Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa 28/02/2019 guhera saa yine z’amanywa (10h00) azagurisha muri cyamunara umutungo wimukanwa wa RAVICHANDRAN GOVINDRAJ ugizwe n’ikinyabiziga cyo mu bwoko bwa JEEP TOYOTA RAV4 ifite Plaque RAD 952 I uherereye mu Murenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali ngo hishyurwe amafaranga RAVICHANDRAN GOVINDRAJ abereyemo ARUN AGGRWAL.
Abifuza gusura iyo modoka bayisanga muri Parking ya Sorvepex Ltd aho ikorera ku (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Itangazo rya cyamunara y’imodoka yo mu bwoko bwa JEEP TOYOTA RAV4 iri muri Parking ya Sorvepex Ltd (Kicukiro haruguru ya Ziniya)
20 February 2019, by Ubwanditsi -
AMAFOTO y’inzu Safi agiye guturamo yaguriwe n’umufasha we
5 October 2017, by Iyamuremye JanvierHumble Jizzo wo mu itsinda rya Urban Boys akaba umwe mu bavuga rikijyana muri iri tsinda yahishuye uko Safi yajyaga abazwa mbere y’uko arushinga, ngo yatunguwe n’ibyaherekeje ubukwe bwe na Judithe Niyonizera.
Humble witegura kujya kuba muri Amerika mu minsi iri imbere kubera y’uko umukunzi we atwite, yatangaje ko hari ibibazo Safi yajyaga abazwa n’abafana be ndetse n’abandi batandukanye bamuza kubijyanye n’ahazaza h’ubuzima bwe.
Ngo bamwe bavugaga ko akuze akwiye gushing urugo abandi (…) -
Abo kwa Rwigara bagiye kugezwa imbere y’Urukiko
5 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu taariki ya 06 ukwakira 2017, Diane Rwigara n’abo mu muryango we baragera imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kugirango baburane ku cyemezo ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Aba bose bakurikiranyweho ibyaha birimo guteza imvururu muri rubanda ndetse hakazaho n’ibyaha buri umwe muri aba agiye yihariye.Ku byaha ubushinjacyaha bubakurikiranyeho ntiharimo icyo kunyereza imisoro n’icyo gushaka kubangamira umutekano w’igihugu.
Umuvugizi w’Ubushinjacyaha bw’u (…) -
Bishop Rugagi yatamaje umusaza wamwiyitiriye
11 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmushumba mukuru w’ itorero Redeemed gospel church Bishop Innocent Rugagi yavuze ko wa musaza wiyise se atari se kuko ise yapfuye mu 1987.
Mu mpera za Gicurasi 2017, hari umusaza wagiye mu itangazamakuru avuga ko ari se wa Bishop Rugagi. Icyo gihe uwo musaza yavuze ko azi neza Bishop Rugagi kuko yamwibyariye yongeraho ko ibitangaza Rugagi akora ari ubutekamutwe.
Mu kiganiro yahaye Abanyamakuru kuri uyu wa Gatandatu tariki 11 Ugushyingo 2017, Bishop Rugagi yavuze ko uwo musaza ari (…) -
Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko guhatana nk’uko abandi bahatana mu rugamba rw’ishoramari
25 June 2017, by Ferdinand DukundimanaPerezida Paul Kagame yahamagariye urubyiruko rw’u Rwanda guhatana n’abandi mu rugamba rw’ishoramari mu Rwanda aho gutegereza ko hari ubundi buryo buzaza buborohereza gushora imari yabo mu bintu bimwe n’abandi bashoramari.
Ibi yabitangarije mu kiganiro cyaciye kuri radiyo na tereviziyo by’igihugu cyatambutse kuva I saa Cyenda zo kuri icyi cyumweru 25 Kamena.
