Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyagatare Alex Mugabo yatawe muri yombi ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 06 Nzeri aho ashinjwa gutanga isoko rya 1 157 931 600 binyuranije n’amategeko.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba IP Jean Bosco Dusabe, yatangaje ko Alex Mugabo na mugenzi we Fred Kayitare bafashwe ejo mu ma saha ya saa cyenda n’igice z’igicamunsi (15h30), ubu bakaba bafungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Nyagatare.
IP Dusabe yagize ati "Nibyo koko (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Gitifu wa Nyagatare n’ ushinzwe amasoko batawe muri yombi
7 September 2017, by Martin Munezero -
U Rwanda rwafunguye ku mugaragaro inzu Kaminuza yubatse mu makoro
16 March 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri w’ Uburezi mu Rwanda yatashye ku mugaragaro inyubako za Kaminuza y’ u Rwanda zubatswe n’ amabuye y’ ibirunga.
Izi nyubako zatashwe kuri uyu wa 15 Werurwe 2018 na Minisitiri w’ uburezi Dr Eugene Mutimura. Zizigirwamo n’ abiga ubugeni.
Zubatswe mu buryo budasanzwe bumenyerewe mu Rwanda kuko zubatswe n’ amabuye yo mu birunga azwi nk’ amakoro na Sima. Izi ntabwo zisakaje amabati cyangwa amategura.
Minisitiri w’Uburezi, Mutimura Dr Eugene, yavuze ko iyi nyubako izafasha mu guteza (…) -
Ububiligi bukurikiranyweho gutererana Abatutsi 2000 bari bahungiye muri ETO
3 March 2018, by Nsanzimana ErnestIngabo z’ Ububiligi
Leta y’ Ububiligi n’ abasirikare bayo batatu barimo umwe wamaze kwitaba Imana bararegwa icyaha cyo gutererana abatutsi bagera 2000 bari bahungiye mu ishuri rya ETO Kicukiro muri Mata 1994. Abarega barasaba impozamarira y’ amayero ibihumbi 100 ni ukuvuga akabakaba miliyoni 100 mu mafaranga y’ u Rwanda. Kuri uyu wa Gatanu tariki 2 Werurwe 2018 urukiko rw’ I Bruxelles rwatangiye kumva ubujurire bw’ amanyamategeko batatu bunganira imiryango itatu yarokokeye kuri iryo (…) -
Mutuyemariya Christine ushinjwa kunyereza umutungo wa ADEPR yafunguwe
29 September 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Nzeri 2017 Urukukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwafashe umwanzuro wo kurekura Mutuyemariya Christine wari ushinzwe ubutegetsi n’imari muri ADEPR.Urukiko rwategetse ko azajya yitaba urukiko inshuro ebyiri mu kwezi.
Umwanzuro w’uru rubanza wasomwe ku isaha ya saa saba n’iminota mirongo itatu n’itanu z’amanywa . Urukiko rwategetse ko Mutuyemariya Christine wari ukurikiranyweho icyaha cyo kunyereza umutungo w’Itorero rya Pantekote mu Rwanda ADEPR afungurwa ariko (…) -
Amezi abaye atanu umuraperi nyarwanda P-Fla ari mu gihome,gusa nubwo afunze hari abo anenga cyane(AMAFOTO)
20 June 2017, by Martin MunezeroUmuraperi Hakizimana Murerwa Amani uri muri Gereza ya 1930 i Mageragere, aratangaza ko yababajwe bikomeye n’uburyo abakunzi be birirwa babaza amakuru ye nyamara bazi ko afunze bakaba batamusura.
Tariki ya 13 Ukuboza 2016 nibwo Pfla yatawe muri yombi, yafashwe anywa ikiyobyabwenge cya Héroïne kizwi ku izina rya Mugo, tariki ya 20 Mutarama 2017 nibwo yahamijwe iki cyaha Urukiko rumukatira umwaka umwe w’igifungo nyuma yo kuburana agatsindwa.
Ubungubu amezi abaye 5 P fla afungiye i (…) -
Diane Rwigara na Mwenedata bashobora gutabwa muri yombi
8 July 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatanu tariki indwi, ubwo Komisiyo y’ igihugu y’ amatora yashyiraga ahagaragara urutonde ntakurwa rw’ abakandida bigenga yavuze hari Diane Shimwa Rwigara na Mwenedata Gilbert bakoze amakosa mu kwiyamamaza.
Iyi komisiyo yavuze ko ayo makosa agize ibyaha bishobora gutuma bakurikiranwa n’ inkiko bakanafungwa igihe baba bahamye n’ ibyaha. NEC yavuze ko Mwenedata Gilbert na Diane Rwigara basinyije abantu bapfuye.
Yatanze urugero kuwitwa yombayire Enock wo mu Karere ka Gatsibo wari (…) -
MINECOFIN yasubije abumva ko umusaruro uzagabanuka kubera leta yagabanyije amasaha y’akazi
12 November 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi,Dr.Uzziel Ndagijimana yavuze ko kuba abakozi bazajya batangira akazi saa tatu za mu gitondo, bizatanga umusaruro aho kuwugabanya nkuko bamwe babitekereza.
Mu kiganiro na RBA,Minisitiri Ndagijimana,yavuze ko igituma umuntu abona umusaruro atari amasaha yakoze ahubwo ari ubumenyi n’amahugurwa afite mu kintu
Ati "Gutangira saa tatu biraha imiryango umwanya wo kwita ku bana,kubagenera ibihagije no kubageza ku ishuri.Birajyanye rero.Niba amashuri atangiye (…) -
Inzu Perezida Habyalimana yabagamo igiye kuba igizwe ingoro ndangamurage y’umuziki w’u Rwanda
15 July 2019, by Martin MunezeroKu nshuro ya mbere mu Rwanda hagiye gutangizwa ingoro ndangamurage y’umuziki w’u Rwanda mu rwego rwo kubika amateka yawo .
-
“SLOW DOWN! SLOW DOWN! IMIKORERE Y’ IMANA ITANDUKANYE N’ IMIKORERE Y’ ABAPFUMU”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
11 June 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
MINALOC yabeshyuje amakuru avuga ko Meya Mupenzi yeguye agatabwa muri yombi
11 October 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ ubutegetsi bw’ igihugu kuri uyu wa 11 Ukwakira 2017 yatangaje ko amakuru avuga ko umuyobozi w’ akarere ka Nyatagare yeguye agafunga ari ibihuha.
Iyi Minisiteri ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter yagize ati "Amakuru akwirakwizwa ko Mayor Mupenzi George wa Nyagatare yeguye ku mirimo ye cyangwa yafunzwe ni impuha. Ababikwirakwiza barabeshya"
Amakuru akwirakwizwa ko Mayor Mupenzi George wa Nyagatare yeguye ku mirimo ye cyangwa yafunzwe ni impuha. Ababikwirakwiza barabeshya (…)
Umuryango.rw
MINECOFIN yasubije abumva ko umusaruro uzagabanuka kubera leta yagabanyije amasaha y’akazi