Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda Bayingana Aimable yatangaje ko yashimishijwe bikomeye no gutsinda k’umusore Areruya Joseph mu isiganwa rya Giro d’Italia y’abatarengeje imyaka 23 ubwo yatwaraga agace ka 5a kavaga Osimo kerekeza Senigallia ku birometero 87 na metero 200.
Bayingana yavuze ko uyu ari umusaruro w’ibyo ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ryakoze ndetse ngo n’intangiriro yo gutsinda ku rwego mpuzamahanga.
Yagize ati “Byadushimishije cyane kuko (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Bayingana Aimable yagize icyo avuga ku nsinzi ya Areruya Joseph
14 June 2017 -
‘Kwibwira ko hari imigabane iruta indi biragenda bishira’ Perezida Kagame
22 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yabitangaje kuri uyu wa 22 Ukwakira 2018 ubwo yatangizaga imirimo y’ inteko nyafurika ya gatanu. Iyi nteko izamara ibyumweru ibera mu Rwanda. Turabashimira akazi keza mukora.
-
Sugira Ernest yatangaje impamvu yitwara neza mu ikipe y’igihugu kurusha muri APR FC
21 October 2019, by Dusingizimana RemyRutahizamu Sugira Ernest ukomeje kwigarurira imitima y’abakunzi ba ruhago muri rusange kubera ukuntu akomeje guheka ikipe y’igihugu Amavubi,yavuze ko atisanga neza mu ikipe ya APR FC yari amaze imikino 2 atagaragara muri 18 kandi ari muzima.
-
Gen Kabarebe, Uwacu Julienne, Kaboneka Francis ntibagaragara muri Guverinoma nshya
18 October 2018, by UbwanditsiMuri Guverinoma nshya Perezida Kagame yashyizeho kuri uyu wa kane hari bamwe mu ba minisitiri batakaje Minisiteri bayoboraga. Aba barimo Gen Kabarebe, Kaboneka, Uwacu Julienne.
Kuri uyu wa kane kandi habaye impinduka muri zimwe mu nzego z’ubuyobozi bukuru bw’igihugu. Guverineri Mureshyankwano yasezerewe asimburwa na CG Gasana nawe wavuye ku mwanya w’ubuyobozi bwa Polisi.
Soma itangazo hano -
’Abarimu ntabwo bahembwa, biriya ntabwo ari uguhembwa’ PS Imberakuri
15 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ishyaka PS Imberakuri ritavuga rumwe n’ ubutegetsi bw’ u Rwanda riri kwiyamamaza mu matora y’ abadepite, risanga ikibazo gikomereye uburezi ari ireme ry’ uburezi naryo riterwa n’ uko abarimu bahembwa make iri shyaka rigereranya no kudahembwa.
-
Pro-Femmes Twese Hamwe yasabye Leta y’ u Rwanda gukurikirana Umuvugabutumwa uherutse kwibasira abagore
7 February 2018, by Nsanzimana ErnestImpuzamiryango Pro-Femmes Twese Hamwe yamaganye Umuvugabutumwa Niyibikora Nicholas uherutse kujya kuri amazing Grace Radio akigisha inyigisho itesha agaciro umugore. Profemmes Twese Hamwe yasabye u Rwanda gukurikirana uyu muvugabutumwa akaryozwa ibyo yavuze.
Mu nyigisho y’ uyu muvugabutumwa yatambutse kuri radiyo ikanakwirakwizwa henshi ku mbuga nkoranyambaga humvikanamo amagambo avuga ko ibyago byinshi byagwiririye Isi byatejwe n’ umugore.
Mu kiganiro Pro- Femmes Twese hamwe yagiranye (…) -
Perezida Kagame yamaze ubwoba abatinya kujya mu gisirikare ngo batazaraswa
5 August 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame akaba n’ umutoza w’ ikirenga w’ Abanyarwanda yasabye Intore z’ Indangamirwa zifuza kujya mu gisirikare ko amarembo afunguye atinyura abatinya kujya mu gisirikare ngo batarazaswa ababwira ko urupfu ntaho waruhungira.
-
Green Party yemeje 55 bazayihagararira mu matora y’ abadepite
23 June 2018, by Nsanzimana ErnestIshyaka ritavuga rumwe n’ ubutegetsi bw’ u Rwanda Democratic Green Party of Rwanda kuri uyu wa Gatandatu ryakoze kongere yaguye yemerejwemo urutonde rw’ agateganyo rw’ abakandida bazahagararira iri shyaka mu matora y’ abadepite.
-
Hagati y’Amavubi y’u Rwanda n’Intare za Cameroon rwabuze gica
24 February 2020, by Dusingizimana RemyUmukino wa Gicuti wahuje ikipe y’igihugu Amavubi na Cameroon, warangiye amakipe yombi anganya 0-0 kuri stade ya Ahmadou Ahidjo Stadium.
-
Pasiteri Mpyisi mu bitabiriye umuhango wo kwita amazina imfura y’Umupfumu Rutangarwamaboko wakozwe mu buryo bwa gakondo[AMAFOTO]
22 May 2018, by Martin MunezeroNzayisenga Modeste uzwi cyane nk’Umupfumu Rutangarwamaboko n’umugore we Umuziranenge Sana Cynthia, bakoze ibirori byo gusohora umwana no kumwita amazina bikozwe mu buryo bw’umwihariko wa gakondo ya Kinyarwanda
Umuryango.rw