Minisitiri Dr Vincent Biruta yavuze ko abimukira bazava mu Bwongereza bategerejwe mu Rwanda muri Kamena mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31 Gicurasi 2022.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyibanze ku mwuka mubi ukomeje gututumba hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ariko anagaruka no kuri aya masezerano y’u Rwanda na UK yo kwakira abimukira bajya muri ubwo bwami (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Minisitiri Biruta yahishuye igihe impunzi zizava UK zizagerera mu Rwanda
31 May 2022, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’ abacamanza barimo abazakora mu rukiko rw’ ubujire u Rwanda rwasubijeho[VIDEO]
1 August 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu 1 Kanama 2018 yakiriye indahiro z’ abacamanza 17 barimo abo mu rukiko rw’ ubujurire rumaze amezi 6 rusubijweho mu Rwanda, uwo mu rukiko rw’ Ikirenga, abo mu rukiko rukuru n’ uwo mu rukiko rukuru rw’ ubucuruzi.
-
Amafaranga Leta yishyurira umunyeshuri mu mahanga yakwishyurirwa abanyeshuri 20 mu Rwanda
18 October 2018, by Nsanzimana ErnestBanki y’ u Rwanda itsura amajyambere BRD yatangaje ko ikigereranyo cy’ amafaranga umunyeshuri w’ umunyarwanda ugiye kwiga mu mahanga yishyurirwa ari ibihumbi 20 by’ amadorali y’ Amerika ku mwaka.
-
APR FC yasezereye abakinnyi 16 bamwe basamirwa hejuru n’ikipe ya Rayon Sports [URUTONDE]
28 June 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya APR FC uyu munsi yakoze ibyo benshi batari biteze yirukana abakinnyi basaga 17 biganjemo amazina akomeye nka Migi,Amran,Kimenyi,Rugwiro,n’abandi nyuma yo kwitwara nabi mu mwaka w’imikino ushize bikababaza abayobozi.
-
Abanyarwanda bigiye ku nguzanyo ya buruse batishyura bazakomanyirizwa mu yandi ma banki
18 October 2018, by Nsanzimana ErnestBanki Itsura Amajyambere BRB yemeje ko ifite gahunda yo kuzakomanyiriza Abanyeshuri bize bishyurirwa na Leta ku nguzanyo barangiza kaminuza bakabona akazi ntibishyure uyu mwenda.
-
Hatangajwe amabwiriza azagenga umuhango wo gushyingura Perezida Nkurunziza kuwa Gatanu
22 June 2020, by Dusingizimana RemyKuwa Gatanu w’iki cyumweru tariki ya 26 Kamena 2020,nibwo hazaba umuhango wo gushyingura Nyakwigendera Petero Nkurunziza wahitanwe no guhagarara k’umutima kuwa 08 Kamena uyu mwaka mu bitaro bya Hôpital du cinquantenaire Natwe Turashoboye bya Karuzi, biri mu bikomeye mu gihugu hafi y’umurwa mukuru, Gitega.
-
Nyuma y’ikipe ya Arsenal hari n’indi kipe ikomeye i Burayi yasabye kwamamaza ’Visit Rwanda’
24 January 2019, by Martin MunezeroIkigo cy’Igihugu cy’Iterambere, RDB, cyatangaje ko hari indi Kipe yo u mugabane w’Ubulayi yasabye ko nayo yakwamamariza Visit Rwanda, nyuma ya Arsenal yasinyanye amasezerano na RDB azarangira hagati ya 2020 na 2021.
-
Buri karita ya ‘Tap&Go’ igiye kwandikwa kuri nyirayo
20 December 2017, by Nsanzimana ErnestAC Group ikora amakarita yo kwishyura urugendo azwi nka Tap&go yavuze ko igiye kwandika aya makarita kuri ba nyirayo.
Umunyana Sharon ushinzwe ubucuruzi no kumenyekanisha ibikorwa muri AC Group yavuze ko kwandika aya makarita kuri ba nyirayo bitangirana n’ izi mpera z’ umwaka zikazakomeza no mu mwaka utaha.
Yagize ati “Mu mpera z’uyu mwaka mwaka wa 2017 ndetse n’utaha wa 2018 turahuza ikarita y’urugendo n’imyirondoro y’uyitunze,bizafasha mu gihe yatakaye kumenya nyirayo.”
Akomeza (…) -
Umva imyato y’abahoze ari imbata z’ibiyobyabwenge muri Kigali, ngo bageze kuri byinshi
25 June 2017, by Ferdinand DukundimanaUrubyiruko rwahoze runywa ndetse rugacuruza ibiyobyabwenge mu duce tunyuranye tw’Umujyi wa Kigali, ruratangaza ko rumaze kugera ku iterambere rishimishije, ku buryo rushishikariza bagenzi babo bakibyishoramo kubireka. Barabasaba kwitabira gahunda nziza zashyizweho n’ubuyobozi bw’igihugu zigamije guteza imbere imibereho myiza y’abaturage.
Ubwo Polisi yasuraga bamwe muri bo bakora imyuga itandukanye irimo ububaji, mu “Gakiriro ka Gisozi” mu karere ka Gasabo; yaraganiriye nabo.
Kwizera (…) -
Kagame yakiriye Perezida Nyusi wabimburiye abayobozi bategerejwe mu Rwanda
19 July 2018, by Nsanzimana ErnestUrugendo rwa Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi ni rwo rwabimburiye urw’abandi ba perezida barimo uw’u Bushinwa Zi Jinping na Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde Narendra Modi bateganya kugirira mu Rwanda.
Umuryango.rw
Minisitiri Biruta yahishuye igihe impunzi zizava UK zizagerera mu Rwanda
Hatangajwe amabwiriza azagenga umuhango wo gushyingura Perezida Nkurunziza kuwa Gatanu
Umva imyato y’abahoze ari imbata z’ibiyobyabwenge muri Kigali, ngo bageze kuri byinshi