Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame avuga ko Imana yahaye abanyarwanda ibikenewe byose kugirango biteze imbere akabasaba gukoresha uburyo n’ubushobozi bwose yabahaye bakiteza imbere aho guhora bayitakambira bayisaba kugira ibyo ibaha n’ibyo ibakorera, ibyo avuga ko ari ukuyigondoza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Perezida Kagame yahaye impanuro Abanyarwanda bagerageza Imana mu masengesho[AMAFOTO]
29 October 2018, by Martin Munezero -
Muhanga: Bataburuye umurambo w’ umugore ngo hasuzumwe icyamwishe
9 July 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ umurenge wa Shyogwe wo mu karere ka Muhanga bwataburuye umurambo w’ umugore bikekwa ko yazize uburozi washyinguwe ku wa Gatandatu bubitegetswe n’ Urwego rw’ igihugu rushinzwe ubugenzacyaha RIB.
-
Urujijo muri dosiye ya Majyambere wongeye gufungwa nyamara avuga ko yarangije igihano
4 April 2022, by UbwanditsiMu minsi ishize ni bwo inkuru y’ifungwa ry’umunyemari Hategekimana Martin wamenyekanye nka Majyambere wari ufungiye muri Gereza ya Nyarugenge yasakaye.
-
Rulindo: Umuturage yarashwe na Polisi arapfa, uburyo yarashwemo buracyari urujijo
29 March 2021, by UbwanditsiKu mugoroba wo kuwa gatandatu taliki 27/3/2021 nibwo Twizerimana wari usanzwe ari umukozi ukoresha abandi (Kapita) mu ruganda rw’icyayi rwa Sorwathe (kapita) yarashwe na Polisi ahita apfa, yarasiwe mu karere ka Rulindo, Umurenge wa Kinihira, akagali ka Butunzi umudugudu wa Ndorandi.
Abakurikiraniye hafi uko Twizerimana yarashwe bavuga ko nyakwigendera na bagenzi be bari barenze ku mabwiriza ariho asanzwe yo kwirinda Covid19 (avuga ko utubari dufunze) bakanywera inzoga mu kabari ka (…) -
Kamonyi: Umusore arakekwaho kwica nyina babanaga mu nzu
26 June 2017, by Nsanzimana ErnestUmusore w’ imyaka 29 arakekwaho kwica nyina babanaga mu murenge wa Mugina akagari ka Nteko, umudugudu wa Ntare mu karere ka Kamonyi.
Tuyishimire Alex ngo ejo yahuye n’ umuntu amubwira ko asize arwanye na nyima uwo muntu agiye kureba asanga Mukagatare Daphrose (Nyina wa Alex) yapfuye.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ Umurenge wa Mugina, Ndayisaba Jean Pierre Egide yatangarije Ikinyamakuru Umuryango.rw ko uyu musore yahise aburirwa irengero ubu ngo arimo gushakishwa n’ inzego z’ (…) -
Umuhanda Kigali – Gatuna wongeye kwangirika
19 May 2018, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ uko umuhanda Kigali- Gatuna wangijwe n’ inkangu mu karere ka Gicumbi u Rwanda rukawusana mu maguru mashya ukongera kuba nyabangenda uyu muhanda wongeye kwangirikira muri Uganda mu karere ka Kabale.
-
Perezida Kagame yatangije ibikorwa by’ uruganda rukora imodoka
27 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame Kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Kamena 2018 yatangije mu Rwanda ku mugaragaro uruganda rwa Volkswagen rusanzwe rukorera mu gihugu cy’u Budage, avuga ko ari inkuru nziza kuri Afurika kandi ko bizatuma hakurwaho imyumvire y’uko muri uyu mugabane ari ho hatabwa ibyakoreshejwe n’abandi.
-
Gicumbi: Umwarimu w’imyaka 33 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 3
7 July 2020, by Dusingizimana RemyUmwarimu witwa Ndamukunda Aimable wigishaga ku kigo cy’amashuri abanza cya GS Nyabishambi giherereye mu kagari ka Nyabishambi mu murenge wa Shangasha mu karere ka Gicumbi,yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa waburaga ukwezi kumwe ngo yuzuze imyaka 4.
-
Evode Imena uregwa itonesha yasabiwe gufungwa imyaka 7
8 November 2017, by Nsanzimana ErnestUbushinjacyaha bwasabiye igifungo cy’imyaka irindwi Imena Evode wahoze wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Umutungo Kamere, bushinja ibyaha birimo itonesha mu itangwa ry’amasoko.
Urukiko rwisumbuye rw’ Akarere ka Nyarugenge kuri uyu wa 8 Ugushyingo 2017 rwatangiye kuburanisha mu mizi urubanza ruregwamo Evode Imena wahoze Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’umutungo Kamere (MINIRENA) ushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.
Evode Imena yatawe muri yombi tariki 27 Mutarama (…) -
Olive wapfushije umugabo we bakimara gukora ubukwe yakoze ubundi bukwe bw’igitangaza[AMAFOTO]
11 February 2019, by Martin MunezeroAmateka y’ibyabaye kuri Umurerwa Olive wapfushije umugabo we bakimara gukora ubukwe ni ubuhamya bwagiye bukora benshi ku mutima ariko ku batari bacye bikaba n’ikimenyetso cyo gukomera kw’amasezerano y’Imana.
Umuryango.rw
Urujijo muri dosiye ya Majyambere wongeye gufungwa nyamara avuga ko yarangije igihano
Gicumbi: Umwarimu w’imyaka 33 yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 3