Inyeshyamba nyinshi bivugwa ko ari iza RNC ya Kayumba Nyamwasa zarashwe izindi zifatirwa mpiri mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo n’ingabo za Leta ya RDC zizwi nka FARDC.Inyeshyamba zacitse ku icumu zahungiye ahitwa Minembwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Inyeshyamba bivugwa ko ari iza Gen Kayumba Nyamwasa na FDRL zarasiwe muri Kongo, uziyoboye afatwa mpiri [AMAFOTO]
27 June 2019, by Dusingizimana Remy, Joseph Hakuzwumuremyi -
RDC: FARDC yakoresheje indege mu kwica inyeshyamba za FLN zirimo n’umuyobozi wazo
1 December 2019, by Dusingizimana RemyIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo [FARDC] zakubise inshuro inyeshyamba za FLN muri Kivu y’Amajyepfo ndetse zica abarimo Gen.Gaseni wari ushinzwe ibikorwa bya gisirikare.
-
Abantu 150 bamaze kwemererwa gukuramo inda mu Rwanda kuva muri 2018(Yavuguruwe)
17 September 2020, by Dusingizimana RemyImiryango iharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda ivuga ko kuva itegeko rijyanye no gukuramo inda rivuguruwe mu 2018 rigakuraho icyemezo cy’urukiko, ubu abahawe uburenganzira bwo gukuramo inda ari 150.
-
Intambara y’amagambo ivanze no kwandagazanya hagati ya Neg G na Asinah bapfa indirimbo iheruka kujya hanze bibasiramo Riderman na Jay Polly (AMAFOTO)
10 May 2017, by Martin MunezeroUmuraperi Ngenzi Serge uzwi ku izina rya Neg G The General yibasiye umuhanzikazi Asinah nyuma yo kumushinja ubuhemu bwo gushyira hanze indirimbo batabyumvikanyeho.
Mu minsi ishize nibwo humvikanye indirimbo Neg G na Asinah bakoranye yitwa Kagoma yiganjemo kwibasira abaraperi nka Riderman na Jay Polly maze biza gukurura amatiku menshi hagati y’aba bahanzi bombi. Neg The General na Riderman inshuti za kera
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook Neg G yagaragaje uburyo Asinah yakoreshejwe (…) -
Nyagatare: Umuturage arashinja gitifu kumukubita akamuvuna akaboko
30 October 2018, by Nsanzimana ErnestUmuturage wo mu murenge wa Katabagemu aravuga ko umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umusigire mu kagari ka Bayigaburire bamukubise akamuvuna ukuboko akamusaba ko yakomeza imishinga yari kuzikorera iyo atamuvuna.
-
Sobanukirwa no kwizera icyo aricyo n’uko wakugeraho – Rev./Ev. Eustache Nibintije
27 April 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugirango agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa niki.
-
Urubuga www.job.rw ushobora kurubonaho amakuru yose ukeneye y’akazi, amasoko ndetse n’icyamunara
6 July 2020, by UbwanditsiKu bantu bashaka akazi, ba rwiyemezamirimo bashaka amasoko cyangwa se abashaka kwigurira imitungo inyuranye iba iri mu cyamunara mu Rwanda ntibikiri ngombwa kwigora kuko gusura urubuga rwa internet www.job.rw bigubafasha kubona amakuru aba agezweho y’akazi, amasoko n’ibyamunara biba biri hirya no hino mu gihugu.
Mu ntangiriro z’ukwezi kwa kabiri nibwo company yitwa Loop Technologies yatangije urubuga www.job.rw rugamije guha abantu banyuranye amakuru anyuranye ku byabateza imbere harimo (…) -
Mu mafoto reba uburanga n’imiterere By’umukobwa ukomoka mu gihugu cya Ethiopia uri mu rukundo na Meddy(AMAFOTO)
15 May 2017, by Martin MunezeroHaravugwa urukundo hagati y’umukobwa wo mugihugu cya Ethiopia, Sosena Aseffa na Ngabo Medart[Meddy], umuhanzi w’umunyaRwanda uba muri leta zunze ubumwe za Amerika. Urukundo rwaba bombi rwatangiye kugaragara ubwo uyu mukobwa yifashishwaga mu mashusho y’indirimbo ya Meddy yise “Burinde Bucya”. Uyu munsi tugiye kubagezaho amwe mu mafoto n’amwe mu mateka y’uyu mukobwa wigaruriye umutima w’umuhanzi Meddy. Sosena Aseffa na Meddy
Sosena Aseffa ni umukobwa ufite inkomoko mu gihugu cya Ethiopia (…) -
Dr Nzahabwanimana ngo yizeye ubushobozi bw’ uwamusimbuye kuko yamwigishize
5 September 2017, by Nsanzimana ErnestDr Alexis Nzahabwanimana wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ibikorwa remezo ushinzwe gutwara abantu n’ibintu yavuze ko yizeye ubushobozi bwa Eng Uwihanganye Jean de Dieu wamusimbuye kuri uyu mwanya kuko uyu Uwihanganye yigishijwe na Dr Nzahabwanimana muri Kaminuza.
Dr Nzahabwanimana wari umaze imyaka itatu kuri uyu mwanya yabitangarije mu muhango w’ ihererekanyabubasha wabereye kuri Mininfra kuri uyu wa Kabiri tariki 5 Nzeri 2017.
Yagize ati “Ndamushimira ko yagiye yumva inama (…) -
Urukiko rwashimangiye ko Rusesabagina aguma muri gereza,Sankara bareganwa agabanyirizwa igihano
4 April 2022, by UbwanditsiUrukiko rw’Ubujurire rwagumishijeho igihano cy’imyaka 25 Paul Rusesabagina yari yarahawe n’urukiko rukuru ariko rugabanyiriza Nsabimana Callixte igihano kuko urukiko rukuru rwari rwamukatiye gufungwa imyaka 20 none urukiko rw’Ubujurire rwamuhanishije gufungwa imyaka 15 y’igifungo.
Umuryango.rw
Abantu 150 bamaze kwemererwa gukuramo inda mu Rwanda kuva muri 2018(Yavuguruwe)
Urubuga www.job.rw ushobora kurubonaho amakuru yose ukeneye y’akazi, amasoko ndetse n’icyamunara
Urukiko rwashimangiye ko Rusesabagina aguma muri gereza,Sankara bareganwa agabanyirizwa igihano