Umuyobozi w’Ikigo cy’amashuri abanza kitwa Ecole Secondaire Nyaruyaga kiri mu kagari ka Gitabura mu Murenge wa Twumba muri Karongi witwa Damascene Ngayabarambirwa yaraye akubiswe n’inkuba imusanze iwe arapfa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide

Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Karongi: Umuyobozi w’ikigo cy’amashuri abanza yakubiswe n’inkuba yamusanze iwe arapfa
17 December 2019, by Dusingizimana Remy -
Ubusambanyi ,gukorana na Satani nibindi byinshi nibyo abari ibyegera by’Intumwa Gitwaza yirukanye bakomeje kumushinja(AMAFOTO)
13 May 2017, by Martin MunezeroUbukene itorero Zion Temple rimazemo iminsi aho abakozi bamara amezi agera muri atanu badahembwa, gushinja Apotre Gitwaza ubusambanyi no gukorana na satani ni bimwe mu byaranze intambara imaze igihe muri Zion Temple. -Gitwaza ashinjwa ubusambanyi no gukorana na satani Abakozi ba Zion Temple hari igihe bamaze amezi 5 badahembwa Aba Bishops birukanywe ngo basabye kujya bahembwa miliyoni ku kwezi Gitwaza yirukanye aba Bishops bari mu mugambi wo guhirika Zion Gitwaza bamushinja kwiyita Papa (...)
-
Centrafrique: Ingabo zirimo iz’u Rwanda zafashe ibirindiro by’inyeshyamba za François Bozizé
25 February 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’intebe wa Centrafrique yavuze ko ingabo z’iki gihugu zafashe umujyi wa Bossangoa mu burengerezuba, ahari ibirindiro by’uwahoze ari Perezida François Bozizé.
-
Abashinwa bahaye u Rwanda ibikoresho byitezweho gukemura ibibazo by’ ubutaka n’ amazi
24 October 2017, by Nsanzimana ErnestIkigo cya siyansi cyo mu gihugu cy’ Ubushinwa cyahaye ikigo gikora ubushakashatsi mu karere u Rwanda ruherereyemo ibikoresho by’ ubushakashatsi byitezweho gukemura ibibazo by’ amazi n’ ibibazo bijyanye n’ ubutaka.
Ibi bikoresho bifite agaciro ka miliyoni 300 z’ amafaranga y’ u Rwanda byashyikirijwe umuyobozi mukuru wa Kaminuza ya UNILAK, Dr Ngamije Jean kuri uyu wa Kabili tariki 24 Ukwakira 2017.
Kaminuza ya UNILAK isanzwe ifitanye umubano n’ Ikigo cyo mu Bushinwa kitwa Xinjing institute of (...) -
Rwamagana: Umugabo yitwikiye mu nzu n’ umugore we asiga urwandiko[AMAFOTO]
12 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmugabo witwa Munyaneza Seth w’imyaka 43 yohereje abana ku ishuri n’umukozi yifungirana munzu n’umugore we Kayitesi Jeannette w’imyaka 35 arayitwika barashya barakokongoka ,imodoka ya polisi yatabaye izimya inzu ariko isanga bose bamaze gushya bapfuye.
-
Menya impamvu yatumye Mwiseneza Josiane yambikwa ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mbere irushanwa ritararangira[AMAFOTO]
13 January 2019, by Martin MunezeroMwiseneza Josiane yambitswe ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda n’umusore uzwi ku izina rya Scott bitera benshi urujijo.
-
Watch Bundesliga on StarTimes Bayern marching towards the title
1 June 2020, by UbwanditsiAfter winning in Dortmund and following that up with a comfortable 5-0 victory against struggling Düsseldorf on the weekend, Bayern München are marching towards an eighth successive title.
This coming weekend, Bayer Leverkusen are the team desperate to halt – if even momentarily – that march.
Peter Bosz’s side have been blowing hot and cold since the restart of the season, winning their first match 4-1 at Werder Bremen and 3-1 at Borussia Mönchengladbach, but then crashing spectacularly at home (...) -
Perezida Kagame yeretse Indangamirwa uburyo Kalachnikov yifashishijwe mu kwishakira inzira
13 July 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yeretse intore z’ abanyeshuri biga n’ abize mu mahanga “INDANGAMIRWA” uburyo mu rugamba rwo kubohorwa u Rwanda Inkotanyi zifashishije imbunda yo mu bwoko bwa Kalachnikov cyangwa AK-47 mu kwishakira inzira.
Umukuru w’ igihugu ubwo yasozaga itorero ry’ Indangamirwa kuri uyu wa Kane tariki 13 Nyakanga 2017, yabwiye izi ntore ko mu rugamba rwo kubohora igihugu Inkotanyi zitari zifite ubushobozi bwinshi.
Yavuze kuri ubu uwagerageza kwishakira inzira bitamugora cyane (...) -
Abifuza kutugenera uko tubaho iyo baba bari mu kuri tuba tugeze aho bari ubu-P.Kagame I Gakenke
31 July 2017, by Iyamuremye JanvierPaul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR inkotanyi rimaze ku butegetsi imyaka isaga 20, yabwiye abatuye Gakenke ko iyaba abagenera abandi kubaho bari bafite ineza ku banyawanda no muri Afurika bagakwiye kuba bageze ahantu hamwe.
Ibi yabitangarije mu Murenge wa Nemba ku kibuga cy’umupira ahari hateraniye abaturage bo mu Mirenge itandukanye y’akarere ka Gakenke bitabiriye ibikorwa bye byo kwiyamamaza.
Yagize ati “Iyo myumvire yo kugira ikintu icyawe, ukagikorera, ukakirinda ni politiki nshya, twese (...) -
Urukiko rwarekuye by’agateganyo Bishop Tom Rwagasana
17 August 2017, by Iyamuremye JanvierUwahoze ari umuvugizi wungirije ushinzwe ubuzima bw’ iterero pentekote mu Rwanda ADEPR, Bishop Tom Rwagasana yarekuwe n’urukiko kubera impamvu z’uburwayi.
Uyu mugabo yatawe muri yombi nyuma y’umunsi hafashwe n’abandi bayobozi batatu babarizwa muri ADEPR n’abo bakurikiranyweho gucunga nabi umutungo w’iri torero.
Rwagasana yarekuwe n’urukiko asabwa, kujya yibataba ushinjacyaha buri cyumweru anasabwa gutanga Pasiporo bivuze ko atagizwe umwere ahubwo n’uko yarekuwe by’agateganyo
Iri tabwa muri (...)
0 | ... | 390 | 400 | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | ... | 2480