Mu ijoro ryakeye Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yitabiriye ibirori byo kwerekana igice cya mbere cya filime mbarankuru ‘Rwanda Royal tour’ yerekana ahantu nyaburanga habereye ubukerarugendo mu Rwanda. Amwe mu mafoto ya Perezida Kagame yafashwe n’ uwateguye iyi filime yashyizwe ahagaragara.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Reba amafoto y’ ubudasa ya Perezida Kagame yafashwe ubwo hafatwaga amashusho ya filime ’Rwanda Royal tour’
24 April 2018, by Nsanzimana Ernest -
Umuhungu wa Gen. Maj Ntawunguka Pacifique uyobora FDLR yashimiye Leta y’u Rwanda yamurihiye kaminuza
19 December 2019, by Dusingizimana RemyUmuhungu wa Gen Maj Pacifique Ntawunguka uzwi ku mazina nka Omega uyobora FDLR witwa Mukiza Willy Maurice yashimiye Leta y’u Rwanda yamufashije we n’abavandimwe be ititaye kuri se ushaka guhungabanya umutekano w’igihugu.
-
Dr Cyubahiro Bagabe ntakiri umuyobozi mukuru wa RAB
23 January 2018, by Nsanzimana ErnestDr Patrick Karangwa wari umuyobozi ushinzwe ubushakashatsi niwe Muyobozi Mukuru w’ Ikigo cy’ Ubuhinzi n’ Ubworozi RAB, yasimbuye kuri uyu mwanya Dr Cyubahiro Bagabe Marc wari umaze umwaka n’amezi atatu.
Amakuru aravuga ko uyu muyobozi yahagaritswe na Minisitiri w’Intebe nyuma y’uko bishimwe kandi n’Inama y’Abaminisitiri iheruka guterana.
Umujyanama mu by’Itumanaho muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yemeje aya makuru.
Yagize ati “Ni uguhagarikwa bisanzwe, igihe cyose izo mpinduka (…) -
Ubaka ruswa muge mumutubwira tumumerere nabi – Perezida Kagame
4 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yibukije Abanyarwanda ko serivise z’ uburezi, amavuriro , amashanyarazi, amazi n’ ibindi ari uburenganzira bwabo bityo ko nta wukwiye kubaka ruswa ngo abahe izi serivise akabiryozwa ngo uzayibaka bazamugaragaze Leta ibimuryoze.
-
‘Nimutugirira icyizere tukajya mu nteko ntimuzicuza ’ Dr Habineza
28 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) Dr Frank Habineza yaseseranyije abanyabugesera ko nibabagirira icyizere batazabyiza.
-
Abadepite basabye ko Minisitiri na Meya nabo bajya baryozwa ibihombo mu masoko ya Leta
5 January 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatanu tariki 5 Mutarama 2018, abadepite bagize Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu basabye ko mu mushinga w’Itegeko rigenga amasoko ya Leta hashyirwamo ingingo ivuga ko abayobozi bagomba kongerwa mu babazwa amakosa yabaye mu itangwa ry’ amasoko.
Ibi byavugiwe mu kiganiro iyi Komisiyo yagiranye na Dr Uziel Ndagijimana Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) nk’uhagarariye Guverinoma . Iki kiganiro (…) -
Abanyamahanga 9 biganjemo Abarundi bahawe Ubunyarwanda
12 June 2017, by Nsanzimana ErnestAbarundi 7, Umunyekongo umwe n’ Umunya Uganda umwe bahawe ubwenegihugu bw’ u Rwanda kuri Uyu wa Mbere tariki 12 Kamena 2017.
Uyu muhango wabereye mu karere ka Kicukiro, abahawe ubwenegihugu bw’ u Rwanda ni 9 muri 11 bari babusabye, abandi ntabwo babonetse mu muhango wo kurahira.
Abahawe ubwenegihugu bw’ u Rwanda ni abanyamahanga bashakanye n’ Abanyarwanda hanyuma bifuza kugira ubwenegihugu bw’ u Rwanda.
Abahawe ubunyarwanda bishimiye ko binyuze mu mategeko bahawe uburenganzira bwo (…) -
J.Kagame yagarutse ku ihungabana rikomeye bamwe mu banyarwanda bahuye naryo mu 1994
18 September 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa 18 Nzeri 2017 Madame Jeannette Kagame yatanze ikiganiro mu nteko rusange y’umuryango w’abibumbye ya 72, yakomeje kumibanire yaranze abanyarwanda nyuma ya Jenoide yakorewe Abatutsi mu 1994, anakomoza kuburyo abagore bafashwe ku ngufu bakanashinyagurirwa.
Iyi nama yitabiriwe na Perezida wa Republika Paul Kagame munsi w’ejo yarayoboye inama ya 14 ya komisiyo y’umuyoboro mugari wa internet.
Yanagarutse ku ihungabana rikomeye bamwe mu banyarwanda bahuye naryo, yasabye abari muri (…) -
Reba bumwe mu butumwa Perezida Kagame yatanze ubwo aheruka kuganira n’ Abanyarwanda baba mu Bubiligi
10 June 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Kamena Perezida Kagame araganira n’ Abanyarwanda baba mu gihugu cy’ u Bubiligi, ubwo aheruka kuganira nabo tariki 4 Ukuboza 2010 yabasabye kwihesha agaciro abereka ko impamvu indi migabane yateye imbere kurusha Afurika ariko yamenye mbere ibanga ryo kwihesha agaciro.
Icyo gihe Perezida Kagame yabwiye Abanyarwanda baba mu Bubiligi ko u Rwanda rushya rubabwamo n’ Abanyarwanda bose, ababwira ko abagizi ba nabi n’ abagizi ba neza babana.
Icyo gihe Perezida (…) -
’Ibibazo by’ ibirayi ntibikeneye abaterankunga ’ Minisitiri Shyaka
25 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ubutegetsi bw’ Igihugu Prof Shyaka Anastase yizeje abatuye Nyabihu, Musanze na Rubavu ko ibibazo biri mu birayi bigiye gukemuka vuba.
Umuryango.rw