshi kuburyo bishobora gutuma udakora neza ndetse bikaba (...) -
Nyamagabe : Abaturage barashaka mpa nguhe mu matora y’ abadepite
31 August 2018, by Nsanzimana ErnestBamwe mu baturage b’ umurenge wa Tare mu karere ka Nyamagabe barasaba abakandida barimo kwiyamamaza basaba amajwi ngo bazabe abadepite kuzabakorera ubuvugizi ku bibazo birimo icy’ ibyiciro by’ ubudehe bashyizwemo bitajyanye n’ ubushobozi bwabo.
-
U Rwanda rwatumiwe mu nama y’ ibihugu 7 bikomeye mu Isi G7
7 June 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda rwatoranyijwe mu bihugu 12 byatumiwe mu nama y’ ibihugu 7 bikomeye kurusha ibindi mu isi G7 izabera I Quebec muri Canada kuva ku wa Gatanu, ivuga ku kubungabunga inyanja.
-
Leta y’ u Rwanda yahagaritse by’ agateganyo ibigo by’ amashuri birenga 50 [REBA URUTONDE RWABYO]
16 August 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 16 Kanama 2018 Minisiteri y’ uburezi mu Rwanda yatangaje ko yahagaritse by’ agateganyo ibigo by’ amashuri 57 mugihe kingana n’icyumweru.
-
Skol yateguye igitaramo gikomeye muri Kigali Universal kizitabirwa na ba Bushali, Riderman, Bulldogg Papa Cyangwe n’Abandi.
14 November 2024, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu taliki 16/11/2024, Skol ibinyujije mu kinyobwa cyayo cya Skol Malt yateguye igitaramo gikomeye kizitabirwa n’abahanzi bakomeye hano mu Rwanda bazwiho guhagurutsa imbaga kizabera muri Kigali Universel (hejuru muri CHIC), imiryango ikazaba ifunguye kuva saa kumi z’umugoroba!
-
Umujyi wa Kigali ugiye gutangira gushyira amagare ahabugenewe abayakeneye bayakoreshe mu ngendo
26 May 2021, by Dusingizimana RemyMu Mujyi wa Kigali hagiye gushyirwaho ahantu hatandukanye hazajya haba hari amagare ku buryo umuntu ukeneye kujya mu gace runaka azajya arifata akaritwara akarisiga ahantu habugenewe.
-
Umudasso urya cyangwa akambara ibyo yambuye abazunguzayi ... ’nitumubona tuzamuhana’- Meya Kayisime
15 August 2017, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ akarere ka Nyarugenge mu mugi wa Kigali buhakana amakuru y’ uko abashinzwe gufata abazunguzayi bafata ibyo babambuye bakabyambara ibindi bakabirya. Umuyobozi w’ akarere ka Nyarugenge avuga ko umudasso ubikora ari nka wa mukobwa uba umwe agatukika bose, agashimangira ko uwafatwa abikora yahanwa
Amakuru y’ uko abashinzwe kurwanya ubucuruzi Leta y’ u Rwanda yita ubw’ akajagari bafata ibyo bambuye abazunguzayi bakabyitwarira atangazwa n’ abazunguzayi bavuga ko bajya bababona bambaye (...) -
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yari igiye kuba ku nshuro ya 18 yasubitswe
14 December 2020, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yafashe icyemezo cyo gusubika Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 2020 yari iteganyijwe ku wa Gatatu tariki 16 Ukuboza 2020, kubera ubwandu bwa COVID19 bukomeje kwiyongera.
-
Hari abahura n’ikibazo cyo kunanirwa gutera akabariro, ese biravurwa? Umva icyo abaganga babivugaho
11 June 2019, by UbwanditsiUbusanzwe umuntu muzima agira imbaraga zimusunika zimwerekeza ku kumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina (Libido). Byaje kugaragara cyane ko rero mu Rwanda hari umubare munini w’abafite iki kibazo cya Libido idakora neza cyangwa se yanakora ugasanga uri gutera akabariro intege zicitse hakiri kare.
0 | ... | 380 | 390 | 400 | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | ... | 2480