Ubwo umwe mu babajije ibibazo yagaragazaga icyifuzo cye cy’uko urubyiruko rwajya rworoherezwa mu gushaka ibyangombwa by’ubuziranenge (…) -
Huye: Akarere kari gusabira inkunga ya mituweli abaturage barenga gato ibihumbi 80
26 October 2018, by UbwanditsiAnge Sebutege Meya w’Akarere ka Huye
Mu ntangiriro z’umu kwezi Akarere ka Huye kareruye kandikira abafatanyabikorwa kabasaba inkunga ya miliyoni zirenga gato 241 yo kwishyurira mutuelle abaturage batishoboye barengaho gato ibihumbi 80 bari mu miryango ibihumbi 20 nabyo birengaho gato.
-
Impamvu yatumye Senderi na Danny Vumbi bahezwa muri PGGSS8 yamenyekanye
17 March 2018, by Muhire JasonImpamvu yatumye Senderi atajya muri PGGSS8 ni uko akunda gukoresha indirimbo zamamaza amakipe no kutagendera ku mahame y’ irushanwa.
Hashize iminsi micye mu Rwanda hatowe abahanzi bazitabira irushanwa rya PGGSS rizaba ku nshuro yaryo ya 8 aho ryajemo impinduka nyinshi zitandukanye zirimo itegeko riheza abahanzi bafite imyaka 35 rigafata umuhanzi Danny Vumbi ndetse na Sender Internation Hits .
Ubwo UMURYANGO twaganiraga n’ umwe mu bakozi ba Bralirwa bashinzwe gutegura iri rushanwa (…) -
AMAFOTO na VIDEWO utabonye ubwo Perezida Kagame yafunguraga ikibuga cya Basketball I Nyamirambo
8 August 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa 09 Kanama 2017 Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yatashye ku mugaragaro ikibuga cya Basketball giherereye kuri Club Rafiki I Nyamirambo mu mujyi wa Kigali.
Ni ibirori byahurije hamwe abayobozi batandukanye barimo:Minisitiri w’Umuco na Siporo, Uwacu Julienne, Masai Ujiri wavukiye muri Nigeria uyoborai tsinda rya Giants of Africa; Richard Mutabazi, Umunyamabanga mukuru wa FERWABA na Ange Kagame umukobwa wa Perezida Kagame.
Igikorwa cyo kuvugura ikibuga cya Club (…) -
“Aho abandi bagenda bisanzwe, twe dukwiye kwiruka ngo tugere aho bageze” Perezida Kagame
25 June 2017, by Ferdinand DukundimanaMu kiganiro n’Abanyarwanda cyahise kuri radiyo na Tereviziyo by’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yasabye abanyarwanda kuzagendera ku muvuduko urenze uwo basanzwe bagenderaho mu rwego rwo kugera ku byiza birushijeho.
Ibi yabitangarije abanyarwanda ubwo yari mu kiganiro cyatambutse bitangazamkuru bya Leta y’u Rwanda ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru.
Perezida Kagame yasubije uwari umubajije icyo yifuza ku banyarwanda nibaramuka bamutoreye kongera kuyobora u Rwanda kuri manda ya gatatu, aho (…) -
Bishop Sibomana Jean umuvugizi mukuru wa ADEPR yatawe muri yombi
27 May 2017, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ itabwa muri yombi ry’ abayobozi bakuru mu Itorero Pentekote mu Rwanda ADPR, magingo aya umuvugizi mukuru waryo Bishop Sibomana Jean nawe yatwe muri yombi n’ inzego z’ umutekano.
Umuvugizi wa polisi y’ u Rwanda ACP Theos Badege yabwiye Ikinyamakuru Umuryango ko Bishop Sibomana akurikiranyweho icyaha cyo kunyereza umutungo w’ itorero n’ ibindi byaha bifitanye isano nacyo.
Yagize ati "Hashingiwe ku bimenyetso byagaragaye mu iperereza rikomeje mu bibazo by’ icungamutungo w’ Itorero (…)
Umuryango.rw
Itangazo rya cyamunara y’imodoka yo mu bwoko bwa JEEP TOYOTA RAV4 iri muri Parking ya Sorvepex Ltd (Kicukiro haruguru ya Ziniya)
Huye: Akarere kari gusabira inkunga ya mituweli abaturage barenga gato ibihumbi 80